« Umugabo we amenyekana mu marembo y’umudugudu, yicaranye n’abakuru b’igihugu » - Imigano 31 : 23 -
Ku bashakanye, imyitwarire ni iy’umumaro munini. Ntishyize hejuru, ndemeza yuko nagiye nirinda mu byo mvuga, mu byo nambara, mu myitwarire yanjye, kugira ngo mpeshe ishema umugabo wanjye.
Umugabo wanjye arubahwa cyane, umwuga we w’ubwarimu umuhesha ubundi butware n’icyubahiro. Nakomeje kugambirira mu mutima wanjye kumuhesha icyubahiro binyuze mu myitwarire yanjye.
Ntibiba byoroshye buri gihe, kuko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Umugabo we amenyekana mu marembo y’umudugudu, yicaranye n’abakuru b’igihugu ...
10 February 2014, by Simeon Ngezahayo -
Imana iratwegereye kurusha uko tubyibwira
23 May 2012, by Innocent KubwimanaNuko rero ntimute ubushizi bw’ubwoba bwanyu bufite ingororano ikomeye (Abaheburayo 10:35)
Amagambo aboneka hejuru agaragaza uburyo Imana iba hafi y’abantu bayo, kandi ihumuriza cyane abantu bayo gukomera kuko nyuma hari ingororano, ikindi yo ubwayo yarivugiye ngo izatura mu bwoko bwayo, ikorere muri bwo. Ese unyemereye nkakubaza wambwira niba warigeze usenga hanyuma Imana ikagusubiza ariko nyuma y’igihe watekerezaga, aha ndashaka kukubaza ukuntu waba warabifashe niba utaratekereje ko Imana (...) -
Yesu arakumva
18 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYesu yemeye kubatirizwa muri Yorodani kugirango yisanishe natwe, iyo niyo mpamvu ikomeye y’ingenzi yabimuteye. We yari umunyakuri kandi yari umwere nta cyaha na kimwe yari yarigeze akora, ariko yemeye kwibira muri yorodani yari yarabatirijwemo abari abanyabyaha, abari abicanyi, abagome ndetse n’abajura n’abandi bari babi bikabije.
We wari igisubizo kimwe rukumbi cy’iyi si yemeye kwibira mu mazi yari yarinjiwemo n’abari barakoze ibyaha. Niyo mpamvu ingorane n’ibibazo byawe Yesu ashobora (...) -
Akira imbabazi z’Imana mu izina rya Yesu Kristo.
24 January 2016, by Alice Rugerindinda“Garuka wa musubiranyuma we, Isirayeli” Niko Uwiteka avuga. Sinzakurebana igitsure kuko ndi umunyambabazi. Niko Uwiteka avuga. Sinzakomeza kurakara iteka. Yeremiya 3:12
Aha, ni nk’igihe umwana mu rugo aba yakoze ikosa, yarangiza agatorongera , yabona umubyeyi we aje, akiruka akajya kwihisha. Hari nigihe aba atakoze ikosa rimwicisha, wenda ari n’akantu gato, ariko umutima we ukamwemeza ko iwabo baribumwice, cyangwa bakamukubita cyane. Noneho igihumuriza wa mwana, ni ukumva umubyeyi we (...) -
Kuki abantu benshi basenga basakuza?
9 August 2013, by Simeon Ngezahayo“Nimusenga ntimukamere nk’indyarya, kuko bakunda gusenga bahagaze mu masinagogi no mu nzira ngo abantu babarebe. Ndababwira ukuri yuko bamaze kugororerwa ingororano zabo. Wehoho nusenga ujye winjira mu nzu ubanze ukinge urugi, uhereko usenge So mwihereranye. Ni uko So ureba ibyiherereye azakugororera” Matayo 6:5-6.
Aya ni amagambo ya Yesu, ubwo yigishaga abantu gusenga. Gusenga si ugusakuza, kuko hari igihe biba bitari ngombwa ngo abantu mudafutanye gahunda bumve ibyo usaba. Abantu basengera (...) -
Yesu akwiye kutwiyereka bundi bushya ! Pastor Desire
24 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIgihe Yesu yaratoranyaga abigisha yaraye asenga ijoro ryose, ntakwibeshya na kumwe kwabayeho mubo yahamagaye bose kuko na Yuda burya yari afite impamvu nawe agiye mu bandi, kwari ukuzamugurisha akaba ikiraro tugacungurwa. Ku bakunda Imana, byose bifataniriza hamwe kutuzanira ibyiza. Abaroma 8:28 niyo mpamvu dushima umusaraba kandi wari uwo kubambaho ibivume : kuri twe ni ibyirato byacu kuko twawucunguriweho. Gukizwa biroroha ariko kugira ngo uzagere ku rwego rwiza wishimirwa n’ Imana, (...)
-
Mfasha dusengere Abadonge bo mu Bushinwa
7 October 2015, by Ange Victor UWIMANA“Ibisarurwa ni byinshi, ariko abasaruzi ni bake. Nuko rero mwinginge nyir’ibisarurwa, yohereze abasaruzi mu bisarurwa bye.” (Mat.9:37-38) Mu rwego rwo kwifatanya n’abantu benshi hirya no hino ku isi mu gusengera amoko ataragerwaho n’Ubutumwa Bwiza, Kuri uyu wa kabiri tariki ya 6 Ukwakira 2015 turasengera Abadonge.
Abadonge babarizwa mu gihugu cy’Ubushinwa ku mugabane w’Aziya, ahabarurwa abagera kuri 1.226.000. Mu w’1910, nibwo abamisiyoneri ba mbere bajyanye ubutumwa mu (...) -
Dore icyemezo Satani yafatiye abarokore ngo abagushe!
17 July 2012, by UbwanditsiDore icyemezo cya satani kw’isi yose
Ibi ngibi ni ibintu byabayeho, tubisome twitonze kugira ngo tubashe kuba maso no kutagwa mu mutego. Mw’itangira ry’ibiganiro yagiranye n’abamalayika be b’umwijima, satani yavuze ati :
Ntabwo twabuza abakristu kujya mu rusengero, ntabwo twababuza gusoma bibiliya no kumenya ukuri, nta nubwo twababuza kuba inzobere mu byerekeranye n’ubusabane na Yesu Kristu. Babashije kugira ubwo busabane na Yesu, nta bubabasha twaba tukibafiteho.
Reka dutume badahindura (...) -
Uri incuti y’Imana, cyangwa uri umufana wayo? - Jeremy Sourdril
15 June 2013, by Isabelle Gahongayire“Niba wizera Yesu ariko ukaba utabasha kuvuga ko uri incuti y’Imana, bishoboka ko waba uri umufana wa Yesu. Kuba inshuti no kuba umufana ni ibintu bibiri bitandukanye.
“Uwiteka akavugana na Mose barebana nk’uko umuntu avugana n’incuti ye. Mose agasubira mu ngando, ariko umufasha we w’umusore, Yosuwa mwene Nuni ntave muri iryo hema” Kuva 33 : 11.
Abakristo benshi usanga ari abafana Yesu gusa!
Uyu munsi ndifuza kuganira n’imitima yanyu, atari ubwenge bwanyu. Mu nkoranyamagambo (dictionaire) (...) -
Urugendo rw’Umukristo: Eliya na Elisa(Igice cya 1) Pasteur Desire Habyarimana
31 October 2013, by Pastor Desire HabyarimanaTugiye kurebera hamwe urugendo rw’ Umukristo twifashishije inkuru y’ urugendo rwa Eliya na Elisa
(2 Abami 2 :1-9) Rambura Bibiliya yawe usome aya magambo.
1. Eliya na Elisa bahagurukanye i Gilugari: Bibiliya ivuga ko Abisirayeri bageze i Gilugari Imana yategetse ko abantu bongera gukebwa ubwa 2, kuko hari abantu bari baravukiye mu nzira batazi ibyo gukebwa. Muzi yuko gukebwa ari UGUKIZWA. Paulo yavuze ngo gukebwa kugira icyo kumara iyo umuntu akebwe mu mutima. Na n’ubu mu itorero dufite (...)
0 | ... | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | 740 | 750 | 760 | 770 | ... | 1230