Mukeshimana Rebecca umuvugabutumwa w’ imyaka 34 wavukiye mu karere ka Ruhango avukana n’abana batatu akaba imfura muri bo ndetse mu bavukiye mu muryango ukujijwe w’ abadiventisiti b’ umunsi wa karindwi.
Rebecca yemeza ko ubuzima bwe bwatangiye kuba bubi ubwo yari afite imyaka 9. Yigaga mu wa kabiri w’ amashuri abanza ubwo ababyeyi be batandukanaga buri wese yishakira undi, Rebecca n’abo bavukana basigaranye na se maze nawe yishakira undi mugore utarabitayeho na gato. Yemeza ko yabayeho mu buryo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Agakiza k’Imana kavanye Rebecca mu buraya nyuma y’ Imyaka 8 abukora.
21 October 2011, by Ubwanditsi -
Ubutinganyi (Homosexuality) n’ iki?
19 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUbutinganyi (Homosexuality) n’ iki?
Ubutinganyi nubwo bukubiye mu ijambo rimwe ariko rihuriyemo amagambo ane :Lesibians, gays, bisexuals ,transgenders(LGBT);
Lesibians: ni abakobwa cyangwa abagore baryamana n’abandi bakobwa cyangwa abagore, akaba ari bo bifuza gusa mu mibonano mpuzabitsina badashobora gutekereza igitsina gabo.
Gays (homosexuality): ni abagabo baryamana n’abandi bagabo, akaba ari bo bifuza gusa mu mibonano mpuzabitsina badashobora gutekereza igitsina gore.
Bisexual: ni (...) -
Umwuka w’ubukene - Jeremy Sourdril
30 May 2013, by Isabelle Gahongayire“Imana yacu ni umutunzi. Yaremye isi irimo ubutunzi, kandi irifuza kutugaragariza ubutunzi n’icyubahiro byayo. Aburahamu n’abandi dusanga muri bibiliya ni yo yabahaye ubutunzi. Ni yo itanga ubutunzi, kandi irifuza kubuha abayo.”
Imihanda yo mw’ijuru igizwe n’inzahabu, Imana ni umukire kandi yaremye byinshi byiza. Ubukene ntabwo bwahesha icyubahiro Imana ariko ubutunzi bushobora kuyihesha icyubahiro.
“Imana iravuga iti: Amazi yuzuremo ibyigenza byinshi cyane bifite ubugingo, kandi inyoni (...) -
Imana reba/-Humura Imana irakureba-Igice cya kabiri/ Dr. Fidèle Masengo
27 October 2015, by Innocent KubwimanaAhimba Uwiteka wavuganye na we izina ati “Uri Imana ireba.” Ati “Mbese Indeba nayiboneye na hano?” Itangiriro 16:13
Mu nyigisho nabagejejeho ejo navugaga ukuntu Imana ireba mpereye ku buzima bwa Hagari. Nayisoje mbasezeranya kuyikomeza ariko ngaragaza impamvu zigaragaza ko Imana ikureba nawe.
Dore amwe mu masomo nize kuri kiriya cyanditswe kivuga ngo ‘Imana ireba.’’ 1. Bimwe mu biranga Imana ni ukumenya buri wese na buri kintu cyose (Omniscience). Mbese ibishwi bibiri ntibabigura ikuta rimwe? (...) -
Kuki Imana yemera ko tugeragezwa ? Pastor Desire
25 April 2012, by Pastor Desire HabyarimanaItangiriro 29:21-27 Mu gitondo Yakobo abona ari Leya abaza labani ati wangize ibiki ? Rasheli si we natendeye ? Niki gitumye undiganya utyo ? Labani ati iwacu ntibagenza batyo gushyingira umuto basize umukuru. Iyi nkuru irimo abantu 4 Yakobo twagereranya n’ umukristo, Labani twagereranya ko ahagarariye Imana, Rasheli twakwita imigisha yo mu gakiza na leya twakwita ikigeragezo kuko yari afite amaso mabi areba imirari. Yakobo yakoreye Labani imyaka 7 atekereza ko azamushyingira Rasheli (...)
-
ITANGAZO RYO KURANGISHA!
28 August 2013, by UbwanditsiKANEZA ANNONCIATA ARARANGISHA ABABYEYI BE BABURANYE MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI YO MU W’1994. AVUGA KO BABURANYE AFITE IMYAKA 4, SE YITWAGA BUTERA, NYINA AKITWA FLORIDA. AVUGA KANDI KO YARI AFITE MUKURU WE WITWA MUKANDAYISENGA, SE AKABA YARAKUNDAGA KUREMA ISOKO RYA NYAGASAMBU. KURI UBU KANEZA ARABARIZWA MU MURYANGO UMURERA URI KU KIMISAGARA.
UWAMENYA ABO BABYEYI CYANGWA AKAMENYA UMWE MU MURYANGO WABO, YAHAMAGARA KURI TELEFONE ZIKURIKIRA:
0725247457 cg 0788234789 (KANEZA)
0728467660 (...) -
Hari ibiberaho guhesha Data wo mu ijuru icyubahiro gusa
19 October 2015, by Innocent KubwimanaAkigenda abona uwavutse ari impumyi……Yohana 9.1
Hari ibintu tutajya dusobanukirwa rimwe na rimwe ntitubihereze agaciro kabyo. Kimwe n’uyu muntu wari waravukanye ubuhumyi, natwe twashoboraga kuvukana ubundi burwayi bukomeye cyangwa se tukavukira mu bindi bibazo bikomeye kandi tutiteye ariko hari abatibaza ibyo ngo bashimire Imana uko bameze kose.
Intumwa zari kumwe na Yesu zatangiye gushakisha impamvu ishobora kuba yarateye uyu muntu kuvuka ari impumyi. Babajije Yesu ibibazo bitandukanye:” (...) -
Amabanga ahindura umuntu kuba uwo kwifuzwa igice cya 3 Pastor Kazura Jules
19 September 2013, by Pastor Kazura JulesAMABANGA AHINDURA UMUNTU KUBA UWO KWIFUZWA (Secrets that transform you to become a social man)
Igice cya III
Iyi ni inyigisho ya gatatu aho twiga bimwe mu bidutera ubwigunge kandi bidakwiye, kuko twaremewe kubana n’abandi mu mahoro. Mu nyigisho ebyiri zishize twari twarebye ebyiri mu mpamvu zitera umuntu kuba atakwifuzwa, bigatuma abantu bamuhunga. Iya mbere yari Gushaka Iteka kuba uw’imbere “KWIBONEKEZA”, iya kabiri yari “SIMVUGURUZWA”UKUDAKURWA KU IJAMBO, (Self-will)
Turongera tugerageze (...) -
Itorero rya Assemble of God mu Rwanda ryakemuye ikibazo cy’inyigisho z’ubuyobe
11 September 2012, by Ernest Rutagungira“Itorero rya Assemble of God mu Rwanda ryakemuye Ikibazo cy’inyigisho z’ubuyobe” Ibi ni bimwe mu byo twatangarijwe n’umushumba w’itorero rya Assemble of God ku rwego rwa region y’icyahoze ari intara ya Kibungo Pastor MUGABO Dieudone kuri iki cyumweru taliki ya 09 Nzeli 2012, ubwo twaganiraga nyuma yo gusengera umushumba mushya w’itorero rya Assemble of God rya Kitazigurwa ho muri kayonza ariwe Pastor MPANGAZA Jean Claude. Nk’uko yabidusobanuriye Pastor Mugabo ngo kuri ubu abashyumba bo mu matorero (...)
-
Ukwiye kwiga gutegereza Imana kugeza igihe izagusubiriza
14 March 2016, by Kiyange Adda-Darlene1Sam13 :8-11, Sawuli amarayo iminsi irindwi ategereje Samweli nk’uko yamutegetse. Ariko Samweli ataraza i Gilugali, abantu baratatana bamushiraho. Nuko Sawuli aravuga ati :Nimunzanire hano igitambo cyoswa, n’ibitambo by’ishimwe yuko turi amahoro.Aherako atamba igitambo cyoswa. Akimara gutamba Samweli aba araje, maze Sawuli arasohoka ajya kumusanganira ngo amuramutse. Samweli aramubaza ati : ibyo wakoze ni ibiki ?
Umwami Sawuli yakoze umurimo w’ubutambyi atabyemerewe kubera kurambirwa no kureba (...)
0 | ... | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | 730 | ... | 1230