Ijambo ry’Imana: Abantu bishwe no kutamenya
“Iyo uba wari uzi impano y’ Imana ukamenya n’ ugusabye amazi uwo ari we nawe uba umusabye na we akaguha amazi y’ ubugingo” (Yohana4:10-14).
Uyu mugore yaganiraga na Yesu abenshi bazi amateka ye kandi yari umunyabyaha pe atwara abagabo b’abandi ariko umunsi yahuye na Yesu wariwo munsi wo gukizwa. Nagira ngo nkubwire ko amahirwe ubona ugihumeka yo kwakira Yesu utagomba kuyapfusha ubusa kuko nyuma y’ urupfu nta gakiza.
Yesu yamubwiye ko aramutse amenye: (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Abantu bishwe no kutamenya!
18 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Namaze igihe kinini nshidikanya Imana, ariko narayibonye! – Chris
13 March 2014, by Simeon NgezahayoNarerewe mu muryango w’Abakristo, kuko iwacu basengeraga mu itorero ry’Ababatisita (Baptist). Nari narijanditse mu biyobyabwenge by’uburyo bwinshi, nkabikora buri munsi. kuva nkiri muto rero, najyaga ndyama nijoro nkabona imyuka mibi (abadayimoni), nkategereza ibitotsi ngo mbone amahoro.
Hashize imyaka myinshi maze kuba ingimbi, ntangira gusenga no kugarura benshi mu nzira y’Imana. Ariko maze kugira nk’imyaka 20, natangiye kwibaza ibibazo byinshi bituma nta kwizera Kristo. Numvaga Data na Yesu (...) -
Ubutinganyi (Homosexuality) n’ iki?
19 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUbutinganyi (Homosexuality) n’ iki?
Ubutinganyi nubwo bukubiye mu ijambo rimwe ariko rihuriyemo amagambo ane :Lesibians, gays, bisexuals ,transgenders(LGBT);
Lesibians: ni abakobwa cyangwa abagore baryamana n’abandi bakobwa cyangwa abagore, akaba ari bo bifuza gusa mu mibonano mpuzabitsina badashobora gutekereza igitsina gabo.
Gays (homosexuality): ni abagabo baryamana n’abandi bagabo, akaba ari bo bifuza gusa mu mibonano mpuzabitsina badashobora gutekereza igitsina gore.
Bisexual: ni (...) -
"Nyuma yo kwiyahuza urumogi na kanyanga kubera ubupfubyi, dore uko nakijijwe..." - Vumilia J. Claude
21 October 2013, by UbwanditsiUko nakijijwe
Nyuma y’aho nahise nsubira aho mama avuka, mpasanga mama wacu. Yari umurokore akijijwe. Yambwirije ubutumwa, ariko sinabyumva kuko napingaga abarokore. Nicaye muri salon kwa mama wacu, numvise ijwi rimpamagara mu mazina yanjye yombi rirambwira riti “Ndi Imana y’abarokore!”
Rikimara kumbwira rityo, nabonye ikintu kimeze nka Televiziyo imbere yanjye, kinyeretse ubuzima bwose nanyuzemo. Nabonye aho nabaga nibye, bampondaguye nabaye intere, bashaka kunta mu cyobo cya metero 20 ariko (...) -
Umwuka w’ubukene - Jeremy Sourdril
30 May 2013, by Isabelle Gahongayire“Imana yacu ni umutunzi. Yaremye isi irimo ubutunzi, kandi irifuza kutugaragariza ubutunzi n’icyubahiro byayo. Aburahamu n’abandi dusanga muri bibiliya ni yo yabahaye ubutunzi. Ni yo itanga ubutunzi, kandi irifuza kubuha abayo.”
Imihanda yo mw’ijuru igizwe n’inzahabu, Imana ni umukire kandi yaremye byinshi byiza. Ubukene ntabwo bwahesha icyubahiro Imana ariko ubutunzi bushobora kuyihesha icyubahiro.
“Imana iravuga iti: Amazi yuzuremo ibyigenza byinshi cyane bifite ubugingo, kandi inyoni (...) -
‘’Nagiye ku ishuri nitwaje umusambi nka Matela, nambaye n’ibirenge.’’ Umuhanzi Goreti (Izabisobanura)
16 July 2015, by UbwanditsiUbu buhamya ni ubwa Mushimiyimana Goreti, ubusanzwe akaba ari umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, akaba abarurirwa mu itorero rya ADEPR- Ruvumera, itorero ry’Akarere ka Muhanga (Mu ntara y’Amajyepfo).
Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’umunyamakuru wa www.agakiza.org , twifuje kubagezaho ubuhamya bwe mu magambo ye bwite.
Nitwa Mushimiyimana Goreth navukiye mu Karere ka muhanga, nkaba ndi umukristo w’umupantekote muri ADEPR. Mu buzima ntabwo nagize amahirwe yo kubana n’ababyeyi banjye kuko (...) -
Yagerageje kwiyubakira aho azahungira imperuka
19 December 2012, by Ernest RutagungiraMugihe abantu batandukanye ku isi bakomeje kutavuga rumwe ku ngengabihe y’ubuhanuzi bw’aba mayan igaragaza ko iyi si dutuyeho ibura amasaha make ngo igere ku iherezo nk’uko babigaragaza kuri iyi ngengabihe yabo http://www.timeanddate.com/countdown/maya bamwe mu bemera ubu buhanuzi batangiye gushakashaka aho bazahungira iyo mperuka.
Amakuru akomeje kuvugwa, n’ay’ umugabo wo mu Bushinwa witwa Lu Zhenghai arimo kubaka inkuge izamufasha kurokoka iyo mperuka, mugihe izaba ibaye dore ko we ngo (...) -
Imana reba/-Humura Imana irakureba-Igice cya kabiri/ Dr. Fidèle Masengo
27 October 2015, by Innocent KubwimanaAhimba Uwiteka wavuganye na we izina ati “Uri Imana ireba.” Ati “Mbese Indeba nayiboneye na hano?” Itangiriro 16:13
Mu nyigisho nabagejejeho ejo navugaga ukuntu Imana ireba mpereye ku buzima bwa Hagari. Nayisoje mbasezeranya kuyikomeza ariko ngaragaza impamvu zigaragaza ko Imana ikureba nawe.
Dore amwe mu masomo nize kuri kiriya cyanditswe kivuga ngo ‘Imana ireba.’’ 1. Bimwe mu biranga Imana ni ukumenya buri wese na buri kintu cyose (Omniscience). Mbese ibishwi bibiri ntibabigura ikuta rimwe? (...) -
ITANGAZO RYO KURANGISHA!
28 August 2013, by UbwanditsiKANEZA ANNONCIATA ARARANGISHA ABABYEYI BE BABURANYE MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI YO MU W’1994. AVUGA KO BABURANYE AFITE IMYAKA 4, SE YITWAGA BUTERA, NYINA AKITWA FLORIDA. AVUGA KANDI KO YARI AFITE MUKURU WE WITWA MUKANDAYISENGA, SE AKABA YARAKUNDAGA KUREMA ISOKO RYA NYAGASAMBU. KURI UBU KANEZA ARABARIZWA MU MURYANGO UMURERA URI KU KIMISAGARA.
UWAMENYA ABO BABYEYI CYANGWA AKAMENYA UMWE MU MURYANGO WABO, YAHAMAGARA KURI TELEFONE ZIKURIKIRA:
0725247457 cg 0788234789 (KANEZA)
0728467660 (...) -
Gushima Imana birakwiye kandi harimo imbaraga zidasanzwe
16 March 2016, by Emmanuel KANAMUGIREGushima Imana ni igikorwa cyo kuzirikana ibyo yagukoreye, bivuye ku mutima ukabyatuza akanwa cyangwa ukabyerekanisha ibikorwa. Imana yaradukunze,yatugiriye ubuntu kandi nanubu iracyabutugirira.Itegereje ko natwe tugaragaza ko tunyuzwe n’ubwo buntu tukabyerekana dushima, kandi itwigisha ko uko gushima kwera imbuto z’igikundiro.
Yesu urugero rwo gushima
Mu ijoro rya Pasika, Yesu hamwe n’abigishwa be babiri, bazamuka bagana Emaus.Bamutumira gusangira na we arabemerera. « Yicaye ngo asangire na (...)
0 | ... | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | 710 | 720 | ... | 1230