“ Yesu n’abigishwa be nabo bari babutumiwemo” Yohana 2: 2 . “Jesus and his disciples were also invited to the celebration”
Aha ni mu bukwe bwabereye I kana y’I Galilaya, ariko agashya kabereye aha hantu, nuko ngo na Yesu n’abigishwa be nabo bari batumiwe muri ubwo bukwe kandi bakitabira. Sinzi impamvu aba bantu bigiriye iyi nama , wasanga bari bazi akamaro ko gutumira Yesu mu bintu byawe kandi ntumutumire nk’indorerezi, cyangwa nk’umuntu urebera gusa, udafite ijambo rikomeye muri ibyo bintu. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Bigiriye inama nziza yo gutumiramo Yesu!
14 June 2016, by Alice Rugerindinda -
Amateka ya Bibiliya ahishura ibanga rikomeye ryo kugaruka kwa Yesu. Levis Pasteur BYABEZA
23 April 2014, by UbwanditsiInkomoko n’iyandikwa rya Bibiliya, icapwa n’ihindurwa rya Bibiliya mu zindi ndimi, itotezwa n’imigambi yo gutwika no kurimbura Bibiliya bihishe isohozwa ry’ibyanditswe bigira biti “Ubu butumwa bwiza bw’ubwami bw’ijuru buzamamazwa ku isi yose bubere amahanga yose ubuhamya, noneho rero imperuka igere.” Matayo 24:14. (Bibiliya IJambo ry’Imana)
Nk’uko igitabo “A l’écoute de la Bible” kibivuga: Ubutware igitabo cya Bibliya gifite ubwabwo bugaragaza aho yaturutse. Nta kindi gitabo cyasubiza ibibazo (...) -
Komite yegujwe muri ADEPR yatanze imfunguzo
21 September 2012, by UbwanditsiNyuma y’iminsi itari mike mu itorero rya Pentekote mu Rwanda ADEPR, hari komite yanenzwe imikorere, ikaza gusimburwa nyuma y’uko Ikigo gishinzwe imiyoborere myiza babandikiye bagahagarikwa ku mirimo, kuri uyu wa Gatanu ku itariki ya 21 Nzeri ni bwo Komite ishaje yatanze imfunguzo .
Abapasiteri bagize ubuyobozi bukuru bw’itorero rya ADEPR, bateraniye ku cyicaro cya ADEPR ku Kimihurura, habaho ihererekanyabusha hagati ya komite y’inzibacyuho na komite icyuye igihe.
Mu ihererekanyabubasha (...) -
Ubuhamya: Yesu yankijije ivyaha n’ indwara zose nari mfite : Colonel Ndayinginge Nathan
3 July 2012, by UbwanditsiNitwa Colonel Ndayinginge Nathan, nakiriye agakiza mpejeje kaminuza ya gisirikare y’UBURUNDI ISCAM(Institut Superieur des Cadres Militaires). Ico gihe nakorera i Gitega muri 3eme Bataillon Commando mu mwaka wa 1990-1991.
Nkiri muri kaminuza nimirije guheza nari mfise ikibazo cyo kuribwa mu nda cane ariko cari catanguye bukebuke nkiri muri Ecole Normale yo mu Rutovu (naragiye no mu gikorane cabereye i Kiremba ngo bansengere nkire, ariko ntivyakunze kuko sinari nihanye). Narimfise n’izindi (...) -
Yaguranye umugisha we igaburo ry’umunsi umwe
27 May 2012, by Alice RugerindindaYaguranye umugisha we igaburo ry’umunsi umwe !
Mbega ukuntu biteye agahinda!! Kubwo kubura kwihangana, yahisemo gutanga ubutware bwe! Itangiriro 25: 29-34
Iyi ni inkuru y’abahungu ba Isaka babiri aribo : Esawu na Yakobo. Esawu yari umwana w’imfura , akundwa na se kandi yari afite umurage w’umwana w’imfura. Aba bahungu bakoraga imirimo itandukanye: Esawu yari umuhigi naho Yakobo we ngo yabaga mu mahema.
Igihe kimwe Yakobo ateka isupu y’ibishyimbo , Esawu arinjira avuye mu ishyamba guhiga ngo (...) -
Intambwe 4 zo gusanga Imana
3 March 2016, by Simeon Ngezahayo1. Imana iragukunda!
Bibiliya iratubwira iti, "Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wa yo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.” Yohana 3:16
2. Twese twakoze ibibi, tuvuga ibibi kandi turabitekereza. Iki kibi cyo cyitwa icyaha, kandi ibyaha byacu ni byo byadutandukanije n’Imana.
Bibiliya iratubwira iti, “Kuko bose bakoze ibyaha, ntibashyikira ubwiza bw’Imana. ” Abaroma 3:23. "Imana irakiranuka kandi irera, kandi ibyaha byacu (...) -
Kiruhura: Mu giterane cy’amasengesho abagera kuri 25 bakijijwe.
7 February 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa Kabiri taliki ya 07/02/2012 mu itorero ry’ ADEPR Kiruhura habereye igiterane cy’amasengesho cyitabiriwe n’abantu basaga Magana atanu. Muri iki giterane kandi harimo abashyitsi batandukanye barimo abavugabutumwa n’abahanzi batandukanye.
Pasteur Désiré nawe yari muri iki giterane yaganirije iryo teraniro ko hari abantu benshi batari bakizwa ariko n’abakijijwe bakwiye kuvugurura imibanire yabo na Yesu kuko abantu benshi barahuze bamwe kubw’ ibigeragezo barimo abandi baguwe neza bitumye (...) -
Ibintu 5 Nehemiya yakoze, asaba Imana kujya ibimwibukira
2 October 2015, by Innocent KubwimanaIyo uvuze Nehemiya ku basomye ijambo ry’Imana bahita bumva ijambo kubaka inzu y’Imana, umuntu ugira ishyaka, wubaka arwana n’ibindi. Ariko kandi bahita banibuka abagabo batatu ari Sanibarati, Tobiya na Geshemu bamurwanije mu gihe yakoraga umurimo w’Imana ariko ntacike intege.
Aha tugiye kuvuga ibintu bitanu yakoze ubwo yari yari yarasubiye i Babuloni, agarutse asanga umutambyi witwa Eliyashibu wari warashyiriweho gutegeka ibyumba by’inzu y’Imana yabaye inshuti na Tobiya bafata nk’umwanzi (...) -
Ibikwiye kwitabwaho mbere yo gufata icyemezo cyo kurongora cyangwa kurongorwa
24 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNufata icyemezo cyo kurongora cyangwa kurongorwa, menya ko ubukwe bwawe bukwinjije mu wundi muryango kandi bukakunga nawo.
Nzi abantu benshi cyane barongora cyangwa barongorwa batekereza ko isano izaguma hagati yabo gusa, ariko ibi biba ari akaga gakomeye. Iyo rero urongoye cyangwa urongowe, uba winjiye mu buzima bwa kivandimwe n’umuryango w’uwo mushakanye, ntabwo mukomeza kwibanira muri babiri basa. Muba mubaye ipfundo ryunga iyo miryango ibiri, kuko iyo mumaze gushyingiranwa iyo miryango (...) -
Dufite umwenda wo guhora dushima Imana
19 July 2015, by Innocent KubwimanaUrumva umeze ute uyu munsi? Urishimye? Urababaye? Urarwaye cyangwa urarwaje? Uri wenyine? Urihebye? Uri mu kaga, mu ngorane? Urakennye cyangwa waronse ibyo ukeneye byose umerewe neza ?
Kimwe muri ibi bibazo umuntu abikubajije ntiwabura aho wibona bitewe n’ibyo uri kunyuramo. Byaba ibikubabaza cyangwa ibigushimisha Imana yadusabye umwenda uhoraho wo kuyishima. Mbese duhorana umwenda wo gushima Imana kadni dusabwa kubikora umwanya ku wundi.
Imana ishaka ko tuyishima muri byose, mu byago no (...)
0 | ... | 600 | 610 | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | ... | 1230