Uwo muntu agana iburasirazuba, afite umugozi mu ntoki wo kugeresha agera mikono igihumbi, anyuza muri ayo mazi, amazi angera mu bugombambari. Arongera agera mikono igihumbi, anyuza muri ayo mazi, amazi angera mu mavi. Arongera agera mikono igihumbi, anyuza muri ayo mazi, amazi angera mu rukenyerero. Arongera agera indi mikono igihumbi, aba abaye umugezi ntabasha kwambuka, kuko yari abaye amazi menshi yakwambukwa n’uzi koga, ari umugezi utambukishwa amaguru. Ezekiyeli 47:3-5
Mu buzima (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Intambwe zo gukura mu buryo bw’Umwuka
16 July 2015, by Innocent Kubwimana -
Twazuranwe na Kristo
27 May 2013, by Ubwanditsi“Ujye wibuka Yesu Kristo wakomotse mu rubyaro rwa Dawidi, akazuka mu bapfuye nkuko ubutumwa nahawe buvuga”.(2 Timoteyo 2 : 8)
Urwo ni urufunguzo rwo kugira ngo tugume mu migisha y’Imana. Iyo dutewe n’ibibazo n’ibigeragezo, twibuke Yesu Kristo wazutse mu bapfuye!
Twibuke ko ubwo Yesu yazutse, natwe twazukanye na we. Ubwo yavaga i kuzimu, akanesha satani, abari muri Kristo nabo bavuye i kuzimu baneshya satani. Iyo tunyuze mu bihe bikomeye, abana b’Imana dukwiye guhora twibuka ibyo. Iyo satani (...) -
Nyuma yo guturuka I Gisenyi ajya I kigali n’amaguru ndetse akerekanwa na Fiance we yambaye Bote ubu afite ishimwe rikomeye.
24 July 2012, by UbwanditsiNitwa MWIRAGIYE Francois navutse mu mwaka wa 1975, mvukira muri KIBIRIRA ku Gisenyi ubu habaye akarere ka NGORORERO. Navutse mu muryango ukennye gusa ubwo buzima twese twari twarabwemeye kuko ntayandi mahitamo twari dufite. Mu mwaka wa 1994 nahungiye Kongo ngera i Mugunga mpaba igihe gito, ubuzima bw’ impunzi namwe murabwumva abantu barapfaga buri munsi ariko Imana irandinda, nyuma naje gufata icyemezo ngaruka mu Rwanda, Mu guhunguka naje n’amaguru ngera iwacu,gusa mpagera nenda gupfa bitewe (...)
-
Icyo Alexis DUSABE avuga ku itariki ya 21/12/2012(imperuka y’isi)
20 December 2012, by UbwanditsiBiratangaje cyane ko isi yose izi inkuru ivuga kurangira kw’isi, ibi byavuzwe n’ubuhanuzi bw’aba maya.
Ibinyamakuru byose (radios, internet, newspapers...) byakwirarikwije iyo nkuru bituma isakara vuba kandi hose(ibyo binyereka imbaraga zitangaje za media)
Ndetse bamwe benshi cyangwa bacye bakaba barabifashe nk’ukuri bigatuma bateza, bagurisha utwabo ngo bitegure iyo mperuka y’ibihe? Maze iminsi nanjye mbitekerezaho bikantera kwibaza byinshi ubu rero nibyo ngira ngo dusangire Dore ko nawe (...) -
Hari ibintu 8 Imana izakorera uzanesha isi umubiri na Satani
13 January 2016, by Pastor Desire Habyarimana1.Ibyahishuwe 21:7 (Unesha azaragwa byose, nanjye nzaba Imana ye na we abe umwana wanjye).
2. Ibyahishuwe 3:21 (Unesha nzamuha kwicarana nanjye ku ntebe yanjye y’ubwami, nk’uko nanjye nanesheje nkicarana na Data ku ntebe ye).
3. Ibyahishuwe 3:12 (Unesha nzamugira inkingi yo mu rusengero rw’Imana yanjye kandi ntazasohoka ukundi, nanjye nzamwandikaho izina ry’Imana yanjye n’iry’ururembo rw’Imana yanjye ari rwo Yerusalemu nshya, izamanuka iva mu ijuru iturutse ku Mana yanjye, kandi nzamwandikaho (...) -
Ubuhamya: Mu bigeragezo niho Imana yanyuze kugirango indemere amashimwe
21 December 2012, by UbwanditsiAmazina yanjye nitwa Mama Chantal, ndashima Imana cyane ku bw’imirimo itangaje cyane iheruts ekunkorera. Umwami Imana yakoze ibitangaza mu buzima bwanjye nkaba ntazahwema na rimwe kubitangaza mu isi yose. Ibyo ndi kuvuga ibi bikaba ari ibyo Imana yankoreye ubwo nari iwacu ahitwa Sis Cacao mu mugi wa Douala mu gihugu cya Kameroni.
Icyo gihe hari mu mwaka wa 2003 ubwo umugabo wanjye byafatwaga n’indwara imutunguye mu buryo buri wese yahise yiheba kuko yabonaga ko neza neza agiye guhita asezera (...) -
Dawidi yagiraga umutima utangaje! Kiyange Adda-Darlene
17 January 2014, by Kiyange Adda-Darlene1 Samweli 1: 17, 23 “Nuko Dawidi aborogera Sawuli n’umuhungu we Yonatani uyu muborogo…..Sawuli na Yonatani bari beza, bafite igikundiro bakiriho…”
Sawuli amaze kuba umwami yafashwe n’indwara, imyuka mibi ikamufata ikamugwa nabi akaremba. Bashatse umuti basanga Dawidi bati ngwino ujye i Bwami baragushaka. Sawuli abonye Dawidi aramukunda cyane, yacuranga ya myuka mibi ikagenda Sawuli agakira akaba muzima. Aho urwango rwaturutse rero, Dawidi yishe Goliyati, abagore barabyina bati Dawidi yishe (...) -
Inyandiko igenewe abasomyi
17 June 2013, by UbwanditsiNshuti bavandimwe dusangiye inzira ijya mu ijuru, ndabaramukije. Amahoro y’ Imana abane namwe.
Nk’uko mubizi, intego yacu ni ukugeza ubutumwa bwiza ku bantu bose. N’ubu rero ntiyahindutse, turacyakomeje kwamamaza ubutumwa bwiza uretse ko tugenda duhura n’ imbogamizi zitandukanye, cyane ko muzi ko Satani aturwana kuko umurimo we ari ukwiba, kwica no kurimbura (Yohana 10:10).
Hashize iminsi abakoresha modem za MTN batabasha kugera ku rubuga rwacu www.agakiza.org, bitewe n’ ikibazo kiri (...) -
Mu biterane biri kubera I Bujumbura abatari bake bamaze guhindukirira Imana.
3 May 2012, by UbwanditsiNkuko twari twabibamenyesheje ko Pastor Desire habyarimana agiye kwerekeza mu mujyi wa Bujumbura mu Burundi mu biterane bitandukanye; ibi biterane byatangiye kuri uyu wa 6 taliki ya 27/04/2012 bikaba bizakomeza icyumweru cyose.
Igiterane cya mbere cyabereye muri Commune ya Musaga aho Aumonerie Pentecotiste ikorera kikaba cyarahuje abantu batari bake kandi ukabona ko baje bafite inyota yo kumva ijambo ry’ Imana cyane. Aha muri iki giterane Pastor Desire yigishije kukuba incuti y’ Imana (...) -
Ibyazanye Yesu Kristo Pastor Isaie Ndayizeye
23 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAhindukirira abigishwa, ababwira biherereye ati"Hahirwa amaso areba ibyo mureba, kandi ndababwira yuko abahanuzi benshi n’Abami bifuje kureba ibyo mureba ntibabireba, no kumva ibyo mwumva ntibabyumva."(Luc 10:23-24)
Kuva kera uhereye ku gihe Adamu na Eva bakora icyaha, Imana ubwayo igahanura ugucungurwa k’umuntu, no mu gihe cy’abahanuzi, abantu bakomeje gutegereza Messia uzabatabara akabakura mu bubata. (Yes.9:5...)
Nuko umwana yatuvukiye duhawe umwana w’umuhungu, ubutware buzaba ku bitugu (...)
0 | ... | 570 | 580 | 590 | 600 | 610 | 620 | 630 | 640 | 650 | ... | 1230