"Bana bato muri ab ’ IMANA kandi ba bandi mwarabanesheje , kuko uri muri mwe aruta uri mu b’isi! 1yohana 4:4"
Mbese ye, iyo tuvuze ijambo "AMOSHYA "mwumva iki? kenshi mwumva ibikorwa byose bibi cyangwa se ingeso mbi dukwiriye kwirinda, siko biri?Ariko ukuri n’uko umuntu ashobora koshywa no gukora neza bikamugerageza!
Iyaba nagendera ku mabwiriza y’UMWUKA WERA buri munsi wo mu minsi yo kubaho kwanyu wajya ubabera uwakataraboneka !
Ntimuzi ko IMANA na Satani bahora mu ntambara y’urudaca (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ese hari ubwo ujya wemera kuyoborwa n’ibishuko?
19 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Ukwiriye kwibera mu Mana kuko niho harusha ahandi hose kuryoha
18 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Igihugu cyose kiri imbere yawe kugira ngo uture aharusha ahandi ubwiza” (Itangiriro 47:6) Birashoboka ko umuntu atura muri Egiputa kandi ari Umuheburayo ; turi mu isi ariko ntituri ab’ isi. “Twebweho iwacu ni mu ijuru” (Abafiripi 3:20). Kandi ushobora kuhatura ukagumya kuba Umuheburayo kuko abera bo mu isi nizo mfura Imana yishimira (Zaburi 16:3), kuba muri Egiputa mu isi ntibibabuza ubupfura bwabo. Icyo dukwiye kwirinda ni imicyo ya Egiputa kuko kubana n’ ababi byonona ingeso nziza iyo (...)
-
Menya neza ibiranga umugore mwiza n’umugore mubi
20 June 2013, by UbwanditsiBurya umugore ni we rufunguzo rw’umubano, mu bavandimwe n’abaturanyi. N’ubwo umugabo yagira ubuntu n’urugwiro, n’ubwo yamwenyurira abandi no kugerageza kwakira, ntacyo byamarira abashyitsi, abaturanyi n’abagenzi, kuko inyifato y’umugore ari yo itanga ikaze. Imyifatire mibi y’abagore ni yo yirukana ababagenderera.
Dore bimwe mu biranga umugore mwiza :
1. Yubaha Imana n’umugabo we; 2. Agira umwete ku mirimo myiza; 3. Azi kugabura ku gihe, azi no gushaka ibikenewe; 4. Akunda gufasha abo arusha (...) -
Urubyiruko rukijijwe rukwiye kugaragaza itandukaniro
11 June 2016, by Pastor Rukundo OctaveUrubyiruko rukijijwe rukwiye kugaragaza itandukaniro (Tito2/6-8) Uko urubyiruko rukijijwe rwitwara
“Nabasore nuko ubahugure kudashayisha, wiyerekane muri byose nk’icyitegererezo cy’imirimo myiza, kandi mw’iyigisha ryawe ugaragaze uko uboneye udapfa gutera waraza, n’ijambo ryawe ribe rizima ritariho umugayo kugira ngo umuntu ari mu ruhande rw’ababisha amware atabonye ikibi yakuvuga” Tito 2:6-8
Icyitonderwa: Nk’uko abakecuru bagomba gutoza abagore bato ingeso nziza, ni nako Tito yagombaga gufasha (...) -
Ukuboko kw’ Imana kuracyakora ibitangaza.
26 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneDore ukuboko k’Uwiteka ntikwaheze ngo ananirwe gukiza, n’ugutwi kwe ntikwapfuye ngo ananirwe kwumva. Ahubwo gukiranirwa kwanyu niko kwabatandukanije n’ Imana yanyu, n’ibyaha byanyu nibyo biyitera kubima amaso ikanga no kwumva (Yesaya 59 : 1-2)
Imana yacu ,Uwiteka, ni umutabazi ni umufasha utabura kuboneka mu byago no mu makuba. Uwiteka akunda abantu be, ni umurengezi kandi ni Umunyembabazi. Bibiriya iratubwira ngo iyaba ubwoko bwanjye bunyumvira, iyaba abisirayeri babaga mu nzira zanjye (...) -
Uko John bunyan yakiriye agakiza
7 May 2014, by UbwanditsiJohn Bunyan ni umwanditsi w’agatabo k’Umugenzi (Pilgrim’s Progress). Mu buzima bwe ntiyigeze asayisha mu byaha nko gusinda cyangwa gusambana, uretse gusebya Imana, kuyihakana ndetse no guhakana Isabato. Mu gihe yari muri ubu buzima bwo kurakaza Imana, yagize iyerekwa ry’umujinya uzatera, maze amajoro menshi akayamara mu nzozi maze bwacya ntizibashe gusibangana ahubwo zigakomeza kumukoroga. Yakundaga kurota imperuka yabaye, cyangwa akarota isi yasama ikamumira. Uko yakomezaga gukura ni ko (...)
-
Kuko ari nta yindi mana ibasha gukiza bene aka kageni!
15 August 2012, by Alice Rugerindinda“ Ni cyo cyatumye nca iteka, kugirango umuntu wese wo mu moko yose y’indimi zitari zimwe uzavuga nabi Imana ya Saduraka na Meshaki na Abedenego, azatemagurwe kandi urugo rwe ruzahinduke nk’icyavu, kuko ari nta yindi mana ibasha gukiza bene aka kageni” Daniel 3: 29
Imana ishimwe cyaneeee. Aya magambo yavuzwe n’Umwami Nebukadinezari nyuma yo kujugunya mu itanura ry’umuriro ugurumana abantu b’Imana aribo Saduraka, Meshaki na Abedenego, akabona ntacyo babaye. Mu kimbo cyo kubona bahiye, ngo yabonye (...) -
Ruth Graham, umugore w’umutima nk’uwo dusanga mu migani 31
28 February 2013, by UbwanditsiBakundwa muri Kristo, hashize igihe nshaka gusangira namwe aka gace gato k’igitabo Billy Graham yanditse avuga ku buzima bwe, aho atwereka uburyo umugore we Ruth Graham ateye. Nakozweho cyane n’uwo mugore, n’urukundo akunda umugabo we n’uburyo amushigikira. Ntavuze byinshi, nabandikiye amagambo make aho Billy Ghaham avuga ku mugore we.
AGACE K’IGITABO CA BILLY GRAHAM CITWA "UWO NDIWE" Uburyo twari tuguwe neza kuri ubwo butaka twariho ntabwo ariko byakomeje tugeze hagati y’umugabane. Hoteli (...) -
Intambwe zagufasha kuba umuyobozi mwiza ku Mana n’abantu
21 July 2015, by Umumararungu ClaireTuziko nta buyobozi bushobora kujyaho Imana itabyemeye, ariko se ubuyobozi bwose buba ari bwiza? Kugirango bibe byiza cyane umuyobozi agomba kubigiramo uruhe ruhare rwatuma abo ayobora bamwiyumvamo ntibigomeke kandi bagakorana neza?
Izi rero ni intambwe 5 zagufasha kuba umuyobozi mwiza ushimwa n’imana n’abantu
1. Kumarana umwanya n’Imana
Nk’uko Imana ariyo itoranya, iyo yemeye kugutoranya ngo uyobore ubwoko bwayo uba ugomba kumva ko atari ibyawe gusa ahubwo ugomba kumenya uko Imana ishaka (...) -
Icyo Alexis DUSABE avuga ku itariki ya 21/12/2012(imperuka y’isi)
20 December 2012, by UbwanditsiBiratangaje cyane ko isi yose izi inkuru ivuga kurangira kw’isi, ibi byavuzwe n’ubuhanuzi bw’aba maya.
Ibinyamakuru byose (radios, internet, newspapers...) byakwirarikwije iyo nkuru bituma isakara vuba kandi hose(ibyo binyereka imbaraga zitangaje za media)
Ndetse bamwe benshi cyangwa bacye bakaba barabifashe nk’ukuri bigatuma bateza, bagurisha utwabo ngo bitegure iyo mperuka y’ibihe? Maze iminsi nanjye mbitekerezaho bikantera kwibaza byinshi ubu rero nibyo ngira ngo dusangire Dore ko nawe (...)
0 | ... | 570 | 580 | 590 | 600 | 610 | 620 | 630 | 640 | 650 | ... | 1230