Mu Rurembo rwa Kibungo Itorero rya ADEPR, kuri icyi cyumweru taliki ya 25Ugushyingo, 2012 habaye umuhango ukomeye wo gushyiraho no gusengera abavugabutumwa bwiza mu murimo w’Imana ukorerwa muri Bataillon ya 55 ikorera mu Karere ka Kirehe na Ngoma, Intara y’Iburasirazuba.
Umurimo w’Imana muri iyo Bataillon ya 55 wari usanzwe ukorwa mu buryo busanzwe aho abavugabutumwa b’ubushake bakoraga umurimo w’Imana wo kubwiriza ubutumwa bwiza muri bagenzi babo b’Abasirikare kimwe no mu matorero basengeramo , (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Kibungo hasengewe abavugabutumwa bakorera umurimo w’ Imana muri Bataillon ya 55
26 November 2012, by JOST Uwase -
Yaguranye umugisha we igaburo ry’umunsi umwe
27 May 2012, by Alice RugerindindaYaguranye umugisha we igaburo ry’umunsi umwe !
Mbega ukuntu biteye agahinda!! Kubwo kubura kwihangana, yahisemo gutanga ubutware bwe! Itangiriro 25: 29-34
Iyi ni inkuru y’abahungu ba Isaka babiri aribo : Esawu na Yakobo. Esawu yari umwana w’imfura , akundwa na se kandi yari afite umurage w’umwana w’imfura. Aba bahungu bakoraga imirimo itandukanye: Esawu yari umuhigi naho Yakobo we ngo yabaga mu mahema.
Igihe kimwe Yakobo ateka isupu y’ibishyimbo , Esawu arinjira avuye mu ishyamba guhiga ngo (...) -
Urushako rwiza. Donato Anzalone
25 June 2013, by Isabelle GahongayireHari umugani uvuga ngo, “amaso akunda ntareba, ariko gushakana bigafungura amaso.”
Ubuzima bw’abashakanye ni ikibazo cyugarije isi! Ndetse muri iki gihe gushaka bisigaye ari ikintu cyo kwitonderwa. Ariko na none hari n’abandi benshi bemeza ko ubukwe ari ikintu cyiza, nubwo kubana bidahora byoroshe.
Nkuko uriya mugani wabivuze, “ amaso akunda ntareba, ariko gushakana bigafungura amaso.” Nyuma y’urushako, bikunze kugaragara ko uwo mwashakanye atameze nk’uko wamutekerezaga. Bamwe bamenya ibyo (...) -
Ibintu 5 Nehemiya yakoze, asaba Imana kujya ibimwibukira
2 October 2015, by Innocent KubwimanaIyo uvuze Nehemiya ku basomye ijambo ry’Imana bahita bumva ijambo kubaka inzu y’Imana, umuntu ugira ishyaka, wubaka arwana n’ibindi. Ariko kandi bahita banibuka abagabo batatu ari Sanibarati, Tobiya na Geshemu bamurwanije mu gihe yakoraga umurimo w’Imana ariko ntacike intege.
Aha tugiye kuvuga ibintu bitanu yakoze ubwo yari yari yarasubiye i Babuloni, agarutse asanga umutambyi witwa Eliyashibu wari warashyiriweho gutegeka ibyumba by’inzu y’Imana yabaye inshuti na Tobiya bafata nk’umwanzi (...) -
Dufite umwenda wo guhora dushima Imana
19 July 2015, by Innocent KubwimanaUrumva umeze ute uyu munsi? Urishimye? Urababaye? Urarwaye cyangwa urarwaje? Uri wenyine? Urihebye? Uri mu kaga, mu ngorane? Urakennye cyangwa waronse ibyo ukeneye byose umerewe neza ?
Kimwe muri ibi bibazo umuntu abikubajije ntiwabura aho wibona bitewe n’ibyo uri kunyuramo. Byaba ibikubabaza cyangwa ibigushimisha Imana yadusabye umwenda uhoraho wo kuyishima. Mbese duhorana umwenda wo gushima Imana kadni dusabwa kubikora umwanya ku wundi.
Imana ishaka ko tuyishima muri byose, mu byago no (...) -
Imana igukeneyeho imbuto nziza
27 July 2015, by Umumararungu ClaireMuzabamenyera ku mbuto zabo. Mbese hari abasoroma imizabibu ku mugenge, cyangwa imbuto z’umutini ku gitovu? Nuko muzabamenyera kumbuto zabo Matayo 7.16
Nta kintu na kimwe cyakubashisha kumenya umuntu uwo ariwe, mu mutima ntiwahagera ngo umenye ibirimo, ariko burya imbuto yera nizo zimugaragaza.
Hariho ibihingwa bibiri bigorana kubitandukanya iyo bikiri bito, ibyo bihingwa ni intobo ndetse n’intoryi, buriya iyo bikiri bito byakubera ihurizo kubitandukanya, ariko iyo bigeze mugihe cyo kwera (...) -
Wari uzi ko Bibiriya itwigisha uko twafata imibiri yacu? Pastor Desire
13 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaWatekereza iki ku muntu ufite ibikoresho byiza byo mu nzu, ariko akabitungira mu nzu y’ umusaka? Mbese ntibyagaragara ari ubupfu? Ariko ibyo birasa n’ ukuntu abantu bamwe bitwara. Bita kuri kamere yabo, ariko bakirengagiza umubiri wabo.
Ntagushidikanya ko usobanukiwe ko kamere yawe ari kimwe mu bice bikugize. Ikindi gice n’ umubiri wawe. Kandi nubwo kwita kuri kamere yawe no kuyiteza imbere ari iby’ igiciro cyane ariko ukwiye kumenya uko ukwiye gutegeka umubiri wawe.
Abayoboke b’amadini (...) -
’’Nkuko umubiri ukenera kurya niko n’ ubugingo bukenera kwitabawaho’’.
20 September 2011, by UbwanditsiNkuko biri mu nshingano ze kuvuga ijambo ry’ Imana , Pastor Desiré, iki cyumweru yatangiye inyigisho z’ ijambo ry’ Imana mukigo gitanga amashanyarazi, amazi, isuku n’isukura, EWSA mu gihe abakozi baba bari mukaruhuko ka saa sita kugeza saa saba . Insanganyamatsiko y’ izi nyigisho ikaba iri muri Zaburi 23 aho igira iti : “Uwiteka niwe mwungeri wanjye sinzakena”.
Pastor Desire yavuze ko abantu benshi badafite umwanya wo guterana mu nsengero zabo hagati mu mibyizi byaba byiza abo Imana yahaye (...) -
Intambwe 4 zo kunesha ibihanda biri imbere yawe! – Joyce Meyer
28 April 2014, by Simeon NgezahayoWigeze utangira umushinga ntiwabasha kuwurangiza? Cyangwa se waba warahagaritse inzozi waze kubera ibindi bintu byitambitse mu nzira? Ntekereza yuko ibi byatugezeho twese mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Ukuri ni uko rimwe na rimwe gutangira biba byoroshye. Nyamara hamwe no gufashwa n’Imana, tubasha kurangiza imishinga twatangiye kuko Bibiliya ivuga ngo "Ku Mana byose birashoboka" (Matayo 19:26 BY).
Ndizera ko hari ibyo twifuza gukora, kandi akenshi icyo twifuza gukora ni icyo Imana (...) -
Nyuma y’ ibyabaye muri ADEPR abayobozi bashya bajyanye aba Pasitori mu ngando
28 November 2012, by UbwanditsiNyuma byavuzwe mu itorero rya ADEPR hari impande zisa n’izihanganye, ubu abayobozi bashya bashyizweho ngo bayobore iryo torero berekeje mu Ngando i Nkumba mu Karere ka Burera Intara y’Amajyaruguru.
Ubwo yatangizaga ingando y’iminsi irindwi y’aba bakozi b’Imana, Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika Tugireyezu Venantie, yasabye aba bashumba kugira indangagaciro z’umuyobozi mwiza, baharanira inyungu z’abo bayobora bakirinda amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside.
Amakuru dukesha Imvaho (...)
0 | ... | 590 | 600 | 610 | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | ... | 1230