( God is the same yesterday, today and forever, Jesus Christ est le meme hier, aujourd’hui, et Eternellement) Abaheburayo 13:8 Yesu ntahinduka imirimo ye n’ ibitangaza bye sibyo mu gihe cya kera na nubu biracyakoreka. Aracyakora. Ariho ni muzima ari ku ngoma. Tugomba kumenya ibintu by’ ibanze. Iyo dukoresha ijambo ibitangaza tugomba no kumenya ko Yesu Kristo ariwe banze (source) y’ ibitangaza. Yesu niwe riba ry’ ibitangaza ntiyagiye ku musaraba ngo ababazwe kariya kageni abambwe, ahambwe (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Yesu Kristo uko yari ejo, n’uyu munsi ni ko ari kandi ni ko azahora iteka ryose.
27 March 2016, by Umugiraneza Edith -
Mu itorero ADEPR habaye ihererekanyabubasha rya komite nyobozi
17 September 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa mbere I Kigali habereye umuhango w’ihererekanyabubasha kuri komite icyuye igihe y’itorero ADEPR mu Rwanda ndetse na komite nshya y’agateganyo yatangiye imirimo.Uyu muhango wabereye imbere y’abayobozi b’indembo za ADEPR ndetse n’imbere ya Cheikh Saleh Habimana, umuyobozi w’urwego rushinzwe gukurikirana imiryango ishamikiye ku madini, imitwe ya politiki n’imiryango itari iya leta mu kigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere.
Nyuma y’aho abapasiteri bahagarariye indembo za ADEPR hirya no (...) -
Andika uti: “Uhereye none hahirwa abapfa bapfiriye mu Mwami wacu”
31 January 2016, by Alice RugerindindaNumva ijwi rivugira mu ijuru rimbwira riti “ Andika uti: “ Uhereye none hahirwa abapfa bapfira mu Mwami wacu”. Umwuka nawe aravuga ati “ Yee, ngo baruhuke imihati yabo, kuko imirimo yabo ijyanye nabo ibakurikiye”. Ibyahishuwe 14: 13 Haleluyaa. Imana ishimwe cyane. Aya amagambo yanditswe na Yohana, ubwo yari ku kirwa cy’ ipatimo, nuko Yesu akahamusanga akamuhishurira ibyendaga kuzabaho.
Mu buzima busanzwe dutinya gupfa, kuko biteye ubwoba ndetse akenshi n’inzira binyuramo kugirango bibeho akenshi (...) -
Bigiriye inama nziza yo gutumiramo Yesu!
14 June 2016, by Alice Rugerindinda“ Yesu n’abigishwa be nabo bari babutumiwemo” Yohana 2: 2 . “Jesus and his disciples were also invited to the celebration”
Aha ni mu bukwe bwabereye I kana y’I Galilaya, ariko agashya kabereye aha hantu, nuko ngo na Yesu n’abigishwa be nabo bari batumiwe muri ubwo bukwe kandi bakitabira. Sinzi impamvu aba bantu bigiriye iyi nama , wasanga bari bazi akamaro ko gutumira Yesu mu bintu byawe kandi ntumutumire nk’indorerezi, cyangwa nk’umuntu urebera gusa, udafite ijambo rikomeye muri ibyo bintu. (...) -
Ese waba wibuka icyo Imana yakuvuzeho?
2 May 2014, by Ernest RutagungiraNtuzi icyo Uwiteka yakuvuzeho njyewe nawe ,akabibwira Mose umuntu w’Imana turi I Kadeshi y’I Baruneya? (Yosuwa 14:6b). Aya ni amagambo yavuzwe na Karebu mwene Yefune w’Umukeza, nyuma y’imyaka 45, uhereye aho yumviye icyo Uwiteka amuvuzeho, ubwo yabazaga Yosuwa wari warazunguye Mose, ngo ayobore ubwoko bw’Abisiraheli, akaba yaramwibutsaga aho Uwiteka yirahiye akabwira Mose ati: “Ni ukuri ntimuzajya mu gihugu narahirishije kumanika ukuboko y’uko nzabatuzamo, kereka Karebu mwene Yefune na Yosuwa (...)
-
Komite yegujwe muri ADEPR yatanze imfunguzo
21 September 2012, by UbwanditsiNyuma y’iminsi itari mike mu itorero rya Pentekote mu Rwanda ADEPR, hari komite yanenzwe imikorere, ikaza gusimburwa nyuma y’uko Ikigo gishinzwe imiyoborere myiza babandikiye bagahagarikwa ku mirimo, kuri uyu wa Gatanu ku itariki ya 21 Nzeri ni bwo Komite ishaje yatanze imfunguzo .
Abapasiteri bagize ubuyobozi bukuru bw’itorero rya ADEPR, bateraniye ku cyicaro cya ADEPR ku Kimihurura, habaho ihererekanyabusha hagati ya komite y’inzibacyuho na komite icyuye igihe.
Mu ihererekanyabubasha (...) -
Ubuhamya: Yesu yankijije ivyaha n’ indwara zose nari mfite : Colonel Ndayinginge Nathan
3 July 2012, by UbwanditsiNitwa Colonel Ndayinginge Nathan, nakiriye agakiza mpejeje kaminuza ya gisirikare y’UBURUNDI ISCAM(Institut Superieur des Cadres Militaires). Ico gihe nakorera i Gitega muri 3eme Bataillon Commando mu mwaka wa 1990-1991.
Nkiri muri kaminuza nimirije guheza nari mfise ikibazo cyo kuribwa mu nda cane ariko cari catanguye bukebuke nkiri muri Ecole Normale yo mu Rutovu (naragiye no mu gikorane cabereye i Kiremba ngo bansengere nkire, ariko ntivyakunze kuko sinari nihanye). Narimfise n’izindi (...) -
Yaguranye umugisha we igaburo ry’umunsi umwe
27 May 2012, by Alice RugerindindaYaguranye umugisha we igaburo ry’umunsi umwe !
Mbega ukuntu biteye agahinda!! Kubwo kubura kwihangana, yahisemo gutanga ubutware bwe! Itangiriro 25: 29-34
Iyi ni inkuru y’abahungu ba Isaka babiri aribo : Esawu na Yakobo. Esawu yari umwana w’imfura , akundwa na se kandi yari afite umurage w’umwana w’imfura. Aba bahungu bakoraga imirimo itandukanye: Esawu yari umuhigi naho Yakobo we ngo yabaga mu mahema.
Igihe kimwe Yakobo ateka isupu y’ibishyimbo , Esawu arinjira avuye mu ishyamba guhiga ngo (...) -
Intambwe 4 zo gusanga Imana
3 March 2016, by Simeon Ngezahayo1. Imana iragukunda!
Bibiliya iratubwira iti, "Kuko Imana yakunze abari mu isi cyane, byatumye itanga Umwana wa yo w’ikinege kugira ngo umwizera wese atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo buhoraho.” Yohana 3:16
2. Twese twakoze ibibi, tuvuga ibibi kandi turabitekereza. Iki kibi cyo cyitwa icyaha, kandi ibyaha byacu ni byo byadutandukanije n’Imana.
Bibiliya iratubwira iti, “Kuko bose bakoze ibyaha, ntibashyikira ubwiza bw’Imana. ” Abaroma 3:23. "Imana irakiranuka kandi irera, kandi ibyaha byacu (...) -
Twirinde kumenyera iby’Imana ahubwo tuzirikane guhamagarwa kwacu
16 July 2015, by Innocent KubwimanaMuzirikane guhamagarwa kwanyu bene Data, yuko ab’ubwenge bw’abantu bahamagawe atari benshi, n’abakomeye bahamagawe atari benshi, n’imfura zahamagawe atari nyinshi. 1 Abakorinto 1:26
Iyo umuntu agikizwa akenshi aba afite umwete mwinshi wo kubaha Imana no kuyikorera, afata umwanya uhagije wo gusenga, afite gutinya Imana kwinshi, gukora icyaha abibona nk’ibintu bidasanzwe, mbese yumva ashikamye mu bintu by’Imana. Akenshi ibi nibyo bituma yumva kugwa no gukora ikintu Imana idashaka ari ibintu (...)
0 | ... | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | ... | 1230