Haleluya! Ndashima Yesu Umukiza wanjye, utwitaho twese. Ndashaka kubahja ubuhamya bw’ibyo Yesu yankoreye:
Ntaramenya Yesu, umuryango wanjye wose wari abapagani cyangwa abanyamahanga. Iyo Noheli yageraga ni bwo twumvaga izina Yesu, ariko ntitwigeze tumenya yuko ari Imana nzima n’Umukiza.
Mu mwaka w’2009, mushiki wanjye Anjali yafashwe n’igitungu, kimufata mu ruti rw’umugongo, ariko mbere hato nk’iminsi 20 data hita yitaba Imana. twagiye kwa muganga, bakoreye mushiki wanjye ibizame dusanga (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
"Uburwayi bwa mushiki wanjye bwatumye mpura na Yesu, ankura mu rupfu!" – Mohit
23 August 2013, by Ubwanditsi -
Uwiteka azaguhindura umutwe ntazaguhindura umurizo
28 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUwiteka azaguhindura umutwe ntazaguhindura umurizo ; uzaba hejuru gusa ntuzaba hasi…” (Gutegeka Kwa Kabiri 28:13).
Abantu bamwe birabababaza iyo bumva badakunzwe cyangwa badashimwa n’abandi. Ibi ni ukubera ko kunezerwa kwabo baba bagushingira ku bandi, maze bahura n’abantu basa n’abatabitayeho bakumva barashwanyaguritse. Izo si zo nzozi z’Imana ku bizera. Aho gutegereza abantu ngo bakwiteho, Ishaka ko aba ari wowe wita ku bandi. Ubwo nibwo buryo bwo gutekereza ; ntugategereze abantu ngo (...) -
Yinginze Imana cyane ngo imwemerere bajyane mu rugendo bari bagiyemo !
16 February 2013, by Alice RugerindindaMose aramubwira ati “ Ubwawe nutajyana natwe ntudukure ino” Kuva 33: 15 “ Aramusubiza ati: “ Ubwanjye nzajyana nawe nkuruhure” Kuva 33:14
Aha ni igihe abisirayeri bavaga muri Egiputa bajya I Kanani mu gihugu cy’amasezerano, cyari igihe kitoroshye na buhoro ari nabwo Mose yingingaga Imana muri iyi mirongo, ngo imwemerere niba ayigiriyeho umugisha bajyane. Maze Imana nayo iramwemerera iti: Ubwanjye nzajyana nawe nkuruhure” Kuva 33:14. Imana ishimwe.
Ubusanzwe, urugendo ruva muri Egiputa rujya I (...) -
Andika uti: “Uhereye none hahirwa abapfa bapfiriye mu Mwami wacu”
31 January 2016, by Alice RugerindindaNumva ijwi rivugira mu ijuru rimbwira riti “ Andika uti: “ Uhereye none hahirwa abapfa bapfira mu Mwami wacu”. Umwuka nawe aravuga ati “ Yee, ngo baruhuke imihati yabo, kuko imirimo yabo ijyanye nabo ibakurikiye”. Ibyahishuwe 14: 13 Haleluyaa. Imana ishimwe cyane. Aya amagambo yanditswe na Yohana, ubwo yari ku kirwa cy’ ipatimo, nuko Yesu akahamusanga akamuhishurira ibyendaga kuzabaho.
Mu buzima busanzwe dutinya gupfa, kuko biteye ubwoba ndetse akenshi n’inzira binyuramo kugirango bibeho akenshi (...) -
Bigiriye inama nziza yo gutumiramo Yesu!
14 June 2016, by Alice Rugerindinda“ Yesu n’abigishwa be nabo bari babutumiwemo” Yohana 2: 2 . “Jesus and his disciples were also invited to the celebration”
Aha ni mu bukwe bwabereye I kana y’I Galilaya, ariko agashya kabereye aha hantu, nuko ngo na Yesu n’abigishwa be nabo bari batumiwe muri ubwo bukwe kandi bakitabira. Sinzi impamvu aba bantu bigiriye iyi nama , wasanga bari bazi akamaro ko gutumira Yesu mu bintu byawe kandi ntumutumire nk’indorerezi, cyangwa nk’umuntu urebera gusa, udafite ijambo rikomeye muri ibyo bintu. (...) -
Gatenga: Mu Giterane cy’amasengesho abagera 37 bakiriye Yesu
15 February 2012, by UbwanditsiMu murenga wa Gatenga aho itorero rya ADEPR Gashyekero rikorera habereye igiterane cy’amasengesho cyitabiriwe n’abantu barenga Magana atanu, hakaba kandi hari abakozi b’ Imana batandukanye barimo Pastor Amuri Imana yakuye mu idini rya Islam, Pastor Ngamije Viateur wo mu rurembo rwa Butare na Pastor Desire Habyarimana.
Aha, Pastor Desire yatanze inyigisho ku mubumbyi. Ati Yeremiya yigishirijwe ku mubumbyi ngo icyo yabumbaga gihombera mu ntoki ze ariko ibumba ntiyarijugunya ahubwo abumbamo (...) -
“Imana yankijije Kanseri(cancer) yo mu maraso none ubu ndi muzima”: Munyantore Isaie
20 March 2014, by UbwanditsiMunyantore Isaie yavukiye I Kayonza muri Rukara mu mwaka wa 1979.Nubwo Isaie avuga ko yavukiye mu muryango w’abantu badakijijwe avuga ariko ko bari bafite ingeso nziza.Isaie avuga komu mwaka wa 1993 yaje kugira amahirwe yo kwakira Yesu nk’ umwami n’ umukiza w’ ubugingo bwe akaba yarakirijwe iwabo i Rukara.
Isaie avuga ko mu buzima bwe yagiye ahura n’ ibigeragezo byinshi ariko icy’uburwayi cyo kikaba cyaramukomereye cyane.Nyamara Isaie yagiye ahumurizwa n’ijambo ry’Imana rigira riti: “Nubwo (...) -
Abagize Agakiza Family mu giterane cy’Ivugabutumwa muri Kaminuza y’u Rwanda I Huye
27 April 2014, by UbwanditsiNk’uko byari biteganijwe, mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki 27 Mata 2014, abagize Umuryango Seek and Save Humanity (SSHM) ari nawo ufite urubuga www.agakiza.org (Agakiza Family) berekeje mu Karere ka Huye mu giterane kiri kubera muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye.
Iki giterane cyateguwe n’Umuryango w’abanyeshuri b’Abapantekoti (CEP) ku bufatanye n’Umuryango SSHM. Iri tsinda ryaturutse I Kigali riyobowe na Pasiteri Habyarimana Desire ari nawe muyobozi w’uyu muryango, bikaba (...) -
Komite yegujwe muri ADEPR yatanze imfunguzo
21 September 2012, by UbwanditsiNyuma y’iminsi itari mike mu itorero rya Pentekote mu Rwanda ADEPR, hari komite yanenzwe imikorere, ikaza gusimburwa nyuma y’uko Ikigo gishinzwe imiyoborere myiza babandikiye bagahagarikwa ku mirimo, kuri uyu wa Gatanu ku itariki ya 21 Nzeri ni bwo Komite ishaje yatanze imfunguzo .
Abapasiteri bagize ubuyobozi bukuru bw’itorero rya ADEPR, bateraniye ku cyicaro cya ADEPR ku Kimihurura, habaho ihererekanyabusha hagati ya komite y’inzibacyuho na komite icyuye igihe.
Mu ihererekanyabubasha (...) -
"Ndahamya ko Yesu ari Imana" - Pravin Joseph
14 August 2013, by Simeon NgezahayoN’ubwo ndi Umukristo wavutse ubwa kabiri, nahoze nshidikanya ko Imana ibaho nkashidikanya na Yesu cyane, ariko umuryango wanjye ugahora unshishikariza kwakira Yesu mu bugingo bwanjye. Bambwiraga ko Yesu ari Imana y’ukuri kandi ihoraho. Bampaga ubuhamya bwabo kugira ngo banyinjize mu Mana.
Ariko nakomeje gushidikanya, nkajya nsenga Imana ntayizera neza ahubwo nsengeshwa n’ibibazo. Icyantangazaga ni uko amasengesho yanjye yose yasubizwaga. Gusa umutima wanjye wakomezaga kunyongorera ko bibaye (...)
0 | ... | 580 | 590 | 600 | 610 | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | ... | 1230