Dore icyemezo cya satani kw’isi yose
Ibi ngibi ni ibintu byabayeho, tubisome twitonze kugira ngo tubashe kuba maso no kutagwa mu mutego. Mw’itangira ry’ibiganiro yagiranye n’abamalayika be b’umwijima, satani yavuze ati :
Ntabwo twabuza abakristu kujya mu rusengero, ntabwo twababuza gusoma bibiliya no kumenya ukuri, nta nubwo twababuza kuba inzobere mu byerekeranye n’ubusabane na Yesu Kristu. Babashije kugira ubwo busabane na Yesu, nta bubabasha twaba tukibafiteho.
Reka dutume badahindura (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Dore icyemezo Satani yafatiye abarokore ngo abagushe!
17 July 2012, by Ubwanditsi -
Hariho abantu koko bazi guha agaciro ijambo bavuganye n’Imana!
29 March 2016, by Alice RugerindindaNuko Yefuta ahiga Uwiteka umuhigo ati “ Nungabiza Abamoni, ngatabaruka amahoro mvuye kubatsinda, ikizabanza gusohoka imbere y’umuryango w’inzu yanjye kunsanganira, kizaba icy’Uwiteka. Nanjye nzagitangaho igitambo cyoswa.” Abacamanza 11: 29
Bibiliya itubwirako Yefuta yari mwene Gileyadi, ngo nyina akaba yari indaya, ariko nubwo yavutse muri ubwo buryo, ntibyamubujije kuba umutware w’Abisirayeri ,kandi ntibyabujije Imana kwita ku isengesho rye. Imana ishimwe cyane
Yefuta ngo amaze guhiga, (...) -
Tsinda imbaraga zo kwihakana Imana
25 January 2016, by Ernest RutagungiraNdabasuhuje mu izina rya Yesu christo, Nitwa RUTAGUNGIRA Ernest ndi Umukristo, kandi nzahora ndiwe, Nabonye kristo byari bikwiye ko mubona, kuko arinjye yaje gucungura, yansanze cyera nkomeza kumucengacenga, ariko Mu mwaka wa 2003 Nibwo yaje kumfata, acagagura imigozi y’ibyaha yari imboshye, Arankiza ubu ndi amahoro.
Nshimiye Yesu ko yantoranije mu magana menshi y’abo twari dusangiye umunezero w’iyi si urangira vuba, arambabarira, ikigeretse kuri icyo angabira umurimo we, ansezeranya (...) -
Isomere ubuhamya bwa Pastor Desiré Habyarimana
13 August 2012, by UbwanditsiNitwa Habyarimana Desire ndi umugabo wubatse urugo hamwe na Kiyange Adda- Darlène, dufite abana babiri Divin na Dan nkora umurimo w’ Ubushumba nkorera umurimo w’ Imana mw’ itorero rya ADEPR (Association des Eglises Pentecôtistes au Rwanda) Kicukiro- Rwanda.
Navutse ku babyeyi 2 ariko babanye mu buryo butemewe n’amategeko kuko batari bakijijwe, hanyuma Mama yatinze gutwita amara hafi imyaka 5. Uko gutinda kubyara byamuzaniye ingaruka nyinshi zirimo gukubitwa cyane kuko Papa yanywaga inzoga (...) -
Yesu ngo ni umutungo wimukanwa!
27 July 2013, by Alice Rugerindinda“ Ninde wadutandukanya n’urukundo rwa kristo? Abaroma 8:34
Iri jambo ryaramfashije cyane. Umuntu umwe yari agiye kwimukira ahantu ha kure mu mahanga, ndetse nta n’icyizere cy’uko azagaruka. Nuko abantu bakamubwira bati:Disi ubwo uragiye, kandi ikitubabaje nuko uyu Yesu wari warakiriye, uzahita umuta ukamureka, maze nawe arabasubiza ati arega “ YESU NI UMUTUNGO WIMUKANYWA” . Imana ishimwe
Yashakaga kuvuga ko ikibazo atari ahantu agiye, kuko Yesu arimukanwa, uramwimukana ukamuvana ku musozi umwe (...) -
Ese ko udahinduka amarira warize yose yakumariye iki?
21 October 2013, by Ubwanditsi17Ni uko Dawidi amaze kubwira Sawuli ayo magambo, Sawuli aravuga ati “Yewe mwana wanjye Dawidi, iryo jwi ni iryawe?” Maze Sawuli acura umuborogo ararira. 18Aherako abwira Dawidi ati “Undushije gukiranuka kuko unyituye ineza, ariko jye nkakwitura inabi…1 Samweli 25:17.
Ni uko Sawuli arahaguruka, aramanuka ajya mu butayu bw’i Zifu ari kumwe n’ingabo ibihumbi bitatu z’Abisirayeli zatowe, bajya gushakira Dawidi muri ubwo butayu…. 21 Sawuli aravuga ati “Nakoze icyaha. Garuka mwana wanjye Dawidi, (...) -
Korali Angelous y’ abanyeshuri yakoze igiterane mu Murenge wa Gahanga
20 June 2012, by UbwanditsiKuri iki cyumweru tariki ya 17 Kamena 2012 Korali Angelous y’abanyeshuri b’abapentekote (CEP jour) ikorera umurimo w’ Imana muri kaminuza ya UNILAC yakoze igiterane mu itorero rya ADEPR kicukiro umudugudu wa Gahanga.
Iyi Korali yageze I Gahanga ahagana mu ma saa mbiri n’ igice za mugitondo ikaba yarasanganiwe ndetse ikakirwa n’abayobozi b’iri torero ikaba yari iherekejwe n’abari abanyeshuri bize muri iyi kaminuza ya UNILAC ariko kuri ubu bakaba baraharangije ndetse ubu bari mu buzima busanzwe. (...) -
Ubutumwa bw’akababaro bwa Perezida Jakaya M. Kikwete ku rupfu rwa Bishop Moses Kolola
7 October 2013, by Simeon NgezahayoAmakuru atangazwa n’urubuga Gospel Kitaa aravuga ko Umushumba Mukuru w’Ihuriro ry’amatorero Evangelistic Assemblies God Tanzania (EAGT), Moses Kulola yitabye Imana ku wa kane taliki 29 Kanama 2013, aguye mu bitaro bya AMI biri mu mujyi wa Dar Es Salaam.
Bishop Moses Kolola
Perezida wa Repubulika Zunze Ubumwe za Tanzania Nyakubahwa Dkt. Jakaya Mrisho Kikwete yababajwe cyane n’iyo nkuru y’urupfu rw’umushumba mukuru w’itorero Evangelistic Assemblies of God Tanzania (EAGT). Mu butumwa yoherereje (...) -
Abantu b’Imana ni ab’ igiciro gikomeye!
2 May 2016, by Alice Rugerindinda“Moridekayi uwo ubwo utangiye gucogorera imbere ye, niba aruwo mu rubyaro rw’abayuda, ntuzamushobora, ahubwo uzagwa imbere ye” Esiteri 6:13b
Izi nkuru tuzisanga mu gitabo cya Esiteri, ariko cyane cyane ndivugira ku muntu witwa Moridekayi ngo wabaga ku irembo ry’I bwami, ubwo yari umuzamu, ariko icyo yakoraga cyose sicyo gifite agaciro, ahubwo igifite agaciro nuko ngo yari umuyuda! Ngo hari n’igihe bagenzi be bakoranaga nawe akazi kamwe bakoraga ikintu runaka, ariko we ngo akanga kugikora iyo (...) -
ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU
19 July 2013, by UbwanditsiRWANDA, SHIMA IMANA! IZABA KU CYUMWERU 01/09/2013
Abayobozi bakuru b’Amatorero ya Gikristo babinyujije mu nama yabahuje, bemeje ko hategurwa ku ncuro ya kabiri igiterane ngarukamwaka cyiswe “Rwanda, Shima Imana!”
Nk’uko byasobanuwe n’ubuyobozi bw’Umuryango Rwanda Purpose Driven Ministries/P.E.A.C.E Plan uhuriwemo n’amatorero ya Gikristo mu Rwanda kandi akaba ari na wo uhuza ibikorwa bya “Rwanda, Shima Imana!” icyi gikorwa kigamije:
• Kurema no kubungabunga umuco wo gushima Imana ku byo (...)
0 | ... | 540 | 550 | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | 610 | 620 | ... | 1230