"Umwenda ukingiriza ahera cyane utabukamo kabiri.....ibituro birakinguka.." Matayo 27:51-53
Turi abantu bakomotse mu bise by’urupfu rwa Yesu. Mu bintu byazanye Yesu ni ubugingo bwacu ngo bukire, amazu n’ibindi bintu sibyo byari intego ya mbere. Iyo dushimiye Yesu ko yaduhaye ibintu bifatika gusa tuba dupfobeje umurimo wo kuducungura yakoze.
Ibintu ni inyongera tuvana ku Mana, UBUGINGO nibwo bukomeye. Urugero : Iyo uguze telephone baguha ibigendana na telephone waguze uko niko UBUGINGO (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Umwenda w’ahera watabutsemo kabiri. Pasitori Uwambaje Emmanuel
22 July 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Nari narazimiye, ariko Yesu arantarura - Jonah
24 May 2013, by Simeon NgezahayoMbere y’uko mbaha ubuhamya bwanjye bw’uburyo nshimira Imana kuba ndi umukobwa wayo, ndashaka kubanza kubibwira. Nitwa Jonah.
Ndi Umukristo kuva kera. Kuva ndi umukobwa muto, mama yakomeje kunyigisha Imana no kunjyana gusenga buri cyumweru. Arandeka nkajya mu ishuli ry’icyumweru, we agakomeza gukora umurimo w’ubudiyakoni. Ibyo byamaze igihe kinini, kugeza ubwo mama yafashe icyemezo cyo kujya muri Canada mfite imyaka 12 (nari ndangije amashuli abanza).
Nimukiye mu ntara ya Quezon hamwe na (...) -
Yesu Kristo uko yari ejo, n’uyu munsi ni ko ari kandi ni ko azahora iteka ryose.
27 March 2016, by Umugiraneza Edith( God is the same yesterday, today and forever, Jesus Christ est le meme hier, aujourd’hui, et Eternellement) Abaheburayo 13:8 Yesu ntahinduka imirimo ye n’ ibitangaza bye sibyo mu gihe cya kera na nubu biracyakoreka. Aracyakora. Ariho ni muzima ari ku ngoma. Tugomba kumenya ibintu by’ ibanze. Iyo dukoresha ijambo ibitangaza tugomba no kumenya ko Yesu Kristo ariwe banze (source) y’ ibitangaza. Yesu niwe riba ry’ ibitangaza ntiyagiye ku musaraba ngo ababazwe kariya kageni abambwe, ahambwe (...)
-
Urashaka gukoresha neza igihe cyawe? - Rick Warren
28 June 2016, by Simeon Ngezahayo"Kubaha Uwiteka gutera kurama" Imigani 10:27.
Mbese iyo umunsi uciye ikibu ujya wibaza uti "Mbese uyu munsi nujuje inshingano zanjye?"
Mbese ni ngombwa gukora ibyo washyize ku rutonde byose?
Igihe cyawe ugikoresha ute? Niba utabasha gutegeka igihe cyawe, igihe ubwacyo ni cyo kizagutegeka. Dore inama eshatu ijambo ry’Imana riduha, zagufasha kugabanya stress uterwa no kudakoresha neza igihe cyawe:
1. Kora urutonde rw’ibyihutirwa. Ikigaragara ni uko nta gihe wabona cyo gukora ibintu byose. (...) -
Yasomaga Bibiliya akayisanisha n’amoko kubera ibikomere - ADEPR
10 April 2014, by UbwanditsiMu mahugurwa y’isanamitima, ubumwe n’ubwiyunge yahurijwemo abavugabutumwa b’ubushake 25 bo muri ADEPR baturutse hirya no hino mu gihugu kugira ngo bafashwe kunoza ubutumwa batanga, umwe muri bo yabohotse avuga ko iyo yasomaga Bibiliya yafataga umurongo uvuga ibibi akawusanisha n’umuhutu, umututsi akamushyira ku bikorwa byiza kuko yabiterwaga n’ibikomere yatewe na Jenoside yakorewe Abatutsi.
Muri aya mahugurwa y’iminsi ibiri, hatangiwemo ubuhamya bw’ubuzima buri wese yanyuzemo mu gihe cya Jenoside (...) -
Kicukiro abagera kuri 215 bemeye kubatizwa mu mazi menshi
23 December 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya 22/12/2012 ku itorero rya ADEPR abagera kuri 215 bafashe icyemezo cyo kubatizwa mu mazi menshi ubwo twageraga aho umubatizo wabereye twasanze Pasitori Gakuba Aloys ari guhugura abitegura kubatizwa aho yagize ati ubu tubabatije mu mazi menshi nk’ ikimenyetso cyo gupfana na Kristo no kuzukana nawe ariko hari undi mubatizo ukomeye mukwiye kubatizwa mu Mwuka Wera yakomeje agira ati: Uwo mubatizo nta mwana w’ umuntu uwubatiza ni Yesu kristo wenyine.
Uyu mubatizo (...) -
Watchman Nee ni muntu ki?
31 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaWatchman Nee yavutse mu mwaka wa 1903, muri Swatow mu Bushinwa, avuka ari nk’igisubizo cy’amasengesho ya mama we. Amaze kubona abyaye abakobwa be babiri, mama we yarasenze abwira Imana ngo nimuha umuhungu, azahita amutura Imana. Uko uwo muhungu yakuraga, yagaragaraho amasezerano nyina yari yarakoze, ariko na none ntiyite ku bintu byo mu mwuka. Mbere yuko uwo muhungu akwiza imyaka cumi n’irindwi y’amavuko, ahura n’Umwami.
Icyo gihe amenya ko agomba guha ubuzima bwe Umwami Yesu, nubwo yakomezaga (...) -
Iyo wiyemeje kurongora cyangwa kurongorwa, ukwizera kwawe gushobora guhinduka
14 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAbasoma Bibiliya bazi umuntu umwe witwaga Umwami Salomo (uzi impamvu yanditse igitabo cy’Umubwiriza agira ati: ibintu byose munsi y’izuba ni ubusa). Bibiliya itubwira neza uburyo Imana yamuhaye icyubahiro gihambaye, abakobwa bakajya baturuka imihanda yose ku isi baje kureba ibivugwa kuri Salomo, bahagera ntibatahe bakigumira aho.
Ikosa Salomo yakoze, ni uko yemeye kwakira abo bakobwa kandi buri wese yarazanaga imana ye, akanabaha aho bubakira izo mana. Bibiliya itubwira neza ko byageze aho (...) -
Dore bimwe mu bisubizo Imana ikunda gutanga iyo wasenze!
1 August 2013, by UbwanditsiIbyahishuwe 8 :3-4 :Haza marayika wundi,ahagarara ku gicaniro,afite icyotero cyacuzwe mu izahabu,ahabwa imibavu myinshi,ngo ayongere ku masengesho y’abera bose,ayishyire ku gicaniro cy’izahabu kiri imbere ya ya ntebe.Umwotsi w’umubavu uva mu kuboko kwa marayika,uzamukana imbere y’Imana n’amashengesho y’abera.
Gusenga n’ibintu bikomeye kandi nibyo Imana idushakaho kuko n’intwaro inesha satani,ariko ushobora kuvuga ko usenga ariko nta gisubizo ubona . Ndagira ngo nkubwire ko amasengesho yose Imana (...) -
Ese ujya wibaza impamvu ituma abapasiteri bata insengero zabo?
12 July 2012, by UbwanditsiDore icy’ubushakashatsi bwerekanye ku bapasiteri muri iyi minsi Ni byiza ko ibi nabyo mubimenya,mugasobanukirwa impamvu nyamukuru itera abakozi bImana cyane cyane abashumba b’amatorero kureka inshingano bahamagariwe.Ubushakashatsi bwakozwe muri iyi minsi bwerekana ibintu birimo gutuma insengero zimwe zibura abashumba bazo,izindi zigakingwa, birashoboka ko iwanyu bitarahagera ariko dusenge cyane kuko har’aho birimo kuba.
Amakuru dukesha Life line for pastors avuga ko abapasiteri benshi muri (...)
0 | ... | 610 | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | ... | 1230