“Itorero rya Assemble of God mu Rwanda ryakemuye Ikibazo cy’inyigisho z’ubuyobe” Ibi ni bimwe mu byo twatangarijwe n’umushumba w’itorero rya Assemble of God ku rwego rwa region y’icyahoze ari intara ya Kibungo Pastor MUGABO Dieudone kuri iki cyumweru taliki ya 09 Nzeli 2012, ubwo twaganiraga nyuma yo gusengera umushumba mushya w’itorero rya Assemble of God rya Kitazigurwa ho muri kayonza ariwe Pastor MPANGAZA Jean Claude. Nk’uko yabidusobanuriye Pastor Mugabo ngo kuri ubu abashyumba bo mu matorero (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Itorero rya Assemble of God mu Rwanda ryakemuye ikibazo cy’inyigisho z’ubuyobe
11 September 2012, by Ernest Rutagungira -
Ubuhamya: Barantemye ndetse banyicira abana babiri n’ umugabo. Mutegwaraba Tasiyana
11 April 2014, by Pastor Desire HabyarimanaNitwa Mutegwaraba Tasiyana navutse mu mwaka w’1968 I Bugesera mu Karere ka Nyamata. Mvuka kuri Kabagema Marcel na Kakuze Marciane. Twavutse turi bane twari umuryango wifashije dufite inka n’ imirima tukabana neza n’ abantu nta kibazo. Nashyingiwe mu mwaka w’ 1990
Nyuma y’imyaka ibiri, ni ukuvuga mu w’ 1992, i Bugesera batangiye kwica abatutsi hanyuma turahunga. Njye nahungiye I Nyamata ku Kiriziya nibwo hazaga umusenyeri w’ umuzungu wahayoboraga adusanga aho twicaye icyo gihe nari mfite umwana (...) -
Dore bimwe mu bisubizo Imana ikunda gutanga iyo wasenze!
1 August 2013, by UbwanditsiIbyahishuwe 8 :3-4 :Haza marayika wundi,ahagarara ku gicaniro,afite icyotero cyacuzwe mu izahabu,ahabwa imibavu myinshi,ngo ayongere ku masengesho y’abera bose,ayishyire ku gicaniro cy’izahabu kiri imbere ya ya ntebe.Umwotsi w’umubavu uva mu kuboko kwa marayika,uzamukana imbere y’Imana n’amashengesho y’abera.
Gusenga n’ibintu bikomeye kandi nibyo Imana idushakaho kuko n’intwaro inesha satani,ariko ushobora kuvuga ko usenga ariko nta gisubizo ubona . Ndagira ngo nkubwire ko amasengesho yose Imana (...) -
Yesu yankijije ibiyobyabwenge n’ubujura…
9 May 2013, by Simeon NgezahayoNavukiye mu muryango w’Abagatolika. Sinigeze nkundwa, ahubwo nahoraga nkubitwa imikoba n’inkoni, kandi ubwo nari ntaruzuza imyaka 10. Data yaje kwiyahura, apfira aho twabaga mu nzu yo hasi. Sinari nzi ko data yapfuye, kuko nujuje imyaka 10 niz ko akiri muzima. Amaso ye yari akanuye, ngerageza kumubohora uwo munyururu uremereye yari yiziritse mu ijosi ariko birananira. Icyo gihe umwe mu bahungu twavaga inda imwe yamanutse agana muri icyo cyumba, ahita asubira hejuru bwangu. Ubwo yahise abwira (...)
-
Ukwiye gusobanukirwa n’ igihe cyiza cyo gukorera Imana.
21 September 2015, by Ernest RutagungiraUjye wibuka umurenyi wawe mu minsi y’ubusore bwawe Iminsi mibi itaraza n’imyaka itaragera, ubwo uzaba uvuga uti “sinejejwe na byo” izuba n’umucyo n’ukwezi bitarizimishwa, ibicu bitaragaruka imvura ihise, n’igihe abarinzi b’inzu bazahinda umushyitsi kandi intwari zikunama n’abasyi bakarorera kuko babaye bake n’abarunguruka mu madirishya bagahuma kandi imiryango yerekeye ku nzira igakigwa, n’ijwi ry’Ingasire rigaceceka kandi umuntu akabyutswa n’ubunyoni, n’abakobwa baririmba bose bagacishywa bugufi, ni (...)
-
Iyo atagira benese , inzovu yari imwirengeje!
23 March 2016, by Alice RugerindindaNgo igihe kimwe, umuvandimwe yatewe n’inzovu, nuko ngo benese bayibonye bose bafata amacumu uwa mbere akayitera , uwa kabiri akayitera irindi, uwa gatatu akayitera irindi , mu gihe ikiyegeranya ngo yongere igaruke undi akayikubita irindi , gutyo gutyo ….muri make iyo uwo muvandimwe atagira bene se inzovu yari imwivuganye, cyangwa iyo aza kuba wenyine, byari birangiye, ariko bahagurukiye rimwe mu murunga w’urukundo barwanya inzovu .
“ Nuko Petero arindirwa munzu y”imbohe, ariko ab’Itorero (...) -
Umubatizo wa Yohana wo kwihana usobanura iki? - Paul Yonggi Cho
18 July 2013, by Simeon NgezahayoYohana Umubatiza ni umugaragu w’Imana wavutse amezi atandatu mbere ya Yesu, kandi yari yarahanuwe muri Malaki ko ari we uzaba Umutambyi Mukuru wa nyuma wo mu Isezerano Rishya.
“Nimwibuke amategeko y’umugaragu wanjye Mose, ayo namutegekeye i Horebu yari ay’Abisirayeli bose, yari amategeko n’amateka. Dore nzaboherereza umuhanuzi Eliya, umunsi ukomeye w’Uwiteka kandi uteye ubwoba utaragera. Uwo ni we uzasanganya imitima y’abana n’iya ba se, kugira ngo ntazarimbuza isi umuvumo” (Malaki 4:4-6).
Igihe (...) -
Nagerageje kenshi kwihorera, ariko Imana inkiza inzika!
30 July 2013, by UbwanditsiNitwa KWIZERA Marie Claire, navukiye mu cyahoze ari Komini Gafunzo (ubu ni Akarere ka Nyamasheke). Navutse ndi ikinyendaro, data apfa muri Jenoside yakorewe Abatutsi yishwe n’umugabo wari warinjiye mama.
Data yapfuye nkiri muto, kuko nari mfite imyaka 8 gusa. Wa mugabo wa mama yaje guhunga ajya muri Congo, ahungana n’abandi bana be ariko jyewe ndasigara njya kwa masenge. Intambara yo kwibohora irangiye, mama yarahungutse ansaba kugaruka mu rugo, ariko masenge akambuza. Ariko kuko nakundaga (...) -
Mbese kuzura Umwuka Wera bimaze iki?
27 October 2015, by Innocent KubwimanaIbyakozwe 2: 12-15. Bose barumirwa, bibayobeye barabazanya bati:” mbese ibi ni ibiki? Abandi barabanegura bati basinze ihira………aba ntibasinze nk’uko mwibwira kuko ubu ari isaha ya gatatu y’umunsi.”
Umuhanuzi Yoweli yari yarahanuye ko mu minsi y’imperuka,Imana izasuka umwuka wayo abakobwa n’abahungu bagahanura bakerekwa, abakambwe bakarota. Ibyo byahanuwe mbere yuko Kristo aza. Yohana umubatiza aje, yabwiye abantu ko inyuma ye hazaza undi umurusha ubushobozi uzabatirisha abantu umwuka n’umuriro. (...) -
Intambwe 6 Imana inyuzamo Umukristo kugira ngo ikuze kwizera kwe ! – Rick Warren
6 September 2015, by Simeon NgezahayoIntambwe 6 Imana inyuzamo Umukristo kugira ngo ikuze kwizera kwe!
Wari uzi yuko Imana ikoresha uburyo bugaragara kugira ngo yubake umutima wawe? Jyewe nabyise intambwe 6 zo kwizera. Umukristo udasobanukiwe izi ntambwe bimutera gucika intege igihe ibibazo bimuhagurukiye akibaza ati “Kuki ibi bimbayeho?” Ariko iyo usobanukiwe izi ntambwe kandi ukamenya ibyo Imana irimo gukora—mu buzima bwawe no mu kwizera kwawe—ugwiza imbaraga nyinshi.
INTAMBWE YA # 1: INZOZI
Imana iguha inzozi: igitekerezo, (...)
0 | ... | 610 | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | ... | 1230