INTEGO : GUSENGA
Matayo 6:5-13 “‘Nimusenga ntimukamere nk’indyarya, kuko bakunda gusenga bahagaze mu masinagogi no mu nzira ngo abantu babarebe. Ndababwira ukuri yuko bamaze kugororerwa ingororano zabo. 6 Wehoho nusenga ujye winjira mu nzu ubanze ukinge urugi, uhereko usenge So mwihereranye. Nuko So ureba ibyiherereye azakugororera.7.“ ‘Namwe nimusenga, ntimukavuge amagambo muyasubiramo hato na hato nk’uko abapagani bagira, bibwira ko kuvuga amagambo menshi ari byo bituma bumvirwa. 8.Nuko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Uburyo bwiza wasengamo.
21 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Sobanukirwa impamvu tugomba gushima muri byose
1 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaDusome : 1 Tes 5:18 " Mu bibaho byose muhore mushima, kuko aribyo Imana ibashakaho muri Kristo Yesu.". Ubwo Abraham Lincoln yayoboraga Leta Zunze Ubumwe za America (USA) ahagana mu w’1860 cyari igihe cy’ibibazo igihugu kiri mu ntambara. Abantu benshi bamusangaga babaga baje kumutura ibibazo. Umunsi umukecuru yatse audience, perezida amubonye atangira kumusomamo ibibazo . undi ati: Nyakubahwa nzanywe n’ikintu kimwe no ukugushimira uburyo ufasha abantu kandi (...)
-
Ubuhamya: Ntahabi Imana itagukura ntanaheza itagushyira
30 November 2012, by Patrick KanyamibwaMiriyamu Deborah Zulphath yavukiye Kimisagra mu muryango w’abana batanu we akaba ari uwa mbere. Mama we yamushakanye undi mugabo ubwo yari afite imyaka itanu. Akiri umwana yakundaga kwiga cyane, akaba yarize amashuri abanza kuri EP Kabusunzu, atsinze ajya kwiga Gisenyi ku Nyundo mu mwaka wa 1996 icyo gihe kubera umutekano muke waru uri Rubavu, agaruka i Kigali, akaba yararangije amashuri yisumbuye mu ishami rya Ubucurruzi n’ubucungamari.
Deborah Zulphath yavukiye mu muryango wa abisilamu, (...) -
Uhagarariye ubuhe bwami mu isi?
20 August 2015, by Innocent KubwimanaIyo umuntu akijijwe, akakira Yesu nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwe, ntabwo Imana iba imuhamagariye gushyingura ubwo butumwa yakiriye.
Hari indirimbo ivuga ngo ‘’numara kumwemera nk’umukiza wawe, uhamye mu bandi ibyo yagukoreye hanyuma ngo usabe Imana ibahishurire byose, bahabwe ubwo buntu wahawe nawe.’’
Tugomba kugira umwete wo gusangira ubutumwa bwiza n’abakiri mu mwijima wa Satani. Ijambo ry’Imana rivuga ko Imana itanga Yesu yagiraga ngo umuntu wese umwizera atarimbuka, ahubwo ahabwe ubugingo (...) -
Bohora umutima wawe!
16 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Rinda umutima wawe kuruta ibindi byose birindwa kuko ariho iby’ubugingo bikomoka: Zaburi 4.23.
Umutima wanjye urarwaye, n’uwawe urarwaye. Ntago mvuga umutima nk’inyama yo mu mubiri wacu ahubwo ndavuha roho, aribwo buzima bwacu bw’imbere.
Roho ni ingenzi kurusha ibindi byose kuko ariyo shingiro y’imitekerereze yacu n’imigirire yacu yose akaba ari nayo igenga uko tubayeho. Ubuzima nyakuri ni ubwo muri twe imbere muri roho; ntago ubuzima bwacu ari aho tuba, abo tubana cyangwa imico yacu.
Amahoro (...) -
Uburyo 8 bwo guhoza Satani munsi y’ ibirenge byawe (1).
30 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUburyo bwa 1: Kwigarurira igihugu.
Dore igihugu nkibashize imbere, nimujyemo, muhindure igihugu Uwiteka yarahiye ba sekuruza wanyu Aburahamu na Isaka na Yakobo, ko azabaha bo n’ urubyaro rwabo ruzabakurikira. Gutegeka kwa kabiri 1:8
Igihe Imana yagaruraga Abisirayeli ibakuye muri Egiputa aho bari bamaze imyaka 430 bakora uburetwa, yabayoboye ku mugezi wa Yorodani. Hakurya y’ umugezi hari Kanani, igihugu yari yarasezeranije kubaha n’ urubyaro rwabo. Binyuze muri Mose wari nk’ umuyobozi wabo, (...) -
Ese uri mu Itorero rya Kristo cyangwa usengera mu idini gusa? Pastor Desire
8 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaItorero ry’ ukuri ni ryo rigaragaza ubwami bw’ Imana muri iki gihe. Nk’ uko Peter Beyerhaus yavuze: “Itorero ni umuryango w’ abacunguwe, kandi ni umuryango ucungura” Itorero ni intumwa y’ Imana mu isi umuhuza Imana inyuramo ngo yo ubwayo yigaragarize isi. Imana nta wundi muryango ifite uyihagarariye mu isi wo gucungura.
Itorero ribyarwa no kubwiriza ubutumwa. Abantu bumva ubutumwa bwa Kristo bubwirizwa, bubahamagara ngo bave mu byaha byabo maze bizere Kristo we mucunguzi wabo umwe rukumbi(Abaroma (...) -
Uko umukirisitu yakoresha ururimi rwe neza
16 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUmuhanuzi Yesaya aduha urugero rw’ uko twavura ururimi rwacu
1. Yesaya yegereye Imana arasenga asengera kwezwa yabonye Imana yicaye ku ntebe y’ ubwami ahirengeye ndende ishyizwe hejuru ”(Yesaya 6:1)
Buri muntu wese ushaka gushimisha Imana agomba kwegera ubwiza bwayo, kugeza igihe aboneye intumbero yo kwezwa.Gukira kose,imigisha yose,ubutsinzi bwose butangirira ku birenge by’ intebe yayo, aha niho dushobora kubonera kwera kw’ Imana. !
2. Mu kubaho kwera kw’Imana Yesaya yamenye neza ko iminwa (...) -
Amateka ya Noheli: Yesu yavutse mu wuhe mwaka? - Michael-Gryboski, CP
27 December 2013, by Simeon NgezahayoIvuka rya Yesu Kristo rifite umumaro munini ku mamiliyoni y’abantu ku isi yose, cyane cyane ku bijyanye n’ubuzima bw’mwuka. Ivuka rya Yesu kandi rifite umumaro munini, kuko ari ryo ibihugu by’uburengerazuba byahereye bibara igihe.
Iteka iyo umuntu avuze intambara yo mu w’1812, incubi y’umuyaga yo mu w’1882 cyangwa amatora ya President yo mu w’2008, biba bivuze imyaka ishize Yesu avutse.
Noneho se iri bara ry’igihe ryatangiye ryari, cyangwa se ni gute abahanga mu by’igihe bamenya niba koko (...) -
Ukwiriye kwitondera ibintu ubiba mu mwana wawe!
11 July 2013, by Alice Rugerindinda“Dore abana ni umwandu uturuka ku Uwiteka, imbuto z’inda nizo ngororano atanga” Zaburi 127 :3 “Behold, children are a heritage from the Lord. The Fruit of the womb is a reward” Psalm 127:3
Imana ni nziza yatekereje ko umwana w’umuntu akeneye kugira abana. Nkuko Bibiliya ibivuze, abana ni impano ikomeye y’Imana. Imana ishimwe cyane.
Igihe kimwe nagize amahirwe yo kuba mu mahugurwa ajyanye no “ Gukira ibikomere byo ku mutima” ariko nahigiye ibintu byinshi cyane. Twarize, turangije umwigisha adusaba (...)
0 | ... | 740 | 750 | 760 | 770 | 780 | 790 | 800 | 810 | 820 | ... | 1230