Intego : Kuba mu mwanya Imana igushakamo
Nubwo hari aho Imana idushaka, ntibivuze ko ikoresha igitugu, ahubwo itwereka ibyiza by’aho idushaka tugahitamo.
Hari ibyiza byinshi byo kuba aho Imana ishaka. Zab.91 hagira hati uba mu bwihisho bw’Isumbabyose azaba mu gicucu cy’Ishoborabyose. Kubana n’Imana ntibigombye kuba impamvu y’ibyo tuyitegerejeho nko kuduha imyambaro n’ibyo kurya, kuko ababifite ataribo bagira amahoro, abiyahura sibo bakene. Matayo 6:33 Dushake ubwami bw’Imana no gukiranuka (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Kuba mu mwanya Imana igushakamo. Dr Ignace Habimana
9 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Imana yankuye mu buhakanyi nizera Yesu Kristo.
7 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNitwa Fabrice navukiye i y’ annemasse muri savoie y’ amajyaruguru mu w’ 1973 nkurira mu muryango ufite amahoro,nize neza ku buryo ntigeze nsibira na rimwe. Nk’ umunyabwenge, igihe kinini nakimaraga nsoma( filozofi, icengeramyitwarire, inkuru ndende …..) nariyemeraga cyane mu bwenge ku buryo ntizeraga Imana. Iyo nanyuraga imbere y’ urusengero rw’ abanyagatorika nibwiraga yuko ntazigera ngira ukwizera. Nkumva ko ari ibintu by’ abanyantege nke ! nkiri umwana nibazaga ibibazo byo guhakana Imana.ni joro (...)
-
Intama ze zumva ijwi rye Pastor Desire
12 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIntama zanjye zumva ijwi ryanjye, nanjye ndazizi kandi zirankurikira. (Jean 10:27) Iri jambo ryerekana isano riri hagati yacu na Yesu.
Ubundi gukizwa n’ ugutera intambwe ugahinduka kugeza ubwo uba imbata ya Yesu rwose kuko abo yamenye kera yabatoranirije kera gushushanywa n’ishusho y’Umwana wayo, kugira ngo abe imfura muri bene se benshi. Abo yatoranije kera yarabahamagaye, kandi abo yahamagaye yarabatsindishirije, n’abo yatsindishirije yabahaye ubwiza. (Abaroma 8:29-30)
Yesu yajyaga yigisha (...) -
Ubuhamya:Uwitwaga umurozi bose bamwanga ubu ni umukozi w’ Imana (Igice cya 2). Pasteur Himbana Vianney
13 November 2013, by UbwanditsiIGICE CYA KABIRI: INTAMBARA MU RUGENDO
Uhereye umunsi nabatirijweho mu Mwuka nagize imbaraga nyinshi, mba umunyamasengesho bituma umugore ampinduka kubera gusenga cyane, ku manywa na ninjoro. Nasengaga ninjoro umugore akankubita ati:"Uransakuriza." Yavuga atyo, ankubise nk’ikibando nkajya mu mwuka nkuzuzwa nkavuga indimi ntazi aho ziturutse.
Ijoro rimwe, umugore yankubise anigira mu kiringiti arampurutura antura hasi ati:" Sanga abandi basazi bene wanyu". Ndasohoka ngeze hanze mbwira Yesu (...) -
Yesu nagaruka , abantu bazatungurwa n’ibintu bitandukanye!
3 March 2016, by Alice Rugerindinda“ Abahora bampamagara ngo “ Nyagasani, Nyagasani” siko bose bazinjira mu bwami bw’ijuru, keretse abakora ibyo Data uri mu ijuru ashaka bonyine. Kuri uwo munsi benshi bazambaza bati : “ Nyagasani, Nyagasani, mbese ntitwahanuye mu izina ryawe? Ese ntitwamenenganishije ingabo za satani mu izina ryawe? Ubwo nzababwira neruye nti: “ Sinigeze mbamenya. Nimumve imbere mwa nkozi z’ibibi mwe. Matayo 7: 21
Mu bizatungurana n’ibi birimo, kuko ibi byiciro byose birimo kandi biriho, nukuvuga ngo amagambo (...) -
Twige gusenga no gukorera Imana. Pastor UWIMANA DAniel
25 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO: GUSENGA NO GUKORERA IMANA
Muri iki cyumweru twigishijwe gusenga; tubona ko abigishwa ba Yesu bamusanze bamusaba kubigisha gusenga, nawe ababwira ko bagomba gusenga Imana bakamenya ko iriho, kandi ko bagomba gusaba ko ubwami bw’ Imana buza bukabana nabo. Twabonye ko muri ayo masengesho Yesu yabasabye ko bagomba kubababarira ababahemukiye banaharira imyenda abayibarimo, niho bazabona ubwami n’icyubahiro. Ibyo natwe turabisabwa.
Twanaganiriye ko Yesu yabajyanye ku musozi gusenga, (...) -
LIVE: Mushobora gukurikirana igiterane cyo gufasha Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania
4 May 2014, by UbwanditsiNk’uko twari twabibamenyesheje, kuri iki Cyumweru tariki ya 4 Gicurasi 2013 kuri salle ya Women Foundation ku Kimihurura (ku muhanda w’amabuye) harabera igitaramo cyo gukusanya inkunga yo gufasha Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania batuye mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro.
Iki giterane cyateguwe n’Umuryango w’ivugabutumwa Seek and Save Humanity Ministry (SSHM).
Abamaze kugera ahabera igiterane
Kuri ubu iki giterane kikaba cyatagiye, aho umuhanzi Frere Manu (Rubavu) ari kuyobora (...) -
Reba neza niba udatuma Yesu arira!
30 January 2016, by Innocent KubwimanaYesu ararira’’(Yohana 11:35)
Uyu murongo mu by’ukuri ni mugufi cyane muri Bibiliya ugizwe n’interuro imwe kandi ngufi ariko ubutumwa buyikubiyemo burisobanura. Ni igihe Yesu ajya kwa Lazaro akamuzura ariko mbere yabanje kureba ukuntu abantu bose bitwaye mu kibazo biramuriza! Uretse rero aha hari n’ibindi byinshi bishobora gutuma Yesu arira! Duhereye mu gihe cye Yesu,yakoze umurimo wari wamuzanye kandi neza abikorana ubuntu bwinshi n’urukundo. Uyu mwami yarababajwe bikomeye, ababarizwa abantu (...) -
Wirinde kuva mu Mana ngo usubire mw’ isi! Pastor Desire Habyarimana
23 August 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Uwamanutse ava i Yerusalemu amanuka i Yeriko akagwa mu gico cy’abambuzi bakamukubita bakamwambura bagasiga asigaje hato agapfa. Umutambyi, Umurewi bamunyuzeho bamanuka muri iyo nzira baramwihorera ariko haza Umusamaliya w’ imbabazi amwomoza amavuta ya elayo amujyana mu icumbi ry’ abashyitsi amwishyurira denariyo 2 ngo bamurwaze” (Luka 10 :30-35)
Abantu bi Yerusalemu bafite uko babaho iyo uhuye n’ umuntu waho uramumenya kuko Yerusalemu ni umurwa w’ amahoro. Ikiranga umuntu uri mu gakiza neza aba (...) -
Ukwiye kongera kunezererwa agakiza k’Imana! Ev.Ernest
22 October 2015, by Innocent KubwimanaMu ijambo ry’Imana dusanga muri Zaburi 51:12- cyangwa 10- muri Bibiliya zimwe niho Umwami Dawidi yanditse agira ati “Mana undememo umutima wera, unsubizemo umutima ukomeye. Ntunte kure yo mu maso yawe, ntunkureho Umwuka wawe wera. Unsubizemo kunezerwa n’agakiza kawe, unkomereshe umutima wemera.
Iyi Zaburi Bibiliya isobanura ko Dawidi yayanditse nyuma yo gusambanya Batisheba akanicisha umugabo we Uriya (2 Samweli 12:1-15), Nyuma yaho ubwo yibwiraga ko bitazamenyekana maze Imana ikabihishurira (...)
0 | ... | 770 | 780 | 790 | 800 | 810 | 820 | 830 | 840 | 850 | ... | 1230