Umusore w’ umusirikare wumu Isiramu yahuye na Yesu uwo munsi atahana agakiza
Ubuzima bwe bwahindutse neza neza ubwo umunsi umwe, yumvaga umumisiyoneri mu muhanda, arimo kuvuga ko Yesu ashobora gukuraho umutima uducira urubanza, ubundi agahanagura amaraso yose yuzuye ku biganza by’abantu bamwe. Iryo jambo ryaragiye rimucumita mu mutima cyane, riramushenjagura, ari nabyo byaje gutuma ahita ashyira intwaro hasi.
Uyu musore akaba yaragize ati :” Ubuzima bwanjye ndetse n’ubw’abandi nta gaciro na (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ubuhamya: Nakiriye Yesu ndi intagondwa y’ Umuyisilamu nari maze kwica abantu 223
15 January 2013, by Ubwanditsi -
Perezida Kagame asanga utavuga ko wemera Imana udaha abandi agaciro
3 December 2012, by UbwanditsiUbwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasozaga umwiherero w’abagize Inteko rusange y’Itorero rya ADEPR yari imaze icyumweru i NKumba mu karere ka Burera mu mwiherero, yasabye Abanyarwanda bose gutahiriza umugozi umwe bakarenga ibishobora kubatandukanya kugira ngo batere imbere ntihagire ubameneramo.
Ku makimbirane ashingiye ku moko yavuzwe muri ADEPR yanabaye imbarutso yo kujya mu mwiherero i Nkumba, Perezida Kagame ari kuri Petit Stade ku Cyumweru tariki ya kabiri Ugushyingo (...) -
Ubuhamya: Imana yankuye mu rupfu nongera kubaho. (Igice cya 1)
2 March 2014, by UbwanditsiNitwa Ntakirutimana Francois navutse taliki ya 27 Gicurasi 1990 mvukira mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kicukiro nkaba nsengera mu itorero rya E.P.R (Remera Kicukiro). Mfite ubuhamya bwinshi ariko reka mbabwire uburyo Imana yankuye mu rupfu ikanyongera iminsi yo kubaho.
Burya iyo Imana igufiteho umugambi irakurinda n’ ubwo wanyura mu rupfu. Aho mariye kuvuka banyise “Ntakirutimana” ariko sinari nzi ko byari mu mugambi w’Imana kuko no mu kuvuka kwanjye Imana yahakoze (...) -
Urubuga Agakiza.org rubahishiye byinshi mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 5 rutangiye.
25 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaImyiteguro y’isabukuru y’imyaka itanu (5) y’urubuga www.agakiza.org irarimbanije, igikorwa kizabera muri salle ya FourSquare iherereye Kimironko ( Ugana kuri Gereza ya Kimironko) ku cyumweru tariki 29/11/2015, sa munani z’amanywa (14h00). Iki gikorwa kandi kizitabirwa n’abaririmbyi batandukanye bazafatanya n’abandi bakunzi b’urubuga ww.agakiza.org guhimbaza Imana no kwizihiza uyu munsi, aribo Simon Kabera, Dominic Nic, Korari Besalel (ADEPR-Murambi) ndetse n’itsinda (...)
-
Ubuhinde: Igiterane cyiswe The Grobal Christian Mission Conference cyaranzwe no guhembuka mu bugingo
3 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIGITERANE CYISWE ‘’THE GLOBAL CHRISTIAN MISSION CONFERENCE ‘’ Igiterane IMBARAGA Z’UBUTUMWA BWIZA Cyateguwe n`abanyeshuri baba mu itsinda Trichy African Fellowship biga mu majyepfo y`Ubuhinde muri ntara ya Tamilnadu cyashojwe kuri uyu wagatandatu taliki 26/02/2016 cyashojwe kikaba cyararanzwe no guhembuka mu bugingo.
Twengereye umuyobozi wiryo tsindana Bwana Twizeyimana Patrick ngo agire icyo yatubwira kuri iki giterane cyateguwe na abanyeshuri b’ Abanyafurika baturuka mu bihugu bitandukanye (...) -
Yasomaga Bibiliya akayisanisha n’amoko kubera ibikomere - ADEPR
10 April 2014, by UbwanditsiMu mahugurwa y’isanamitima, ubumwe n’ubwiyunge yahurijwemo abavugabutumwa b’ubushake 25 bo muri ADEPR baturutse hirya no hino mu gihugu kugira ngo bafashwe kunoza ubutumwa batanga, umwe muri bo yabohotse avuga ko iyo yasomaga Bibiliya yafataga umurongo uvuga ibibi akawusanisha n’umuhutu, umututsi akamushyira ku bikorwa byiza kuko yabiterwaga n’ibikomere yatewe na Jenoside yakorewe Abatutsi.
Muri aya mahugurwa y’iminsi ibiri, hatangiwemo ubuhamya bw’ubuzima buri wese yanyuzemo mu gihe cya Jenoside (...) -
Mwemerere agufate ukuboko arakwambutsa iyo nyanja
19 November 2013, by UbwanditsiPetero aramusubiza ati “Mwami niba ari wowe, untegeke nze aho uri ngendesha amaguru hejuru y’amazi, aramusubiza ati “Ngwino.” Petero ava mu bwato, agendesha amaguru hejuru y’amazi ngo asange Yesu. Ariko abonye umuyaga ko ari mwinshi aratinya, atangiye kurengerwa arataka ati “Databuja nkiza.”Uwo mwanya Yesu arambura ukuboko kwe aramufata, aramubwira ati “Yewe ufite kwizera guke we, ni iki gitumye ushidikanya?” Baratambuka bajya mu bwato, umuyaga uratuza. Abari mu bwato baramupfukamira, baramubwira (...)
-
Ijambo Gukizwa ntirikwiye gutera urujijo
16 July 2016, by Alice RugerindindaUyu munsi ndifuza ko tuganira Ku ijambo rikunze gutera urujijo ryitwa "GUKIZWA" twifashishije ijambo ry’Imana Turifashisha ijambo
Dusome ijambo ry’Imana dusanga muri Mariko 5: 1-15 "Yomotse, uwo mwanya umuntu utewe na dayimoni ava mu mva aramusanganira. Yabaga mu mva ntawari ukibona icyo amubohesha, naho waba umunyururu. Kuko kenshi bamubohesheje ingoyi y;amaguru n’iminyururu y’amaboko, maze akayicagagura n’iminyururu akayivunagura, ntihagira umuntu ubasha kumuhosha. Iteka ryose Ku manywa na (...) -
Ubuhamya: Navukanye umutima i buryo ariko Yesu aracyambeshejeho
5 March 2014, by UbwanditsiNitwa Ndimurwango Isaac.Kunyita gutyo ni uko navutse Papa ari mumanza,gusa abandi bana tuvukana bafite amazina meza. Ubu nshima Imana ko ntakiri mu rwango ahubwo ndi mu rukundo rwa Yesu. Nagize umugisha wo gukizwa nkiri muto mu mwaka wa 1987 cyane no mu muryango wacu harimo benshi bakijijwe bituma nanjye ngira uwo mugisha.
Data yitwa Ntanama Jean naho mama yitwa Renilda; navutse mbona mama ari umusazi kandi yabimaranye imyaka 35 yiruka mu gasozi arara mu mazi, yagerageje kwiyahura mu kivu (...) -
Ubuhamya: Barantemye ndetse banyicira abana babiri n’ umugabo. Mutegwaraba Tasiyana
11 April 2014, by Pastor Desire HabyarimanaNitwa Mutegwaraba Tasiyana navutse mu mwaka w’1968 I Bugesera mu Karere ka Nyamata. Mvuka kuri Kabagema Marcel na Kakuze Marciane. Twavutse turi bane twari umuryango wifashije dufite inka n’ imirima tukabana neza n’ abantu nta kibazo. Nashyingiwe mu mwaka w’ 1990
Nyuma y’imyaka ibiri, ni ukuvuga mu w’ 1992, i Bugesera batangiye kwica abatutsi hanyuma turahunga. Njye nahungiye I Nyamata ku Kiriziya nibwo hazaga umusenyeri w’ umuzungu wahayoboraga adusanga aho twicaye icyo gihe nari mfite umwana (...)
0 | ... | 810 | 820 | 830 | 840 | 850 | 860 | 870 | 880 | 890 | ... | 1230