Mu nzu y’inyumba ntihabamo ibintu by’izahabu n’iby’ifeza gusa, ahubwo habamo n’iby’ibiti n’iby’ibumba, kandi bimwe babikoresha iby’icyubahiro, naho ibindi bakabikoresha ibiteye isoni. Nuko rero umuntu niyiyeza akitandukanya n’ibidatunganye, azaba abaye ikintu cyo gukoreshwa iby’icyubahiro cyejejwe, kigirira nyiracyo umumaro kandi cyatunganirijwe imirimo myiza yose. (2 Timoteyo 2:20)
Kuva umuntu yaremwa kugeza ubu, binyuze mu ijambo ryayo, Imana yagiye itwereka ko gahunda imufiteho ari ndende kandi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Imirimo myiza itarimo gukiranuka ntiyaguhesha ubugingo
4 December 2013, by Ernest Rutagungira -
“Tariki ya 13 Ukwakira 2011 kuri ADEPR Gahanga hijihijwe Umunsi mukuru w’Umuryango”
13 October 2011, by UbwanditsiKuri uyu wa Kabiri taliki ya 13/10/2011 ku itorero rya ADEPR Gahanga habereye amahugurwa arebana n’umuryango(famille) dore ko uwo munsi wari n’umunsi mukuru nyine w’ umuryango.Iki gikorwa cyari cyateguwe n’Umuryango World Relief ku bufatanye n’amatorero akorera mu murenge wa Gahanga.Umushyitsi mukuru yari Vice- Mayor ushizwe imibereho myiza y’abaturage mu karere ka Kicukiro.
Atangira ayo mahugurwa umuyobozi wa World Relief mu karere ka Kicukiro Charlotte yatangiye ashimira abibatiriye ayo (...) -
Wirinde kubwo amagambo ukunda kuvuga!
17 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAmagambo ashobora kwica cyangwa agakiza.Ukunda kuvuga agomba no kwitegura kwakira n’ingaruka zabyo. Imigani 18:21 Ndemeza ntashidikanya ko mu bintu bigoye bibaho mu buzima harimo kuvuga amagambo akwiriye mu gihe gikwiriye.
Ni ayahe magambo wisanga yasohotse mu kanwa kawe iyo bikomeye ? Muri Bibiliya Yakobo agereranya ururimi rwacu na Gouvernail (icyuma kiyobora ubwato) y’ubwato. Nubwo ari gato gashobora kuyobora umubiri wose. Mbega ukuntu rugoye gufata! Mbega ukuntu bigoye guhitamo kuvuga (...) -
Twirinde ibitumarira amavuta. Pastor Desire Habyarimana
28 May 2013, by UbwanditsiAbacamanza 9:8-9 Narekeshwa amavuta yanjye akoreshwa ibyo kubaha Imana n’ abantu, no kujya mpungabanira hirya no hino hejuru y’ ibiti ?
Hari ahantu turi bituma tugira amavuta meza kandi ayo mavuta (Ya Elayo) akora ibintu bikomeye yimika abami, yomora ibikomere, barayarya bakamera neza, yanezeza Imana n’abantu. David yavuze ngo "yansize amavuta mu mutwe igikombe cyanjye kirasesekara."
Muri Israel amavuta ya Elayo yari ahenze uwayagira yabaga afite ibyagaciro gakomeye. Nicyo kimwe n’ umuntu (...) -
Pastor Siboma yarahiye ko ADEPR itazongera kugira amacakubiri
3 December 2012, by UbwanditsiNyuma y’amakimbira yavuzwe mu Itorero rya ADEPR, bikagera n’aho ubuyobozi bwari buriho bukurwaho manda ya bwo itarangiye, ubushya bwajyanye abagize Komite yabwo mu mwiherero i NKumba mu karere ka Burera bavayo bahigira igihugu ko batazongera kugaragarwaho n’amacakubiri.
Imbere ya Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku itariki 2 Ugushyingo, nk’umuvugizi w’agateganyo wa ADEPR, Pasiteri Sibomana Jean yemeje mu ijwi riranguruye ko mu myaka 72 ADEPR imaze ishinzwe, haranzwemo amacakubiri (...) -
Yesu arakubwiye ngo:Ntutinye kuko ndi kumwe nawe
18 April 2013, by Kiyange Adda-DarleneYesaya 41:10 : « Ntutinye kuko ndi kumwe nawe, ntukihebe kuko ndi Imana yawe. Nzajya ngukomeza ni koko nzajya ngutabara kandi nzajya nkuramiza ukuboko kw’i buryo ariko gukiranuka kwanjye. »
Guhagarara ku masezerano y’Imana nibwo buryo bwiza bwo kugumana amahoro yo mu mutima. Ntuhagarike umutima cyangwa se ngo ureke ibitekerezo byawe bitwarwe n’ubwihebe, wibaza uti ejo bizagenda bite ? We kugira ikibazo cy’ejo nk’aho wagira ngo ibyo utinya ko bizaba bizaba koko nk’uko nyine uri kubitekereza. (...) -
Ubuhamya: Ntahabi Imana itagukura ntanaheza itagushyira
30 November 2012, by Patrick KanyamibwaMiriyamu Deborah Zulphath yavukiye Kimisagra mu muryango w’abana batanu we akaba ari uwa mbere. Mama we yamushakanye undi mugabo ubwo yari afite imyaka itanu. Akiri umwana yakundaga kwiga cyane, akaba yarize amashuri abanza kuri EP Kabusunzu, atsinze ajya kwiga Gisenyi ku Nyundo mu mwaka wa 1996 icyo gihe kubera umutekano muke waru uri Rubavu, agaruka i Kigali, akaba yararangije amashuri yisumbuye mu ishami rya Ubucurruzi n’ubucungamari.
Deborah Zulphath yavukiye mu muryango wa abisilamu, (...) -
Ikirusha ibindi kuba kiza ni ukwegera Imana
27 August 2015, by Innocent KubwimanaAriko jyeweho kwegera Imana ni ko kwiza kuri jye, Umwami Uwiteka ni we ngize ubuhungiro, Kugira ngo namamaze imirimo wakoze yose. Zaburi 73:28
Mu bantu bafite ubunararibonye bw’ubuzima ntekereza ko ubuhamya bwe buri mu bice byinshi Dawidi arimo. Iyo avuze ngo naho Data na mama banta Uwiteka yantarura, aba yibutse ukuntu Se yamwohereje mu ntama akajya kuba mu ishyamba, bakuru be bibereye mu rugo, akajugunywa iyo kandi ari umuhererezi wari ukwiye kwitabwaho n’ababyeyi kurusha abandi.
Dawidi (...) -
Ndahamya ko Umwami wanjye atanga ubwenge kuko ubwo nari umuswa namusabye ubwenge arabumpa
12 October 2012, by UbwanditsiNitwa MUSABYEMARIYA Immaculee, navukiye mu Karere ka Nyamagabe mu cyahoze ari Komine MUSEBEYA mu mwaka wa 1975, ubu nkaba ntuye mu karere ka Ruhango kuko ariho nashatse.Ubuhamya bwanjye buravg auko Yesu yangiriye neza mu buryo bwo guhindura ubwenge bucye navukanye.
Natangiye kwiga amashuri abanza niga ndi umuswa,ibyo biakababaza ababyeyi banjye cyane ariko ntibabitindeho, ndangije nakoze ikizami gisoza amashuri abanza, amanota asohotse nsanga natsinzwe, hashize igihe ababyeyi banjye (...) -
Umuheto wanjye siwo uzankiza. Kiyange Adda-Darlene
28 January 2014, by Kiyange Adda-DarleneZab 33: 16 -17, Nta mwami ukizwa n’uko ingabo ze ari nyinshi, intwari ntikizwa n’imbaraga zayo nyinshi. Ifarashi nta mumaro igira wo gukiza, ntizakirisha umuntu imbaraga zayo nyinshi.
Mu buzima busanzwe, umuntu akenera izindi mbaraga ziri hejuru yubushobozi bwe, kuko bidashoboka ko yumva ko yihagije kabone niyo yaba yaraminuje mu mashuri. Iyo atizera Imana yizera abapfumu. Umupfumu akamubwira ati akira izi ni impigi ujye uzikenyera zizakurinda abanzi.
Iyo afite amafaranga menshi, yumva nta (...)
0 | ... | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | ... | 1230