Kuri iki cyumweru tariki 29/11/2015 nibwo muri Salle ya Fourquare Kimironko habereye igiterane cyabereyemo umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 5, urubuga rwa Gikristo Agakiza.org rumaze rutangiye gukora umurimo w’ivugabutumwa kuri interineti.
Iki giterane kitabiriwe n’imbaga y’abantu benshi baturutse mu ntara zitandukanye z’igihugu ndetse n’itsinda ryaturutse mu gihugu cy’abaturanyi cy’u Burundi, harimo n’umwe mu banyamakuru ba Radiyo ya Gikristo y’i Burundi yitwa Ijwi ry’Ivyizigiro.
Dore uko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Kurikirana uko isabukuru y’Agakiza.org yagenze hamwe n’amafoto
30 November 2015, by Innocent Kubwimana -
Bagore, mugandukire abagabo banyu nk’uko mugandukira Umwami wacu!
14 November 2013, by Simeon NgezahayoKuki Imana igusaba kugandukira umugabo wawe? Muri rusange, iyo Imana igusabye kugandukira umugabo wawe ni uko iba izi yuko kuganduka bitari muri kamere yawe. Ni cyo gituma umugore ashakisha uko yaca bugufi iyo umugabo amusabye kugira icyo akora.
Igihe kimwe twitegura kujya mu gitanda, umugabo wanjye yarambwiye ati «Zimya itara nasize ryaka!» Nyamara jyewe nishe amatwi, kuko ntashakaga gukora ibyo ambwiye. Ku bwanjye byari itegeko ngomba kumvira. Numvaga nshaka ko ambwira byibura ati (...) -
Ishimire Insinzi zawe kandi umenye ko Imana igufitiye umugambi wawe wihariye...
28 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaDusiganirwe aho dutegekwa twihanganye , dutumbira Yesu wenyine , niwe banze ryo kwizera kwacu kandi niwe ugussohoza rwose... (Abaheburayo 12:1-2)
Kenshi hajya habaho ikigeragezo cyo kumva ucitse intege iyo ubona abandi muhura basa nk’aho bo batera imbere kukurusha ariko imyumvire nk’iyo si ngombwa na mba, kuko udapimira gutera imbere ku kwawe ku kw’undi muntu.
Ahubwo upimira gutera imbere kwawe ukurikije uburyo ki ugendera mu bushake bw’Imana ku buzima bwawe.Iyo undi muntu ari gutera imbere (...) -
Ni jye muzabibu namwe muri amashami Ev.NTIRUSHWA Paulin
17 July 2016, by Pastor Desire Habyarimana(Yohana15:5-8) Ni jye muzabibu, namwe muri amashami.Uguma muri jye nanjye nkaguma muri we, uwo ni we wera imbuto nyinshi, kuko ari ntacyo mubasha gukora mutamfite.
Umuzabibu uvugwa hano ni Yesu Kristo naho amashami ni abamwemeye bakizera izina rye
Bigatuma bahabwa ubushobozi bwo kuba abana b’Imana Yoh1:12. Igiti cyose kirangwa no kugira amakakama kivoma mu butaka ibyo bakunze kwita (sève arboré mu ndimi z’amahanga) gikoresheje imizi yacyo, igihimba cy’igiti kiba inzira acamo ngo atunge (...) -
Guca bugufi nyako!
8 May 2016, by Isabelle GahongayireMwaba mwarigeze guhura na benedata muri Kristu bagenda bacuritse umutwe bakagaragaza n’uburakari mu maso. Natangajwe igihe kimwe no kumva ko babikoreshwa no guca bugufi.
Guca bugufi ni insanganyamatsiko ikunzwe kuvugwa mu Bakristu ariko kandi ubusobanuro bwayo buragutse. Usanga kuri bamwe guca bugufi ari guhitamo ibintu biciriritse, cyangwa se kwemera gufatwa nabi kugira ngo bashimishe Imana. Ariko nyamara guca bugufi ni ibindi birenze, ni n’isomo Yesu yashimitseho cyane, ni naryo turi (...) -
Iyo Yesu aje gukiza, akiza ukwe!
6 October 2015, by Innocent KubwimanaYesu ntakangwa n’iminsi umaranye ikibazo cyangwa ibyo abantu bamenyereye ahubwo iyo umushakanye umwete arakwiyereka. Uziko hari ubwo Yesu akwitegereza akamenya uko umeze akururutswa no kukugirira neza, akakurengera. Twifashishe iri jambo ry’Imana ‘’Yesu amubonye amenya ko amaze igihe kirerkire arwaye, aramubaza ati ‘’urashaka gukira?’’ Yohana 5:6
Bibiliya itubwira ko uyu mugore yari aryamye ategereje ko amazi yihinduriza kuko ngo rimwe na rimwe Malayika yazaga amazi akihinduriza, uwabanjemo (...) -
Ntuzamere nkaYehu yakoze ibyiza n’ibibi arabikomeza!
26 April 2016, by Alice Rugerindinda“Uko niko Yehu yarimbuye baali amukura muri Isirayeli. Ariko rero Yehu ntiyaretse gukurikiza ibyaha bya Yerobowamu mwene Nebati, ibyo yoheje abisirayeli ngo bacumure, n’iby’ibigirwamana by’izahabu byari I Beteli n’I Dani” 2 Abami10 : 28:29
“ Bubahaga Uwiteka, kandi bagakorera imana zabo uko imigenzo y’amahanga bimuwemo yagenzaga” 2 Abami 17:33
Imana idusure. Ubundi mu magambo make, iki nicyo kibazo abantu dukunze guhura nacyo. Icyo kugira ishyaka ry’ibyiza, icyo gukora ibyiza, ariko ugasanga (...) -
Ubusambanyi nk’imwe mu ntwaro y’umwanzi ikomereye itorero
11 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUbusambanyi ni imwe mu ntwaro zikomeye zirwanya Itorero , bukaba bufite amateka maremare mu buzima bwa muntu uhereye mubihe bya kera cyane (préhistory) ; kandi usanga abanditsi benshi bagereranya iki cyorezo cy’ubusambanyi nk’indwara ya cancer y’Isi dutuye, kubera uko iminsi yagiye ihita niko ubusambanyi n’inzira zibuganishaho byagiye bifata indi ntera ndetse byinjizwa mu mico y’imiryango n’ibihugu mu buryo butandukanye. usanga kandi mu bihugu bitandukanye hagaragara mu buryo bwinshi inzira (...)
-
Ntukabwire umunyamubabaro uti “Komeza imbere!” - Kay Warren
17 March 2014, by Simeon NgezahayoMu gihe habura iminsi mike ngo umwaka ushire umwana wabo Matthew Warren yiyahuye, Kay Warren yagaragaje amarangamutima akubiyemo ibyo yanyuzemo ubwo yari mu gahinda k’umwana we. Pastor Rick Warren uyoboye itorero Saddleback Church, ari na we mutware wa Kay aravuga yuko ubu butumwa bwagirira umumaro umuntu uri mu bihe nk’ibyo barimo icyo gihe. Kuri uyu wa Gatanu, Pastor Rick yanditse ku rubuga rwe rwa Facebook ati "Birababaza kuba umuntu ababaye cyane, ariko nta we ubyitayeho.” Mu masaha 24 (...)
-
Inkunga Imana itanga Pasitori Bimenyimana Jean Claude
26 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : INKUNGA IMANA ITANGA
Zaburi 60:14 14 Imana izadukoresha iby’ubutwari, Kuko ari yo izaribata ababisha bacu.
Zekaliya 4:6-7 6 Aransubiza ati"Ijambo Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati ’Si ku bw’amaboko kandi si ku bw’imbaraga, ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye.’ Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga. 7"Wa musozi munini we, wiyita iki ? Imbere ya Zerubabeli uzaba ikibaya. Azazana n’ibuye risumba ayandi, barangurure bati ’Nirihabwe umugisha ! Nirihabwe umugisha !’ "
Matayo 27 : 19-20 19 Maze (...)
0 | ... | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | ... | 1230