Amahoro y’Imana abane namwe nshuti z’Imana. Nejejwe no kuganira ijambo rivuga ngo ibisigaye mukomerere mwami no mu mbaraga z’ubushobozi bwe bwinshi. Abefeso 6:10"
Iyo havuzwe ngo ibisigaye ni ukuvuga ko haba hari ibimaze gutambuka kandi byagaragaraga nk’ibikomeye ariko kandi ibisigaye bikaba birushijeho gukomera.
Hari igihe rero abantu biringira imbaraga z’ibigaragara ariko zitabasha kubaha gutsinda, ndetse izo mbaraga zikaba zidafite ubushobozi bwo gukiza umuntu ku munsi mubi.
Niyo mpamvu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Gukomerera mu mbaraga zubushobozi bw’Imana
26 August 2015, by Ubwanditsi -
Haracyari ibyiringiro byo kubabarirwa kuri wowe wasubiye inyuma.
9 May 2012, by Ernest RutagungiraNi muze tujye inama niko Uwiteka avuga naho ibyaha byanyu byatukura nk’umuhemba birahinduka umweru bise na shelegi naho byatukura tukutuku birahinduka nk’ubwoya bw’intama bwera (yesaya 1:18)
Imana ni umutunzi w’imbabazi, izi intege nke zacu uko zingana kandi yiteguye kutugirira ibambe n’imbabazi kuko ibizi neza ko tuzikeneye. Biragorana cyane kugirango umuntu abone agakiza, ave mu byaha, nyamara nyuma yo kukabona iyo arangaye gato nta kabuza asubira inyuma ndetse akaba yanagwa akava mu (...) -
Wari uzi ko itorero naryo ari umuryango wawe?
24 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIyo urebye uko abagize umuryango bari bakwiye kubana nuko buri wese yari akwiye kuba afite icyo yungukira ku wundi nawe bagenzi be bakamwungukiraho, akahabonera ibyo twakwita ibikenerwa-shingiro cyane cyane mu buzima busanzwe. Aha twavuga gukundwa, kwitabwaho ahabwa ibyo akeneye mu buzima bwa buri munsi kugira ngo yumve aguwe neza. Ibi kandi bituma akomeza kuwisangamo no kuwukunda uretse ko tutakwirengagiza ko mu muryango mwiza umuntu yahakura n’ubufasha mu byo kwizera.
Ibi rero nibyo byari (...) -
Kimwe mu bintu bizagufasha kuramba mu gakiza!
20 August 2012, by Alice Rugerindinda“ Icyo nshaka kimwe nuko wemera ibyaha byawe, ibyo wacumuye ku Uwiteka Imana yawe…..” Yeremiya 3: 13
Murino minsi iyo mpuye n’umuntu umaze imyaka myinshi mu gakiza, mba numva yanganiriza, akambwira ibanga yakoresheje kugirango abe akibihagazemo kandi neza cyangwa se icyamubashishije kutagwa ngo ave mu gakiza. Umukozi w’Imana umwe ubimaze mo iminsi arambwira ati ni : “ Uguhindira umushyitsi imbere y”Imana cyangwa se mu yandi magambo kugira umutima uciye bugufi imbere y’Imana ukumva ko ntacyo (...) -
“Tariki ya 13 Ukwakira 2011 kuri ADEPR Gahanga hijihijwe Umunsi mukuru w’Umuryango”
13 October 2011, by UbwanditsiKuri uyu wa Kabiri taliki ya 13/10/2011 ku itorero rya ADEPR Gahanga habereye amahugurwa arebana n’umuryango(famille) dore ko uwo munsi wari n’umunsi mukuru nyine w’ umuryango.Iki gikorwa cyari cyateguwe n’Umuryango World Relief ku bufatanye n’amatorero akorera mu murenge wa Gahanga.Umushyitsi mukuru yari Vice- Mayor ushizwe imibereho myiza y’abaturage mu karere ka Kicukiro.
Atangira ayo mahugurwa umuyobozi wa World Relief mu karere ka Kicukiro Charlotte yatangiye ashimira abibatiriye ayo (...) -
Ndagushaka Mana ngo uce murinjye ingeso zose mbi!
12 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNdagushaka iteka nyigisha ibyo ushaka Kandi uce murijye, ingeso zose mbi Refrain : Ku manywa na nijoro, ndagushaka iteka, ndahiriwe Mukiza twigumanire
Mfite icyifuzo nk’icy’uyu muririmbyi. Ibaze nawe umuntu wasuwe n’Imana kugeza aho yimenyaho ingeso mbi. Undi muririmbyi araririmba ngo “ Ingeso wa mubi yanyanduje nizishaka kubyuka ujye uzirimbura uzice pe, mpore nihariwe n’ibyawe gusa”
Ubusanzwe ingeso ni imyitwarire iranga umuntu, iba ifite imbaraga kuko iba yarabaye karande, ingeso ishobora (...) -
Imana yumva amasengesho asengewe mu Mwuka no mu kuri. Pastor Emmanuel
14 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIMANA ISHIMWE KUKO YUMVA GUSENGA
Imana yahisemo uburyo ibana natwe, Imana ni umwuka wowe ukaba umuntu. Imana ni umwuka n’abayisenga bayisengera mu kuri no mu mwuka, yahisemo ko tuyisenga turi mu mubiri yo iri mu mwuka ikatwumva, iyo iza kugira office mu mugi, twari kujya dutonda umurongo tuyishaka, niyo mpamvu yahisemo kuba mu mwuka igashakwa n’abanyamwuka.
Ibitaboneka byayo nizo mbaraga zayo, abantu barayishatse babura aho iba, ariko irahari iri kumwe natwe. Iyo iza kuba iba muri Amerika (...) -
Isi dutuyemo ni icumbi, gakondo iri ijuru
21 August 2015, by Ubwanditsi‘’Naho twebweho iwacu ni mu ijuru, niho dutegereje umukiza ko azava ari we Mwami Yesu Kristo.’’ Abafilipi 3:20
Pawulo mu bunararibonye bw’iby’isi yabanje kubamo ataratungurwa na Yesu, yatanze impanuro zitandukanye. Mu nzandiko ze hari aho yasabaga amatorero yandikiraga gukura imitima yabo ku by’isi cyangwa se ibiboneka, kuko ari iby’igihe gito.
Kwari ukwibutsa ab’itorero kutirara ngo barye, baryame basinzire nk’abagezeyo, ahuwo ko nubwo batuye mu isi, imitima yabo ikwiye kuba mu ijuru. Yabifuzagaho (...) -
Yesu yankijije kunywa ibiyobyabwenge.
7 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAmazina yanjye bwite ni Cedric KANANA ,nkora umurim o w’ibarura n’icungamari mu itorero ry’abangirikani diocese ya Rubavu. nakijijwe mu mwaka wa 2004 nibwo nakiye Yesu nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwanjye.
Byari bikomeye cyane ari nayo mpamvu nifuza kubibabwira: Njye navukiye mu muryango w’aba islamu ntabwo nigeze menya Yesu cyangwa se ngo mukunde mu busore bwanjye natunzwe n’ibiyobyabwenge kuva ku myaka 8 ibyo nabitewe n’uko data yantaye nkiri muto ubwo yashakaga undi mugore mbaho mu buzima bubi (...) -
Impamvu yo gushima Imana/EV.Adda
6 November 2015, by Innocent Kubwimana‘’Untambira ishimwe wese aba anyubahiriza’’. Zaburi 50:22a
Imana ni Data wa twese udukunda. Yatwemereye Yesu iramuduha. Nishimwe. Yesu ati ‘’nimuguma muri jye, amagambo yanjye akaba muri mwe, musabe icyo mushaka cyose, muzagihabwa.
Iyo umuntu akijijwe akakira Yesu nk’Umwami n’umukiza w’ubugingo bwe, ahabwa kwizera ko icyo asaba agihabwa. Ni ibintu utabonera ubundi busobanuro, ni ibintu bikorerwa mu kwizera uwo muntu aba yahawe. Imana irabikora, igasubiza amasengesho, ariko hari icyo iba (...)
0 | ... | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | 1090 | 1100 | 1110 | ... | 1230