Ubutumwa bwiza bw’umwimerere ni ubuhe? Ni ubw’amazi n’Umwuka
Yesu aramubwira ati "Ni ukuri, ni ukuri, ndakubwira yuko umuntu utabyawe n’amazi n’Umwuka atabasha kwinjira mu bwami bw’Imana" Yohana 3:5.
Ubutumwa bwiza bw’umwimerere ni ubw’impongano y’ibyaha. Iri ni ijambo ry’umubatizo wa Yesu, n’urupfu rwe no kuzuka kwe, ibyo Imana yaduhishuriye. Yesu Kristo yakuyeho ibyaha rimwe gusa, abikurushijeho umubatizo yabatirijwe muri Yorodani, kandi ni na wo yahesheje agakiza abizera uku kuri bose. Ku bwo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ubutumwa bwiza bw’umwimerere – Rev. Paul Yonggi Cho
5 August 2013, by Simeon Ngezahayo, Ubwanditsi -
Imbaraga zidushoboza guca mu bikomeye Pastor Bimenyimana
18 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMugenzi uragana mu ijuru ujye utumbira Yesu… (No 189 Indirimbo zo Gushimisha Imana)
IMBARAGA ZIDUSHOBOZA GUCA MU BIKOMBE DUCAMO
Zaburi 84:5-8 5Hahirwa ababa mu nzu yawe, Babasha kugushima ubudasiba. Sela. 6Hahirwa umuntu ugufitemo imbaraga, Hahirwa abafite mu mitima inzira zijya i Siyoni. 7Iyo banyuze mu gikombe cyitwa Baka bagihindura ahantu h’amasōko, Imvura y’umuhindo icyambika imigisha. 8Bagenda bagwiza imbaraga, Umuntu wese wo muri bo aboneka mu maso y’Imana i Siyoni.
Zaburi 23:4 4Naho (...) -
GAHANGA: Abajura bateye urusengero bica umuzamu umwe
27 April 2013, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu mu masaha ya saa saba z’ijoro (1:00am) nibwo abajura bateye urusengero rwa ADEPR GAHANGA ruyobowe na Pastor Desiré Habyarimana, ruherereye mu murenge wa Gahanga, akagari ka Gahanga. Bahagera basanze abazamu bari mu rusengero, babumvise umwe yiruka akurikiye umujura undi asigara ku izamu.
Ikigaragara ni uko aba bajura baje banogeje umugambi wo kwiba ibikoresho by’urwo rusengero, kuko umuzamu umwe amaze kwirukankana bamwe abandi basigaye inyuma bagafata mugenzi we, (...) -
Twese ntituri “abana b’Imana” – Matt Barber
17 February 2014, by Simeon NgezahayoHariho abavuga ngo "Twese turi abana b’Imana." Ibi byumvikana neza mu matwi, kandi koko ni byiza. Ariko iki ni ikinyoma kibi. Mu by’ukuri, Imana yaraturemye kandi iradukunda mu buryo tutabasha gusobanukirwa. Yaturemye mu nda za ba mama, ibara imisatsi yo ku mitwe yacu. Ariko Imana ifite Umwana umwe w’ikinege. Twebwe rero kugira ngo tube abana b’Imana, tugomba kwemerwa binyuze mu muntu umwe, ni we mwana, ni Yesu Kristo. Abataremerwa si abana b’Imana. Kristo, Kristo wenyine ni we “nzira n’ukuri (...)
-
Komera uzabashe gukomeza abandi!
12 July 2016, by Pastor Desire Habyarimana« Kandi Umwami Yesu aravuga ati ‘Simoni, Simoni, dore Satani yabasabye kugira ngo abagosore nk’amasaka, ariko weho ndakwingingiye ngo kwizera kwawe kudacogora. Nawe numara guhinduka ukomeze bagenzi bawe’’ Luka 22 :31-32.
Mubirebe neza, Yesu ntabwo yasenze ngo kugosorwa bikurweho! Nyamara yari azi ko bibabaza iyo ashaka kubimurinda, yari kubikora na byo kuko ari ntacyo yasaba Data ngo akimwime. Ahubwo kuko we azi ibanga ririmo, yingingiye Simoni ngo ahabwe imbaraga hato atava ku Mana. Ni (...) -
Imana irahari- Patrice Martorano
14 May 2013, by Simeon Ngezahayo"Bakiganira babazanya, Yesu arabegera ajyana na bo" Luka 24.15. Abigishwa bo muri Emawusi bari bababaye, bazi yuko Yesu atakiriho… Yesu rero yarabegereye, ajyana na bo. Uko ibihe biha ibindi, ducika intege kuko tuba twumva ko Imana yadutaye. Bakundwa, Imana iri kumwe natwe. Iri hafi yacu, kandi ibana natwe mu buzima bwacu bwa buri munsi. Ituye mu mitima yacu, imenya imitekerereze yacu kandi ihumekera muri twe!
Ni nde uhwanye n’Imana yacu? Ibera hose icyarimwe!
Rimwe na rimwe tujya dusenga (...) -
Sobanukirwa Ubuhanuzi bwa Daniyeli .Ange Victor UWIMANA
16 April 2014, by Ange Victor UWIMANAUbwami butazasimburwa iteka ryose
‘Maze ubwami n’ubutware n’icyubahiro cy’ubwami bwose buri munsi y’ijuru, bizahabwe ubwoko b’abera b’Isumbabyose. Ubwami bwayo ni ubwami buzahoraho iteka, kandi ubutware bwose buzajya buyikorera buyumvire.’ (Dan.7:27)
Ikinyajana cya 20 cyaranzwe n’intambara nyinshi, zirimo ubugome n’ubwicanyi ndengakamere bwahitanye za miliyoni z’abantu; ni nacyo cyabayemo jenoside nyinshi zizwi mu mateka y’isi ugereranije n’ibindi binyejana.
Ijambo “Jenoside” ryakoreshejwe bwa (...) -
Ukunda umwana we amuhana hakiri kare!
17 February 2016, by Alice Rugerindinda“Urinda umwana inkoni aba amwanze, ariko ukunda umwana we amuhana hakiri kare” Imigani 13:24. Mu yandi magambo biravuga ngo “ Udahana umwana we ntaba amukunda, nyamara ukunda umwana we aramucyaha” Nubwo muri bibiliya Yera bakoresheje ijambo inkoni, ariko bashakaga kuvuga ijambo guhana umwana, kandi hari uburyo bwinshi bwo guhana umwana bwemewe na Bibiliya.
Ubwo buryo sibwo nshaka gutindaho cyane ariko icyo nasobanukiwe neza nuko ngo ukunda umwana we amuhana hakiri kare. Ngo umugore (...) -
Wari uzi ko Yesu yavutse hashize imyaka 400 Abisirayeli baraguye? Pastor Desire Habyarimana
23 December 2013, by Pastor Desire Habyarimana“Muzi ko n’ubwo abantu benshi bari bazi ko Mesiya azavuka, atari benshi babashije kumenya ko yavutse? Icyakora hari bamwe babimenye” (Luka 2:25-35)
Icyo gihe hari hashize imyaka 400 nta jwi ry’ Imana ryumvikana. Ijambo ry’ Imana ryari ryarabaye ingume, nta n’ubuhanuzi. Abisirayeli bari basinziriye cyane, bari mu byaha bitandukanye, ariko n’ubwo byari bimeze bityo hari hakiri abantu bakiranuka. N’ubwo abatambyi b’icyo gihe nabo bari barasubiye inyuma Imana ihamiriza Simeyoni ko:
1. Yari (...) -
Dukundane urukundo rukwiye rwo shingiro rya byose. Ev. KAGAMBIRWA Claudine
31 December 2013, by Claudine KAGAMBIRWAIyo ugenzuye neza ibyahanuwe ku minsi y’imperuka, usanga ibisigaye bitarasohora ari mbarwa cyane,nk’uko tubisoma mu rwandiko rwa Pawulo yandikiye Timoteyo (2 Tim 3:1-5) “Umenye yuko mu minsi y’imperuka hazaza ibihe birushya, kuko abantu bazaba bikunda, bakunda impiya, birarīra, bibona, batukana, batumvira ababyeyi babo, indashima, batari abera, badakunda n’ababo, batūzura, babeshyerana, batirinda, bagira urugomo, badakunda ibyiza, bagambana, ibyigenge, bikakaza, bakunda ibibanezeza aho gukunda (...)
0 | ... | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | ... | 1230