GUHANGANA N’IMYUKA MIBI YO MU MINSI Y’IMPERUKA
Itang.19:1-16 Ba bamarayika bombi bagera i Sodomu nimugoroba, Loti yari yicaye mu marembo y’i Sodomu. Loti ababonye arahaguruka ngo abasanganire, yikubita hasi yubamye. Arababwira ati"Ndabinginze ba databuja, nimwinjire mu nzu y’umugaragu wanyu, muharare bucye, mwoge ibirenge, ejo muzazinduke mugende." Baramusubiza bati"Oya, turarara mu nzira bucye." ... Bahamagara Loti baramubaza bati"Abagabo binjiye iwawe muri iri joro bari he ? Basohore (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Twige guhangana n’ imyuka mibi yo mu minsi y’ Imperuka Pastor Zigirinshuti
31 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Uganda: Mbarara hasojwe igiterane mpuzamahanga cyari kimaze iminsi 4.
9 July 2012, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 08/07/2012 I Mbarara muri Uganda hasojwe igiterane cyari kimaze iminsi 4 iki giterane kikaba cyari cyateranyije abantu benshi cyane.
Abashyitsi muri iki giterane bakaba bavuye America, Danemark, Burundi, Rwanda, Kenya, Congo RDC. Hakaba kandi hari abantu batandukanye bavuye mu matorero atandukanye akorera muri iyo ntara.
Umushyitsi mukuru akaba yari Peter ukomoka muri America mu ijambo rye akaba yagize ati Imana ihagurukije abantu bafite umutwaro w’ impfubyi (...) -
Intambwe 7 zo kwirinda icyaha cy’ubusambanyi no kuguma mu murimo - Dustin Neeley
8 March 2016, by Simeon NgezahayoMu gihe cyashize, umwe mu ncuti zanjye yiyirukanye mu murimo kubera agakungu yari afitanye n’umugore umwe wo mu itorero.
Ndashaka kugerageza kwifashisha ibitekerezo 7 bikurikira, kurira ngo wowe n’umuryango wawe n’itorero muri rusange mbakize uru rungabangabo.
1. ntukavuge uti “Ntibishobora kumbaho!”
Mu gihe benshi muri twe tuzunguza imitwe twemeza ko hari ibishobora kuba mu buzima bwacu, mu mitima yacu ntitwemera ko dushobora kugwa mu bishuko cyangwa mu cyaha cy’ubusambanyi. Ariko dukwiriye (...) -
Ijambo ry’Imana : Umuragwa ni muntu ki ?
15 October 2012, by Pastor Desire Habyarimana“Umuragwa iyo akiri umwana ntagira icyo atandukaniraho n’imbata n’ubwo yaba ari nyir’ibintu ategekwa n’abamurera n’ibisonga kugeza igihe cyategetswe na se…Nicyo gituma utakiri imbata ahubwo uri Umwana , umuragwa ubihawe n’Imana” (Abagaratiya 4:1-7)
Uragwa avuka ari we ariko ntiyategeka cyangwa ngo ahabwe ibyasezeranijwe, agomba kubanza kurerwa akigishwa uko azabitegeka . Ese atorezwa iki ? Ibyo azategeka ni ibihe ?
Natwe dufite ibyasezeranijwe :
Kuzura umwuka Wera : Ubwo Intumwa zuzuraga zabwiye (...) -
Icyo ijambo ry’Imana rivuga ku baryamana bahuje ibitsina
10 May 2012Hirya no hino ku isi havugwa abantu baryamana bahuje ibitsina, birashoboka ko no mu gihugu cyacu baba bahari. Ariko ijambo ry’Imana ryamagana ubusambanyi aho buva bukagera.
Sodomu na Gomora hari hatuye abantu b’abanyabyaha bakabije mu busambanyi, kugera naho basambana n’abantu bitabahagije bashatse gusambanya Abamalayika (Itangiriro 19 ; 1-5). Loti kuko yubahaga Imana arabinginga ati : “Bene data ntimukore icyaha kingana gityo dore mfite abakobwa babiri batararyamana n’abagabo ndabasohora (...) -
Dukwiye guhinduka rwose!
9 May 2016, by Innocent KubwimanaNuko benedata, ndabinginga kubw’imbabazi z’Imana ngo mutange imibiri yanyu ibe ibitambo bizima byera bishimwa n’Imana, ari ko kuyikorera kwanyu gukwiriye. Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose. Abaroma 12:1-2
Aya magambo ni Paulo wayandikiye abaroma kubera ko yashakaga ko bareka imigenzo yabo no kuyikomeraho ashaka kubereka inzira Imana ishaka ko banyuramo. Muri (...) -
Nsaba icyo ushaka cyose, ndakigukorera ntaratandukanywa nawe! Pasteur Desire Habyarimana
7 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNsaba icyo ushaka cyose, ndakigukorera ntaratandukanywa nawe! (2 Abami 2:9a)
Ubundi Umukristo wese aba yemerewe gusaba icyo ashaka nk’umwana murugo kwa Data. Wahita umbaza uti “Kuki ibyo nsaba byose ntahita mbihabwa kandi nkijijwe?”
1. Yakobo yaravuze ati “Murasaba ntimuhabwe, kuko musaba nabi kugira ngo mubyayishe irari ryanyu ribi.” Iyo Imana irebye igasanga ibyo usabye nta cyo bizamara mu bwami bwayo uri umwana wayo, ishobora kuba ibikwimye kuko yanga ibyagusubiza inyuma. Urugero: None (...) -
Tumenye bimwe mu bimenyetso byadufasha gusobanukirwa Umwuka Wera
31 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaTumenye bimwe mu bimenyetso byadufasha gusobanukirwa Umwuka Wera
Iyo usomye ijambo ry’Imana hari bimwe mu byo dusangamo bishushanya Umwuka wera, akenshi byitwa ibimenyetso kubera imiterere n’ imirimo y’ Umwuka Wera mu gihe runaka, Nyamara n’ubwo hari abajya babyifashisha no muri iki gihe ntago kuri ubu bisobanuye ko iyo ubi fite uba ufite umwuka wera , ahubwo ni ibishushanyo by’ Umwuka wera. Ntabwo bikwiriye kugirwa ishingiro ry’ imihango y’amadini,ahubwo ni ibigereranyo cyangwa imfasha nyigisho (...) -
Iyo tuvuze Imbaraga z’ Umwuka Wera tuba dushatse kuvuga iki?
12 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIyo tuvuze Imbaraga z’ Umwuka Wera tuba dushatse kuvuga iki?
Iyo tuvuze “imbaraga”mu rurimi rw’abagiriki hakoreshwa amagambo abiri “dunamis na exousia”.
1. Exousia bivuga guhabwa ubutware cyangwa uburenganzira bwo gukora ikintu runaka. Yohani. 1:12” abamwemeye bakizera izina rye yabahaye ubushobozibwo kuba abana b’Imana
2. Dunamis bivuga ubushobozi cyangwa imbaraga cyangwa uburyo bwo gukora igikorwa kigaragaza bwa bushobozi na za mbaraga. Dutange urugero: burya umupolisi mu muhanda aba afite (...) -
Igiterane cy’abubatse ingo mu itorero ry’ ADEPR Kicukiro
22 September 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22/09/2012 mu Itorero ry’ ADEPR Kicukiro habereye igiterane cy’ abubatse ingo cyahuje amatorero ya Rwampara, Gikondo na Kicukiro. Afungura ku mugaragaro iki giterane Past Butera Celestin umushumba w’ Itorero rya Gikondo yasomye ijambo riri muri Nehemiya 2:17-18 hagira hati: Mperako ndababwira nti Ntimureba ko tumeze nabi, ko i Yerusalemu habaye amatongo n’amarembo yaho akaba yarahiye? Nimuze twubake inkike y’ I Yerusalemu tutagumya kuba igitutsi.
Yakomeje avuga (...)
0 | ... | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | ... | 1230