Ijambo gukura risobanura kuva ku rwego rw’ibanze ukagana ku rundi rwego rwisumbuyeho twakwita ko rushitse. Ku binyabuzima byimeza hamwe n’ibikoko, gukura bikunze guhagararira ku rwego rushitse, aho bibasha kugwira.
Ijambo gukura rirasobanura kandi kwiyongera k’ubugari n’ibiro. Gukura ni ijambo risanzwe iyo tugarukiye ku bijyanye n’ibifadika, ariko rigakomera iyo hajemo ibjyanye n’ibitekerezo, ubwenge cyangwa guhitamo.
Kureka kuyoborwa na kamere ukaba umunyamwuka Kubigaragara neza, ni ngombwa (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Dukwiye gukura mu buryo bw’ Umwuka.
2 May 2016, by Pastor Rukundo Octave -
Ujya umenya guhunga ibyaha?
2 January 2016, by Alice Rugerindinda“ Bukeye yinjira mu nzu gukora umurimo we, ari nta bandi bagabo bo mu nzu barimo. Uwo mugore afata umwenda we aramubwira ati “ Turyamane”. Amusigira umwenda we arahunga, arasohoka.” Itangiriro 39 :11-12
Aha ni igihe Yosefu yabaga muri Egiputa, nyuma ngo nyirabuja ariwe mugore wa Potifari aramubenguka ngo akajya amwoshya ngo baryamane. undi nawe arahakana pe ati “ None nabasha nte gukora icyaha gikomeye gityo, ngacumura ku Mana ? Itangiriro 39:9.
Nyirabuja yaje gucunga igihe Yosefu yinjiye (...) -
Uburyo butanu bwafasha umuntu kubabarira abamuhemukiye (igice cya kabiri) Ange Victor
9 April 2014, by Ange Victor UWIMANA“Hahirwa abanyambabazi kuko aribo bazazigirirwa” (Mat.5:7)
Mu gice cya mbere cy’iyi nyigisho twagerageje gusobanura kubarira icyo bishatse kuvuga mu mvugo ya Bibiliya; ariko tunakomoza ku ntambwe ya mbere ishobora kudufasha kubabarira, aho twasanze ko ari ngombwa gusonukirwa ko umuntu ari gatoza ku cyaha cyangwa ikosa rye, gusa nubwo bimeze gutyo hari igihe ingaruka z’icyaha zo zitaba gatozi ( zikagera no kubafite aho bahurira n’uwahemutse) , mu gice cya kabiri cy’iyi nyigisho turarebera (...) -
Nategereje Isezerano imyaka 13 yose ribona gusohora (Ubuhamya bwa Christine NYIRAHABIMANA)
27 July 2012, by UbwanditsiNitwa NYIRAHABIMANA Christine nkaba nsengera mu Itorero rya ADEPR ya VUMBI. Nashakanye na HABIMANA Ignace, tukaba dutuye mu Kagari ka RYAKIBOGO, Umurenge wa GISHAMVU, Akarere ka HUYE. Tukaba dufitanye abana batatu.
Ubu buhamya ngiye kubagezaho cyera ntibyari gushoboka iyo Yesu aba ataraje ngo ambohore. Ubundi mbere nari umuntu utavuga, kubera imitwaro yari yarampetamishije.
Nari naritunatunnye imbere muri njye, ubundi ngahorana umushiha n’ishyari ryinshi iyo numvaga abandi bantu bimereye (...) -
Mwirinde uburiganya bwa Satani!
21 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Mwambare intwaro zose z’ Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’ uburiganya bwa Satani” (Abefeso 6:11)
Ubwo Abisirayeli bari bageze I Kanani, bari bafite itegeko ntakuka ko nta bwoko na bumwe bwo muri icyo gihugu bagombaga kugirana isezerano. Inshuro nyinshi Mose yari yaragiye abihanangiriza ko bagomba kwirinda gusezerana n’amahanga bazasanga muri icyo gihugu: “Wirinde ntuzasezerane isezerano na bene igihugu ujyamo, rye kuba nk’ umutego hagati muri mwe…Wirinde gusezerana isezerano na (...) -
Abenshi muri bo Imana ntiyabashimye kandi byabagizeho ingaruka mbi!
24 June 2013, by Alice Rugerindinda“ Ariko abenshi muri bo Imana ntiyabashimye, nicyo cyatumye barimbukira mu butayu” 1 abakorinto 10: 5
Abisirayeli batubereye akabarore ko kuturinda gukora ibibi . Iki cyari igihe Abisirayeli barimo kuva muri Egiputa berekeza I Kanani , mu gihugu cy’amasezerano , ariko kuko bakoze ibyo Imana yanga, Imana ntiyabashimye. Ibyo byatumye urugendo rubabera rubi cyane, baruhangayikiyemo, barugenze igihe kirekire cyane ugereranije n’igihe bagombaga gukoresha kandi bibagiraho ingaruka mbi kuko ngo (...) -
Rusizi : Abanyamadini mu biyaga bigari barasabwa kutavanga Politiki n’iyobokamana
17 October 2012, by UbwanditsiIbi babisabwe n’umumisiyoneri Emmanuel Rapold wo mu gihugu cy’u Bufaransa. Abapasitori 100 baturutse mu madini atandukanye yo mu bihugu bigize Akarere k’ibiyaga bigari, ni ukuvuga u Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.
Mu biganiro byabahuje ahanini byabakanguriraga kutivanga muri Politiki y’ibi bihugu no kudashyigikira ibikorwa bibi bibangamira Politiki, ahubwo bakubahiriza inshingano zabo zo gusakaza inkuru nziza mu bantu.
Bimwe mu byo Rapold yagarutseho ni ukubuza (...) -
Gusenga guhindura amateka !
4 May 2014, by UbwanditsiCatherine Booth ni umukobwa w’imfura wa William Booth (washinze itorero Armée du Salut). Amaze kugira imyaka 23, abana bo mu mugi wa Paris mu gihugu cy’u Bufaransa bamwise Marishali ubwo yari amaze gutangiza umurimo mu itorero rya Armée du Salut mu gihugu cy’u Bufaransa muri Gashyantare 1881.
Muw’1882, yinjiye mu gihugu cy’Ubusuwisi ajya gutangizayo umurimo w’Imana. Yamaze imyaka 14 ayoboye itorero Armée du Salut mu gihugu cy’u Bufaransa no mu Busuwisi afatanije na Arthur Sydney Clibborn (...) -
Indwara z’amaso yo mu mwuka
3 June 2013, by Felicite NzohabonayoIbyahishuwe 3 : 18 « Kandi ungureho umuti wo gusiga ku maso yawe kugira ngo uhumuke. »
Amaso y’abantu ararwara, kandi uburwayi buratandukanye. Hari iyo bita « miopie, hypermétropie, daltonisme », ubuhumyi, n’izindi. Izo ndwara zose ziravurwa. No mu buryo bw’umwuka, izo ndwara zibaho, umukristo akaba atabasha kubona neza ibintu , cyangwa se akabyitiranya, cyangwa se ntabibone na gato.
Reka turebere hamwe indwara ya “miopi” yo mu mwuka Mu rurimi rw’ikigiriki ijambo miopi “ muôpia” risobanura (...) -
Ubuhamya: Imana yakijije Jeanne igicuri.
28 February 2012, by Ubwanditsi« Narwaye igicuri mfite imyaka 5 kandi icyo gihe sinabanaga n’ababyeyi banjye. nageze mu mwaka wa 6 w’amashuri abanza merewe nabi cyane. Naje gukizwa ntangira gusenga cyane, nagejeje mu myaka 15 ncyikubita hasi, kandi hari igihe nagwanaga isafuriya y’amata akameneka, abo tubana bakankubita nkaho wagira ngo nijye byabaga biturutseho. Nababwiye ko ntabanaga n’ababyeyi. Najyaga kwa muganga nkagwa mu muhanda nkakanguka nsanga ndi mu ngo z’abaturanyi. Hari ubwo namaraga icyumweru kwa Muganga meze nabi (...)
0 | ... | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | ... | 1230