Uwiteka Imana irema umuntu mu mukungugu wo hasi, imuhumekera mu mazuru umwuka w’ubugingo, umuntu ahinduka ubugingo buzima. (Itangiriro 2:7)
Uko ni ko byanditswe ngo"Umuntu wa mbere ari we Adamu yabaye ubugingo buzima", naho Adamu wa nyuma yabaye umwuka utanga ubugingo. 1Korint.15:45... Ariko umwuka si wo ubanza, ahubwo umubiri ni wo ubanza hagaheruka umwuka. Umuntu wa mbere yaturutse mu butaka ari uw’ubutaka, naho umuntu wa kabiri yaturutse mu ijuru.
Nk’uko uw’ubutaka ari ni ko n’ab’ubutaka (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
TUBITSE UBUGINGO BWACU KWA YESU Pastori Michel ZIGIRINSHUTI
19 January 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Wari uzi ko habaho ibyaha byo mu maraso. Felicite Nzohabonayo
22 September 2015, by Felicite NzohabonayoIbyaha byo mu maraso ( urwango, intonganya, ishari, uburakari, ….) Ni iki gituma ubona agatotsi kari mu jisho rya mwene So, ariko ntiwite ku mugogo uri mu jisho ryawe? ( Matayo 7:3)
Umwanditsi Roy HESSION w’igitabo LE CHEMIN DU CALVAIRE aragira ati: “agatotsi kari mu jisho rya mugenzi wawe, ni ikosa uba umubonaho. Gashobora kuba ari imyifatire mibi cyangwa ikintu runaka aba yagukoreye kitagushimisha.»
Arakomeza ati : « agatotsi kari mu jisho rya mugenzi wawe kaguhagurukiriza umujinya, (...) -
Ibintu bitandatu umushumba agomba kuba byo! (Igice cya 1)
4 April 2016, by Pastor Desire Habyarimana« Umunyabyaha ahunga ari ntawe umwirukanye, ariko umukiranutsi ashira ubwoba nk’ intare » (Imigani 28 :1)
Iyi ni imvugo rusange ikubiyemo ibintu icyenda bikurikira biranga umushumba. Ariko rero, umushumba agomba kuba inyangamugayo mu buryo bubiri bwihariye.
1.Agomba kuba inyangamugayo mu maso he bwite. Icyaha kiduhindura ibigwari twese. Niba umuntu adatanga icyacumi, ni gute azashira amanga ku kubwiriza ku cyacumi? Niba umuntu atirinda, agomba kuba umufarisayo ngo abwirize abandi kwezwa. (...) -
Imana yakumenye itarakurema, ikweza utaravuka. (Igice cya 1) CONSTANT Mahame
1 April 2014, by Mahame ConstantNuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti”Nakumenye ntarakurema mu nda ya nyoko kandi nakwejeje utaravuka, ngushyiriraho kuba umuhanuzi uhanurira amahanga.” (Yeremiya 1,5)
Aya niyo magambo Imana yabwiye umuhanuzi yeremiya igihe yamwiyerekaga bwa mbere igihe yari agiye gutangira kumukoresha ibikomeye ariko we atibonagaho, ntabyiyumvemvo ndetse no gutekereza ko yari gukora umurimo ukomeye kuriya wo guhanurira amahanga ntabyo yari yarigeze atekereza.
Yari afite urwitazo ruteye gutya nkuko nawe ariko (...) -
Aho Imana yagushize hari impamvu uhari!
14 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaHari inkuru y’umuntu numvise ngo yatumwe mu gihugu cya kure ari ngombwa ko ajyenda n’indege. Aragenda agera muri ya mahanga ya kure ajya mu manama atandukanye biga ku bintu bitandukanye,igihe kiragera asubira mu ndege agaruka ku bari bamutumye,biba ngombwa ko abaha raporo y’ibyabaye.
Yatangiye agira ati “twabaye tukigera mu ndege baba baduhaye ibiryo turarya,tugeze mu kirere indege ikimara guhaguruka baba baduhaye ibindi biryo.” Abamunazaga bati « mugezeyo se byagenze bite?” Arasubiza ati « (...) -
Muri byose kwegera Imana niko kwiza
3 August 2015, by Innocent KubwimanaAriko jyeweho kwegera Imana ni ko kwiza kuri jye, Umwami Uwiteka ni we ngize ubuhungiro, Kugira ngo namamaze imirimo wakoze yose. Zaburi 73:28
Mu bantu bafite ubunararibonye bw’ubuzima ntekereza ko ubuhamya bwe buri mu bice byinshi Dawidi arimo. Iyo avuze ngo naho Data na mama banta Uwiteka yantarura, aba yibutse ukuntu Se yamwohereje mu ntama akajya kuba mu ishyamba, bakuru be bibereye mu rugo, akajugunywa iyo kandi ari umuhererezi wari ukwiye kwitabwaho n’ababyeyi kurusha abandi.
Dawidi (...) -
Yarasinziriye bamutwara umwana we!
12 July 2016, by Alice Rugerindinda“ Ariko nijoro , umwana w’uyu mugore arapfa , azize yuko yamuryamiye. Icyo gicuku arabyuka, ankura umwana mu gituza, ubwo umuja wawe nari nsinziriye, amuryamisha mu gituza cye, wa wundi wapfuye amuryamisha mu gituza cyanjye” 1 Abami 3: 19: 20
Mbega ibitotsi bibi we! Imana iturinde ibitotsi bibi.
Aba ngo ni abagore babiri baburaniraga imbere y’umwami Salomo , baburana ikibazo cy’umwana. Buri wese yavugaga ko umwana aruwe, umwe yavugaga ukuri ,undi abeshya , ariko icyo natinzeho cyane ni (...) -
Dore ibanga ryatuma abanzi bawe bagukunda! Pastor Desire
19 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Iyo imigenzereze y’umuntu inezeza Uwiteka atuma n’abanzi be buzura na we”-Imigani 16:7
Ese umuntu w’ Imana ukijjwe agira abanzi? Yego kuko Dawidi yavuze ngo abanzi banjye barangana n’ umusatsi wo ku mutwe, Yesu yaravuze ngo bazabanga kandi umugaragu ntaruta shebuja kandi umwanzi w’ umuntu azaba uwo mu nzu ye (Matayo 10:36).
Ubundi abanzi tugira ni abadayimoni na Satani ariko hari abahisemo kuba ibikoresho bibi bya Satani nk’uko umuntu akoreshwa n’ Imana niko n’abakorera satani nabo bahari. Yesu (...) -
Sobanukirwa icyaha cy’ Inda nini, ubusambo n’ ibindi..
26 December 2013, by Ubwanditsi« Ntukabe mw’iteraniro ry’abanywi b’inzoga, no mu banyandanini bagira amerwe y’inyama, kuko umusinzi n’umunyandanini bazakena…» (Imigani 23 : 20 - 21)
Muri kamere hari byinshi cyane n’umuntu atamenya ko ari bibi keretse yemereye Umwuka w’Imana akajya abimwereka maze akabona kwiyuhagira.Dukunze gusaba Imana ngo ikureho ibibazo biri hirya no hino yacu, ariko yo iba ishaka gukuraho umuzi w’ikibazo kiri muri twe. Dore uko umuntu wahishuriwe ku busambo yanganirije ampa ubuhamya ati:
“Namaze imyaka (...) -
Umumaro wa kimwe mu icumu ku bagitanga no ku bagihabwa
21 May 2013, by Simeon NgezahayoUbushakashatsi buherutse gukorwa bugaragaza abatanga umusaruro mwinshi mu madini.
Muri Amerika, abatanga kimwe mu icumi bagera kuri miliyoni 10. Abo batanga imfashanyo zisaga miliyari 50 z’amadorali ku mwaka, bafasha amadini n’abatishoboye. Ubushakashatsi bwakozwe mu myaka itanu bwibanze ku bukungu, gutanga n’ibya mwuka ku bantu bagera kuri 4,413 batanga imfashanyo zingana n’(cyangwa zisaga) 10% buri mwaka.
Abakoreweho ubushakashatsi bavuye muri Leta zose uko ari 50, mu matorero yose no mu (...)