Kuba mu bushake bwuzuye bw’Imana ni ingenzi cyane. Ikintu gitandukanya abakozi b’Imana ni uburyo bumva ijwi ry’Imana. Ni ngombwa kumvira Umwuka Wera kugira ngo tubashe gushyikira ubushake bwuzuye bw’Imana! Nituba mu bushake bwuzuye bw’Imana, tuzaguka hanyuma dusobanukirwe Imana.
Ubushake bw’Imana bwuzuye n’ubutuzuye ubwo ari bwo
“Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ubushake bw’Imana bwuzuye - Dag Heward-Mills
30 April 2013, by Isabelle Gahongayire -
Ikimoteri cyo muri kamere (igice cya mbere)
4 March 2013, by Felicite NzohabonayoARIKW’ IYO TWIMENYE UKO TURI, NTIDUTSINDWA N’URUBANZA ( Bibiriya y’ikirundi.) 1 ab’Ikorinto 11: 31 ARIKO TWAKWISUZUMA NTITWAGIBWAHO N’URUBANZA. ( Bibiriya y’ikinyarwanda.) 1 ab’Ikorinto 11: 31
Mu mutima w’umuntu habamwo imyanda myinshi kandi y’ubwoko bwinshi twagereranya n’ikimoteri cyangwa na “immondices”. Turasoma Abagalatiya 5: 19 - 21 Dore imirimo ya kamere iragaragara ni iyi: gusambana no gukora ibiteye isoni n’iby’isoni nke, no gusenga ibishushanyo no kuroga no (...) -
Ubuhamya: Ubupfubyi byatumye niyahuza urumogi na kanyanga ariko Yesu arankiza. Vumiliya J. Claude
14 October 2013, by UbwanditsiNitwa Vumilia J. Claude, navutse mu w’1986, mvukira mu ntara y’amajyepfo, akarere ka Nyaruguru. Mama yambyaye ageze mu mwaka wa 5 w’amashuri yisumbuye, igihe yari muri stage ahura n’umugabo wari ukuriye abacamanza mu cyahoze ari Komini Rwamiko amutera inda ni ko kumbyara. Mama amaze kumbyara, yanyise Vumilia (bisobanura kwihangana). Mama rero yanshyize iwabo mu rugo kugira ngo abashe gukomeza amasomo. Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye tutabana, sogokuru na nyogokuru banderaga babica muri (...)
-
Urashaka kugera k’urundi rwego? Fata umwanya wo gusenga!
6 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNshuti musenge,nubwo Satani ahari, mumare igihe mu masengesho , aho kudasenga ntimuhe umwanya inshuti , mwiyirize , mwigome ibyo kurya bya mu gitondo ibya sa sita ibya nimugoroba ndetse n’ ibitotsi ku bwo kugira ngo musenge - kandi ntitugomba kuvuga isengesho ritereye aho gusa- tugomba gusengana umwete . Imana iri hafi . iza buhoro buhoro igihe abakobwa bahunyiza ‘’ ariko mbona ibyo Samuel Rutherfold yanditse ari ukuri : uburiri bwuzuye amarira , ijosi ryumishijwe n’amasengesho , amaso (...)
-
Nategereje Isezerano imyaka 13 yose ribona gusohora (Ubuhamya bwa Christine NYIRAHABIMANA)
27 July 2012, by UbwanditsiNitwa NYIRAHABIMANA Christine nkaba nsengera mu Itorero rya ADEPR ya VUMBI. Nashakanye na HABIMANA Ignace, tukaba dutuye mu Kagari ka RYAKIBOGO, Umurenge wa GISHAMVU, Akarere ka HUYE. Tukaba dufitanye abana batatu.
Ubu buhamya ngiye kubagezaho cyera ntibyari gushoboka iyo Yesu aba ataraje ngo ambohore. Ubundi mbere nari umuntu utavuga, kubera imitwaro yari yarampetamishije.
Nari naritunatunnye imbere muri njye, ubundi ngahorana umushiha n’ishyari ryinshi iyo numvaga abandi bantu bimereye (...) -
Rusizi : Abanyamadini mu biyaga bigari barasabwa kutavanga Politiki n’iyobokamana
17 October 2012, by UbwanditsiIbi babisabwe n’umumisiyoneri Emmanuel Rapold wo mu gihugu cy’u Bufaransa. Abapasitori 100 baturutse mu madini atandukanye yo mu bihugu bigize Akarere k’ibiyaga bigari, ni ukuvuga u Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.
Mu biganiro byabahuje ahanini byabakanguriraga kutivanga muri Politiki y’ibi bihugu no kudashyigikira ibikorwa bibi bibangamira Politiki, ahubwo bakubahiriza inshingano zabo zo gusakaza inkuru nziza mu bantu.
Bimwe mu byo Rapold yagarutseho ni ukubuza (...) -
Ubuhamya: Imana yakijije Jeanne igicuri.
28 February 2012, by Ubwanditsi« Narwaye igicuri mfite imyaka 5 kandi icyo gihe sinabanaga n’ababyeyi banjye. nageze mu mwaka wa 6 w’amashuri abanza merewe nabi cyane. Naje gukizwa ntangira gusenga cyane, nagejeje mu myaka 15 ncyikubita hasi, kandi hari igihe nagwanaga isafuriya y’amata akameneka, abo tubana bakankubita nkaho wagira ngo nijye byabaga biturutseho. Nababwiye ko ntabanaga n’ababyeyi. Najyaga kwa muganga nkagwa mu muhanda nkakanguka nsanga ndi mu ngo z’abaturanyi. Hari ubwo namaraga icyumweru kwa Muganga meze nabi (...)
-
Kucukiro: ADEPR yashoje amahugurwa y’ iminsi ine kumiyoborere myiza.
3 August 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa gatanu taliki ya 03/08/2012 Itorero rya ADEPR ryashoje amahugurwa y’ iminsi ine yahuje aba Pastor bose bagize ururembo rw’ umujyi wa Kigali hakaba kandi hahuguwe n’abayobora abagore muri uru rurembo hamwe n’abakora igikorwa cyo kwigisha abana. Abahuguye bari itsinda ry’abakozi b’ Imana bavuye muri America bava mu muryango witwa Global Teaching Network. Umuvugizi w’ Itorero rya ADEPR Past Usabwimana Samuel mw’ ijambo yagejeje ku bari bari aho asoza aya mahugurwa ku mugaragaro (...)
-
Ubuhinde: Igiterane cyiswe The Grobal Christian Mission Conference cyaranzwe no guhembuka mu bugingo
3 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIGITERANE CYISWE ‘’THE GLOBAL CHRISTIAN MISSION CONFERENCE ‘’ Igiterane IMBARAGA Z’UBUTUMWA BWIZA Cyateguwe n`abanyeshuri baba mu itsinda Trichy African Fellowship biga mu majyepfo y`Ubuhinde muri ntara ya Tamilnadu cyashojwe kuri uyu wagatandatu taliki 26/02/2016 cyashojwe kikaba cyararanzwe no guhembuka mu bugingo.
Twengereye umuyobozi wiryo tsindana Bwana Twizeyimana Patrick ngo agire icyo yatubwira kuri iki giterane cyateguwe na abanyeshuri b’ Abanyafurika baturuka mu bihugu bitandukanye (...) -
Abakirisitu bakomoka mu karere k’ibiyaga bigari bateguye igiterane kidasanzwe muri Danmark
21 May 2012, by UbwanditsiNk’uko bisanzwe buri mwaka Abanyarwanda, Abarundi,Abanyekongo n’izindi nshuti zabo z’abakirisitu zo mubihugu bitandukanye byo ku mugabane w’iburayi bajya bakora igiterane cyo guhimbaza Imana, ni muri urwo rwego guhera kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 kugeza ku cyumweru, ku bufatanye bw’amatorero Bethania n’Itorero Inkuru nziza! mu majyaruguru y’igihugu cya Danmark mu mujyi wa AALBORG habereye igiterane cyo Guhembura imitima ya benshi no gufasha abahatuye gukomeza ibyiringiro, icyo giterane kikaba (...)
0 | ... | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | ... | 1230