Nk’uko bisanzwe buri mwaka abakristo bemera Umwuka wera bizihiza umunsi mukuru wa Pantekoti, by’umwihariko itorero rya Pantekoti ryo mu Rwanda (ADEPR) nk’irifata Umwuka wera nk’inkingi rigenderaho buri mwaka ryizihiza uyu munsi mu buryo budasanzwe aho rikora igiterane cyagutse.
Mu giterane ngarukamwaka nk’iki kuri iyi ncuro cyabereye ku nyubako nshya za ADEPR, ahaherereye Salle nini ya Dove Hotel kitabiriwe ku buryo bushimishije harimo amakorari, abashumba, ubuyobozi bukuru bw’Itorero ADEPR (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Mu giterane cya Pantekote 2016 abarenga 100 bakiriye Yesu nk’Umwami n’Umukiza
18 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Imana reba/-Humura Imana irakureba-Igice cya kabiri/ Dr. Fidèle Masengo
27 October 2015, by Innocent KubwimanaAhimba Uwiteka wavuganye na we izina ati “Uri Imana ireba.” Ati “Mbese Indeba nayiboneye na hano?” Itangiriro 16:13
Mu nyigisho nabagejejeho ejo navugaga ukuntu Imana ireba mpereye ku buzima bwa Hagari. Nayisoje mbasezeranya kuyikomeza ariko ngaragaza impamvu zigaragaza ko Imana ikureba nawe.
Dore amwe mu masomo nize kuri kiriya cyanditswe kivuga ngo ‘Imana ireba.’’ 1. Bimwe mu biranga Imana ni ukumenya buri wese na buri kintu cyose (Omniscience). Mbese ibishwi bibiri ntibabigura ikuta rimwe? (...) -
Umuvugizi w’ Itorero rya Pentecote byavugwaga ko yahunze, yagarutse mu Rwanda.
30 May 2012, by UbwanditsiHashize igihe bivugwa ko umuvugizi w’ itorero rya Pentecote mu Rwanda ADEPR Pasitori Usabwimana Samuel yaba yarahunze igihugu kubwo ibibazo bimaze iminsi bivugwa mu binyamakuru no ku maradiyo byatewe na bamwe bahagaritswe mu mirimo bakoraga mw’itorero kubera kutubahiriza inshingano zabo.
Kuri uyu wa gatatu ahagana saa moya n’ igice z’umugoroba, umuvugizi w’itorero rya Pentekote mu Rwanda ADEPR nibwo yageze ku kibuga cy’indege I Kanombe avuye mu gihugu cya Amerika mu rugendo rw’ivugabutumwa. (...) -
Imana yambwiye ko izanshumbusha amashuri nacikirije none ingejeje kure […] – Ubuhamya bwa Pst Munezero Jean Damascene
22 June 2016, by Simeon NgezahayoNitwa Pasteur Munezero Jean Damascene nsengera mu itorero rya ADEPR mu rurembo rw’iburasirazuba mu itorero ry’akarere rya Gatsibo, paroisse ya Gorora, mfite umugore n’abana batanu. Dushimye Imana itwemereye kugirango tubagezeho ubuhamya bw’iby’Imana yadukoreye muri make turashaka kugira ngo abantu bamenye ko Imana igikora kubera ko hari Abakristo bihebye batakigira ibyiringiro, ariko iyo bumvise ubuhamya bw’ibyo Imana ikora bagira ibyiringiro.
Navukiye mu cyahoze cyitwa komini Murambi byari muri (...) -
Tumenye Itorero rya Pentecote ry’ Urwanda (ADEPR)
27 June 2012, by UbwanditsiTumenye Itorero rya Pentecote ry’ Urwanda (ADEPR)
Itorero rya Pentekote ryo mu Rwanda ADEPR, ryatangiye umurimo w’ ivugabutumwa mu 1940 ritangijwe n’ umuryango w’ ivugabutumwa w’ Abanyasuwedi witwa Mission Libre Suedoise (MLS). Nyuma y’ imyaka 72, ubutumwa bwiza bwakwiriye mu mpande enye z’ u Rwanda. Imibare yayo muri 2010, yerekana ko ADEPR igizwe n’ indembo 12, amatorero 288, imidugudu 2719, abakuru b’ Itorero 1.168. Abavugabutumwa 2.364, abadiakoni 32385, abana batarageza ku myaka yo kubatizwa (...) -
Ubuhamya: Yatandukanije inyanja mbyirebera!!
7 April 2016, by Alice Rugerindinda“ Yesu Kristo uko yari ari ejo, n’uyu munsi niko ari kandi niko azahora iteka ryose” Abaheburayo 13:8
Hari igihe dusoma amagambo yo muri bibiliya , umuntu akayafata nk’inkuru ariko ni ukuri gusa. Najyaga nibaza ukuntu inyanja yatandukanye abisirayeri bakayambuka nkabambuka kubutaka , nkumva simbishyikira , ariko nanjye nabonye Imana itandukanya inyanja ndatambuka nkuwambuka ku butaka .
Hari umuntu twabanye igihe kirekire akajya iteka atubwira ngo buri muntu navuge ikintu Imana yigeze (...) -
Imbere yawe urareba iki? (Igice cya 2) Pasteur Desire Habyarimana
14 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaTugarutse ku iyerekwa rya Ezekiyeli, amaze kuvuga ngo “Mwami ni wowe ubizi,” Imana yarabikoze, igufwa risanga rigenzi ryaryo, aratangara nk’uko nawe umunsi umwe azagutangaza kuko Yesaya yahanuye Yesu aravuga ngo “Umwana duhawe azitwa Igitangaza” (Yesaya 9:6).
Imana ibwira Ezekiyeli ngo ahanure uko ategetswe: Abwira amagufwa ngo “Mwa magufwa mwe, nimwumve ijambo ry’Uwiteka!” Mwari muzi ko amagufwa (Ibibazo, cyangwa ibigeragezo) yumva? Yesu yaravuze ngo mugize kwizera kungana n’akabuto ka sinapi, (...) -
MFASHA DUSENGERE ABALAMPUNGI BO MURI INDONEZIYA
7 June 2016, by Ange Victor UWIMANA“Ibisarurwa ni byinshi, ariko abasaruzi ni bake. Nuko rero mwinginge nyir’ibisarurwa, yohereze abasaruzi mu bisarurwa bye.” (Mat.9:37-38)
Mu rwego rwo kwifatanya n’abantu benshi hirya no hino ku isi mu gusengera amoko ataragerwaho n’Ubutumwa Bwiza, Kuri iyi tariki ya 06 kamena 2016 turasengera Abalampungi. Tuboneyeho no gusaba imbabazi, kuko hari hashize iminsi itari mike tutaboherereza aya makuru nk’uko twari twabibasezeranije.
Abalampungi bo muri Indoneziya ho ku mugabane w’Aziya, bakunze (...) -
Ubuhamya: Navukanye umutima i buryo ariko Yesu aracyambeshejeho
25 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNitwa Ndimurwango Isaac.Kunyita gutyo ni uko navutse Papa ari mumanza,gusa abandi bana tuvukana bafite amazina meza. Ubu nshima Imana ko ntakiri mu rwango ahubwo ndi mu rukundo rwa Yesu. Nagize umugisha wo gukizwa nkiri muto mu mwaka wa 1987 cyane no mu muryango wacu harimo benshi bakijijwe bituma nanjye ngira uwo mugisha.
Data yitwa Ntanama Jean naho mama yitwa Renilda; navutse mbona mama ari umusazi kandi yabimaranye imyaka 35 yiruka mu gasozi arara mu mazi, yagerageje kwiyahura mu kivu (...) -
ADEPR yatsindiye igihembo cya UNESCO cyo kwigisha gusoma, kwandika no kubara
24 August 2012, by UbwanditsiItorero rya Pentekote ry’ u Rwanda ryatsindiye igihembo cya Unesco cyo kwigisha gusoma, kwandika no kubara kitiriwe umwami SENJONG. Iki gihembo tugikesha ubufatanye hagati y’ADEPR, abagenerwabikorwa ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye. Uyu mushinga wo kwigisha gusoma, kwandika no kubara watangiye mu mwaka w’1999 ukaba ukorera mu matorero yose y’ADEPR.
Intego nyamukuru yawo ni ukugira uruhare rufatika mu guteza imbere amajyambere yuzuye kandi arambye ku banyarwanda bose binyunze mu nzira (...)