“Muzi ko n’ubwo abantu benshi bari bazi ko Mesiya azavuka, atari benshi babashije kumenya ko yavutse? Icyakora hari bamwe babimenye” (Luka 2:25-35)
Icyo gihe hari hashize imyaka 400 nta jwi ry’ Imana ryumvikana. Ijambo ry’ Imana ryari ryarabaye ingume, nta n’ubuhanuzi. Abisirayeli bari basinziriye cyane, bari mu byaha bitandukanye, ariko n’ubwo byari bimeze bityo hari hakiri abantu bakiranuka. N’ubwo abatambyi b’icyo gihe nabo bari barasubiye inyuma Imana ihamiriza Simeyoni ko:
1. Yari (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Wari uzi ko Yesu yavutse hashize imyaka 400 Abisirayeli baraguye? Pastor Desire Habyarimana
23 December 2013, by Pastor Desire Habyarimana -
Dukundane urukundo rukwiye rwo shingiro rya byose. Ev. KAGAMBIRWA Claudine
31 December 2013, by Claudine KAGAMBIRWAIyo ugenzuye neza ibyahanuwe ku minsi y’imperuka, usanga ibisigaye bitarasohora ari mbarwa cyane,nk’uko tubisoma mu rwandiko rwa Pawulo yandikiye Timoteyo (2 Tim 3:1-5) “Umenye yuko mu minsi y’imperuka hazaza ibihe birushya, kuko abantu bazaba bikunda, bakunda impiya, birarīra, bibona, batukana, batumvira ababyeyi babo, indashima, batari abera, badakunda n’ababo, batūzura, babeshyerana, batirinda, bagira urugomo, badakunda ibyiza, bagambana, ibyigenge, bikakaza, bakunda ibibanezeza aho gukunda (...)
-
Ese wari uzi ko mu gakiza harimo inyungu?
23 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaEse wari uzi ko mu gakiza harimo inyungu?
1. Ibyaha byawe byarababariwe: Abakolosayi 1 : 13-14, Bibiliya iravuga Ngo niwe wadukijije ubutware bw’ umwijima, adukuramo akatujyana mu bwami bw ‘umwana we akunda.
2.Dufite ubugingo buhoraho, soma Yohanna wa 1 ,5 : 20 kandi tuzi Yuko umwana w’Imana yaje akaduha ubwenge, Ngo tumenye iy’ ukuri ; kuko turi mu mwana wayo Yesu kristo.iyo niyo Mana y’ ukuri n’ubugingo buhoraho.
Twakwibaza tuti ubugingo buhoraho buboneka he cyangwa se ni gute umuntu yakira (...) -
Iyaba wari ukonje cyangwa wari ubize!
20 May 2012, by Alice RugerindindaNzi imirimo yawe, yuko udakonje kandi ntubire. Iyaba wari ukonje cyangwa wari ubize! Ibyahishuwe 3: 16
Aya magambo ari muyahishuriwe Yohana ari ku kirwa cy’I patimo avuga ku itorero ry’I Lawodikiya. Iyo uyasomye ubona ikibazo cyariho ku bakristo biryo torero, kiri no kubakristo bo muri iyi minsi ya none. “Uwiyita Amen , Umugabo wo guhamya kandi ukiranuka w’Ukuri, Inkomoko y’ibyo Imana yaremye aravuga aya magambo ati “ Nzi imirimo yawe, yuko udakonje kandi ntubire. Iyaba wari ukonje cyangwa wari (...) -
Ntugasuzugure ibintu bito! - Aurélie Pereira
11 July 2013, by Simeon Ngezahayo«Ukiranuka ku cyoroheje cyane, aba akiranutse no ku gikomeye. Kandi ukiranirwa ku cyoroheje cyane, aba akiraniwe no gikomeye» Luka 16:10.
Urambiwe gutegereza ko Imana ikwereka umugambi wayo kuri wowe? Mbese birakurambiye?
Namaze igihe kirekire nsaba Imana nti « Mwami, nkoresha! Menyesha umugambi wawe kuri jye, Mpa impano ziruta izindi! » Nyamara nta cyahindukaga.
Ni uko rero umunsi umwe Umwami Imana aransubiza ati «Urashakira iki ko nkuha inshingano nyinshikandi waranani we no gukoresha bike (...) -
MFASHA DUSENGERE ABALAMPUNGI BO MURI INDONEZIYA
7 June 2016, by Ange Victor UWIMANA“Ibisarurwa ni byinshi, ariko abasaruzi ni bake. Nuko rero mwinginge nyir’ibisarurwa, yohereze abasaruzi mu bisarurwa bye.” (Mat.9:37-38)
Mu rwego rwo kwifatanya n’abantu benshi hirya no hino ku isi mu gusengera amoko ataragerwaho n’Ubutumwa Bwiza, Kuri iyi tariki ya 06 kamena 2016 turasengera Abalampungi. Tuboneyeho no gusaba imbabazi, kuko hari hashize iminsi itari mike tutaboherereza aya makuru nk’uko twari twabibasezeranije.
Abalampungi bo muri Indoneziya ho ku mugabane w’Aziya, bakunze (...) -
Unsize amavuta k’umutwe igikombe kirasesekara
16 September 2012, by Umugiraneza EdithIyi mvugo turayizi: Agatonyanga gasendera igikombe!? Iyi mvugo ivuga ko umuntu atagishoboye kwihanganira ikibazo cyangwa ikintu runaka kije kiyongera kubyari bihari.
Birashushanya igikombe cyongerwamo amazi agasendera kugeza ubwo nta kirenzeho cyashobora kwihanganira cyangwa kwakira. Ndetse mbere yuko haza hiyongeraho ibindi abantu baba bavuga ko igikombe cyuzuye cyangwa gisendereye. Iyi mvugo y’igikombe gisendereye ijya ibera benshi urujijo cyangwa amayobera. Nyamara muri Zaburi ya (...) -
Menya ibanga nyaryo ryatuma ugendera mu mbaraga z’Imana
16 November 2013, by Ernest RutagungiraNongeye kubona munsi y’ijuru mbona yuko aho basiganwa abanyambaraga atari bo basiga abandi, kandi mu ntambara intwari atari zo zitsinda, ndetse abanyabwenge si Bo babona ibyokurya, n’abajijutse si Bo bagira ubutunzi, n’abahanga si Bo bafite igikundiro, ahubwo ibihe n’ibigwirira umuntu biba kuri bose. Erega nta muntu uzi igihe cye, uko amafi afatwa mu rushundura n’inyoni na zo zikagwa mu mutego, uko ni ko abantu na bo bategwa mu gihe cy’amakuba, iyo baguwe gitumo. Kandi nabonye ubwenge munsi (...)
-
Urugendo muri Isirayeli (Igice cya 4) Pasteur Desire Habyarimana
2 November 2013, by Pastor Desire HabyarimanaMu bice bitatu byabanjirije iki, twabagejejeho ibirebana n’uruzinduko twagiriye mu gihugu cya Isirayeli. Ubu rero tugiye kubagezaho igice cya nyuma cy’uru ruzinduko, ariko tukabizeza ko tuzakomeza kubagezaho amateka y’iki gihugu kimwe n’amakuru y’ibihabera kuko iyo dusoma Bibiliya itubwira incuro nyinshi amateka y’iki gihugu.
Ikindi gikomeye, Isirayeli ni isaha y’Imana. Uti gute? Ibimenyetso byinshi biranga kugaruka kwa Kristo n’imperuka y’isi byinshi bigaruka kuri iki gihugu, ku buryo wize neza (...) -
Idini no Kwizera – Rev. Dr. Paul Yonggi Cho
28 June 2016, by Simeon NgezahayoNi ibihe bihamya biri mu mitima y’abavutse ubwa kabiri? Ni uko Yesu yakuyeho ibyaha byacu byose ku bw’umubatizo we, n’amaraso yavuye.
Idini ni ukwizera Yesu ukurikije imyumvire yawe, ukirengagiza ijambo ry’Imana riboneye, ariko gukizwa ibyaha nta ho bihuriye no kugendera ku myumvire yawe. Kwizera ni ukwemera amagambo yose yo mu Isezerano rya Kera n’Irishya, ukazibukira imyumvire yawe bwite. Ni ukwemera ijambo ry’Imana nk’uko ryanditswe muri Bibiliya, no kwakira agakiza kabonerwa mu mazi n’Umwuka, (...)
0 | ... | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | ... | 1230