Muri Koreya y’amajaruguru, ni impinduka ki yabayeho ku Bakristu nyuma y’urupfu rwa Kim Jong ?
Kim Jong yari yaravuze ko muri 2012 Koreya y’amajaruguru iziteza imbere ku bijyanye n’ubukungu, ariko tubona ko icyo gihugu kitarimo kugana muri iyo nzira ubu ngubu ubwo kiyobowe n’umuhungu we Kim Jong-Un. Nubwo hari ibyatewe no kuba harabayeho icyo cyemezo cy’iterambere, ntabwo ibintu byigeze bihinduka haba kubijyanye n’ubukungu, haba no mu madini.
Itotezwa ry’abakristo ryo rirasa niryiyongereye. Uyo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Koreya y’amajaruguru : Imfashanyo igera ku bakristu nubwo bitemewe
20 February 2013, by Isabelle Gahongayire -
Kuvugisha ukuri bizatugeza mu ijuru. Evangéliste RUDASINGWA Jean Claude
31 May 2016, by Rudasingwa Jean ClaudeMu gihe cya Dawidi biragaragara ko hari ikibazo abantu bo muri icyo gihe bibazaga kubyerekeye umuntu uzaguma hafi y’Imana mu gihe cyose kandi akayubaha igihe cyose ikigeretse kuri ibyo akazanagera mu ijuru bibaza bati ese uwo muntu ninde? Ese ni iki kimuranga ni iki cyamwerekana kuburyo wamureba ukamumenya ? Icyo kibazo ni cyo Dawidi yashubije muri iyi ndirimbo ye aho agira ati :”Ni nde uzaguma mu ihema ryawe? Ni nde uzatura ku musozi wawe wera ? Zaburi15:1-5
Igisubizo cyicyo kibazo (...) -
Aho Imana yagushize hari impamvu.
30 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari inkuru y’umuntu numvise ngo yatumwe mu gihugu cya kure ari ngombwa ko ajyenda n’indege. Aragenda agera muri ya mahanga ya kure ajya mu manama atandukanye biga ku bintu bitandukanye,igihe kiragera asubira mu ndege agaruka ku bari bamutumye,biba ngombwa ko abaha raporo y’ibyabaye.
Yatangiye agira ati “twabaye tukigera mu ndege baba baduhaye ibiryo turarya,tugeze mu kirere indege ikimara guhaguruka baba baduhaye ibindi biryo.” Abamunazaga bati « mugezeyo se byagenze bite?” Arasubiza ati « (...) -
Sudani yamajyepfo:abantu basaga 6000 bakiriye agakiza nyuma yokumva inyigisho ya Rev.Franklin Graham
9 November 2012, by UbwanditsiAbanya sudani yamajyepfo basaga 100.000 bahuriye mumujyi wa juba bafite inyota yo kumva umukozi w’Imana Rev. Franklin Graham mukubabwira ubutumwa bw’Imana.
Ibyo byabaye kuma taliki ya 26 na 27 z’ukwakira,ayo majoro abiri kwari ugusengera igihugu icyo gikorwa kikaba cyari gifite intego igira iti“Icyizere kugihugu gishya”kikaba cyarabereya mumurwa w’icyo gihugu I juba, muricyo gikorwa hakaba hari Chorale imwe yarigizwe nabantu basaga 500 bakaba barararirimbye mugihe kirenga i saha imwe.
Abateguye (...) -
Muri Fina Bank hatangiye amahugurwa y’ ijambo ry’ Imana.
15 February 2012, by UbwanditsiNKuko bisanzwe mu nshingano zacu, dusanga abantu ku kazi kabo mu gihe cy’ akaruhuko tugasangira ijambo ry’ Imana. Ni muri urwo rwego kuri uyu wa kabiri taliki ya 14/02/2012 hatangiye inyigisho z’ ijambo ry’ Imana zizamara icyumweru.
Pastor Desire Habyarimana niwe mwigisha icyumweru cyose. Mu gihe yari arimo kwigisha aho muri FINA Banque, yatangaje ko intego y’inyigisho z’ iki cyumweru ari ugusabana n’ Imana. Yakomeje aganiriza abari bateraniye aho ko ubusabane butazanwa gusa n’uko habayeho (...) -
Ese koko Gukizwa bimaze iki ?
20 February 2016, by Innocent KubwimanaKuko ubuntu bw’Imana buzanira abantu bose agakiza bwabonetse, butwigisha kureka kutubaha Imana n’irari ry’ibyisi, bukatwigisha kujya twirinda, gukiranuka, twubaha Imana mu gihe cya none. Tito 2 : 11-12
Gukizwa ni ubuntu kuko nta kintu na kimwe wakora kugira ngo ubabarirwe ibyaha byawe icyo Bibiliya ivuga ni uko gusa umuntu asabwa kwemera ukatuza akanwa kawe ukizera ko Imana yazuye kristo ugakizwa. Nubwo ariko gukizwa ari ubuntu ntabwo buhita butureka ngo buduhe uburenganzira bwo kwikorera (...) -
Ubuhamya: Ubupfubyi byatumye niyahuza urumogi na kanyanga ariko Yesu arankiza. Vumiliya J. Claude
14 October 2013, by UbwanditsiNitwa Vumilia J. Claude, navutse mu w’1986, mvukira mu ntara y’amajyepfo, akarere ka Nyaruguru. Mama yambyaye ageze mu mwaka wa 5 w’amashuri yisumbuye, igihe yari muri stage ahura n’umugabo wari ukuriye abacamanza mu cyahoze ari Komini Rwamiko amutera inda ni ko kumbyara. Mama amaze kumbyara, yanyise Vumilia (bisobanura kwihangana). Mama rero yanshyize iwabo mu rugo kugira ngo abashe gukomeza amasomo. Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye tutabana, sogokuru na nyogokuru banderaga babica muri (...)
-
Kugira neza no kugira ubuntu ntimukabyibagirwe!
18 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneAbaheburayo 13:16, “Kugira neza no kugira ubuntu ntimukabyibagirwe, kuko ibitambo bisa bityo aribyo binezeza Imana.”
Imana yaduhaye isi ngo tuyibemo, iduha no gutegeka ibyaremwe byose, Imana ishimwe. Umuntu yemerewe gukora icyo ashatse, gusa Imana imaze kubona ko ashobora kugira umudendezo ukabije akaba yabasha no gukora ibintu byayibabaza, yashyizeho amategeko ishyiraho n’ibihano ku bantu bose bazica ayo mategeko. Kera umuntu yakoraga icyaha Imana ikamuhana ako kanya agapfa. Ubu siko bimeze, (...) -
Urashaka kugera k’urundi rwego? Fata umwanya wo gusenga!
6 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNshuti musenge,nubwo Satani ahari, mumare igihe mu masengesho , aho kudasenga ntimuhe umwanya inshuti , mwiyirize , mwigome ibyo kurya bya mu gitondo ibya sa sita ibya nimugoroba ndetse n’ ibitotsi ku bwo kugira ngo musenge - kandi ntitugomba kuvuga isengesho ritereye aho gusa- tugomba gusengana umwete . Imana iri hafi . iza buhoro buhoro igihe abakobwa bahunyiza ‘’ ariko mbona ibyo Samuel Rutherfold yanditse ari ukuri : uburiri bwuzuye amarira , ijosi ryumishijwe n’amasengesho , amaso (...)
-
Turwanye Satani nawe azaduhunga
27 January 2014, by Ernest Rutagungira, UbwanditsiMu madini cyangwa amatorero atandukanye, dusangamo imibare minini y’abantu bemera ko habaho Imana, hakanabaho Shitani/Satani n’abadayimoni. Mu myigishirize yabo rero, aba banyamadini bigisha Satani nka kimwe mubiremwa abayoboke babo bakwiye kurwanya bivuye inyuma, mugusobanukirwa neza iby’uru rugamba, turarebera hamwe icyo bibiriya ibivugaho.
Ese mbere ya byose Satani ni iki?
Ijambo ry’Imana ritubwira ko mu ijuru habaye intambara, maze Mikayeli n’abamarayika be batabarira kurwanya cya kiyoka, (...)
0 | ... | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | ... | 1230