Nsaba icyo ushaka cyose, ndakigukorera ntaratandukanywa nawe! (2 Abami 2:9a)
Ubundi Umukristo wese aba yemerewe gusaba icyo ashaka nk’umwana murugo kwa Data. Wahita umbaza uti “Kuki ibyo nsaba byose ntahita mbihabwa kandi nkijijwe?”
1. Yakobo yaravuze ati “Murasaba ntimuhabwe, kuko musaba nabi kugira ngo mubyayishe irari ryanyu ribi.” Iyo Imana irebye igasanga ibyo usabye nta cyo bizamara mu bwami bwayo uri umwana wayo, ishobora kuba ibikwimye kuko yanga ibyagusubiza inyuma. Urugero: None (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Nsaba icyo ushaka cyose, ndakigukorera ntaratandukanywa nawe! Pasteur Desire Habyarimana
7 July 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Tumenye bimwe mu bimenyetso byadufasha gusobanukirwa Umwuka Wera
31 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaTumenye bimwe mu bimenyetso byadufasha gusobanukirwa Umwuka Wera
Iyo usomye ijambo ry’Imana hari bimwe mu byo dusangamo bishushanya Umwuka wera, akenshi byitwa ibimenyetso kubera imiterere n’ imirimo y’ Umwuka Wera mu gihe runaka, Nyamara n’ubwo hari abajya babyifashisha no muri iki gihe ntago kuri ubu bisobanuye ko iyo ubi fite uba ufite umwuka wera , ahubwo ni ibishushanyo by’ Umwuka wera. Ntabwo bikwiriye kugirwa ishingiro ry’ imihango y’amadini,ahubwo ni ibigereranyo cyangwa imfasha nyigisho (...) -
Iyo tuvuze Imbaraga z’ Umwuka Wera tuba dushatse kuvuga iki?
12 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIyo tuvuze Imbaraga z’ Umwuka Wera tuba dushatse kuvuga iki?
Iyo tuvuze “imbaraga”mu rurimi rw’abagiriki hakoreshwa amagambo abiri “dunamis na exousia”.
1. Exousia bivuga guhabwa ubutware cyangwa uburenganzira bwo gukora ikintu runaka. Yohani. 1:12” abamwemeye bakizera izina rye yabahaye ubushobozibwo kuba abana b’Imana
2. Dunamis bivuga ubushobozi cyangwa imbaraga cyangwa uburyo bwo gukora igikorwa kigaragaza bwa bushobozi na za mbaraga. Dutange urugero: burya umupolisi mu muhanda aba afite (...) -
Igiterane cy’abubatse ingo mu itorero ry’ ADEPR Kicukiro
22 September 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22/09/2012 mu Itorero ry’ ADEPR Kicukiro habereye igiterane cy’ abubatse ingo cyahuje amatorero ya Rwampara, Gikondo na Kicukiro. Afungura ku mugaragaro iki giterane Past Butera Celestin umushumba w’ Itorero rya Gikondo yasomye ijambo riri muri Nehemiya 2:17-18 hagira hati: Mperako ndababwira nti Ntimureba ko tumeze nabi, ko i Yerusalemu habaye amatongo n’amarembo yaho akaba yarahiye? Nimuze twubake inkike y’ I Yerusalemu tutagumya kuba igitutsi.
Yakomeje avuga (...) -
Kw’itorereo ry ‘ADEPR Gitarama hatangiriye igiterane mpuzamahanga cy’amasengesho n’ububyutse
2 August 2012, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAkw’itorero ry’ ADEPR Gitarama (I Nyabisindu) ho mururembo rwa Gitarama, mukarere ka Muhanga muntara y’Amajyepfo, kuri uyu wakane tariki ya 2/8/2012 hatangiriye igiterane mpuzamahanga cy’amasengesho n’ububyutse kikaba kizamara iminsi ine, nukuvuga guhera ku wa 2-5/8/2012.
Iki giterane giheruka kuba mumwaka w’2010, cyateguwe n’itorero ry’ADEPR Gitarama rifatanije na comite y’umurimo w’ikabera kikaba gifite intego igira iti” Mubaririze inzira za cyera inziza abe ariyo munyuramo” (NEHEMIYA 6:16) (...) -
Twahawe umwana w’umuhungu Ev. Kiyange Adda- Darlene
17 December 2015, by Kiyange Adda-DarleneYesaya 9:5a, “Nuko umwana yatuvukiye duhawe umwana w’umuhungu, ubutware buzaba ku bitugu bye.”
Imana imaze kurema umuntu, yaramwihanangirije ku giti cyari giteye mu ngobyi ya Edeni (Itangiriro 2:8) iramubwira iti: nguhaye ibiri mw’isi byose ubitegeke ariko kiriya giti cyo ntuzigere urya imbuto zacyo. Nuzirya, no gupfa uzapfa.(Itangiriro 2:17) Hashize igihe bibiriya itagaragaza, umuntu (Eva) yaragiye yihereranwa na satani amuha inyigisho. Ati harya ngo muriyeho mwapfa ra? Umuntu ati cyane niko (...) -
Eliya wapfuye azize abagizi ba nabi yashyinguwe kuri uyu wa mbere
30 April 2013, by Simeon NgezahayoMu muhango wo gishyingura Uwitonze Eliya wapfuye azize abagizi ba nabi bamusanze mu rusengero rwa ADEPR Gahanga byari amarira gusa.
Kuri uyu wa mbere ahagana saa munani ni bwo umurambo w’Uwitonze Eliya wari ugejejewe ku rusengero rwa ADEPR Gahanga hayobowe na Pastor Desire Habyarimana. Tuhagera twahasanze Abakristo benshi baje guherekeza uyu mukozi w’ Imana wahitanywe n’abagizi ba nabi bagatwara n’ ibyuma byakoreshwaga mu gucuranga mu rusengero.
Mu ijambo Pastor Desire yagejeje ku bari (...) -
Bimwe mu bigize isengesho ryubakitse
1 September 2015, by Innocent Kubwimana‘’Gusenga k’umukiranutsi kugira umumaro iyo asenganye umwete.’’ Yakobo 5:16(b) Bimeze nk’ibigoye kumenya neza isengesho rigira umumaro cyangwa se ribasha gufasha urisenga. Ntabwo ryarangwa n’uko umuntu afite icyifuzo kiremereye cyangwa se kiza, byonyine ntibihagije, kuko ibyifuzo n’amasengesho biratandukanye.
Hari isengesho rigira umumaro, Yakobo yandika we yahise asobanura ari irya nde? Yaravuze ngo gusenga k’umuntu ukiranuka kugira umumaro, gusa nawe bimusaba gusengana umwete.
Reka wenda turebe (...) -
Waba ushaka ubwiza n’ icyubahiro? . Kiyange Adda-Darlene
31 January 2014, by Kiyange Adda-DarleneAriko ubwiza n’icyubahiro n’amahoro nibyo izitura umuntu wese ukora ibyiza uhereye ku Muyuda ukageza ku mugiriki, kuko Imana itarobanura ku butoni. (Abaroma 2: 10-11)
Buri gihe Ijambo ry’Imana ridukangurira gukora ibyiza ukaba wakibaza impamvu ariko impamvu nta yindi, n’uko Imana iba ibona ibyo dukeneye igashaka kubiduha kuko idapfa gutanga ahubwo bigira inzira binyuramo.
Mu buzima bwa buri munsi hariho ibintu umuntu akenera ndetse kubera ko bamwe batazi n’uko biboneka ugasanga bari kunyura (...) -
Nowa yatunganaga rwose mu gihe cye !
16 January 2016, by Alice Rugerindinda“Nowa yari umukiranutsi, yatunganaga rwose mu gihe cye, Nowa yagendanaga n’Imana”. Itangiriro 6: 6. Aya magambo aratangaje cyane bitewe n’igihe Nowa yari arimo. Ku mutwe w’icyo gice haranditse ngo “ Abantu bahinduka babi cyane” .Cyari igihe cy’ubuhenebere nkuko tubisanga mu itangiriro 6: 5 -8
“Kandi Uwiteka abona ko ingeso z’abantu zari mbi cyane mu isi, kandi ko kwibwira kose imitima yabo itekereza ari kubi gusa iteka ryose. Uwiteka yicuza yuko yaremye abantu bo mu isi, bimutera agahinda mu mutima. (...)
0 | ... | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | ... | 1230