Ikimenyetso cya kabiri cyerekana ko umuntu ari mu bihe by’ububyutse ni :
2. Kwemera ko Imana igira icyo ikora mu mitima yacu (Nehemiya 8.7-12); Reka twongere dufatanye gusoma iri jambo ry’Imana : Kandi Yoshuwana Bani na Sherebiya,na Yaminina Akubuna Shabetayi,naHodiya na Māseya na Kelita,na Azariyana Yozabadina Hanāni,na Pelayan’Abalewi basobanurira abantu amategeko, abantu bahagaze aho.Basoma mu gitabo amategeko y’Imana gusoma kumvikana, barasobanura kugirango abantu bamenye ibyasomwaga. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Gukanguka mu buryo bw’ Umwuka.( Igice cya 2). RUGAGAZA MUHIMA Osée
9 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Iyo wubashye Imana , nayo ngo irakubaha!
20 October 2012, by Ubwanditsi“None ni iki gituma mutera imigeri ibitambo n’amaturo nategetse kuntambirira mu nzu yanjye, ukubaha abahungu bawe kubandutisha, mukitungisha ibyiza byo mu bitambo byose by’ubwoko bwanjye bwa Isirayeli ngo muhonjoke. Nicyo gitumye Uwiteka Imana ya Isiraheli ivuga iti “ Ni ukuri nari naravuze yuko ab’inzu yawe n’abinzu ya so bazajya bagendera imbere yanjye iteka ryose, ariko none Uwiteka aravuze ngo : Ntibikabeho kuko abanyubaha aribo nzubaha, ariko abansuzugura bazasuzugurwa” 1 Samuel 2:29 -30 (...)
-
Humura dufite umucunguzi wa bugufi/Ev.Donath
27 November 2015, by Innocent KubwimanaRusi 2:20b: “Uwo mugabo nimwene wacu wa bugufi, umwe mu bacunguzi bacu” 3:12: “ni ukuri koko ndi umucunguzi wanyu, ariko hariho undi undusha kuba umucunguzi wa bugufi”.
Imana ishimwe, nejejwe no gusangira namwe ijambo ry’Imana rigira riti” Humura dufite umucunguzi wa bugufi”. Mu buzima duhura na byinshi bitubabaza bikatwereka ko mu isi nta muntu numwe witaye ku bibazo byawe, ku ngorane zawe ariko ndagira ngo ngutangarize ko dufite umucunguzi wa bugufi ariwe Yesu Kristo, wabambwe tukabamburwa. (...) -
Ubushake bw’Imana bwuzuye - Dag Heward-Mills
30 April 2013, by Isabelle GahongayireKuba mu bushake bwuzuye bw’Imana ni ingenzi cyane. Ikintu gitandukanya abakozi b’Imana ni uburyo bumva ijwi ry’Imana. Ni ngombwa kumvira Umwuka Wera kugira ngo tubashe gushyikira ubushake bwuzuye bw’Imana! Nituba mu bushake bwuzuye bw’Imana, tuzaguka hanyuma dusobanukirwe Imana.
Ubushake bw’Imana bwuzuye n’ubutuzuye ubwo ari bwo
“Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye (...) -
Uhamagarirwa gufasha mugenzi wawe
13 March 2016, by Emmanuel KANAMUGIREAhari waba wibaza uti « Mbese Mugenzi wanjye ni nde ? » nk’uko Yesu na we mu gihe yari akiri ku isi hari abajyaga bamubaza iki kibazo.
Ushobora kubona igisubizo mu ijambo dusanga mu buhanuzi bwa Yesaya (Ibice 58) :
« Shyira ejuru uvuge cyane we kugerura, rangurura ijwi ryawe nk’ikondera, ubwire ubwoko bwanjye ibicumuro byabwo, ubwire inzu ya Yakobo ibyaha byabo.
Icyakora banshaka uko bukeye bishimira kumenya inzira zanjye, nk’ishyanga ryakoraga ibyo gukiranuka ntirireke amategeko y’Imana (...) -
Umuragwa ni muntu ki ?
25 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Umuragwa iyo akiri umwana ntagira icyo atandukaniraho n’imbata n’ubwo yaba ari nyir’ibintu ategekwa n’abamurera n’ibisonga kugeza igihe cyategetswe na se…Nicyo gituma utakiri imbata ahubwo uri Umwana , umuragwa ubihawe n’Imana” (Abagaratiya 4:1-7)
Uragwa avuka ari we ariko ntiyategeka cyangwa ngo ahabwe ibyasezeranijwe, agomba kubanza kurerwa akigishwa uko azabitegeka . Ese atorezwa iki ? Ibyo azategeka ni ibihe ?
Natwe dufite ibyasezeranijwe :
Kuzura umwuka Wera : Ubwo Intumwa zuzuraga zabwiye (...) -
IBINTU 4 UMUKRISTO AKWIYE KUBAKA MU MIBEREHO YE. (Igice cya 4) Rev Mugiraneza
23 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari imbaraga zituruka mu kwibuka urupfu rwa Yesu
Ubushize twabonye inkingi ya kabiri ivuga ko umuntu atihagije agomba gusabana n’abandi (fellowship) nayo ya kurikiraga inkingi yo gukunda ijambo ry’Imana. Ubu tugiye kurebera hamwe inkingi ya gatatu ivuga ku kwibuka urupfu rw’Umwami Yesu binyuze mukumanyagura imitsima (Ibyakozwe n’ntumwa 2:42).
Mbere yuko Yesu asubira mu ijuru yasize ashyizeho imihango ibiri igomba kubahirizwa ni uwari we wese umwizera. Ikaba ari iyi ikurikira : Umubatizo (...) -
Ariko jyeweho kwegera Imana niko kwiza kuri jye!
16 May 2016, by Alice RugerindindaBut as for me, how good it is to be near God! “ Ariko jyeweho kwegera Imana niko kwiza kuri jye, Umwami Uwiteka niwe ngize ubuhungiro” Zaburi 73:28
Ikinyuranyo cyo kwegera Imana ni Ukuyihunga. Hari abantu Bibiliya ijya itubwira bagerageje guhunga Imana ,cyangwa kuyihisha, cyangwa kuyijya kure, ariko basanga ntaho umuntu yayihungira, ntaho yayihisha. Uyu mwanditsi we nyuma yo kuzengurutsa ibitekerezo byeeee ngo asanga icyiza aruko yakwegera Imana.
Yabanje kugira igihe abona ko abantu (...) -
Amabanga ahindura umuntu kuba uwo kwifuzwa
2 August 2013, by UbwanditsiAMABANGA AHINDURA UMUNTU KUBA UWO KWIFUZWA (Secrets that transform you to become a social man)
Ijambo ry’Imana rivuga cyane ku birebana n’imibereho y’abantu n’imibanire yabo. Iyo ugerageza buri gihe kugenzura ibirebana n’ubushake bw’Imana, ubirebera mu gitabo cy’Itangiriro mu gice cyaho cya 2:7-22), aho herekana igihe Imana yaremaga umuntu, Bibiliya itubwirako Imana yitegereje umugabo ibona atari byiza ko yaba wenyine nuko iherako imuremera umufasha umukwiriye, nyuma yaho babona urubyaro nuko (...) -
Kuki abantu benshi bavuga ko amasezerano y’ Imana atinda? Pastor Desire
4 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Nuko Umwami abwira Hamani ati: “Huta wende imyambaro n’ ifarasi uko uvuze, ubigenze utyo Moridikayi Umuyuda wicara ku irembo ry’ ibwami ntihagire ikintu kibura muri byo byose” - Esiteri 6:10-11.
Dukurikije iyi nkuru dusomye Moridikayi yari yarakoze ibyiza ariko hashira igihe ntiyahita agororerwa ariko ikindi gihe biribukwa aragororerwa wakwibaza uti: “Kuko nkora ibyiza kandi nkaba mfite n’ amasezerano ariko ntasohore?” Rimwe abigishwa babajije Yesu ngo nkatwe twasize byose tuzahabwa iki? (...)
0 | ... | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | ... | 1230