Ubu nabwo ni bumwe mu buhamya butandukanye bw’Imana yagiye yiyereka mu buryo butari bumwe. Ushaka kubukurikira neza wasura urubuga rwa gikristo mu rurimi rw’igifaransa ari rwo www.topchretien.com ukabona byinshi kuri bene aba bantu.
Ubw’uyu yitwa Patricia, yahoze aba mu idini y’Abahamya ba Yehova, ariko we ubwe yihamiriza ko Atari azi Imana ariko Yesu akaza kumwiyereka hanyuma akabona umurongo mwiza w’agakiza. Umuntu ashobora kuba mu idini runaka, yarahuye n’uriyoboye ariko atarahura na Yesu, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Aho wowe ntiwaba uba mu idini ariko utarihurira na Yesu ubwe? Soma ubu buhamya
20 August 2015, by Ubwanditsi -
Muri Fina Bank hatangiye amahugurwa y’ ijambo ry’ Imana.
15 February 2012, by UbwanditsiNKuko bisanzwe mu nshingano zacu, dusanga abantu ku kazi kabo mu gihe cy’ akaruhuko tugasangira ijambo ry’ Imana. Ni muri urwo rwego kuri uyu wa kabiri taliki ya 14/02/2012 hatangiye inyigisho z’ ijambo ry’ Imana zizamara icyumweru.
Pastor Desire Habyarimana niwe mwigisha icyumweru cyose. Mu gihe yari arimo kwigisha aho muri FINA Banque, yatangaje ko intego y’inyigisho z’ iki cyumweru ari ugusabana n’ Imana. Yakomeje aganiriza abari bateraniye aho ko ubusabane butazanwa gusa n’uko habayeho (...) -
Mu kwizera sambura igisenge uragera aho Yesu ari!
2 May 2016, by Kiyange Adda-DarleneNuko hahise iminsi asubira i Kapernawumu, bimenyekana yuko ari mu nzu.Benshi bateranira aho buzura inzu, barenga no mu muryango, nuko ababwira ijambo ry’Imana. Haza abantu bahetse ikirema ariko babuze uko bakimwegereza kuko abantu bahuzuye, basambura hejuru y’inzu aharinganiye n’aho ari, bamaze kuhapfumura bamanuriramo ingobyi ihetswemo icyo kirema.Yesu abonye kwizera kwabo abwira ikirema ati : ‘mwana wanjye, ibyaha byawe urabibabariwe…. Arabyuka, yikorera ingobyi ye uwo mwanya asohokera imbere (...)
-
Birankwiriye gukora umurimo w’uwantumye hakiri ku manywa
20 November 2013, by Rudasingwa Jean ClaudeBirankwiriye gukora umurimo w’uwantumye hakiri ku manywa (Yohana 9:4-5)
Ncuti yacu dukunda cyane, ndakuramutsa mu izina rya Yesu Kristo Umwami wacu. Nifuje ko tuganira iri jambo, kugira ngo tumenye ko gukora umurimo w’Imana bidukwiriye. Kandi ndasaba Imana ngo iduhe ihishurirwa n’imvugo nk’iya Yesu. Muri iri jambo harimo amagambo y’ingenzi akurikira:
1. Inshinga “Gukora” 2. Umukozi : Yesu 3. Igikorwa : Guhumura 4. Ukorerwa (Nyir’umurimo): Imana 5. Uwo igikorwa gikorerwaho: Impumyi 6. Igihe cyo (...) -
Iyo ubwiriza uba ugamije iki? - Ken Collins
18 July 2016, by Simeon NgezahayoUbwo nigaga mu ishuri rya tewolojiya, mwalimu yadusabye kwandika mu magambo arambuye icyo tuba tugamije mu kubwiriza kwacu. Dore jyewe ibyo nanditse: 1. Mba nigisha Abakristo banjye.
Bitewe n’uko twemera ko Imana ituye mu bantu bayo binyuze muri Kristo Yesu, turahamya ko Imana ivuganira n’abantu muri twe. Umwuka Wera ntavuganira natwe mu ijuru, ahubwo anyura mu byanditswe byera nk’uko byahumetswe n’Imana muri Bibiliya, no mu byo duhura na byo mu buzima bwacu bwa buri munsi. twebwe usanga (...) -
Rusizi : Abanyamadini mu biyaga bigari barasabwa kutavanga Politiki n’iyobokamana
17 October 2012, by UbwanditsiIbi babisabwe n’umumisiyoneri Emmanuel Rapold wo mu gihugu cy’u Bufaransa. Abapasitori 100 baturutse mu madini atandukanye yo mu bihugu bigize Akarere k’ibiyaga bigari, ni ukuvuga u Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.
Mu biganiro byabahuje ahanini byabakanguriraga kutivanga muri Politiki y’ibi bihugu no kudashyigikira ibikorwa bibi bibangamira Politiki, ahubwo bakubahiriza inshingano zabo zo gusakaza inkuru nziza mu bantu.
Bimwe mu byo Rapold yagarutseho ni ukubuza (...) -
Wari uzi agaciro k’ ijambo rivuga ngo:Mana mbabarira kuko ndi umunyabyaha!?
9 February 2016, by Alice RugerindindaReka mbibire ibanga. Iri jambo “ Mana mbabarira kuko ndi umunyabyaha “ nubwo rigaragara nk’iryoroshye mu kanwa ariko ngo umukoresha w’ikoro yararikoresheje arivanye ku mutima maze ngo ataha atsindishirijwe cyangwa se mu yandi magambo ngo yemewe n’Imana. Luka 18: 13 B
Abagabo babiri barimo umwe w’umufarisayo n’undi w’umukoresha w’ikoro ngo bagiye mu rusengero gusenga, ngo bahageze, umufarisayo atangira gusobanurira Imana uburyo akiranuka, yiyiriza kabiri mu cyumweru, atanga kimwe mu icumi cy’ibyo (...) -
Nategereje Isezerano imyaka 13 yose ribona gusohora (Ubuhamya bwa Christine NYIRAHABIMANA)
27 July 2012, by UbwanditsiNitwa NYIRAHABIMANA Christine nkaba nsengera mu Itorero rya ADEPR ya VUMBI. Nashakanye na HABIMANA Ignace, tukaba dutuye mu Kagari ka RYAKIBOGO, Umurenge wa GISHAMVU, Akarere ka HUYE. Tukaba dufitanye abana batatu.
Ubu buhamya ngiye kubagezaho cyera ntibyari gushoboka iyo Yesu aba ataraje ngo ambohore. Ubundi mbere nari umuntu utavuga, kubera imitwaro yari yarampetamishije.
Nari naritunatunnye imbere muri njye, ubundi ngahorana umushiha n’ishyari ryinshi iyo numvaga abandi bantu bimereye (...) -
GAHANGA: Abajura bateye urusengero bica umuzamu umwe
27 April 2013, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu mu masaha ya saa saba z’ijoro (1:00am) nibwo abajura bateye urusengero rwa ADEPR GAHANGA ruyobowe na Pastor Desiré Habyarimana, ruherereye mu murenge wa Gahanga, akagari ka Gahanga. Bahagera basanze abazamu bari mu rusengero, babumvise umwe yiruka akurikiye umujura undi asigara ku izamu.
Ikigaragara ni uko aba bajura baje banogeje umugambi wo kwiba ibikoresho by’urwo rusengero, kuko umuzamu umwe amaze kwirukankana bamwe abandi basigaye inyuma bagafata mugenzi we, (...) -
Wa nyanja we utewe niki guhunga, nawe Yorodani ushubijwe inyuma niki!
30 October 2012, by UbwanditsiWa Nyanja we utewe niki guhunga, nawe Yorodani ushubijwe inyuma niki! Zaburi 114: 5
Ubwo abisirayeli bavaga muri egiputa, ubwo inzu y’abayakobo yavaga mu bantu b’urundi rurimi ngo inyanja yarabibonye irahunga, Yorodani isubizwa inyuma, ari naho umwanditsi w’iyi zaburi ngo yibajije impamvu inyanja ihunze na Yorodani ikaba ishubijwe inyuma! Nta yindi mpamvu nuko iyo Imana itegetse byose birayumvira! Amen Amen. Inyanja nayo yasobanukiwe ko haje abantu batandukanye n’abari barambutse iyo Nyanja (...)
0 | ... | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | ... | 1230