Nitwa Nduwimana Bernardine ndi Umurundikazi navukiye muntara ya Bujumbura; ndubatse mfise umugabo n’abana 5. Twagize ubugeni tutarakira agakiza; italiki O4/12/1999 muntara ya Mwaro n’umugabo Nijembazi Bernard avuka muri iyo ntara nyene; ubu tukaba tuba mugisagara ca BUJUMBURA.
Tumaze kugira ubugeni na Bernard twabaye munzu dukodesha tubaho mubuzima busanzwe kuko ntitwari abatunzi kandi ntitwari abakene. Mumwaka w ’2001 niho twigira inama yo kwiyungunganya ngo twubake inzu tuve mubupangiro (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ubuhamya: Kubabarira abaduhemukiye bakadutwara inzu vyatumye tugira imigisha myinshi
10 July 2015, by Ubwanditsi -
Guhoma imbere n’inyuma Ev. Kiyange Adda Darlene
5 January 2016, by Kiyange Adda-DarleneItangiriro 6: 14,"Nuko rero wibarize inkuge mu giti cyitwa goferu, ugabanyemo ibyumba, uyihome ubushishi imbere n’inyuma."
Imana imaze kurema umuntu, yicujije icyo yamuremeye kuko yari amaze gukabya gukora ibyaha. Igihe cyarageze ibona mu bantu bose, umusaza Nowa ni umukiranutsi, maze imutuma kubaza inkunge izamuhungishirizamo we n’umuryango we, kuko yari igambiriye kurimbuza abanyabyaha amazi.
Aho dusomye, ni aho Imana yasuye Nowa ikamubwira umugambi wayo n’icyo agomba gukora.Maze iti (...) -
Dushake Imana Nk’uko abatubanjirije bayishakaga Edith Umugiraneza
26 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMaze iminsi nibaza igituma tutagishaka Imana ngo tuyibone nko mu bihe bya kera bikanyobera. Ariko zimwe mu mpamvu nabashije gutekerezaho nizi:
1. Nti tuzi cyangwa ntidusobanukiwe Imana dusenga iyo ariyo.
Iyo tuba tuyizi hari byinshi tutakongeye gukora, guhangayikira,cyangwa gutamo umwanya. Kuva 3:14 Imana isubiza Mose iti" NDI UWO NDI WE, NDIHO, UWITEKA". Yitwa Ishobora byose, Alpha na Omega, Jehova Shalom, Rubasha.,,, Yesu yigeze abaza abigishwa ngo abantu bamwita nde? Ese kuri njye (...) -
Impamvu 4 zituma tutabona Yesu – Paul De Vries
7 May 2014, by Simeon NgezahayoUbona uburyo byoroshye kwibeshya? Ibyanditswe byera byahumetswe n’mana bidufasha kubona ibintu bimurikiwe n’umucyo w’ukuri. Zaburi 119:105 hatubwira umumaro nyamukuru w’ibyanditswe byera, ko ijambo ry’Imana ari “itabaza ry’ibirenge n’umucyo umurikira zacu.” Dufate urugero ku gikorwa cy’ingirakamaro cyane mu buzima bwacu nk’AbakristoKuzuka kwa Yesu. Kuki Mariya Magadalena yananiwe kumenya Yesu wazutse? Kuki yamumenye ari uko amutumye kujya kwamamaza ko yanesheje urupfu?
Kuba Magadalena yarananiwe (...) -
Kiza ubwato bwanjye butarohama ntaragera hakurya!
2 January 2014, by Alice Rugerindinda“Nagushakishije umutima wose, ntukunde ko nyoba ngo ndeke ibyo wategetse”. Zaburi 119:10
I have tried hard to find you; don’t let me wander from your commands. Uyu murongo uragaragaza isengesho ry’umuntu urimo gutakambira Imana ngo imurengere , kuko abona ko Imana itamurengeye isuri yamutembana cyangwa se mu yandi magambo, Imana itamurengeye yatembanywa akava mu byizerwa. Afite impungenge zuko ashobora kuyoba akava mu byizerwa, afite impungenge z’uko bitewe n’impamvu runaka, ashobora kugwa (...) -
“Icyo abashakanye bapfana kiruta icyo bapfa” Bishop Nzeyimana
13 June 2013, by UbwanditsiBishop Nzeyimana Innocent umushumba w’itorero Nayoti akaba n’umuvugizi waryo mu Rwanda, nyuma yo kubona ibibazo bitandukanye biri mu ngo z’abanyarwanda, yateguye inyigisho anyuza ku maradiyo atandukanye, zigamije kwigisha no guhugura abashakanye, abibutsa ko icyo bapfana kiruta icyo bapfa.
Akaba ari yo mpamvu atanga inyigisho zikurikira.
“Umugabo akwiye kumenya ko yitwa umugabo kubera ko afite umugore, umugore nawe akamenya ko yitwa umugore kubera ko afite umugabo, mbere yo kugira icyo bapfa (...) -
Umwambaro w’intambara.
4 January 2016, by Ernest RutagungiraAya ni amagambo Ahabu umwami w’abisirayeli yasubije Benihadadi umwami w’i Siriya ubwo yamwenderezaga akamutumagaho ubugira gatatu ashaka kumunyaga abagore n’abana be, ifeza ndetse n’izahabu, maze amaze gukomezwa umutima n’abatware n’abantu bose yatwaraga bakamubwira ngo amuhakanire niko kumusubiza ariya magambo agira ati “ucyambara imyambaro y’intambara ngo atabare ye kwirata nk’uwukuramo atabarutse” 1abami 20:11
Mu by’ukuri aya magambo Ahabu yabwiye Benihadati ni nko kuvuga ngo Uguhiga ubutwari (...) -
Imbaraga z’amasengesho nizo zonyine zifite ububasha bwo kwirukana ikigeragezo cy’ubugumba
5 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUBURYO BUTANDUKANYE BW’UBUGUMBA
Kugirango dusohoze neza inshingano zo kubaka itorero rya KRISTO ,Twahawe umwuka wera w’Imana ihoraho ,kugirango atuyobore ndetse ninawe ushoboza buri wese muri mwe kwakirana ijambo ry’ IMANA umutima unyuzwe (umutimanama)
Nimurwo rwego mur’iyi myaka tugezemo cyane cyane mu mwaka w’ikinyagihumbi cya 3, ijambo ry’Imana ryagaragaje imbaraga n’ubutware cyane cyane mu gutegura (abari n’abategarugori)
Dufate urugero muri Bibiliya rw’umugore warwanye urugamba kandi (...) -
Imana yankijije ibyaha, inkiza n’agakoko gatera SIDA (HIV) - Joseph Wilson
8 August 2013, by Simeon Ngezahayo"Ndasenga ngo ubu buhamya bugusubizemo imbaraga wowe wanduye agakoko gatera SIDA cyangwa ufite ubundi burwayi. Imana ibahe umugisha!"
Ndumva natangira mvuga nti “Buri wese agira ibimugerageza mu buzima bwe bwa buri munsi. Hari abanyura mu bihe bibi, ariko nzi neza ko Imana iba ituri hafi ngo idukize muri byose.”
Mu mikurire yanjye kuva mu bwana kugera mu bugimbi byarangoye, kugeza ubwo numvaga ntazabaho. Ariko nizeye Yesu ndamwiyegurira, amfasha kunyura muri icyo gihe cyari kigoye. Maze (...) -
Urubanza. Pasitori Seneza Jean Paul
29 July 2015, by UbwanditsiMuri iki gihe, ijambo urubanza ni ubutumwa bwibagiranye mu matwi y’abanyetorero, kubera ko n’abigisha ubwabo, iri jambo ribatera ubwoba kuko ribatsinda nabo. Ikindi kandi, tugeze mu bihe by’imperuka, aho abantu badakunda kumva ukuri kandi abigisha bagashaka kudahutaza abantu ngo bigwizeho abayoboke, bagahitamo kubabwira ibihuye n’irari ryabo.
Umwigisha ati mu minsi yashize nabonye inkuru kuri whatsapp ivuga ku mu Pasitori wari ufite itorero rinini, akagira umuyoboke w’umugore w’umucuruzi kandi (...)
0 | ... | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | ... | 1230