“None ni iki gituma mutera imigeri ibitambo n’amaturo nategetse kuntambirira mu nzu yanjye, ukubaha abahungu bawe kubandutisha, mukitungisha ibyiza byo mu bitambo byose by’ubwoko bwanjye bwa Isirayeli ngo muhonjoke. Nicyo gitumye Uwiteka Imana ya Isiraheli ivuga iti “ Ni ukuri nari naravuze yuko ab’inzu yawe n’abinzu ya so bazajya bagendera imbere yanjye iteka ryose, ariko none Uwiteka aravuze ngo : Ntibikabeho kuko abanyubaha aribo nzubaha, ariko abansuzugura bazasuzugurwa” 1 Samuel 2:29 -30 (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Iyo wubashye Imana , nayo ngo irakubaha!
20 October 2012, by Ubwanditsi -
Naho twebweho iwacu ni mu ijuru
4 July 2013, by Ubwanditsi“Naho twebweho iwacu ni mu ijuru, niho dutegereje Umukiza ko azava, ariwe Mwami Yesu Kristo.” Abafiripi 3: 20
Buriya iwabo w’umuntu n’ahantu hakomeye.
Abantu bagiye mu gihugu cya kure gushakayo akazi. Bagezeyo bagira amahirwe menshi yo kukabona ndetse banahembwa amafaranga menshi. Umwe muri bo ngo agira ubwenge bwinshi , yajya agira icyo abona, akohereza mu gihugu cy’iwabo, sinzi niba yari afiteyo umugore, ariko icyo bambwiye, nuko yoherezaga amafaranga menshi yo kubaka amazu ndetse no gukora (...) -
Impamvu tudakwiriye gukora ibyaha - Theophile Dusabeyezu
21 June 2016, by UbwanditsiIyo umuntu akijijwe aba atangiye urugendo rwo kurwanya ibyaha. Umuririmbyi w’108 mu ndirimbo zo gushimisha Imana igitero cya 2 yaragize ati: njye ndi umukristo umva ubwo buntu narakijije nkurwa mu byaha naho naterwa n’ibyago nkaba no ku rugamba, mu ntambara ndasana n’ibyaha mfite umugaba ni umwami Yesu nituba hamwe nzahora nesha.
Itang4:7 “Nukora ibyiza ntuzemerwa? Ariko nudakora ibyiza, ibyaha byitugatugira ku rugi, kandi ni wowe byifuza ariko ukwiriye kubitegeka."
Hari impamvu nyinshi (...) -
Humura dufite umucunguzi wa bugufi/Ev.Donath
27 November 2015, by Innocent KubwimanaRusi 2:20b: “Uwo mugabo nimwene wacu wa bugufi, umwe mu bacunguzi bacu” 3:12: “ni ukuri koko ndi umucunguzi wanyu, ariko hariho undi undusha kuba umucunguzi wa bugufi”.
Imana ishimwe, nejejwe no gusangira namwe ijambo ry’Imana rigira riti” Humura dufite umucunguzi wa bugufi”. Mu buzima duhura na byinshi bitubabaza bikatwereka ko mu isi nta muntu numwe witaye ku bibazo byawe, ku ngorane zawe ariko ndagira ngo ngutangarize ko dufite umucunguzi wa bugufi ariwe Yesu Kristo, wabambwe tukabamburwa. (...) -
Gukena kwacu si ubushake bw’Imana. (Igice cya 2)
5 March 2014, by Chantal MuhimpunduGukena kwacu si ubushake bw’Imana Muri iyi nkuru turarebera hamwe uburyo umukirisitu yabaho mu gihe cy’ubukungu burimo ibibazo ariko ntacumure ku Mana. Bimwe mu byahanuwe ko bizabaho muri iyi minsi ya nyuma ni imidugararo mu bihugu, hamwe n’ibihe bigoye by’ubukungu. Isomere mu gitabo cy’ibyahishuwe 6:5-6.
Ikindi ni uko dusoma muri Bibiliya ko ubucuruzi n’uburyo bwo guhaha no kugurisha bizakurikiza gahunda runaka yuzuye ubwambuzi, ubwo buryo bukazategekwa n’agatsiko runaka mu isi yose. Nta muntu (...) -
Ese nyuma yo gukizwa hakurikiraho iki? Alice
28 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNi byiza ko nakijijwe, nibyiza ko wakijijwe/ wakiriye Yesu nk’Umwami n’Umukiza w’ubugingo bwawe. Hanyuma se ? Iki ni ikibazo nakwibaza nawe ukakibaza. Mbese iyo umuntu abonye akazi ahantu, baba bakamuhereye iki?
“Ibisarurwa ni byinshi , ariko abasaruzi ni bake. Nuko rero mwinginge nyiribisarurwa yohereze abasaruzi mu bisarurwa bye” Matayo 9:37-38
Uko dukizwa, uko tubatiza abantu benshi baza biyongera kuri twebwe, ni ukugirango twinjire mu murima tujye gusarura kandi umurimo ni mugari. Ba (...) -
Ubushake bw’Imana bwuzuye - Dag Heward-Mills
30 April 2013, by Isabelle GahongayireKuba mu bushake bwuzuye bw’Imana ni ingenzi cyane. Ikintu gitandukanya abakozi b’Imana ni uburyo bumva ijwi ry’Imana. Ni ngombwa kumvira Umwuka Wera kugira ngo tubashe gushyikira ubushake bwuzuye bw’Imana! Nituba mu bushake bwuzuye bw’Imana, tuzaguka hanyuma dusobanukirwe Imana.
Ubushake bw’Imana bwuzuye n’ubutuzuye ubwo ari bwo
“Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye (...) -
Uhamagarirwa gufasha mugenzi wawe
13 March 2016, by Emmanuel KANAMUGIREAhari waba wibaza uti « Mbese Mugenzi wanjye ni nde ? » nk’uko Yesu na we mu gihe yari akiri ku isi hari abajyaga bamubaza iki kibazo.
Ushobora kubona igisubizo mu ijambo dusanga mu buhanuzi bwa Yesaya (Ibice 58) :
« Shyira ejuru uvuge cyane we kugerura, rangurura ijwi ryawe nk’ikondera, ubwire ubwoko bwanjye ibicumuro byabwo, ubwire inzu ya Yakobo ibyaha byabo.
Icyakora banshaka uko bukeye bishimira kumenya inzira zanjye, nk’ishyanga ryakoraga ibyo gukiranuka ntirireke amategeko y’Imana (...) -
Kurambagizanya kw’abakijijwe. Pasteur Rukundo
17 November 2013, by Ubwanditsi1. Kumara igihe abitegura kurushinga bakundana cyangwa se ‘’fiançailles’’, n’iki ?
Urebye mu nkoranyamagambo, fiancaille ni igihe kiba hagati yo kwemeranwa kuzashakana no gushakana nyirizina. Fiancé : Bivugwa kumuntu wemeye kuzubakana urugo n’undi, bombi bakabyemeranwaho.
Ubwo busobanuro bubiri burumvikana neza, ni nabwo bwemewe muri Bibiriya(Mariya Yosefu bari abafiance mbere yuko Mariya atwita Yesu kubwo imbaraga z’umwuka Wera. Luka 2:5)
2. Ni kuki hagomba kubaho igihe hagati yo guhana (...) -
IBINTU 4 UMUKRISTO AKWIYE KUBAKA MU MIBEREHO YE. (Igice cya 4) Rev Mugiraneza
23 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari imbaraga zituruka mu kwibuka urupfu rwa Yesu
Ubushize twabonye inkingi ya kabiri ivuga ko umuntu atihagije agomba gusabana n’abandi (fellowship) nayo ya kurikiraga inkingi yo gukunda ijambo ry’Imana. Ubu tugiye kurebera hamwe inkingi ya gatatu ivuga ku kwibuka urupfu rw’Umwami Yesu binyuze mukumanyagura imitsima (Ibyakozwe n’ntumwa 2:42).
Mbere yuko Yesu asubira mu ijuru yasize ashyizeho imihango ibiri igomba kubahirizwa ni uwari we wese umwizera. Ikaba ari iyi ikurikira : Umubatizo (...)
0 | ... | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | ... | 1230