“Muri umunyu w’isi. Mbese umunyu nukayuka uzaryoshywa n’iki? Nta cyo uba ukimaze keretse kujugunywa hanze, abantu bakawukandagira.’’ Matayo 5:13
Ubusanzwe hari ibintu ubona bigora abakristo nubwo ari byo Imana idusaba iteka. Nk’abakristo dusabwa kwitandukanye n’isi kuko ari bwo tubasha gukunda Imana urukundo rushyitse n’imbaraga zacu zose, n’ubwenge bwacu, na buri kimwe cyose mu bitugize. Iyo tunaniwe ibi nibwo dutangira kwisanisha n’isi, tukibagirwa ko Bibiliya itubwira ngo twigane Imana nk’abana (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ese mbasha gukunda Imana n’isi bikemera?
20 October 2015, by Innocent Kubwimana -
Imana niyo yo kwiringirwa Rev Muntu Benjamin
15 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAbiringiye Uwiteka Bameze nk’umusozi wa Siyoni, Utabasha kunyeganyezwa, Ahubwo uhora uhamye iteka ryose. Nk’uko imisozi igose i Yerusalemu, Ni ko Uwiteka agota abantu be, Uhereye none ukageza iteka ryose.(Zaburi 125:1-2)
Iyi Zaburi itugaragariza ko abiringiye Uwiteka badashobora guhungabanywa n’ikintu icyo aricyo cyose kandi iteka ryose. Ubusanzwe ibyiringiro bikugeza kucyintu gifatika bikamara ubwoba ndetse no gushidikanya.
Umuhanuzi Yeremiya Yavuze ko uwiringiye Uwiteka ameze nk’igiti (...) -
Aho ntukiba mu mwijima kandi umucyo waraje?
22 July 2015, by Innocent KubwimanaUbusanzwe tumenyereye ko isi imurikirwa n’ibintu bibiri aribyo izuba ndetse n’ukwezi, ibi iyo bidahari haba hari icyo twita umwijima, kuko bisimburana buri munsi.
Gusa nubwo ibi ari ibinyarumuri tubona bitugirira akamaro ka buri munsi, dukenera mu mibereho yacu kandi koko bikaba bigafite bigera aho bikazima. Hari igihe utaba ubona na kimwe bigasaba gushaka ikindi wifashisha, nibwo usanga abantu bari kugenda bamurika imuri abandi bakagenda bitonze ngo badasitara kuko aho baba bagenda haba (...) -
INTAMBARA Y’UMWUKA WERA N’IMYUKA IYOBYA
14 May 2016, by Ernest Rutagungira…Nuko mbona mu kanwa ka cya kiyoka no mu kanwa ka ya nyamaswa, no mu kanwa ka wa muhanuzi w’ibinyoma, havamwo imyuka itatu mibi isa n’ibikeri, kuko ari yo myuka y’abadayimoni, ikora ibitangaza igasanga Abami bo mu isi yose, ngo ibahururize kujya mu ntambara yo ku munsi ukomeye w’Imana Ishoborabyose ( Ibyahishuwe 16:13-14)
….Ubwo azaza azatsinda ab’isi, abemeze iby’icyaha n’ibyo gukiranuka n’iby’amateka, iby’icyaha, kuko batanyizeye, n’ibyo gukiranuka kuko njya kwa Data, kandi namwe muzaba mutakimbona, (...) -
Dukwiye kugira ihishurirwa mu nzira ijya mu ijuru. Pasteur Desire Habyarimana
9 June 2013, by UbwanditsiAbantu bakeneye ihishurirwa mu nzira ijya mw’ ijuru kuko ibi Paulo yigisha yahamije ko atabyigishijwe n’ umuntu ahubwo yabihishuriwe biva mw’ ijuru.
Iyo urebye , ubona ko yatangiye bimukomereye avuga ati nshaka gukora icyiza ikibi nanga kikaba aricyo nkora kugeza ubwo avuga ngo mbonye ishyano umubiri untera gukora ibyaha nzawukizwa n’iki? Aza guhishurirwa ko Imana izamukiza muri Kristo Yesu (Abaroma 7); ageze mubice 8:1 ahishurirwa ko abari mu Kristo Yesu nta teka bazacirwaho.
Abantu (...) -
Zimwe mu mpamvu zagombaga gutuma Yesu aza!
31 August 2015, by Innocent KubwimanaIyo tugaruka ku cyatumye Yesu aza, kenshi duhurira ku gucungura umwana w’umuntu ari nayo ntego nyamukuru. Muri iyi nyigisho reka tugaruke ku mpamvu zatumye aza nubwo zose zikubiye muri iriya nkuru.
Kugira ngo yemere gusiga icyubahiro, ubwiza bwe, ave mu ijuru aze mu isi , hari icyabiteye ari byo tugiye kugarukaho muri make.
Yesu yagombaga ku isi mu isi agahinduka umuntu kugira ngo isezerano Se (Imana) yatanze risohore. Yesu yaje gusohoza ibyasezeranijwe kera. Byari byarahanuwe n’abahanuzi (...) -
Hari igihugu kitazamo umuborogo cyangwa gutaka cyangwa kuribwa!
17 May 2016, by Alice Rugerindinda“ Izahanagura amarira yose ku maso yabo, kandi urupfu ntiruzabaho ukundi, kandi umuborogo cyangwa gutaka cyangwa kuribwa ntibizabaho ukundi kuko ibya mbere bishize. Iyicara kuri ya ntebe iravuga iti “ Dore byose ndabihindura bishya.” Kandi iti “ Andika kuko ayo magambo ari ayo kwizerwa n’ay’ukuri” Ibyahishuwe 20:4-5
Kera abantu bajyaga batekereza ko mu isi hari ahantu abantu baba nta kibazo bahura nacyo, ariko uko iminsi igenda ishira, abantu bakurikiranira amakuru y’isi ku mbuga zitandukanye, (...) -
Turwanye Satani nawe azaduhunga
27 January 2014, by Ernest Rutagungira, UbwanditsiMu madini cyangwa amatorero atandukanye, dusangamo imibare minini y’abantu bemera ko habaho Imana, hakanabaho Shitani/Satani n’abadayimoni. Mu myigishirize yabo rero, aba banyamadini bigisha Satani nka kimwe mubiremwa abayoboke babo bakwiye kurwanya bivuye inyuma, mugusobanukirwa neza iby’uru rugamba, turarebera hamwe icyo bibiriya ibivugaho.
Ese mbere ya byose Satani ni iki?
Ijambo ry’Imana ritubwira ko mu ijuru habaye intambara, maze Mikayeli n’abamarayika be batabarira kurwanya cya kiyoka, (...) -
Gushaka gusambanya abo bagabo byatumye hahinduka umuyonga.
1 March 2012, by UbwanditsiBahamagara Loti baramubaza bati “Abagabo binjiye iwawe muri iri joro bari he? Basohore turyamane nabo”……..Maze uwiteka agusha kuri Sodomu n’I Gomora amazuku n’umuriro bivuye ku Uwiteka mu ijuru, atsemba iyo midugudu yose na cya kibaya cyose n’abayituyemo bose n’ibyameze ku butaka (Itangiriro19; 24).
Izi ni inkuru z’amateka yabereye ahitwa Sodomu n’I Gomora mugihe cya Aburahamu ubwo Gutaka kw’abahatuye kwageraga k’Uwiteka Imana yo mu ijuru batakishwa n’ibyaha by’urukozasoni byahakorerwaga, muri byo (...) -
Mu giterane cyaberaga I Gahanga Korare IMIHIGOYABERA yanejeje abatuye uyu Murenge.
29 July 2012, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 29/07/2012 mu Murenge wa Gahanga aho itorero rya ADEPR rikorera habereye igiterane cyitabiriwe n’abantu benshi. Saa mbiri n’ igice nibwo iyi Korare yari ihageze iherekejwe n’abaterankunga batari bake.
Hari kandi n’abashyitsi batandukanye barimo Christine wakomotse muri Danemark hakaba kandi hari na Ferdinand umuhanzi ukomoka mu gihugu cy’ Uburundi hari kandi n’umushumba w’ Itorero rya Karama Kayonga Canezius waturutse mu rurembo rwa Kabuga akaba ari nawe mushyitsi (...)
0 | ... | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | ... | 1230