“Ariko kugira ngo tutababera igisitaza, jya ku nyanja ujugunyemo ururobo, ifi uri bubaze gufata uyende, uyasamure urasangamo sitateri uyijyane uyibahe ku bwanjye no ku bwawe” (Matayo 17:27).
Biragaragara ko Petero yari mu kibazo cyo kubura umusoro ariko kuko Yesu atabura uko abigenza amwereka uko akivamo umusoro ukaboneka.
Birashoboka ko nawe Yesu hari ibibazo yagukuyemo bikomeye ntiwari kuhikura iyo atagutabara. Yesu sinzi imigisha yaguhaye uko ingana ariko nagirango nkwibutse ko ibyo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Wari uzi aho imigisha yawe ihishe? Pasteur Desire Habyarimana
24 November 2013, by Pastor Desire Habyarimana -
Erega ntibikwiriye ko umugaragu w’Umwami wacu aba umunyamahane!
15 February 2016, by Alice Rugerindinda“ Ariko umugaragu w’Umwami wacu ntakwiriye kuba umunyamahane, ahubwo akwiriye kugira neza kuri bose agakunda kwigisha akihangana, agahanisha ubugwaneza abamugisha impaka ngo ahari nibishoboka, Imana ibahe kwihana ngo bamenye ukuri, basinduke bave mu mutego wa satani wabafashe mpiri, babone gukora ibyo Imana ishaka” 2 tim 2:24-26
Buriya naratangaye aya magambo nyasanze muri bibiliya “ umunyamahane”!!! Hari abantu bitwa abanyamahane cyagwa se baba abanyamahane abantu bakaba babibaziho ndetse nabo (...) -
Bamubajije icyatuma acogora akamera nk’abandi!
9 May 2016, by Alice RugerindindaSamusoni aramusubiza ati : “ Bambohesha isuri mbisi ndwi zitaruma, nacogora nkamera nk’abandi” Abacamanza 16:7
Mu bisanzwe, nta muntu numwe wifuza gucogora, gucika intege, gusubira inyuma, ahubwo iteka umuntu ahora yifuza kujya imbere haba mu by’Imana ndetse no mu buzima busanzwe.
Samusoni we yabajijwe ikibazo kidasanzwe : ngo ni iki bamukorera ngo acogore amere nk’abandi, kandi yaragishubije!!!! “Ariko kuko yamushimikiriye iyo minsi yose akamubaza amuhata, amurembeje nkuwenda gupfa, nuko (...) -
Ese hari agaciro Bibiliya iha abakuze ?
25 February 2014, by Pastor Desire HabyarimanaUmusaza ni umuntu wese ufite imyaka myinshi, ariko cyane cyane iyo havuzwe umusaza abantu bumva umuntu ufite imyaka iri hejuru ya 50 y’amavuko kuzamura.
Abantu bafite iyi myaka, bitewe n’uburyo baba barabayeho, bahabwa agaciro karuta ak’abandi ariko cyane cyane gatewe n’ibitekerezo bibaranga ndetse n’uburyo babona ibintu mu buryo bwisumbuye kuruta abantu bakiri bato.
Ese Bibiliya ibafata gute ?
Imana iha agaciro gakomeye abasaza aho Bibiliya igira iti : “Ujye uhagurukira umeze imvi, (...) -
Nesha imbaraga z’amarangamutima, ubone gufata imyanzuro.
9 January 2014, by Ernest RutagungiraKimwe mu biranga amarangamutima ya muntu, harimo kwishima, kurakara ndetse no kubabara bitewe n’impamvu zitandukanye, gusa mu gihe imbaraga z’amarangamutima zamaze kurenga ubushobozi bwo kuyagenzura, bikunze gukururira nyirabyo akaga cyane cyane mu byemezo n’imyanzuro afata, akaba ariyo mpamvu bibiriya itugira inama zitandukanye kugirango hato tudafata imyanzuro ihubukiwe bikazadutera kwicuza.
Umwami Dawidi dusoma muri Bibiliya, yabaye intwari cyane, by’umwihariko mugihe atari yakabaye umwami (...) -
Unesha niwe uzambikwa imyenda yera!
21 March 2016, by Alice Rugerindinda“ Unesha niwe uzambikwa imyenda yera, kandi sinzahanagura izina rye na hato mu gitabo cy’ubugingo, ahubwo nzaturira izina rye imbere ya Data n’imbere y’abamarayika be” Ibyahishuwe 3: 5
Muri Bibiliya ijambo ry’Imana bakoresha ijambo ngo “ Utsinda wese azambikwa imyambaro yera, kandi sinzigera mpanagura izina rye mu gitabo cy’ubugingo. Nzemera ko ari uwanjye imbere ya Data n’imbere y’abamarayika be” Mu gitabo cy’Ibyahishuriwe Yohana, harimo ijambo ngo « unesha » inshuro nyinshi,
« Unesha, nzamuha kurya (...) -
Imana ni umuterankunga w’ ubuzima bwawe
10 September 2012, by Pastor Desire Habyarimana“Maze Ishobora byose izakubera umutunzi, n’ ifeza y’ igiciro cyinshi” -Yobu 22:25-30
Imana ni byose kuri twe byaba iby’ Umwuka cyangwa ibyo mu buzima busanzwe ariko kenshi tuyizerera ibisanzwe byo mu buzima busanzwe ariko ni Imana irimo byose.
Rimwe Yesu yatanze imigati abantu barahurura ariko uwo munsi ntiyayibaha ababwira ko ariwe mutsima w’ ubugingo birababaza bahera ubwo bamuva inyuma byumvikana ko bari bamuzi uruhande rumwe ariko badashaka kumenya ko ariwe mutsima w’ ubugingo.
Iyo tuvuze (...) -
Ukwiye kubaho ufite icyerekezo
22 September 2015, by Alice RugerindindaHari igitekerezo nasomye mu gitabo cy’Ikinyarwanda tukiga mu mashuri abanza
“ Ngo umugore n’umugabo bari abatindi nyakujya, mbese bakennye pe!, ntibagiraga aho kuba, ntibagiraga icyo kwambara, ntibagiraga icyo kurya. Igihe kimwe rero ngo Imana irabatungura! Ntumbaze niba bari basenze cyangwa niba bari banabizi ntacyo mbiziho, ngo irababwira ngo nibayisabe ibintu bitatu!. Icyitonderwa: ntabwo bari bemerewe kujya inama uwo mwanya, bari bemerewe kuvuga ibyifuzo bitatu gusa, kandi icyo bavugaga (...) -
Dukomeze kurushaho gutera imbere tubaho uko Imana ishaka.
13 August 2013, by UbwanditsiMubuzima bwa buri munsi tubamo, buri wese ahora ashaka kujya mbere, ibi bikaba biba mu bitekerezo bya buri wese, bitavuzeko ari ukutanyurwa kubimutera, ahubwo bigaragara ko ari impano y’Imana yatanze kubantu bose yaremye, akaba arinayo mpamvu n’ijambo ry’Imana ribishimangira ko dukwiye kurushaho gutera imbere ariko tudaciye ukubiri n’ubushake bw’Imana.
Mu rwandiko Pawulo yandikiye Tito 3:14 tuhasanga amagambo agira ati “Abacu nabo bige kumaramaza gukora imirimo myiza, babone uko bakenura (...) -
Tugire umuco wo kubabarira. Pastor Desire Habyarimana
20 May 2013, by Ubwanditsi"Yewe mwana w’umuntu we, yakweretse icyiza icyo ari cyo. Icyo Uwiteka agushakaho ni iki ? Ni ugukora ibyo gukiranuka no gukunda kubabarira, no kugendana n’Imana yawe wicisha bugufi." (Mika 6:8).
Kamere y’Imana ni ukugira neza gusa nibyo tutasabye irabiduha nibyo twe tubona ko ari bibi agenda abihinduramo ibyiza. Ariko rero hamwe niyo neza y’ Imana yose itugirira hari icyo idusaba :
1. Gukora ibyo gukiranuka
Gukiranuka nibyo bikwiye kuranga abana b’Imana kuko n’uwo twiringiye ari umukiranutsi (...)
0 | ... | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | ... | 1230