“Muzi ko n’ubwo abantu benshi bari bazi ko Mesiya azavuka, atari benshi babashije kumenya ko yavutse? Icyakora hari bamwe babimenye” (Luka 2:25-35)
Icyo gihe hari hashize imyaka 400 nta jwi ry’ Imana ryumvikana. Ijambo ry’ Imana ryari ryarabaye ingume, nta n’ubuhanuzi. Abisirayeli bari basinziriye cyane, bari mu byaha bitandukanye, ariko n’ubwo byari bimeze bityo hari hakiri abantu bakiranuka.
N’ubwo abatambyi b’icyo gihe nabo bari barasubiye inyuma Imana ihamiriza Simeyoni ko:
1. Yari (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Iyi Noheli isize ikwigishije iki? Pastor Desire
31 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Ariko jyeweho siko nabigenje kuko nubahaga Imana
8 December 2015, by Alice Rugerindinda“ Ariko ibisonga byambanjirije kera byabereye rubanda ibirushya, bibaka ibyo kurya na vino, udashyizeho shekeli z’ifeza mirongo ine ndetse n’abagaragu babo batwaza rubanda igitugu . ariko jyeweho siko nabigenje kuko nubahaga Imana. Ahubwo nagiraga umwete wo gukora nubaka inkike….” Nehemiya 5: 15
Imana ishimwe cyane. Ubu ni ubuhamya bw’umugabo witwa Nehemiya wubahaga Imana. Muri iki gihe Nehemiya yari yarahawe ubutware ngo abe igisonga cy’umwami mu gihugu cy’U buyuda, ahageze, ngo yasanze ibisonga (...) -
Uganda: Mbarara hasojwe igiterane mpuzamahanga cyari kimaze iminsi 4.
9 July 2012, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 08/07/2012 I Mbarara muri Uganda hasojwe igiterane cyari kimaze iminsi 4 iki giterane kikaba cyari cyateranyije abantu benshi cyane.
Abashyitsi muri iki giterane bakaba bavuye America, Danemark, Burundi, Rwanda, Kenya, Congo RDC. Hakaba kandi hari abantu batandukanye bavuye mu matorero atandukanye akorera muri iyo ntara.
Umushyitsi mukuru akaba yari Peter ukomoka muri America mu ijambo rye akaba yagize ati Imana ihagurukije abantu bafite umutwaro w’ impfubyi (...) -
Uzura Umunezero n’Amashimwe None !
23 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNi byiza gushima Uwiteka, no kuririmbira izina ryawe ishimwe, Usumbabyose (Zaburi 92:1).
Abantu kenshi bakunda kuririmbira Imana no kuyihimbaza igihe banezerewe. Ibihe nk’ibyo, biba byoroshye kwibuka akaririmbo ukakaririmba wizihiwe. Ariko si benshi baramenya guhimbaza no hagati mu ngorane. Imana ishaka ko uhora unezerewe, uko byaba biri kose. Waba uri mu bihe byagombye kuzana umunezero cyangwa utabirimo ntacyo bihinduraho, kuko umunezero nyakuri ari uwo mu mwuka.
Mu Befeso 5:18-20 (...) -
Dukwiriye gusenga dufite amaboko yera Pastor Desire
15 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Nuko ndashaka ko abagabo basenga hose barambuye amaboko yera, badafite umujinya kandi batagira impaka”- (1Timoteyo 2:8)
Ese abagabo bavugwa aha ni bantu ki? Ni abizera bose ko Kristo ari Umukiza baba babaye abagabo bo guhamya ibya Kristo (Ibyakozwe n’ Intumwa 1:8). Muri iyi nyigisho turareba uko abagabo bakwiye gusenga bafite amaboko yera atanduye.
Murabizi ko ibyiza byose abantu bakora cyangwa ibibi bikorwa n’ ibiganza (amaboko) niyo mpamvu ibiganza by’ abantu b’ Imana bikwiye kwera; ibi (...) -
Mugihe haburaga amasaha make ngo yicwe, hategetswe ko azamurwa mu ntera
2 February 2016, by Ernest RutagungiraUyu ni Morodekayi uvugwa muri Bililiya. Nuko umugore we Zereshi n’incuti ze zose bamugira inama bati “ : Nibashinge igiti kirekire cya mikono mirongo itanu maze ejo uzavugane n’umwami umusabe Morodekayi ukimumanikeho, uhereko ubone kujyana n’umwami mu ntera unezerwe. Nuko Hamani ashima iyo nama aherako ashinga igiti. (Esiteri 5:16).
Nyuma yaho gato,uwo munsi Umwami Ahasuwerusi agabira Umwamikazi Esiteri ibya Hamani umwanzi w’Abayuda .Maze Morodekayi aza imbere y’umwami kuko Esiteri yari yavuze (...) -
Umunsi warenze ingabano z’agakiza, no gupfa ntuzabura gupfa !
14 October 2012, by Alice RugerindindaBukeye umwami atumira Shimeyi aramubwira ati “ Wiyubakire inzu i Yerusalemu, uyigumemo, ntuzayivemo ngo ugire ugire ahandi ujya. Umunsi wavuyeyo ukambuka akagezi Kidironi, uzamenye neza ko utazabura gupfa. Amaraso yawe azabe ari wowe abaho.” Shimeyi asubiza Umwami ati “ Ibyo umbwiye ni byiza. Uko uvuze mwami Nyagasani, niko umugaragu wawe nzabigenza”. 1 Abami 2 : 36 -38
Imana itugirire neza cyane. Uyu Shimeyi ngo yari mwene Gera w’Umubenyamini w’I Bahurimu. Igihe kimwe yavumye umwami Dawidi (...) -
Humura nawe wakira kuko Yesu arabishaka!
1 September 2015, by Ubwanditsi‘’Amanutse kuri uwo musozi, abantu benshi baramukurikira. Maze haza umubembe aramwegera, aramupfukamira aramubwira ati “Mwami, washaka wabasha kunkiza.” Arambura ukuboko amukoraho ati “Ndabishaka kira.” Uwo mwanya ibibembe bye birakira. Yesu aramubwira ati “Wirinde ntugire uwo ubwira, ahubwo genda wiyereke umutambyi, uture n’ituro Mose yategetse ribabere ikimenyetso cyo kubahamiriza.” Matayo 8:1-4
Ubundi iyo umuntu yabaga afite iyi ndwara y’ibibembe yahitaga ashyirwa mu kato, ntabwo yabaga (...) -
“GUKIZWA”: ijambo rikunze gutera urujijo mu bantu
1 August 2012, by BYABEZA Levis PasteurGukizwa ni ijambo benshi basobanura mu buryo budatomoye bigatuma benshi badasobanukirwa n’uburyo bakizwamo. Benshi iyo unababajije niba bakijijjwe bashidikanya ku gisubizo baguha. Aha twakibaza niba waba ukijijwe ariko utabizi? Ese wakakira Yesu mu mutima wawe ukabishidikanyaho cyangwa ukabiyoberwa?
Mwene Data mbere y’uko ukomeza gusoma iyi nkuru wakagombwe kubanza kwibaza niba ukijijwe cyangwa udakijijwe. Ubaye ukijijwe ntibyakubuza gusoma , ubaye udakijijwe cyangwa utazi neza gukizwa icyo (...) -
Imana yankijije SIDA, impa n’ubugingo – Christ
8 July 2013, by Simeon NgezahayoMuraho?
Izina ryanjye risobanura "Gukiranuka kw’Imana". Navukiye mu gisagara cya Tabase, Umujyi wa Mthatha ho mu burasirazuba bwa Cape, Afurika y’Epfo. Nakuriye mu muryango wa Gikristo, ariko sinigeze menya ibyo kuvuka ubwa kabiri cyangwa ibyo gukurikira Yesu n’umutimwa wanjye wose, gutanga kimwe mu icumi n’ibindi. Narakuze rero, icyo nari nzi gusa ni uko ku cyumweru ari ugusenga, naho indi minsi umuntu agakora imirimo isanzwe.
Maze kugira imyaka 14, navutse ubwa kabiri ariko Satani araza (...)
0 | ... | 230 | 240 | 250 | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | ... | 1230