Gusenga kuri benshi ni igikorwa gitagatifu cyangwa cyera gihesha nyir’ukugikora ubusabane n’Imana ye, biturutse ku kwemera kwe, bamwe bakaba basenga basubiramo urutonde amagambo amwe ahoraho, abandi nabo bagakoresha amagambo mashya ndetse ahindagurika, ariko buri wese akaba afite intego imwe yo kuvugana n’Imana, iki gikorwa rero cyo gusenga kikaba kigomba gusobanuka neza kugirango umuntu arusheho kwirinda zimwe mu nzitizi ashobora guhura nazo mu gihe asenga.
Mu byanditswe byera bitandukanye (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Menya inzitizi duhura nazo mu gusenga kwacu kwa buri munsi
18 August 2015, by Ernest Rutagungira -
Gukizwa ni ugutera intambwe! Pastor Desire Habyarimana
16 December 2013, by Pastor Desire Habyarimana« Sigara aha » 2 Abami 2:1-11
Gukizwa ni ugutera intambwe kuko tuva mu bwiza tujya mu bundi. Iyo ukijijwe ntutere intambwe buri gihe ugana imbere, biba ari ikibazo kuko ni nko kubyara umwana ntakure. Uri umubyeyi wababara cyane ari nta cyo utakoze ngo akure, ariko bikanga. Nkeka ko ariko Imana ibireba iyo ibona umwana wayo amara umwaka yumva ijambo ry’Imana ariko ntakure ngo atere intambwe, areke ibyaha byamuneshaga kera atarakizwa.
Mu buzima bwa Gikristo duhura na byinshi bitubwira ngo (...) -
Ibuka ushimwe Dr Masengo
31 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIBUKA USHIME
1 Abatesaloniki 5:18 - mu bibaho byose muhore mushima, kuko ari byo Imana ibashakaho muri Kristo Yesu. Uno ni umunsi udasanzwe. Ni wo munsi wonyine wo muri 2015 utwinjiza muri 2016.
Hari ibintu 6 nibutsa buri wese bijyanye no gushima Imana:
1) Imana yaguhaye impano y’iminsi 365 yo kubaho muri 2015, waba warakoresheje nibura umunsi 1 uyishima? Ibuka ushime!
2) Iyo ushimye Imana uba ukoze umwihariko Imana. Mwibuke inkuru y’ababembe 10 bakize hagashima 1 gusa! Nzi neza ko benshi (...) -
Mu biterane byaberaga muri ADEPR Gatenga abagera kuri 50 bakiriye Yesu nk’ Umukiza.
15 July 2012, by UbwanditsiKuva kuwa 2 taliki ya 10 kugeza ku cyumweru tariki ya15/07/2012 mu itorero ry’ ADEPR Gatenga habayeho inyigisho za Bibiliya zari zirimo gutangwa na Pastor Desire Habyarimana.
Uwo mwigisha yatanze inyigisho ku gitabo cya Rusi uhereye ku gice cya 1 ukageza ku gice cya 4.Insanganyamatsiko yagiraga iti:”dukwiye kumaramaza mu gakiza kacu.”
Aha, Pastor Desire yavuze ko Naomi, umugabo n’abana bagize inzara bagasuhukira i Mowabu ahantu hatagiraga umugisha (Naomi yagezeyo apfusha umugabo n’abana (...) -
Imana yandinze ubwandu bwa SIDA, kandi ari yo yishe umugabo wanjye!
11 November 2013, by Kiyange Adda-DarleneNitwa Uwingabire Helene, mfite imyaka 33. Ntuye mu mudugudu w’Isonga, mu Murenge wa Gatenga. Namenye ubwenge mbona mfite mama gusa, data nta bwo yabanaga na mama. Aho nkuriye, baramunyerekaga bati “Uriya ni we so”. Nta kindi kintu data yigeze amarira. Mama yajyaga kuraguza, ariko yavayo akanyigisha gusenga. Nakuze nkunda Imana kuko mama yari yarabintoje.
Ku myaka 10, mama yarapfuye ntangira ubuzima bubi. Nagiye kuba kwa mama wacu, nkirirwa ubusa, nkajya ku ishuri nta mpamba bampaye… Nakomeje (...) -
Yesu Kristo arabohora - Darien Donelson
23 May 2013, by Simeon NgezahayoNakunze kunywa ikiyobyabwenge cyitwa cannabis, ntekereza ko kiruhura mu mutwe. Ibyo nakoraga byose, sinari kubasha kureka kunywa marijuana (ikiyobyabwenge). Igihe cyarageze nisanga ntakibashije kureka icyo kiyobyabwenge. Ntekereza ko ubusore bwanjye bwose nabupfushije ubusa nkora ibyo bitagira umumaro.
Numvaga nshaka gukora uko nshaka, no kubaho nigenga ngo nikomereze ubuzima nari naramenyereye. Amafaranga yanjye yose nayamariraga muri ibyo biyobyabwenge, kandi nta munsi w’ubusa ntabaga (...) -
Imana yambereye Papa nari narabuze nkiri muto
16 July 2015, by UbwanditsiNitwa Deborah mfite mama na basaza banjye babiri. Papa yapfuye ku munsi navukiyeho, ubwo nari maze kugira imyaka 7 basaza banjye nabo bava murugo barigendera.
Mama wanjye yahoranaga umunaniro, akenshi sinajyaga mubona afata igihe cyo kuruhuka ahubwo yabaga ahirimbana ashakisha ngo abone ibyo kudutunga. Nubwo byari bimeze gutyo ariko mama yari yarakiriye Yesu nk’umwami n’umukiza mbere yuko mvuka birumvikana ko nasanze mama ari umukristo, ubwo byabaye ngombwa ko njya murusengero buri cyumweru (...) -
Twazuranywe na Kristo - Kenneth et Gloria Copeland
13 July 2013, by Isabelle Gahongayire“Ujye wibuka Yesu Kristo wakomotse mu rubyaro rwa Dawidi, akazuka mu bapfuye nkuko ubutumwa nahawe buvuga”(2 Timoteyo 2 : 8).
Urwo ni urufunguzo rwo kugira ngo tugume mu migisha y’Imana. Iyo dutewe n’ibibazo n’ibigeragezo, twibuke Yesu Kristo wazutse mu bapfuye!
Twibuke ko ubwo Yesu yazutse, natwe twazuranywe na we. Ubwo yavaga ikuzimu, akanesha Satani, abari muri Kristo na bo bavuye ikuzimu banesha Satani. Iyo tunyuze mu bihe bikomeye, abana b’Imana dukwiriye guhora twibuka ibyo. Iyo Satani (...) -
Turi kumwe na Yesu, umubisha wacu ni nde?
23 September 2015, by Innocent KubwimanaTuzi ko kubakunda Imana byose bifataniriza hamwe kutuzanira ibyiza, ibi ni intumwa Pawulo wabihamyaga kandi yararimo gutotezwa. Nk’uko byanditswe ngo“Turicwa umunsi ukira bakuduhora, Twahwanijwe n’intama z’imbagwa.”Abaroma 8.36
Nubwo ibinaniza ari byinshi mu nzira, nubwo dutotezwa, bikagaragara ko mu nzira ducamo bisa nkaho ntakiza kiyirimo, ntabswo dukwiye gucogora kuko muri byose turushaho kunesherezwa n’uwadukunze Yesu Kristo.
Bibiliya iravuga ngo ‘’None ubwo bimeze bityo tuvuge iki? Ubwo (...) -
Wari uzi ko ubwenge nibwo bwubaka urugo?
24 August 2015, by Isaro Marie AngeImigani 24: 3-4: “Ubwenge nibwo bwubaka urugo, kandi rukomezwa no kujijuka. Kumenya niko kwuzuza amazu yo muri rwo, mo ibintu byose by’igiciro cyinshi n’iby’igikundiro”
Nkuko ijambo ry’Imana ribivuga, birakwiriye ko turushaho gusobanukirwa, tugahugurana tukwongera ubumenyi, abajijwe bakaboneraho kujijuka, maze ingo zacu zigahembuka, zigakomera. Nta muntu nari numva usenga atizeye guhabwa ibyiza (matayo 7: 7-8); niyo mpamvu umu kristo wese iyo ageze igihe cyo gushaka asaba Imana ngo imutungire (...)
0 | ... | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | ... | 1230