“ Mu murwa w’I Shushani hari Umuyuda witwaga Moridekayi mwene Yayiri mwene Shimeyi mwene Kishi Umubenyamini. Yayiri yajyanywe ari imbohe n’abandi banyaganywe I Yerusalemu na Yekoniya umwami w’Abayuda, ubwo yanyagwaga na Nebukadinezari umwami w’I Babuloni. Moridekayi uwo niwe wareze Hadasa ariwe Esiteri umukobwa wase wabo, kuko yari imfubyi adafite se na nyina, kandi uwo mukobwa yari umunyagikundiro afite uburanga. Se na nyina bamaze gupfa , Moridekayi aramujyana amurera nk’umwana we”. Esiteri (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Imana ntiyabura aho ihera ikugirira neza . Alice Rugerindinda
23 July 2015, by Alice Rugerindinda -
Nari Umunywarumogi, umujura, umusinzi, umusambanyi, ikirara, ariko Kristo arambatura (Ubuhamya bwa Didier Abayisenga)
9 November 2012, by UbwanditsiNdashimira IMANA data watwese ko yangiriye ubuntu ikampa agakiza. Nari umunywarumogi, umujura, umusinzi, umusambanyi, ikirara, ndi mu mwijima, narasayishije cyane, ariko ubu ndashimira IMANA kuko yampinduye bitangaje,ndacyeye,ndanezerewe,ndishimiye ubuzima,mfite amahoro,ngwije ibyiringiro mu mwami wacu.
Navutse tariki 19/12/1987 mvukira I Gikondo mu karere ka Kicukiro Umujyi wa Kigali mu Rwanda.
Mukubaho kwanjye nabyirutse mu gace karimo urubyiruko rwinshi, nigira byinshi kuribo ndetse no (...) -
Pst Billy Graham arasaba abanyamerika kuzatora umu Perezida uzirikana indangagaciro za Bibiliya.
1 November 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comPastor Billy Graham yashyize hanze ubutumwa bugufi ariko bukomeye kuri buri munyamerika ubwo yabasabaga gushishoza mu gihe cy’amatora ya Perezida wa Repubulika, yaba uzatorwa vuba aha cyangwa se mu yindi myaka izaza.Ibi yabivugiye mu rwego rwo gusobanura umuperezida abanyamerika bakwiriye guha agaciro, ko akwiriye kuba ari umuperezida utazagoreka icyo bibiriya isaba abantu b’Imana. Dore amwe mu magambo yanditse asa nk’usiga umurage "Mbere y’uko amatora yo kuwa 6/11/2012 agera, umunsi umwe (...)
-
Ezekiyeli yeretswe abantu b’Imana bashyirwaho ikimenyetso mu ruhanga
15 July 2012, by Alice RugerindindaNuko Uwiteka aramubwira ati “ Genda unyure mu murwa, hagati muri Yerusalemu maze ushyire ikimenyetso mu gahanga k’abantu banihira ibizira bihakorerwa byose bikabatakisha” Ezekiyeli 9:4
Babandi arababwira numva ati “ Nimugende munyure mu murwa, mumukurikiye maze mukubite, amaso yanyu ye kubabarira kandi mwe kugira ibambe, mutsembeho umusaza n’umusore n’inkumi n’abana bato n’abagore, ariko umuntu wese ufite icyo kimenyetso mwe kumwakura, ndetse muhere mu buturo bwanjye bwera” Ezekiyeli 9:5 Imana (...) -
Imbere yawe urareba iki? (Igice cya 2) Pasteur Desire Habyarimana
14 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaTugarutse ku iyerekwa rya Ezekiyeli, amaze kuvuga ngo “Mwami ni wowe ubizi,” Imana yarabikoze, igufwa risanga rigenzi ryaryo, aratangara nk’uko nawe umunsi umwe azagutangaza kuko Yesaya yahanuye Yesu aravuga ngo “Umwana duhawe azitwa Igitangaza” (Yesaya 9:6).
Imana ibwira Ezekiyeli ngo ahanure uko ategetswe: Abwira amagufwa ngo “Mwa magufwa mwe, nimwumve ijambo ry’Uwiteka!” Mwari muzi ko amagufwa (Ibibazo, cyangwa ibigeragezo) yumva? Yesu yaravuze ngo mugize kwizera kungana n’akabuto ka sinapi, (...) -
Iteka ababeshya bazaciriwaho! (Igice cya 1) – Simeon Ngezahayo
18 June 2013, by Simeon Ngezahayo“Hanze hazaba imbwa n’abarozi n’abasambanyi, n’abicanyi n’abasenga ibishushanyo, n’umuntu wese ukunda kubeshya akabikora” Ibyahishuwe 22:25.
Maze iminsi ntekereza ku ijambo ryitwa kubeshya. Kubesh ni icyaha Imana yanga urunuka, ariko ikibabaje ni uko benshi bakigize akamenyero.
Uyu munsi mu modoka najemo njya ku kazi, abantu babiri (2) babeshye kuri telephone bavuga aho bageze, wareba igihe gisigaye ngo bahagere ugasanga ari kinini. Tekereza noneho ababeshye bari mu zindi modoka, cyangwa (...) -
Wirinde umudendezo wahawe utagusha abandi, nawe udasigaye.
19 December 2013, by Ernest RutagungiraAriko mwirinde kugira ngo uwo mudendezo wanyu udahindukira abadakomeye igisitaza na hato, kuko umuntu nakubona wowe ujijutse wicaye urira mu ngoro y’ikigirwamana, mbese ibyo ntibizatera umutima we udakomeye guhangāra kurya ibiterekerejwe ibigirwamana, maze udakomeye akaba arimbuwe no kujijuka kwawe, kandi ari we mwene Data Kristo yapfiriye? Nuko ubwo mucumura kuri bene Data mugakomeretsa imitima yabo idakomeye, muba mucumuye no kuri Kristo (1 Kor 8:9-11).
Kimwe mu bimenyetso biranga umuntu (...) -
Waba ufite ikibazo kikubabaje? Humura Yesu ni igisubizo Pastor Desire Habyarimana
27 April 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Penina yababaza Hana akamutera agahinda kuko atabyara” –(1 Samweli1:1-8)
Iyi nkuru tuyizimo Elukana n’ abagore babiri Penina yari yarabyaye na Hana utarigeze ubyara n’ umutambyi Eli hamwe n’ umwana w’ igitangaza Anna yaje kubyara akamutura Uwiteka.
Elukana yajyaga gusenga akajyana abagore be bose ariko Penina yahoraga atuka Hana kuko atabyara akamutukira no mu rusengero akamubwira ati: “N’uubwo umugabo aguha imigabane ikubye kabiri iyanjye ariko ntiwigeze ubyara, nta gaciro ufite muri uru rugo. (...) -
Tanga bikomeye!
3 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAriko ndavuga ibi ngo “ubiba nke azasarura bike, naho ubiba nyinshi azasarura byinshi” (2 Abakorinto 9:6).
Abantu batanga ni ingenzi cyane ku Mana, kandi bategeka isi. Ntabwo ushobora kujya munsi y’ibyo utanga, kuko uko urushaho gutanga, niko urushaho kwakira. Umwami Yesu yabivuzeho ubwo yavugaga muri Luka 6:38 ati ”Mutange namwe muzahabwa. Urugero rwiza rutsindagiye, rucugushije, rusesekaye nirwo muzagererwa, kuko urugero mugeramo ari rwo muzagererwamo namwe”
Umurongo wacu ufungura uravuga (...) -
Nyuma y’iminsi 4 ndi gutemberezwa mu ijuru nongeye kugarurwa mu mubiri (igice cya 2)
17 December 2012, by UbwanditsiUBUHAMYA BWA MAMA DOMITHILA NABIBONE (IBIKURIKIRA)
NABONYE AHO ABAPFIRA MU BYAHA BATARIZERA BAJYA
Mbona bankuye muri uwo murwa, barambwira ngo wabonye aho abantu b’Imana baba, wabonye n’aho nyuma y’ubu bazaba, reka noneho tujyende tukwereke abapfira mu byaha batarizera Yesu Kristo aho bajya.
Ni agahinda bantu b’Imana. Mbona banjyanye ahantu, aho hantu hari inyanja nini,iyo nyanja yasaga n’amaraso abantu bari bayuzuyemo bari ibihumbi, harimo ibintu bisa n’ibisimba by’ibinyabwoya,kandi (...)
0 | ... | 260 | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | ... | 1230