Bene Data, kugira ngo umwana avuke hari ibigomba kubaho, hari ibise umubyeyi agira kandi bikamubabaza.
“Umugore iyo aramukwa arababara kuko igihe cye gisohoye, ariko iyo umwana amaze kuvuka ntaba acyibuka kuribwa, kuko anejejwe n’uko umuntu avutse mu isi” Yohana 16:21.
Nk’uko twabivuze, umubyeyi mbere yuko umwana avuka hari ibibanza kubaho, abanza gusama inda, hanyuma agatwita, akabona kubyara. Muri ibyo bihe uko ari bitatu, igihe cyo kubyara kiramuvuna, iyo agize ibise. Ni na ko bimeze no ku (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Igitangaza kiri hafi! - Eric-Elisée Kouakou
1 June 2013, by Simeon Ngezahayo -
Guca bugufi urufunguzo rw’umugisha wawe no kugirirwa neza n’Imana
7 March 2016, by Ernest RutagungiraNamwe basore,mugandukire abakuru ,Mukenyere kwicisha bugufi , kugirango mukorerane, kuko Imana irwanya abibone ,naho abicisha bugufi ibahera ubuntu. Nuko twicishe bugufi muri munsi y’ukuboko gukomeye kw’Imana, kugirango ibashyire hejuru mu gihe gikwiriye .Muyikoreze amaganya yanyu kuko yita kuri mwe, ( 1 Petero 5:5-7).
Bene data abaakomeye n’aboroheje ,dufite amahirwe adasanzwe, y’uko Imana yatumye tuyimenya, tukanamenya Yesu Kiristo umwana wayo, ari nawe watumwe nayo, kuko binyuze muri we, (...) -
Ibyo wifuriza abandi bikugirirwe
28 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaBuri wese areke kwizirikana ubwe ahubwo azirikane n’abandi (Abafiripi 2:4)
Amagambo makuru aboneka mu rwandiko rwa kabiri rw’Abafiripi usanga kandi akomeye ni “ABANDI”, umwami Yesu yabayeho akorera abandi,Pawulo yabayeho ashaka ibyiza by’abandi, Timoteyo nawe ni uko, natwe twagombaga gukora gutyo, ibyiza by’abandi bigahabwa umwanya ukomeye mu bitekerezo byacu.
Bibiliya iyo idusaba kwita ku bandi si uko aba ari byiza gusa, ahubwo nuko bihindukira bikatugirira akamaro natwe, nubwo bigora (...) -
Uwiteka ntakimunanira, yankijije igifu cyarabaye ibisebe
26 August 2015, by Ernest RutagungiraNgiye kubaha ubuhamya bw’ukuntu Imana yangiriye neza, bajyaga bavuga ko itabara simbishyikire, ariko ndi umugabo wo guhamya ko Imana ikiza ibyaha ndetse igakiza indwara zananiye abaganga b’abahanga, ndakwinginze ngo ubusome kandi ndakwizeza ko bukubiyemo inkomezi kuri wowe Yesu abahe umugisha.
Nitwa MUTARAMBIRWA Celestin ndi umugabo, nashakanye na Kayitesi Fortune tubyarana abana 3, nsengera mu itorero rya ADEPR mu rurembo rw’uburasirazuba, Paruwasi ya Kabarondo, nkaba ntuye muri uyu murenge (...) -
Inkuru y’ihumure: Ijuru riratabara………..
19 August 2015, by UbwanditsiAbacamanza 5:20
Iyo umuntu agize ikibazo, agerageza gushaka ubutabazi mu buryo butandukanye. Bamwe bajya mu bapfumu, abandi bakitabaza abakomeye ngo babafashe, abandi bakaba bazi ko imiryango yabo yabatabara ariko si byose bagutabaramo, hari ibikorwa n’Imana gusa.
Iyi nyigisho igamije kugukangurira kwiringira ijuru n’imbaraga zaryo kuko Bibiliya itubwiye ko ijuru ritabara. Niba hari ibyo abantu bagutabaramo si byose kuko nta waguha amahoro yo mu mutima, nta waguha agakiza, nta n’uwagukiza (...) -
Imana yankijije ibyaha, inkiza n’agakoko gatera SIDA (HIV) - Joseph Wilson
8 August 2013, by Simeon Ngezahayo"Ndasenga ngo ubu buhamya bugusubizemo imbaraga wowe wanduye agakoko gatera SIDA cyangwa ufite ubundi burwayi. Imana ibahe umugisha!"
Ndumva natangira mvuga nti “Buri wese agira ibimugerageza mu buzima bwe bwa buri munsi. Hari abanyura mu bihe bibi, ariko nzi neza ko Imana iba ituri hafi ngo idukize muri byose.”
Mu mikurire yanjye kuva mu bwana kugera mu bugimbi byarangoye, kugeza ubwo numvaga ntazabaho. Ariko nizeye Yesu ndamwiyegurira, amfasha kunyura muri icyo gihe cyari kigoye. Maze (...) -
Imana igira gahunda itangaje!
29 February 2016, by Alice Rugerindinda“ Aho muzaba mugiye kunyura hose, abahatuye nzabacamo igikuba bakangarane, abanzi banyu bose bazabahunga. Nzohereza amavubi abajye imbere yirukane abahivi n’Abanyakanani n’Abaheti. Icyakora sinzabirukanira icyarimwe kugirango igihugu kidahinduka ishyamba, maze inyamaswa zikaba nyinshi zikababuza amahoro. Nzajya mbirukana buhoro buhoro kugeza igihe muzagwira mukazungura igihugu cyose. KUVA 23: 27-30
Imana igira gahunda itangaje. Hari amagambo yo muri Bibiliya umuntu asoma akumva atangajwe (...) -
Dore umugore mwiza Bibiliya igushimira!
5 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAbantu mu gutoranya abazababera abagore bahera ku bintu bitandukanye.Hari abibanda ku buranga, nyamara Bibiliya ivuga ko umugore mwiza ari ufite umutima. None se umugore ufite umutima wamubwirwa n’iki ?
Mu gitabo cy’Imigani 31 urahasanga ibimuranga :
10: Umugore w’imico myiza ni nde wamubona ? Arusha cyane rwose marijani(perles) igiciro
11: Umutima w’umugabo we uhora umwiringira kandi ntazabura kunguka
12: Ahora amugirira neza ntabwo amugirira nabi, igihe cyose akiriho
13: Ashaka ubwoya (...) -
Gusa na Yesu ni umunsi ku wundi
6 August 2015, by Umumararungu ClaireAriko twebwe twese ubwo tureba ubwiza bw’umwami, tubureba nko mu ndorerwamo mu maso hacu, hadakwiriye, duhindurwa gusa nawe tugahabwa ubwiza buruta ubundi kuba bwiza, nk’ibw’umwami w’umwuka” 2Abakorinto 3.18
Gusa na Yesu ni urugendo, tugenda duhinduka kugeza ubwo tugera ku bwiza buruta ubundi aribwo bwa Kristo. Bibiliya ivuga ko tuzakora urwo rugendo ” Kugeza ubwo twese tuzasohora kugira ubumwe bwo kwizera no kumenya Umwana w’Imana, kandi kugeza ubwo tuzasohora kuba abantu bashyitse bageze ku (...) -
Umuntu utinya Imana ntabwo yatinyuka gusambana no kwicana – Pastor Rutayisire
9 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbyaha by’ubwicanyi n’ubusambanyi ku bantu bigaragara nk’ibyaha biruta ibindi, nyamara Bibiliya yo ivuga ko nta cyaha kiruta ikindi, ibyo byatumye ikinyamakuru Izuba Rirashe kivugana na Rév Pasiteri Kanoni Antoine Rutayisire kugira ngo agaragarize abasomyi icyo abivugaho yifashishije ijambo ry’Imana.
Umukuru w’Itorero Angilikani muri Katedarare ya Remera Kanoni Antoine Rutayisire, yatangarije ikinyamakuru Izuba Rirashe yagize icyo abivugaho, avuga ko ubundi nta cyaha gikomeye kuruta ibindi ku (...)
0 | ... | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | ... | 1230