Uwiteka abwira Mose ati “bwira Aroni n’abana be bitandukanye n’ibyera Abisilayeli banyereza be gusuzugura izina ryanjye ryera. Ndi Uwiteka. Ubabwire uti : Umuntu wese wo mu rubyaro mu bihe byanyu byose, uzegera ibyera Abisilayeli bereza Uwiteka agihumanye, uwo muntu azakurweho ave imbere yanjye .Ndi Uwiteka.,,,,,,,9: Nicyo gituma bakwiriye kwitondera umurimo nabarindishije kugirango utabazanira icyaha, ukabicisha kuko bawononnye. Ndi Uwiteka ubeza. Kuva mu isezerano rya cyera Imana yagiye (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ese umurimo Imana yagushyizemo ikawukurindisha uwuhagazemo ute ?
19 May 2012, by Ernest Rutagungira -
Abasilamu bitwa Bay Fall bo muri Senegal ni bantu ki?
26 February 2013, by Pastor Kazura JulesIyo ugenda mu mijyi minini ya Senegali hari ubwo utekereza ko hari abarasta benshi. Cyane cyane nka Dakar, abakihagera bwa mbere benshi barikanga kuko ubona abantu benshi baboshye umusatsi ukagira ngo niba Rasta kuko bafite byinshi bahuriyeho urebeye inyuma. Abo bagabo ndetse n’abana bitwa ba Bayefali (Baye fall), ni muri bo haboneka abanywa ibiyobyabwenge byinshi kuruta mu bandi bayisilamu. Bayefall barimo gusabiriza
Abo ba Baye Fall babaho ubuzima bwabo bigana umuntu witwaga shehe Ibra (...) -
Imana yankijije ubumuga! - Larina
1 May 2013, by Simeon NgezahayoNtarakizwa nari mfite icyuho mu mutima wanjye, nkumva hari icyo mbura. Numvaga narazimiye, nkumva hari ikitagenda. Nari ndwaye na asima, bikambera umutwaro uremereye.
Umunsi umwe marume w’umupasiteri yampaye unuhamya bwe. Ni we wambwiye inkuru za Yesu maze ntangira gukunda ijambo ry’Imana no kujya gusenga. Uko nagendaga negera Imana nakomeje kuyumva mu buzima bwanjye. Nari maze kuyizera cyane, nkumva mfite amahoro menshi kandi iminsi yose namaze ngendana na Yesu nabonye gukomera kw’Imana. (...) -
Ubuhamya: Imana yankijije Paralyse y’ ukuguru bashatse kuguca inshuro 3 ( Igice cya 1)
28 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNdashimira Imana se wʾumwami wacu Yesu Kristo ko yabonye ndi uwo kwizerwa akangabira
Umurimo we! Tubanze dusome Ijambo ry’Imana riboneka muri (Yohana 3:16) Hagaragaza uburyo urukundo rw’Imana rwazanye Yesu mu isi, akaza aje kuducungura! Icyo umuntu asabwa ni ukwizera Yesu gusa, ubundi akihana! Nta kiguzi byasabaga ngo umwana w’umuntu akurweho urubanza rw’ibyaha Yesu yabirangirije i Golgota. Yesaya nawe yabivuze neza ko igihano kiduhesha amahoro cyari kuri we, kandi ko ibyaha byacu aribyo (...) -
Kuba Yesu yarabambwe ntibyamubujije kuba Umwami
17 April 2014, by Pastor Desire HabyarimanaYohana 19:17-19 Asohoka yiyikorereye umusaraba agera ahantu hitwa i Nyabihanga i Gologota, bamubambanaho n’ abandi babiri hirya no hino, Yesu ari hagati.. Pilato yandika urwandiko arushyira ku musaraba rwanditswe ngo “Yesu w’i Nazareti umwami w’ Abayuda”. Theme: Kuba Yesu yarabambwe ntibyamubujije kuba Umwami.
Yesu yaje ari Umwami ariko ntibamwemera, baramubamba ku musaraba ariko hejuru ye bandikaho ngo “Umwami w’ Abayuda”
Igihe wakizwaga wahindutse umwami n’ umutambyi mu bwami bw’ (...) -
Yesu ni nde ?
30 August 2012, by Emmanuel KANAMUGIRE1.Yesu ni umwana w’Imana n’umwami yatoranije.
Yabanje kubaho kandi ni we Imana yifashishije mu iremwa ry’ibiriho byose. « mbere ne mbere hariho Jambo,Jambo uwo yahoranye n’Imana kandi Jambo yari Imana. Uwo yahoranye n’Imana mbere na mbere .Ibintu byose ni we wabiremye, ndetse mu byaremwe byose nta na kimwe kitaremwe na we. » Yohana 1,1 +3.
« Yari mu isi ndetse ni we wayiremye nyamara ab’isi ntibamumenya.Yaje mu bye, ariko abe ntibamwemera.Icyakora abamwemeye bose bakizera izina rye yabahaye (...) -
Umvira ibibwirwa umurinzi wishakire amahoro.
3 August 2013, by UbwanditsiMaze ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti “Mwana w’umuntu, uvugane n’ab’ubwoko bwawe ubabwire uti : “ ninteza igihugu inkota, abantu bo mu gihugu bakishakamo umuntu ngo bamugire umurinzi, nabona inkota ije iteye igihugu, akavuza impanda ngo aburire abantu, maze uzumva ijwi ry’impanda wese ntiyite ku mbuzi, inkota yaza ikamurimbura, amaraso ye abe ariwe azabazwa. …..Nuko rero mwana w’umuntu nagushyiriyeho kuba umurinzi w’umuryango wa Isirayeli, n’uko wumve ijambo riva mu kanwa kanjye ubanyihanangiriza (...)
-
Kicukiro: Igiterane cyo kuramya cyageraga kuri ADEPR gisize ububyutse butazibagirana
1 December 2013, by UbwanditsiNkuko mwagiye mubibona mu bitangazamakuru bitandukanye kuri iki cyumweru taliki ya 01/12/2013 kuri ADEPR Kicukiro hari hateguwe igiterane cyo kuramya Imana no guhimbaza gifite intego igira iti ibihumeka byose bihimbaze Uwiteka Zaburi 150;1 Ubwo twahageraga twasanze igiterane cyatangiriye igihe nkuko byari biteganyijwe kuko saa munani amatsinda ayobora kuramya no guhimbaza yari yatangiye. Hari kandi n’ itsinda ry’abaramyi ryavuye muri ADEPR Nyarugenge, Theo bakunda kwita bosebabireba hari (...)
-
IBYISHIMO BYANJYE BIRUTA IBINDI "YERUSALEMU YO MU IJURU" Zab.137:5-6
27 September 2013, by UbwanditsiUmudugudu utabamo intambara, imfubyi ntizihakubitirwa, inzugi zaho nta ngufuri zibaho kuko nta bajura , nta bitaro bibayo kuko nta barwayi, nta manywa nta joro, nta rusengero rubayo kuko Imana n’Umwana wayo ari bo rusengero…
Ntitwabisobanuza ubwenge nk’uko Bibiliya yavuze ngo: ”Iby’ijisho ritigeze kureba, n’ibyo ugutwi kutigeze kumva, ibitigeze kwinjira mu mutima w’umuntu…” (1Abak.2:9)
Ni ururembo Aburahamu n’abizera basezeranijwe bakarutegereza, umudugudu Imana yubatse ikawurema.
“Kuko (...) -
Intambwe 10 zagufasha kubana neza na bagenzi bawe Hillary McMullen
13 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu buzima,umuntu agenda ahura n’abantu benshi batandukanye,ababi n’abeza kandi bose ni ngombwa mu buzima. Abo bantu bashobora kuba ari abo mu muryango wawe,mu kazi,mu rusengero na sosiyete,muri abo bose ntushobora kuburamo umuntu ukubera ikigeragezo ariko umwuka w’Imana uturimo ni wo uduha kubana na bo neza.
Nk’Abakristo,ni gute tugomba kwitwara ku bantu batugerageza,Kristo yaduhamagariye gukunda bagenzi bacu nkuko twikunda ndetse tugakunda n’abanzi bacu. Akenshi usanga bigora abantu benshi (...)
0 | ... | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | ... | 1230