Nufata icyemezo cyo kurongora cyangwa kurongorwa, menya ko ubukwe bwawe bukwinjije mu wundi muryango kandi bukakunga nawo.
Nzi abantu benshi cyane barongora cyangwa barongorwa batekereza ko isano izaguma hagati yabo gusa, ariko ibi biba ari akaga gakomeye. Iyo rero urongoye cyangwa urongowe, uba winjiye mu buzima bwa kivandimwe n’umuryango w’uwo mushakanye, ntabwo mukomeza kwibanira muri babiri basa. Muba mubaye ipfundo ryunga iyo miryango ibiri, kuko iyo mumaze gushyingiranwa iyo miryango (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ibikwiye kwitabwaho mbere yo gufata icyemezo cyo kurongora cyangwa kurongorwa
24 March 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Sobanukirwa neza intambara turwana nk’abakristo
27 July 2013, by Ubwanditsi“Kuko tudakirana n’abafite amaraso n’umubiri ahubwo dukirana n’abatware n’abafite ubushobozi n’abategeka iy’isi y’umwijima n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru” Abefeso 6:12
Hari iyindi Bibiliya ibivuga gutya: “Kuko ibyo turwana nabyo atari abantu, ahubwo ni ibinyabutware, ni ibinyabushobozi, ni ibihangange bitegeka iyisi y’umwijima…….” Imana iturwanirire.
Iyo umuntu adasobanukiwe neza ubwoko bw’intambara arimo kurwana cyangwa agiye kurwana, akenshi ntamenya imyiteguro asabwa kuri urwo rugamba, hakaba (...) -
Umushita wo mu butayu (acacia du desert).
16 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu Butayu nzahatera imyerezi n’IMISHITA, n’’imihadasi, n’ibiti by’amavuta ; kandi mu kidaturwa nzahatera ibiti by’imiberoshi n’imitidari n’ imiteyashuri bikurane.( Yesaya 41 : 19)
Turaganira ku giti cyitwa UMUSHITA cyangwa « acacia » mu rurimi rw’urunyamahanga.. Hari ubwoko bwinshi bw’icyo giti, ariko twebwe turareba kuri acacia yo mu butayu. Icyo giti gikurira ahantu humye, hatagira imvura, mu musenyi, hirya no hino nta bindi biti bikiba hafi. Igiti gikuru kigera kuri metero 12 ujya hejuru.
1. (...) -
Kw’itorereo ry ‘ADEPR Gitarama hatangiriye igiterane mpuzamahanga cy’amasengesho n’ububyutse
2 August 2012, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAkw’itorero ry’ ADEPR Gitarama (I Nyabisindu) ho mururembo rwa Gitarama, mukarere ka Muhanga muntara y’Amajyepfo, kuri uyu wakane tariki ya 2/8/2012 hatangiriye igiterane mpuzamahanga cy’amasengesho n’ububyutse kikaba kizamara iminsi ine, nukuvuga guhera ku wa 2-5/8/2012.
Iki giterane giheruka kuba mumwaka w’2010, cyateguwe n’itorero ry’ADEPR Gitarama rifatanije na comite y’umurimo w’ikabera kikaba gifite intego igira iti” Mubaririze inzira za cyera inziza abe ariyo munyuramo” (NEHEMIYA 6:16) (...) -
We kumvira umubi ujya agushuka!
2 May 2016, by Alice RugerindindaInzoka ibaza umugore iti”Mbese koko Imana yababujije kurya ku mbuto zose z’ibiti byo muri ubu busitani?” Itangiriro 3: 1b
Muri kamere ya satani, habamo ikintu cyo gushukana, ari nayo mpamvu Imana isezeranya abazamunesha ibihembo, birimo n’ubugingo buhoraho.
Hari indirimbo ivuga ngo “ We kumvira umubi ujya agushuka, umwumviye wese aba acumuye” Inyikirizo ikavuga ngo “ Saba Yesu agufashe, agukize mu moshya, azahora akurinda , akuneshereze” Ikibi cya satani nuko nta muntu atinya, ahubwo abagaragara (...) -
Imana yampaye andi mahirwe! - Roger Whitener
31 May 2013, by Simeon NgezahayoNakijijwe ubwo ingabo z’Amerika zari zikambitse mu mujyi wa Fort Bragg, N.C. Jyewe n’umugore wanjye twatumiwe mu giterane, twitabira ubutumire baduhaye duherako tujyayo.
Igihe cy’ijambo ry’Imana kigeze, umuvugabutumwa yabwirije ku ijambo riri muri Yohana 3:16-17. Yaratubwiye ati “Mwene Data, uragana mu irimbukiro!” Nahise numva ari jyewe abwira. Ku ncuro ya kabiri, jyewe n’umugore wanjye [ubu yitabye Imana] twaragiye twakira Yesu. Nagerageje kwiyegurira Imana, nza no kuba perezida wa Korali ku (...) -
Chorale Betlhem yakoze igiterane mu ntara y’ uburasirazuba.
8 November 2011, by UbwanditsiChoral Bethlehe imenyerewe nka choral y’ivugabutumwa kuri uyuwagatandatu nibwo yerekeje mu intara y’Iburasirazuba mu karere ka Ngoma umujyi wa Kibungo mu itorero rya ADEPR Kibugo ville.
Nkuko abanyakibungo babidutangarije ngo hari hashize imyaka cumi n’itandatu 16 ans bifuza choral Bethlehem ariko ntibikunde kubera gahunda nyinshi zitandukanye z’itorero ryabo ndetse na choral ubwayo ntiyabashaga kuboneka mu gihe icyaricyo cyose bayishatse kuko nayo igira gahunda nyinshi dore ko bakora gahunda (...) -
Uburyo butanu bwafasha umuntu kubabarira abamuhemukiye (igice cya mbere) Ange Victor
31 January 2014, by Ange Victor UWIMANA“Hahirwa abanyambabazi kuko aribo bazazigirirwa” (Mat.5:7)
Umunsi umwe Petero yabajije Yesu niba akwiriye kubababarira uwamuhemukiye akageza ku nshuro ndwi gusa. Petero yumvaga yaba akoze ikintu kidasanzwe, kuko muri icyo gihe Abafarisayo bigishaga ko umuntu adakwiriye kurenza inshuro eshatu mu kubabarira. Ibi bikaba byaraterwaga no kumva ndetse no gusobanura nabi amagambo y’umuhanuzi Amosi, urugero hari aho agira ati, “Ibicumuro bitatu by’I Damasiko, ndetse bine, bizantera kutabakuraho (...) -
Live: Igiterane cy’amashimwe cyateguwe na Isaie uzayisenga gisize ububyutse budasanzwe
9 February 2014, by UbwanditsiIgiterane cyari gitegerejwe na benshi cyateguwe n’umuhanzi Isaie Uzayisenga cyagombaga kubera kuri ADEPR Nyarugenge mu mujyi wa Kigali kiratangiye. Nk’uko mwari mwabimenyeshejwe, Isaie arafatanya na Chirale Amahoro y’I Remera ndetse n’umuhanzi Alexis Dusabe. Muri aka kanya itsinda ryo kuramya no guhimbaza niryo riyoboye igiterane aho bari guhimbaza Imana bafatanije n’amagana menshi y’abitabiriye igiterane. Reka tubizeze ko abatarabasha kuhagera, urubuga rwanyu www.agakiza.org turahababera kuko (...)
-
Ujye wiringira Imana kuko ibyo yasezeranye izabisohoza.
8 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaKuko ibyerekanywe bifite igihe byategekewe, ntibizatinda kukigeraho kandi ntibizabeshya, n’aho byatinda ubitegereze, kuko kuza ko bizaza ntibizahera. (Habakuki2:3)
Mu gihe mwiyemeje gutera intambwe ngo mugere ku nzozi Imana Yashize mu mitima yanyu, bishobora na none gufata igihe. Imana ntabwo Izasohoza izo nzozi ako kanya, kubera ko igihe cyo kuzitegereza ari intambuko ituma ukwizera kwanyu gukomera. Muri Habakuki 2 Imana Iravuga ngo: Igihe ntabwo kiragera kugira ngo ibyerekanwe bisohore, (...)
0 | ... | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | ... | 1230