Nyuma y’aho basohoreye album yabo ya mbere bise “Aritamurura», Korali Abakorerayesu yo mu itorero rya ADEPR Paroisse ya Bibare Umudugudu wa Rukurazo ikomeje gahunda yayo y’ivugabutumwa ahantu hatandukanye.
Nk’uko twabitangarijwe n’Umuyobozi w’iyi korari NDUWIMANA Etienne ngo mu myaka cumi n’ibiri iyi korari imaze ikora umurimo w’Imana, ubu imaze kugira abaririmbyi bagera kuri 70 bose bakaba basenyera umugozi umwe ngo ubwami bw’Imana burusheho kwamamazwa.
Ni muri urwo rwego rero ku butumire bwa (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Korale Abakorerayesu irakataje mu ivugabutumwa
28 March 2012, by Ubwanditsi -
Isengesho rivanze n’ ubuntu Imana iryumva cyane! Pastor Desire
18 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKoluneriyo yari umunyadini:
– Yubaha Imana n’abo mu rugo rwe bose.
Yagiraga ubuntu bwinshi.
Yasengaga Imana ubudasiba.
Abona Malaika ku mugararagaro amuhamagara mu izina aramubwira ati: “Gusenga kwawe n’ ubuntu bwawe byazamutse biba urwibutso”. (Ibyakozwe n’ intumwa 10:2-4)
1. Yubahana Imana nabo mu rugo rwe bose: Ushobora kuba ukurikiye iyi nyigisho uri ingaragu nta rugo ufite ariko wowe ubwawe uri inzu y’ Imana, ukwiye kubahana Imana n’abo mu rugo rwawe; ni ukuvuga amaso, amatwi, amazuru, (...) -
Icyakora muzahabwa imbaraga umwuka wera nabamanukira Pastor Desire
12 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbyakozwe 1 : 8 Icyakora muzahabwa imbaraga umwuka wera nabamanukira kandi muzaba abagabo bo kumpamya i Yerusalemu n’ i Yudaya yose n’ i Samariya no kugeza ku mpera y’isi.
Gusoma ijambo ry’Imana ni kimwe no kubishyira mu mutima nabyo ni ikindi ariko nicyo cy’ingenzi. Dukwiye gusaba Imana kubibasha kubishyira mu bikorwa.
Kuvuga kw’Imana ntabwo byoroshye guhita umuntu abyumva. Aha Yesu avuga ngo icyakora muzahabwa imbaeaga birashoboka ko bumvaga bafite imbaraga ntibahita babyumva ariko Yesu yari (...) -
Yesu afite urufunguzo rwa buri rugi ruri imbere yawe
28 September 2015, by Innocent KubwimanaNyina wa Yesu na nyina wabo, na Mariya muka Kilopa na Mariya Magadalena, bari bahagaze ku musaraba wa Yesu. Nuko Yesu abonye nyina n’umwigishwa yakundaga ahagaze bugufi, abwira nyina ati “Mubyeyi, nguyu umwana wawe.” Maze abwira uwo mwigishwa ati “Nguyu nyoko.” Uhereye uwo mwanya uwo mwigishwa amujyana iwe. Matayo 19:25-27
Uko bisa kose umuntu wese afite igihe yaba yararebye iburyo n’ibumose, imbere n’inyuma ukabona ufungiranye ahantu hagati y’inzugi nyinshi bigoye kubonera urufunguzo. Bene iki (...) -
Yavutse nta maboko, nta maguru ariko ntiyiganyira!
26 February 2013, by Isabelle GahongayireNitwa Nick Vujicic, ndashima Imana uburyo yakoresheje ubuhamya bwanjye igakora ku mitima ya benshi mw’isi! Navutse nta ngingo mfite nukuvuga nta maguru nta n’amaboko kandi abaganga ntabwo bamenye inkomoko y’ubwo bumuga. Byaje kumviramo guhura n’ibibazo n’inzitizi nyinshi.
« Bene data, mutekereze ko ari ibyo kwishimira, ni muhura n’ibibagerageza bitandukanye. » (Yakobo 1.2)
Birashoboka ko umuntu yafata ibikomere, imibabaro ndetse n’intambara bye nkaho ari ibintu byo kwishimira? Ababyeyi banjye bari (...) -
Imana ntidusaba gukora ibirenze ibyo twashobora!
3 September 2012, by Alice RugerindindaKuko ayo mategeko ngutegetse uyu munsi atari ayo kukunanira, kandi Atari aya kure ngo utayageraho. Ntari mu ijuru ngo ubaze uti “ ninde uributuzamukire mu ijuru ngo ayatuzanire ayatwumvishe tuyumvire? Kandi ntari hakurya y’inyanja ngo ubaze uti ninde uri butwambukire inyanja ngo ayatuzanire, ayatwumvishe tuyumvire? Ahubwo iryo jambo rikuri bugufi cyane, riri mu kanwa kawe no mu mutima wawe ngo uryumvire” Gutegekakwakabiri 30:11-14
“This command I am giving you today is not too difficult for (...) -
Ntabwo ndi mu muryango wa Illuminati- Pastor Rick Warren
26 March 2012, by UbwanditsiPastor Rick Warren ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru, bamubajije ibibazo bitandukanye harimo icy’uko abantu bavuga ko yaba ari mu bagize Illuminati yasubije umunyamakuru icyo kibazo n’akababaro kenshi azunguza umutwe ati :"No, no, I’ m not a member of Illuminati. Ntabwo ndi mu bagize Illuminati".
Pastor Rick Warren yavuze ko usibye kuba ataba muri uwo muryango nk’uko bamwe babivuga bashaka kumusebya, yavuze ko adashyigikiye n’abaryamana bahuje ibitsina, kuko Imana yaremye umugabo (...) -
Imbaraga z’Umwuka Wera zamfashije kuzana ububyutse mu itorero - Avinash Diaram
10 June 2013, by Simeon NgezahayoUmwuka Wera amaze kumbatirisha umuriro, gusenga no kujya mu biterane byampindukiye ubuzima. Nari mfite imbaraga, nkagira n’umuhamagaro wo kubwiriza ubutumwa bwiza mu muhanda, nkasengera abarwayi n’abakene, kandi ku ngengabihe yanjye ntibyashoboraga kuburaho.
Buri gihe nabaga ndi mu biterane binini mvuga ubutumwa, nkoresha amanama, nigisha ijambo ry’Imana, nsengera abantu, nsengera n’abantu. Ibi byazanye ububyutse mu muryango wanjye, bituma bakunda gusenga.
Mwami Yesu, (...) -
Ubuhamya: Kubakunda Imana byose bifatanyiriza hamwe kutuzanira ibyiza.
9 November 2012, by Kiyange Adda-DarleneUbu buhamya bukora ku marangamutima ndetse byatuma n’amarira ashoka mu maso. Imana Irakomeye !!
N’ ubuhamya bwa mwene Data ESTHER wari wariyeguriye Imana mu buryo budasubirwaho ari n’umuririmbyi ; ababyeyi be bari abayobozi b’itorero rya gikristo. Yari umukobwa ufite ubuhamya bwiza watinyaga Imana, ndetse ntiyari yarigeze akubagana mu byaha by’ubusambanyi. Umugoroba umwe, habayeho igitaramo cya korari ku rusengero rwabo. Icyo gitaramo cyagejeje mu masaha ya saa munani z’igitondo, noneho bose (...) -
Impamvu 4 zituma utagomba guhangayika – Pastor Rick Warren
7 July 2016, by Simeon NgezahayoGuhangayika biterwa ahanini no kutimenya. Biterwa no kugerageza kugenzura ibyo udashoboye. Nta bwo twashobora kugenzura ubukungu, ni cyo gituma duhangayikishwa n’ubukungu. Ntitwashobora kugenzura abana bacu, ni cyo gituma duhangayikishwa n’abana bacu. Ntitwashobora kugenzura iby’ejo, ni cyo gituma biduhangayikisha. Ariko gutinya nta na rimwe bikemura ikibazo! Ni uguhangayikishwa n’ikintu nta cyo uri bugikoreho.
Yesu yigisha ku musozi yatweretse impamvu 4 zituma tutagomba guhangayika:
Nta (...)
0 | ... | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | ... | 1230