Mu mpera z’icyumweru gishize kuwa 24/3/2012 nibwo itorero rya ADEPR Paroisse ya Remera ryimitse abashumba bane bari bamaze igihe kitari gito ari abavugabutumwa ,uyu muhango ukaba wabereye i Remera kuri Petit Stade kuva ku isaha ya saa tatu za mugitondo kugera i saa saba z’amanywa.
Muri aba bashumba bane harimo umunyamakuru uzwi cyane kuri Radio Rwanda by’umwihariko mu kiganiro "Makuru ki mu binyamakuru" .Mu kiganiro kigufi yagiranye n’abanyamakuru ,umuvugizi w’amatorero ya Pentecote mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Itorero rya ADEPR ryimitse abashumba barimo Creophas Barore uzwi kuri Radio Rwanda!
28 March 2012, by Ubwanditsi -
Kubyarwa n’Amazi n’Umwuka bisobanura iki? – Rev. Paul Yonggi Cho
2 August 2013, by Simeon NgezahayoYesu aramusubiza ati "Ni ukuri, ni ukuri, ndakubwira yuko umuntu utabyawe n’amazi n’Umwuka atabasha kwinjira mu bwami bw’Imana" Yohana 3:5. Amazi n’Umwuka bisobanura iki?Amazi asobanura umubatizo wa Yesu, naho Umwuka ugasobanura Ubumana bwe.
Bibiliya itubwira ko tuvuka ubwa kabiri iyo twizeye umubatizo wa Yesu n’amaraso yavuye ku Musaraba. Kuba abana b’Imana no kuvuka ubwa kabiri tubiheshwa n’ijambo Imana yandikishije, ari yo mazi n’amaraso n’Umwuka, ikiguzi cy’ibyaha byacu.
Bibiliya ivuga ko (...) -
Inenge 8 abakozi b’ Imana bakwiye kwirinda. Pasteur Desire Habyarimana
16 January 2014, by Pastor Desire Habyarimana“Umuntu wese ufite inenge ntakigire hafi: impumyi cyangwa uremaye ukuguru, cyangwa ufite urugingo ruruta urundi nka rwo, cyangwa uvunitse ikirenge cyangwa ikiganza, cyangwa ufite inyonjo cyangwa igikuri, cyangwa ufite inenge ku jisho, cyangwa urwaye ubuheri cyangwa ibikoko, cyangwa umenetse ibinyita bito” Abalewi 21:18. Inenge 8 zituma umuntu adakora umurimo w’ Imana:
Impumyi, Uremaye ukuguru, Ubutaraye izuru, Ufite urugingo ruruta urundi nka rwo , Uvunitse ikirenge cyangwa ikiganza, (...) -
Sobanukirwa neza intambara turwana nk’abakristo
27 July 2013, by Ubwanditsi“Kuko tudakirana n’abafite amaraso n’umubiri ahubwo dukirana n’abatware n’abafite ubushobozi n’abategeka iy’isi y’umwijima n’imyuka mibi y’ahantu ho mu ijuru” Abefeso 6:12
Hari iyindi Bibiliya ibivuga gutya: “Kuko ibyo turwana nabyo atari abantu, ahubwo ni ibinyabutware, ni ibinyabushobozi, ni ibihangange bitegeka iyisi y’umwijima…….” Imana iturwanirire.
Iyo umuntu adasobanukiwe neza ubwoko bw’intambara arimo kurwana cyangwa agiye kurwana, akenshi ntamenya imyiteguro asabwa kuri urwo rugamba, hakaba (...) -
Umushita wo mu butayu (acacia du desert).
16 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu Butayu nzahatera imyerezi n’IMISHITA, n’’imihadasi, n’ibiti by’amavuta ; kandi mu kidaturwa nzahatera ibiti by’imiberoshi n’imitidari n’ imiteyashuri bikurane.( Yesaya 41 : 19)
Turaganira ku giti cyitwa UMUSHITA cyangwa « acacia » mu rurimi rw’urunyamahanga.. Hari ubwoko bwinshi bw’icyo giti, ariko twebwe turareba kuri acacia yo mu butayu. Icyo giti gikurira ahantu humye, hatagira imvura, mu musenyi, hirya no hino nta bindi biti bikiba hafi. Igiti gikuru kigera kuri metero 12 ujya hejuru.
1. (...) -
We kumvira umubi ujya agushuka!
2 May 2016, by Alice RugerindindaInzoka ibaza umugore iti”Mbese koko Imana yababujije kurya ku mbuto zose z’ibiti byo muri ubu busitani?” Itangiriro 3: 1b
Muri kamere ya satani, habamo ikintu cyo gushukana, ari nayo mpamvu Imana isezeranya abazamunesha ibihembo, birimo n’ubugingo buhoraho.
Hari indirimbo ivuga ngo “ We kumvira umubi ujya agushuka, umwumviye wese aba acumuye” Inyikirizo ikavuga ngo “ Saba Yesu agufashe, agukize mu moshya, azahora akurinda , akuneshereze” Ikibi cya satani nuko nta muntu atinya, ahubwo abagaragara (...) -
Imana yampaye andi mahirwe! - Roger Whitener
31 May 2013, by Simeon NgezahayoNakijijwe ubwo ingabo z’Amerika zari zikambitse mu mujyi wa Fort Bragg, N.C. Jyewe n’umugore wanjye twatumiwe mu giterane, twitabira ubutumire baduhaye duherako tujyayo.
Igihe cy’ijambo ry’Imana kigeze, umuvugabutumwa yabwirije ku ijambo riri muri Yohana 3:16-17. Yaratubwiye ati “Mwene Data, uragana mu irimbukiro!” Nahise numva ari jyewe abwira. Ku ncuro ya kabiri, jyewe n’umugore wanjye [ubu yitabye Imana] twaragiye twakira Yesu. Nagerageje kwiyegurira Imana, nza no kuba perezida wa Korali ku (...) -
Abagenzi n’abavuga butumwa ntibavuga rumwe ku kubwiriza mu modoka
24 April 2012, by Niyigena AlphonsineMuri iki gihe usanga mu modoka zitwara abagenzi hari ubwo abavugabutumwa bagenda babwiriza ijambo ry’Imana ariko abagenzi bamwe batabyishimiye bakavuga ko ijambo ry’Imana rikwiye gutangirwa mu rusengero gusa.
Abagenzi bavuga ko umuntu aba afite gahunda ze zatumye ajya gutega imodoka cyangwa afite ibintu byinshi mu mutwe ku buryo aramutse yumvishe ibindi bintu bishobora kumuvangira, cyangwa ibyo yagombaga gukora akabyibagirwa kubera uruhuririkane rw’amagambo yagiye yakira.
Makanika Geoffrey (...) -
NUR Butare: Korali Elayo yasusurukije Kaminuza
12 December 2011, by UbwanditsiKuri uyu wa gatanu taliki 9 Ukuboza 2011, nimugoroba guhera saa mbili z’umugoroba, abaririmbyi ba Korali Elayo, imwe mu zigize amakorali y’Ihuriro ry’abanyeshuli b’Abapantekote biga muri Kaminuza y’u Rwanda (CEP-UNR), yasusurukije abantu.
Nyuma y’iminsi yitegura concert, Korali Elayo yateguriye abakunzi bayo indirimbo nziza cyane. Muri zo harimo iziri kuri alubumu yayo ya … yitwa Akira Amashimwe.
Aha Korali Elayo iri mu masengesho muri Arboretum ya Kaminuza ahitwa mu bwa CEP.
Korali Elayo (...) -
Uburyo butanu bwafasha umuntu kubabarira abamuhemukiye (igice cya mbere) Ange Victor
31 January 2014, by Ange Victor UWIMANA“Hahirwa abanyambabazi kuko aribo bazazigirirwa” (Mat.5:7)
Umunsi umwe Petero yabajije Yesu niba akwiriye kubababarira uwamuhemukiye akageza ku nshuro ndwi gusa. Petero yumvaga yaba akoze ikintu kidasanzwe, kuko muri icyo gihe Abafarisayo bigishaga ko umuntu adakwiriye kurenza inshuro eshatu mu kubabarira. Ibi bikaba byaraterwaga no kumva ndetse no gusobanura nabi amagambo y’umuhanuzi Amosi, urugero hari aho agira ati, “Ibicumuro bitatu by’I Damasiko, ndetse bine, bizantera kutabakuraho (...)
0 | ... | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | ... | 1230