INGARUKA ZO GUHITAMO NABI (RUSI 1:2)
“Uwo mugabo yitwaga Elimeleki, umugore we yitwaga Nawomi, n’abahungu be bombi umwe yitwaga Mahaloni, undi yitwaga Kiliyoni. Bari Abanyefurata b’i Betelehemu y’i Buyuda. Bagera mu gihugu cy’i Mowabu baturayo” Rusi 1:2
Ntushobora gucumura ngo bifate ubusa. Icyaha cyawe kizagira ingaruka ku bandi… CYANE CYANE UMURYANGO WAWE! Niba uri umugabo uhagarariye imiryango, icyaha cyawe kizagira ingaruka ku muryango wawe.
Nzi neza yuko uramutse ubajije Elimeleki (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Guhitamo nabi n’ingaruka zabyo (Igice cya 2) - Kevin L. Jones
29 January 2014, by Simeon Ngezahayo -
Tumenye ko kwihangana gutera kunesha Ev KAGAMBIRA Claudine
7 December 2013, by UbwanditsiBene Data, mwemere ko ari iby’ibyishimo rwose nimugubwa gitumo n’ibibagerageza bitari bimwe, mumenye yuko kugeragezwa ko kwizera kwanyu gutera kwihangana. Ariko mureke kwihangana gusohoze umurimo wako, mubone gutungana rwose mushyitse mutabuzeho na gato...Hahirwa umuntu wihanganira ibimugerageza, kuko namara kwemerwa azahabwa ikamba ry’ubugingo, iryo Imana yasezeranije abayikunda ( Yakobo 1: 2-4,12-13).
Mu mbaraga z’umubiri wacu biragoye ndetse birakomeye gusobanukirwa n’aya magambo, bitewe (...) -
Imana ikora ibishoboka byose ngo ubugingo bwacu butabura
26 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : IBYO IMANA IKORA KUGIRA NGO UBUGINGO BUTABURA
2 Samweli 14:14 Twese tuzapfa duse n’amazi amenetse hasi, atakiyorwa ukundi. Kandi Imana na yo ubwayo ntihutiraho gukuraho ubugingo, ahubwo ishaka uburyo kugira ngo uwirukanywe ataba uciwe na yo.
Nkuko twabivuze dutangira, nta hantu ubugingo bugaragara mu muntu ku buryo bufatika. Uko amaraso azenguruka mu muntu niko ubugingo buzenguruka mu muntu.Iyo ubugingo buzenguruka mu muntu aba afite ubuzima, nyamara ufite ubuzima wese ntafite (...) -
Inkuru yampaye isomo ...
26 April 2013, by Isabelle GahongayireUmudogiteri ubaga yihutiye kujya ku kazi bamubwiye ko hari umuntu agomba kubaga byihutirwa. Ahageze yambara imyenda vuba asanga umugabo urwaje umuhungu we aragendagenda muri corridor, ahungabanye. Maze abwira dogiteri ati "Ni kuki watinze kugera hano? Ntabwo muzi ko umuhungu wanjye arembye? Ntabwo mukora inshingano zanyu neza."
Umuganga araseka maze aramusubiza ati "Mumbabarire, bampamagaye ntari mu bitaro, naje kubera ko bambwiye ko hari umuntu ugomba kubagwa... Rero ndabasaba gutuza (...) -
URUBYIRUKO: WARI UZI KO AMARANGAMUTIMA MU RUKUNDO ASENYA UBUZIMA?
21 June 2016, by Simeon NgezahayoUmuntu umwe yigeze kumbwira ati “Sinigeze mpitamo gukundana na we”. Ibi yabivuze nyuma y’aho ananiraniwe n’uwo. Ese ibi ni ukuri? Ese koko urukundo ruratugwirira? Ese umuntu ashobora kwirinda kwinjira mu rukundo rutari urw’ukuri cyangwa ruhabanye n’imyizerere ye?
Dore uko amarangamutima aza: Amarangamutima atuma udafata umwanya wo gutekereza igihe ufashe icyemezo cyo gukunda umuntu Ushobora gutungurwa n’amarangamutima ugakora ibyo utashakaga bigatuma wumva ko gukunda byakugwiririye (...) -
Mu Itorero Patmos hatangiye igiterane kizamara icyumweru!
13 May 2013, by UbwanditsiIki giterane cyatangiye kuri uyu wa mbere gifite intego igira iti “Ritura inkike zananiranye ziri imbere yawe” Yosuwa 6. Cyitabiriwe n’abakozi b’ Imana batandukanye, cyane cyane abakorera umurimo w’Imana mu karere ka Nyarugenge bibumbiye mu ihuriro ry’amadini n’amatorero rikuriwe na Bishop Nzeyimana Innocent.
Hari kandi n’umunyabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Muhima Bwana Rwamucyo Severin, ari na we wafunguye iki giterane ku mugaragaro. Hari n’abahanzi batandukanye barimo Mwenegihome, (...) -
Wari uzi icyo umunyorogoto usobanura muri Biblia?
13 September 2015, by Kiyange Adda-DarleneZab 22: 7, Ariko jyeweho ndi umunyorogoto sindi umuntu, ndi ruvumwa mu bantu nsuzugurwa na bose.
Aya ni amagambo Dawidi yavuze, ariko abahanga mu bya bibiliya bavuga ko ari ubuhanuzi bwerekeza kuri Kristo. Kandi koko, urebye ku murongo wa 2 muri icyo gice, uhasanga amagambo Yesu yavugiye ku musaraba ati : Mana yanjye Mana yanjye ni iki kikundekesheje?, aya magambo agaragaza ko iyi zaburi ari iya Yesu.
Tugarutse ku murongo wa 7, aravuga ati jyeweho ndi umunyorogoto. Umunyorogoto ni (...) -
Kwibuka 22: Umudugudu wa ADEPR Nyakabanda waremeye umukiristo wacitse ku icumu utishoboye
13 June 2016, by Ernest RutagungiraKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 kamena 2016, barangajwe imbere n’umunyamabanga mukuru wa ADEPR mu u Rwanda,abakirisito ba ADEPR umudugudu wa Nyakabanda bakoze umuhango wo kwibuka Genocide yakorewe abatutsi, igikorwa cyaranzwe n’urugendo rwo kwibuka ndetse no kuremera umwe mu bakirisito b’uyu mudugudu wacitse ku icumu utishoboye.
Uretse umunyamabanga mukuru wa ADEPR, uyu muhango witabiriwe n’Umuyobozi wa IBUKA mu umurenge wa Niboyi, aba kirisito n’abandi bayobozi batandukanye bo muri iri (...) -
GUHINDUKA! BIRASHOBOKA RWOSE! Joyce Meyer
26 May 2016, by Pastor Desire HabyarimanaData yahindutse umukristo ku myaka 83 y’amavuko. Hagiye habaho ibihe mu myaka yatambutse aho natekerezaga nti “Ntazigera ahinduka!” Ariko nakomeje kumusengera. Ariko, Imana ishimwe, yaje guhinduka —Yarahindutse bimwe bitari byaba hope!
Kugirango uhindurwe ugomba guhinduka wese uturutse imbere muri wowe ukagera inyuma. Igihe tubaye abakristo bavutse ubwa kabiri mu 2 Abakorinto 5:17 BibiliyaYera ivuga icyaremwe gishya (ikiremwa gishya byose hamwe); Ibyakera [uko wahoze mu myitwarire no mu mwuka] (...) -
Birankwiriye gukora umurimo w’uwantumye hakiri ku manywa
20 November 2013, by Rudasingwa Jean ClaudeBirankwiriye gukora umurimo w’uwantumye hakiri ku manywa (Yohana 9:4-5)
Ncuti yacu dukunda cyane, ndakuramutsa mu izina rya Yesu Kristo Umwami wacu. Nifuje ko tuganira iri jambo, kugira ngo tumenye ko gukora umurimo w’Imana bidukwiriye. Kandi ndasaba Imana ngo iduhe ihishurirwa n’imvugo nk’iya Yesu. Muri iri jambo harimo amagambo y’ingenzi akurikira:
1. Inshinga “Gukora” 2. Umukozi : Yesu 3. Igikorwa : Guhumura 4. Ukorerwa (Nyir’umurimo): Imana 5. Uwo igikorwa gikorerwaho: Impumyi 6. Igihe cyo (...)
0 | ... | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | ... | 1230