GUKORANA N’IMYUKA MIBI (gusenga ibigirwamana, uburozi) (Abagalatiya 5:19-21)
Impamvu y’ uru rukurikirane rw’inyigisho za kamere, n’ukugira ngo umukristo yimenye, amenye ibiba muri we,ntatekereze ko ahari ibi ari ibintu biba mu bandi noneho we akaba ari muzima.
Yaba umuzungu, yaba umwirabure, umuntu kw’isi yose agizwe n’ibice bitatu :
1° Umwuka 2° Kamere 3° Umubiri
Adamu amaze gukora icyaha, twese yaturaze kamere y’icyaha. Muri iki gice cya kabiri, turarebera hamwe uwo mwanda wo gukorana n’imyuka (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Mwirinde hadutse umwuka w’ ubupfumu wiyambitse isura yo gusenga. Felicite Nzohabonayo
17 November 2013, by Felicite Nzohabonayo -
“Imana yankijije ibisazi none ndangije kaminuza.”
11 October 2011, by UbwanditsiAya ni amagambo akubiye mu buhamya bwa Mutabaruka Jean Nepo.Mutabaruka avuga ko yavukiye mu muryango w’abantu badakijijwe ariko we akaba yarakuze atinya icyaha nkuko we abyitangariza.Mutabaruka ati:“Ndibuka ko mfite imyaka 4 iyo najyaga gukora ikintu ntekereza ko ari icyaha narabanza nkabaza abo tuvukana ko ari bibi babimbuza nkabireka.” Mutabaruka akomeza avuga ko Genocide yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994yatumye atatana n’abavandimwe be. Mutabaruka avuga ko yahunganye na Nyirarume (...)
-
Imana ibasha guha ishusho ibintu bitayifite, ikabyaza umusaruro imibabaro ducamo!
9 October 2015, by Innocent Kubwimana‘’Isi yari itagira ishusho, yariho ubusa busa, umwijima wari hejuru y’imuhengeri, maze Umwuka w’Imana yagendagendaga hejuru y’amazi. Imana iravuga iti “Habeho umucyo”, umucyo ubaho. Itangiriro 1:2-3
Akenshi indirimbo abantu bakunda kumva zikomora imitima yabo, ni iz’abantu banyuze mu bikomeye, mu mwijima n’imibabaro ikomeye.
Muri iyo mibabaro niho Imana yabyaje amagambo y’indirimbo afite ububasha, bigatuma zururutsa imitima ibabaye.
Yesu ubwe yarababajwe abira ibyuya kugeza ubwo bivamo amaraso, (...) -
Guhitamo nabi n’ingaruka zabyo (Igice cya 2) - Kevin L. Jones
29 January 2014, by Simeon NgezahayoINGARUKA ZO GUHITAMO NABI (RUSI 1:2)
“Uwo mugabo yitwaga Elimeleki, umugore we yitwaga Nawomi, n’abahungu be bombi umwe yitwaga Mahaloni, undi yitwaga Kiliyoni. Bari Abanyefurata b’i Betelehemu y’i Buyuda. Bagera mu gihugu cy’i Mowabu baturayo” Rusi 1:2
Ntushobora gucumura ngo bifate ubusa. Icyaha cyawe kizagira ingaruka ku bandi… CYANE CYANE UMURYANGO WAWE! Niba uri umugabo uhagarariye imiryango, icyaha cyawe kizagira ingaruka ku muryango wawe.
Nzi neza yuko uramutse ubajije Elimeleki (...) -
Kuri uyu wa Gatandatu CEP/ULK yakoze igikorwa cyo gufasha imfubyi n’abapfakazi
27 September 2011, by UbwanditsiKuruyu wa gatandatu kuwa 24/09/2011 ku isaha ya saa munani nibwo abanyeshuli b’abapentecote ADEPR biga muri kaminuza yigenga ya Kigali ULK –Campus Gisozi aba bakaba babarizwa mu muryango witwa CEP (communauté des étudiants pentecotistes) bitabiriye igikorwa cyo gufasha imfubyi n’abapfakazi batuye muri village yiswe MUDUSANGE ho mu Mudugudu wa Kiberinka, Akagari ka Rugarama, Umurenge wa Nyamirambo.
Prezida wa CEP/ULK Soir MUVUNYI Hypolite akaba yatangaje ko inkunga babahaye ifite agaciro (...) -
Rusizi: Igiterane cy’ urubyiruko rw’ ADEPR gisize bamenye kwifatira ibyemezo
19 October 2013, by Pastor Desire HabyarimanaKuri uyu wa Gatandatu ku itorero rya ADEPR Gihundwe habereye igiterane cy’ urubyiruko rugize iyo paroisse irimo imidugudu ine iki giterane kikaba cyatangiye mu ma saa tatu harimo ama korare y’ urubyiruko rugize iyi Paroisse hamwe n’abana bafashwa n’umushinga RW 380 Compation International
Mu bashyitsi bitabiriye iki giterane harimo Umuhanzi ku giti cye witwa Dominic Nic, umukristo muri ADEPR I Nyarugenge mu mujyi wa Kigali ari kumwe n’ itsinda ryo kuramya no guhimbaza ryavuye mu mujyi wa (...) -
Tumenye ko kwihangana gutera kunesha Ev KAGAMBIRA Claudine
7 December 2013, by UbwanditsiBene Data, mwemere ko ari iby’ibyishimo rwose nimugubwa gitumo n’ibibagerageza bitari bimwe, mumenye yuko kugeragezwa ko kwizera kwanyu gutera kwihangana. Ariko mureke kwihangana gusohoze umurimo wako, mubone gutungana rwose mushyitse mutabuzeho na gato...Hahirwa umuntu wihanganira ibimugerageza, kuko namara kwemerwa azahabwa ikamba ry’ubugingo, iryo Imana yasezeranije abayikunda ( Yakobo 1: 2-4,12-13).
Mu mbaraga z’umubiri wacu biragoye ndetse birakomeye gusobanukirwa n’aya magambo, bitewe (...) -
Uburusiya: Pastor Berchimas arasobanura akarengane abakristo bakorerwa.
19 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaYasomye Yohana 16:33, avuga ko Yesu ubwe yavuze ko abamwizera bazarengana, ntabwo twahawe kwizera Yesu gusa ahubwo no kubabazwa kubwa Kristo.
Mu 1929 niho bashyizeho amategeko areba abasenga, ntibyemewe kwigisha abana,abagore,urubyiruko no gusenga. Byari bibujijwe gukora ibikorwa byo gufasha. Bashyizeho abantu 3 ba leta bagombaga gucira urubanza abakristo niyo yaba adahari mubihano batangaga harimo ni urupfu.
Musengero 77000 z’aba Orthodoxe zari zihari zarasenywe hasigara 350. Insengero (...) -
NTITWIKURE MU BYISHIMO BYACU
23 July 2013, by Simeon NgezahayoLuka 15 :11-32 ( Umugani w’umwana w’ikirara)
Kuko abana b’abantu bakunda iby’igihe gito ariko Imana ireba mu mitima yacu,niyo mpamvu Imana itadusubiza mu gihe dushaka kuko iba ishaka kuduha ibifite umumaro bitazatugiraho ingaruka mbi,kandi biramba,kuko ab’isi dukunda iby’isi tutabizi ariko iyo turebye neza ibyo bintu biraducakaza.
Imana itoranya abo ikunda kandi ikabaha ibifite umumaro,kuko yakunze ko tubana nayo kandi Imana iradukunda ariko twebwe abana b’abantu ntitubibona twirebera iby’isi (...) -
Imana ikora ibishoboka byose ngo ubugingo bwacu butabura
26 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : IBYO IMANA IKORA KUGIRA NGO UBUGINGO BUTABURA
2 Samweli 14:14 Twese tuzapfa duse n’amazi amenetse hasi, atakiyorwa ukundi. Kandi Imana na yo ubwayo ntihutiraho gukuraho ubugingo, ahubwo ishaka uburyo kugira ngo uwirukanywe ataba uciwe na yo.
Nkuko twabivuze dutangira, nta hantu ubugingo bugaragara mu muntu ku buryo bufatika. Uko amaraso azenguruka mu muntu niko ubugingo buzenguruka mu muntu.Iyo ubugingo buzenguruka mu muntu aba afite ubuzima, nyamara ufite ubuzima wese ntafite (...)
0 | ... | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | ... | 1230