“Mwese abarushye n’abaremerewe nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko ndi umugwaneza kandi noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu mitima yanyu. Kuko kunkorera kutaruhije, n’umutwaro wanjye utaremereye.” MATAYO 11:28-30.
Reka turebere hamwe ibintu 7 bigaragaza ko Imana ari umukoresha mwiza:
Imana ikoresha umuntu wese yaba yoroheje cyangwa akomeye (Yakobo 5:17) “ Dore Eliya yari umuntu umeze nkatwe asba ko imvura itagwa.” Imana (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ibintu 7 bigaragaza ko Imana ari umukoresha mwiza - Pst Uwambaje Emmanuel
23 June 2016, by Simeon Ngezahayo -
Kuki Imana yemera ko tugeragezwa?
21 July 2015, by UbwanditsiUbundi iki ni kimwe mu bibazo abakristo benshi bibaza iyo bahuye n’ibibagerageza bitari bimwe bakibaza impamvu Imana ibyemera kandi bayikorera.
1 Samuel 16:18, Havuga Dawidi uko Imana yamunyujije mu bigeragezo bikomeye ariko akabikuramo indangagaciro zikomeye.
Hagira hati ‘’Umuhungu umwe aramusubiza ati “Nabonye umuhungu wa Yesayi w’i Betelehemu. Ni umucuranzi w’umuhanga, ni umugabo w’imbaraga n’intwari kandi ni umurwanyi, aritonda mu byo avuga, ni umuntu w’igikundiro kandi Uwiteka ari kumwe na (...) -
Yesu abasha komora ibikomere byo mu mutima wawe.
18 February 2014, by Ernest RutagungiraMu buzima dusimburanwaho n’ibihe bitandukanye, harimo ibyiza ndetse n’ibibi, mu bibi hari ibishegesha umutima ndetse bigatuma uhorana umubabaro no kwiheba bidashira. N’ubwo ibi bibaho, ntawe ubimenyera, ariko hejuru y’ubukana bwabyo hari ibyiringiro k’uwizeye Yesu kuko yishyizeho intimba zacu ati “Mwese abarushye n’abaremerewe, nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko ndi umugwaneza kandi noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu mitima yanyu, kuko (...)
-
Nacuruzaga agataro, Imana iranzamura !
5 November 2013, by UbwanditsiNitwa Uwamungu Chantal, navukiye mu muryango w’abakene cyane. Navukiye mu muryango w’abana 10, batanu barapfa dusigara turi batanu. Narize ngera mu mwaka wa gatanu w’amashuri abanza, mpita mpagarara kubera ubuzima bubi twabagaho iwacu.
Kuva icyo gihe natangiranye no kwikorera agataro ncuruza isombe, dodo, ipapayi n’indi myaka itadukanye. Ubwo buzima nabumazemo imyaka itandatu, nkirirwa nzenguruka umujyi wa Kigali, Police idufata ikadukubita.
Iyo natahaga, nabaga narushye (namwe mutekereze (...) -
Ufite inyota? (Igice cya 2) - Xavier Lavie
4 September 2013, by Simeon Ngezahayo2. Imana wayibona ute?
Niba turi Abakristo b’akamenyero, tukaba tudashaka Imana n’imitima yacu yose, niba tutumva tugomba kugirana na yo umubano wihariye, niba kandi niba tunezezwa n’ibyo tubamo mu buzima bwacu bwa buri munsi, birumvikana ko nta cyo tuziyungura.
Ikibabaje ni uko hari Abakristo bemera bakicwa n’inyota ntibagire icyo babikoraho, kuko bamenyereye kudashishikarira iby’Umwuka. Ushobora kumenyera kunywa amazi yanduye, arimo icyondo cyangwa ukanywa make. Ariko ukuri ni uko ubugingo (...) -
Korali Rangurura yataramiye mu murenge wa Gahanga
5 September 2011, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 04 Nzeri 2011, ku cyicaro cy’Itorero rya ADEPR Gatare rikorera mu murenge wa Gahanga ,hashojwe igiterane cy’iminsi ibiri .Icyo giterane cyateguwe niryo torero, kikaba cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: “Kuko turi abo yaremye ituremeye imirimo myiza muri Kristo Yesu, iyo Imana yiteguriye kera kugira ngo tuyigenderemo. Abefeso 2:10”.
Icyo giterane cyaranzwe n’ubwitabire bw’abantu benshi batuye muri uwo murenge wa Gahanga ndetse no mu nkengero ,ibi bikaba (...) -
Ikimoteri cyo muri kamere: kwirema ibice, kwitandukanya. Igice cya 4
25 March 2013, by Felicite Nzohabonayo1Abikorinto 11: 18 – 19:” Irya mbere, iyo muteranye mw’iteraniro, numva yuko mwiremamo ibice, kandi kandi ibyo ndabyemera ho hato. Kuko na none ibice bikwiriye kuba muri mwe, ngo abemewe bagaragarizwe ukwabo.”
Muri iki gice cya kane turakomeza kurebera hamwe indi myanda iba mu muntu. Iyo myanda ihagaze kuri sentiments ziba mu muntu zijyanye n’ igice aba aherereyemo mu mutima cyangwa mu bikorwa. Mw’isi biroroshye kubona habaho amashyaka, ubwoko, intara, imiryango, ubutunzi, ubukene. Umuntu aba (...) -
Dawidi yahanuye imibabaro izaba kuri Yesu.
13 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaZaburi 22: 7a "Ariko jyeweho ndi umunyorogoto sindi umuntu,"
Iyi ni zaburi ya Dawidi. Gusa urebye neza usanga bwari ubuhanuzi buvuga Yesu Kristo kuko harimo amagambo yavugiye ku musaraba nka:
Mana yanjye, Mana yanjye ni iki kikundekesheje? Zaburi yose ni iya Yesu, ivuga ku mibabaro yagize mu gihe cyo gucungura umuntu. Aho twasomye, ni aho agera akigereranya n’umunyorogoto, ati sindi umuntu. Kandi koko urebye ukuntu yasuzuguwe, ntabwo yari agufite agaciro k’umuntu.
Ati ndi umunyorogoto. (...) -
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 1)
4 March 2014, by Kiyange Adda-DarleneTwese hamwe, nk’itsinda, aba jeunes 7 twajyanjywe na Yesu kristo gutembera i Kuzimu.
Bibiriya, ijambo ry’Imana isobanura neza iby’ijuru n’iby’umuriro w’iteka.(Luka 16:19-26). Umwami atubwira ahantu habiri:Mw’ijuru n’I kuzimu, urubanza n’agakiza. Nta handi hantu hagati na hagati hahari. Purgatori ntibaho..
Ku itariki ya 11/04/ 1995
Turi urubyiruko turi 7 Imana yagiriye ubuntu iduha umutwaro wo gusangira iyerekwa n’abandi kw’isi. Byose byatangiye igihe cya sa yine z’igitondo. Mu kanya tubona umucyo (...) -
Ingo nyinshi, ndetse n’iz’Abakristo ziri mu bibazo… Kuki?
5 August 2013, by Simeon NgezahayoIkibazo nabajijwe n’abantu kuri internet:
Kuki imibaba o ikomeje kwiyongera? Nta rugo na rumwe nzi rutari mu bibazo, byaba mu buryo bugaragarira abantu cyangwa butagaragara. Abantu babayeho mu buzima butabaha ibyiringiro! Ndetse n’ingo z’ “Abakristo” ntizasigaye inyuma. Kuki Imana yemeye ko habaho gushaka niba abenshi mu bashakanye batumvikana? Kuki ingo nyinshi ziri mu bibazo byinshi? Ubuzima ni intambara ikomeye. None se nibikomeza gutya mu ngo no mu muryango kandi ari byo fatizo rya byose, (...)
0 | ... | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | ... | 1230