“Penina yababaza Hana akamutera agahinda kuko atabyara” –(1 Samweli1:1-8)
Iyi nkuru tuyizimo Elukana n’ abagore babiri Penina yari yarabyaye na Hana utarigeze ubyara n’ umutambyi Eli hamwe n’ umwana w’ igitangaza Anna yaje kubyara akamutura Uwiteka.
Elukana yajyaga gusenga akajyana abagore be bose ariko Penina yahoraga atuka Hana kuko atabyara akamutukira no mu rusengero akamubwira ati: “N’ubwo umugabo aguha imigabane ikubye kabiri iyanjye ariko ntiwigeze ubyara, nta gaciro ufite muri uru rugo. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Waba uzi impamvu tugeragezwa?
26 March 2012, by Ubwanditsi -
Niko umutima wanjye wahagizwa no kukwifuza Mana
30 January 2016, by Alice Rugerindinda“Nk’uko imparakazi yahagizwa no kwifuza imigezi, niko umutima wanjye wahagizwa no kukwifuza Mana”. Zaburi 42: 1(2) Mbega ikintu cyabuze! Ibaze nawe umutima wawe wifuza Imana kuri uru rugero! Abazi imparakazi bavuga ko ari inyamaswa izi kwiruka cyane, ngo yiruka 40 miles mu isaha , yirebe uko yiruka, ijya gushaka umugezi yahagira, idahagarara kuko ifite inyota!
Umwanditsi w’iyi Zaburi rero akora ikigereranyo ngo nkuko iyo mparakazi yiruka idahagarara, ngo niko nawe umutima we wahagira ushaka (...) -
“Kuki ari ngombwa gukizwa? Wabwirwa n’iki ko ukijijwe? Iherezo ry’uwakijijwe ni irihe?” (Igice cyambere)
9 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Kuki ari ngombwa gukizwa? Wabwirwa n’iki ko ukijijwe? Iherezo ry’uwakijijwe ni irihe?” (Igice cyambere)
Yohana 3:17 " Kuko Imana itatumye umwana wayo kw’isi, gucira abari mw’isi ho iteka, ahubwo Imana yabikoreye kugirango abari mwisi bazakizwe nawe"
Yesu ashimwe nshuti zanjye. Nkuko maze iminsi mbisaba Imana, nifuje ko twaganira gato ijambo ry’Imana, rifiteintego "GUKIZWA". Mu nteruro irihe juru muri uyu murongo wa 17 w’igice cya gatatu cyaYohana, tubonye ko icyatumye Yesu yambara umubiri (...) -
KU MANA BYOSE BIRASHOBOKA. UBUHAMYA BWA MAMA MARIAMU W’I KABERA
10 September 2011, by UbwanditsiUbu buhamya mugiye gukurikirana ni ubwa nyakwigendera Mama Mariamu KINYAMARURA wari Utuye i KABERA Mu majyepho ya KONGO Aho benshi bazi ku kazina k’i MURENGE.Ubu buhamya tukaba tubukesha Umwe mu bahungu ba Mariamu wasigaye Pasteur IRIHOSE Mariko
Ijambo ry’Imana : MATAYO 19,26 na MARIKO 9,23 :" Ku Mana byose birashoboka."
INTANGIRIRO Y’UBUHAMYA
Mama Domithila KINYAMARURA yavutse mu mwaka wa 1925 mu gihugu cyahoze ari ZAIRE ubu akaba ari Igihugu cya Repuburika Iharanira Demukarasi ya Kongo (...) -
Ibintu 7 bigaragaza ko Imana ari umukoresha mwiza - Pst Uwambaje Emmanuel
23 June 2016, by Simeon Ngezahayo“Mwese abarushye n’abaremerewe nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko ndi umugwaneza kandi noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu mitima yanyu. Kuko kunkorera kutaruhije, n’umutwaro wanjye utaremereye.” MATAYO 11:28-30.
Reka turebere hamwe ibintu 7 bigaragaza ko Imana ari umukoresha mwiza:
Imana ikoresha umuntu wese yaba yoroheje cyangwa akomeye (Yakobo 5:17) “ Dore Eliya yari umuntu umeze nkatwe asba ko imvura itagwa.” Imana (...) -
Kuki Imana yemera ko tugeragezwa?
21 July 2015, by UbwanditsiUbundi iki ni kimwe mu bibazo abakristo benshi bibaza iyo bahuye n’ibibagerageza bitari bimwe bakibaza impamvu Imana ibyemera kandi bayikorera.
1 Samuel 16:18, Havuga Dawidi uko Imana yamunyujije mu bigeragezo bikomeye ariko akabikuramo indangagaciro zikomeye.
Hagira hati ‘’Umuhungu umwe aramusubiza ati “Nabonye umuhungu wa Yesayi w’i Betelehemu. Ni umucuranzi w’umuhanga, ni umugabo w’imbaraga n’intwari kandi ni umurwanyi, aritonda mu byo avuga, ni umuntu w’igikundiro kandi Uwiteka ari kumwe na (...) -
Yesu abasha komora ibikomere byo mu mutima wawe.
18 February 2014, by Ernest RutagungiraMu buzima dusimburanwaho n’ibihe bitandukanye, harimo ibyiza ndetse n’ibibi, mu bibi hari ibishegesha umutima ndetse bigatuma uhorana umubabaro no kwiheba bidashira. N’ubwo ibi bibaho, ntawe ubimenyera, ariko hejuru y’ubukana bwabyo hari ibyiringiro k’uwizeye Yesu kuko yishyizeho intimba zacu ati “Mwese abarushye n’abaremerewe, nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko ndi umugwaneza kandi noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu mitima yanyu, kuko (...)
-
Kuki abantu benshi bavuga ko amasezerano y’ Imana atinda? Pastor Desire
4 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana“Nuko Umwami abwira Hamani ati: “Huta wende imyambaro n’ ifarasi uko uvuze, ubigenze utyo Moridikayi Umuyuda wicara ku irembo ry’ ibwami ntihagire ikintu kibura muri byo byose” - Esiteri 6:10-11.
Dukurikije iyi nkuru dusomye Moridikayi yari yarakoze ibyiza ariko hashira igihe ntiyahita agororerwa ariko ikindi gihe biribukwa aragororerwa wakwibaza uti: “Kuko nkora ibyiza kandi nkaba mfite n’ amasezerano ariko ntasohore?” Rimwe abigishwa babajije Yesu ngo nkatwe twasize byose tuzahabwa iki? (...) -
Nacuruzaga agataro, Imana iranzamura !
5 November 2013, by UbwanditsiNitwa Uwamungu Chantal, navukiye mu muryango w’abakene cyane. Navukiye mu muryango w’abana 10, batanu barapfa dusigara turi batanu. Narize ngera mu mwaka wa gatanu w’amashuri abanza, mpita mpagarara kubera ubuzima bubi twabagaho iwacu.
Kuva icyo gihe natangiranye no kwikorera agataro ncuruza isombe, dodo, ipapayi n’indi myaka itadukanye. Ubwo buzima nabumazemo imyaka itandatu, nkirirwa nzenguruka umujyi wa Kigali, Police idufata ikadukubita.
Iyo natahaga, nabaga narushye (namwe mutekereze (...) -
Ufite inyota? (Igice cya 2) - Xavier Lavie
4 September 2013, by Simeon Ngezahayo2. Imana wayibona ute?
Niba turi Abakristo b’akamenyero, tukaba tudashaka Imana n’imitima yacu yose, niba tutumva tugomba kugirana na yo umubano wihariye, niba kandi niba tunezezwa n’ibyo tubamo mu buzima bwacu bwa buri munsi, birumvikana ko nta cyo tuziyungura.
Ikibabaje ni uko hari Abakristo bemera bakicwa n’inyota ntibagire icyo babikoraho, kuko bamenyereye kudashishikarira iby’Umwuka. Ushobora kumenyera kunywa amazi yanduye, arimo icyondo cyangwa ukanywa make. Ariko ukuri ni uko ubugingo (...)
0 | ... | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | ... | 1230