Islam ni idini ry’ imbaraga ?
Nitwa Moulaye, navukiye mu muryango w’aba islam i, Niamey mu gihugu cya Niger. Data Moulaye Abdou ndetse na sogokuru ni aba Islam cyane (Fervent). Kubigaragararira amaso ya benshi, mu ba Islam, inkomoko yacu irubashywe kuko duturuka mu miryango ya bugufi y’ intumwa ya Islam. Sogokuru yari azwiho kuba ari umuhadji(soma umuhaji) ufite izindi mbaraga zitangaje. Islam kuri njye yari idini yaba sogokuru. Umuryango wose wabonaga ishema ku bwiryo zina, kubw’ izo mbaraga (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ubuhamya bwa OUMAR MOULAYE (igice 1)
31 May 2012, by Ubwanditsi -
Wowe ubwawe Uwiteka ni wowe Data!
21 October 2015, by Innocent KubwimanaErega ni wowe Data wa twese, nubwo Aburahamu atatuzi, Isirayeli ntatwemere! Wowe ubwawe Uwiteka, ni wowe Data wa twese, uri Umucunguzi wacu, uhereye kera kose ni ryo zina ryawe. (Yesaya 63:16)
Mubuzima bw’umuryango tumenyereye ko kugira ngo ube witwa umuryango wuzuye hagomba kuba harimo (Papa+Mama+Abana).
Nubwo biba bimeze gutya ariko usanga akenshi ubuzima bwose bushingiye kuri uyu mugabo, kuko aba agaragara nk’aho ari we mutwe, iyo adahari usanga bitameze neza, haba n’ikibazo ugasanga (...) -
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 4)
16 March 2014, by Kiyange Adda-DarleneNyuma yaho, Umwami yatweretse umuntu wishe abantu 6. Abo bantu batandatu bari bamuzengutse bamubwira bati: “ni amakosa yawe kuba turi hano. Ni amakosa yawe! » Uwo mwicanyi akajya agerageza gufunga amatwi kuko atashakaga kubumva ariko ntabibashe kuko i kuzimu « sens » zirakora cyane kuruta kw’isi.
Imyuka y’aho hantu yarembejwe cyane n’inyota itabasha kwihanganirwa. Kandi nta wabasha guhaza iyo nyota. Iyo myuka iba ireba hagati mu birimi by’umuriro ibijya kuba nk’inzuzi z’amazi noneho bagerageza (...) -
Himbaza Imana abanyamibabaro bishime.
7 August 2015, by Alice Rugerindinda“Himbaza Imana x2, abari kure n’abari hafi babimenye, Himbaza Imana abanyamibabaro bishime”
Iyi ni imwe mu ndirimbo tumaze iminsi turirimba mu rusengero, ngo himbaza Imana , abanyamibabaro bishime.
Nubwo uko ibihe by’imperuka birushaho kutwegera abantu bagenda barushaho guhinduka , umuntu yahagarara ashima Imana bikaba ikibazo kuko abantu batabyumvise kimwe, ariko burya iyo uhagaze ushima Imana wabisengeye, abanyamibabaro barishima, kuko ahava yumvise ko nubwo we bitaramugeraho, ariko hari (...) -
Chorale Gilgal yataramiye abatuye umurenge wa Gahanga
23 December 2013, by UbwanditsiKuri iki Cyumweru taliki ya 22/12/2013, mu murenge wa Gahanga mu Itorero ry’ADEPR Gatare habereye igiterane cya Chorale Gilgal ikorera umurimo w’ Imana muri CEP-KIST/KHI.
Saa moya n’igice za mu gitondo Chorale yari ihasesekaye ku rusengero, isanga Abakristo n’abaturage bo muri uyu murenge bayitegerezanije urugwiro. Iteraniro ryahise ritangira saa mbili zuzuye. Indirimbo zinogeye amatwi n’imitima iyi Chorale Gilgal yagejeje ku bari bateraniye aho zafashije iteraniro cyane. Hakurikiraho (...) -
Byose abikora neza. Ev. KIYANGE Adda-Darlene.
11 November 2013, by Kiyange Adda-DarleneMariko 7 :37, Baratangara cyane bikabije, baravuga bati : « Byose abikoze neza : azibura ibipfamatwi kandi akavugisha ibiragi. »
Umuryango wari ufite ikibazo cy’umuntu wabo wari ufite ubumuga bwo kutumva ndetse no kudedemanga. Bamaze kumenya ko Yesu ari aho hafi, baramuzana ngo Yesu amukoreho. Bigaragara ko bari bizeye ko namukoraho arahita akira, ariko igitangaje ntabwo Yesu yabikoze nkuko babitekerezaga ngo amushyireho ikiganza, ahubwo yakoze ibitandukanye. Yamujyanye ku ruhande (...) -
Mbese ubwo itimanye umwana wayo, izabura ite kumuduhana n’ibindi byose ? Ev: Adda-Darlene
12 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMbese ubwo itimanye umwana wayo ikamutanga ku bwacu twese, izabura ite kumuduhana n’ibindi byose ?( Abaroma 8 : 32)
Mu buzima busanzwe habamo ibyifuzo byinshi bishingiye kubyo umuntu akenera. Akenshi kwihangana biragorana kuko umubiri uba ushaka ko bihita biboneka ako kanya. Umuntu kandi akenera izindi mbaraga ziri hejuru ye ( force surnaturelle), zimufasha kugera kubyo yifuza. Iyo umuntu yamenye Imana yihutira gusenga. Utizera ajya mu bapfumu. Ikindi kintu kijya kibaho n’uko wa muntu (...) -
Ese guhamya ko uri Umukristo biteye isoni?
30 April 2012, by Alice Rugerindinda“ Kuko umuntu wese ugira isoni zo kunyemera no kwemera amagambo yanjye, Umwana w’umuntu nawe azagira isoni zo kumwemera, ubwo azaza afite ubwiza bwe n’ubwa se n’ubw’ abamarayika bera” Luka 9:26
Aya magambo yavuzwe na Yesu Kristo ubwe, ari nacyo cyemeza rwose ko hari abantu bagira isoni zo guhamya ko ari abakristo wenda bitewe n’ahantu umuntu ari, igihe urimo cyangwa se bitewe n’abantu umuntu ari kumwe nabo! Imana itugirire neza. Ariko Yesu akavuga ngo ubwo ugira isoni zo kumwemera, nawe azagira (...) -
Jye numviye ubutumwa bwiza ku muhanda ntegereje bisi!
4 September 2015, by Innocent KubwimanaAmazina yanjye nitwa Edouard muri byinshi Imana yakoze nifuje kubahgezaho uburyo Imana yankuye mu mwijima, ikamurikishiriza umucyo w’agakiza kayo. Nizeraga ibigirwamana ababyeyi banjye baramyaga ari nabyo byasobanuraga Imana mu maso yanjye. Rimwe na rimwe iyo nabaga mpuye n’akabazo najyaga nanabisenga.
Kuri njye Yesu numvaga atabaho na Bibiliya sinayubahaga sinabonaga ko ari igitabo cy’ikitegererezo ahubwo nayifataga nk’ibitabo bisanzwe. Kubera ibyo bigirwamana by’ababyeyi banjye ntabwo nigeze (...) -
Wowe ukoresha ururimi rwawe gute?
14 August 2012, by Innocent KubwimanaKandi koko ururimi ni umuriro. Yemwe ni ububi bungana n’isi! Ururimi rwashyizwe mu ngingo zacu, ni rwo rwonona umubiri wose, rukongeza kamere yacu yose, narwo rukongezwa na Gehinomu. (Yakobo 3:6)
Iyo witegereje umuntu agizwe n’ibice bitandukanye by’umubiri kandi byose by’ingenzi kuko nta gice cyakora icyo ikindi kimaze n’ubwo byose byuzuzanya. Muri ibyo bice byose by’umubiri w’umuntu hariho igice gikomeye umuntu adashobora kubaho adafite, sinibaza umuntu waba adafite umutima uko yaba abayeho. Uyu (...)
0 | ... | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | ... | 1230