Kuri iki cyumweru taliki ya 04 Nzeri 2011, ku cyicaro cy’Itorero rya ADEPR Gatare rikorera mu murenge wa Gahanga ,hashojwe igiterane cy’iminsi ibiri .Icyo giterane cyateguwe niryo torero, kikaba cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: “Kuko turi abo yaremye ituremeye imirimo myiza muri Kristo Yesu, iyo Imana yiteguriye kera kugira ngo tuyigenderemo. Abefeso 2:10”.
Icyo giterane cyaranzwe n’ubwitabire bw’abantu benshi batuye muri uwo murenge wa Gahanga ndetse no mu nkengero ,ibi bikaba (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Korali Rangurura yataramiye mu murenge wa Gahanga
5 September 2011, by Ubwanditsi -
Ikimoteri cyo muri kamere: kwirema ibice, kwitandukanya. Igice cya 4
25 March 2013, by Felicite Nzohabonayo1Abikorinto 11: 18 – 19:” Irya mbere, iyo muteranye mw’iteraniro, numva yuko mwiremamo ibice, kandi kandi ibyo ndabyemera ho hato. Kuko na none ibice bikwiriye kuba muri mwe, ngo abemewe bagaragarizwe ukwabo.”
Muri iki gice cya kane turakomeza kurebera hamwe indi myanda iba mu muntu. Iyo myanda ihagaze kuri sentiments ziba mu muntu zijyanye n’ igice aba aherereyemo mu mutima cyangwa mu bikorwa. Mw’isi biroroshye kubona habaho amashyaka, ubwoko, intara, imiryango, ubutunzi, ubukene. Umuntu aba (...) -
Dawidi yahanuye imibabaro izaba kuri Yesu.
13 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaZaburi 22: 7a "Ariko jyeweho ndi umunyorogoto sindi umuntu,"
Iyi ni zaburi ya Dawidi. Gusa urebye neza usanga bwari ubuhanuzi buvuga Yesu Kristo kuko harimo amagambo yavugiye ku musaraba nka:
Mana yanjye, Mana yanjye ni iki kikundekesheje? Zaburi yose ni iya Yesu, ivuga ku mibabaro yagize mu gihe cyo gucungura umuntu. Aho twasomye, ni aho agera akigereranya n’umunyorogoto, ati sindi umuntu. Kandi koko urebye ukuntu yasuzuguwe, ntabwo yari agufite agaciro k’umuntu.
Ati ndi umunyorogoto. (...) -
Nari ndwaye isesemi ndi bugufi bwo gupfa, Yesu ankiriza umubiriu n’ubugingo ! – Chica
4 September 2013, by Simeon NgezahayoNkiri muto, nizeraga Imana ariko mu by’ukuri ntazi Imana iyo ari yo. Nasengeraga amatungo yanjye n’umuryango… Ku myaka 7-8, namenye yuko nyogokuru arwaye kanseri... Naramusengeye, ariko aranga arapfa. Sogokuru na we yahise afatwa n’ubwo burwayi bwa kanseri, nsenga Imana ngo imukize ariko na we aranga arigendera.
Guhera icyo gihe, nateye Imana umugongo kuko ntiyumvishaga uburyo itashubije amasengesho yanjye. Mama yizeraga Imana, ariko na we ayitera umugongo kuva ubwo. Nakuze mfite urwo rujijo (...) -
Batemberejwe i kuzimu– 7 bo mu rubyiruko rwa Colombiya (igice cya 1)
4 March 2014, by Kiyange Adda-DarleneTwese hamwe, nk’itsinda, aba jeunes 7 twajyanjywe na Yesu kristo gutembera i Kuzimu.
Bibiriya, ijambo ry’Imana isobanura neza iby’ijuru n’iby’umuriro w’iteka.(Luka 16:19-26). Umwami atubwira ahantu habiri:Mw’ijuru n’I kuzimu, urubanza n’agakiza. Nta handi hantu hagati na hagati hahari. Purgatori ntibaho..
Ku itariki ya 11/04/ 1995
Turi urubyiruko turi 7 Imana yagiriye ubuntu iduha umutwaro wo gusangira iyerekwa n’abandi kw’isi. Byose byatangiye igihe cya sa yine z’igitondo. Mu kanya tubona umucyo (...) -
Ingo nyinshi, ndetse n’iz’Abakristo ziri mu bibazo… Kuki?
5 August 2013, by Simeon NgezahayoIkibazo nabajijwe n’abantu kuri internet:
Kuki imibaba o ikomeje kwiyongera? Nta rugo na rumwe nzi rutari mu bibazo, byaba mu buryo bugaragarira abantu cyangwa butagaragara. Abantu babayeho mu buzima butabaha ibyiringiro! Ndetse n’ingo z’ “Abakristo” ntizasigaye inyuma. Kuki Imana yemeye ko habaho gushaka niba abenshi mu bashakanye batumvikana? Kuki ingo nyinshi ziri mu bibazo byinshi? Ubuzima ni intambara ikomeye. None se nibikomeza gutya mu ngo no mu muryango kandi ari byo fatizo rya byose, (...) -
Mu giterane cyaberaga Rusizi abarenga 150 bakijijwe
21 October 2013, by UbwanditsiKuri iki cyumweru taliki ya 20/11/2013, ku itorero ry’ADEPR Gihundwe habereye igiterane kidasanzwe kirimo kuramya Imana no guhimbaza. IKi giterane cyitabiriwe bikomeye, kuko urusengero rwari rwuzuye abantu bahagaze.
Abashyitsi muri iki giterane bari itsinda riyobora kuramya no guhimbaza mu mujyi wa Kigali, bavuye mu maparuwasi atandukanye. Hari kandi Dominic Nic ukunzwe na benshi mu gihugu cy’u Rwanda no hanze yacyo. Hari kandi na Pasteur Desire Habyarimana na madame we, ari na bo bari (...) -
Ubuhamya: IMANA YACISHIJE AMASEZERANO YANJYE MU MPANO YO GUHIMBAZA - Pastor MUNEZERO Jean Damascene (Igice cya 2)
29 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNasabye undi mukobwa witwa NIBAGWIRE Olive wo mu Bukomane bwa Nyakayaga ho muri Gatsibo, dutera igikumwe. Jenoside ibaye mu Rwanda mu w’1994 interahamwe zijya kwa databukwe bose zirabica zirabamara, fiancé wanjye aba arapfuye bintera ikindi gikomere ariko Imana irambwira ngo izandinda. Igihe Imana yabimbwiraga narayibwiye nti “Abantu banjye bapfuye, abo nayoboraga bapfuye, na fiancé wanjye bamwishe.” Imana ikomeza kumbwira ngo izabana nanjye.
Imana yaje gukora ikindi gitangaza kubera ibyo (...) -
Urashaka ko ukuboko kwiza kw’Imana kubana nawe?
10 April 2012, by Alice Rugerindinda“ Umwami arabinyemerera, abitewe n’ukuboko kwiza kw’Imana yanjye kwari kundiho” Nehemia 2 :8 b Aya magambo yavuzwe na Nehemiya, ubwo yari amaze kumva inkuru ibabaje y’ukuntu I Yerusalemu habaye amatongo, nuko agashaka uburyo yazajyayo, akajya gusana izo nkike ziwabo. Ntibyari byoroshye namba, ariko ngo igihe kimwe amaze gusenga yinginga Imana, aragenda yikubita imbere y’Umwami amusaba kumufasha kujya guhasana, yamusabye ibintu bitandukanye, byose Umwami arabimwemerera nta mananiza na make (...)
-
Ikitanyeganyeje umutima wawe n’uw’Imana ntikiwunyeganyeza
27 August 2012, by Pastor Desire HabyarimanaSinatamba igitambo cyoswa ntagitanzeho ibyanjye- 1 Ngoma 21:24
Abantu benshi bakorera Imana. Ibi ni byiza ariko iyo urebye hari ijambo dukwiye gusobanukirwa cyane, ni uko imigisha yose Imana yayikubiye mu gutanga kuko gutanga bizana umugisha kuruta guhabwa, abantu bakunda guhabwa ariko gutanga biragoye ariko Imana yaduhaye urugero aho yatanze umwana wayo imufite ari umwe(Yohana 3:16).
Mbere y’uko utanga ibyawe ngo ufashe abakene, utere inkunga umurimo w’ Imana, Imana irashaka ko ari wowe (...)
0 | ... | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | ... | 1230