Kuko ibyerekanywe bifite igihe byategekewe, ntibizatinda kukigeraho kandi ntibizabeshya, n’aho byatinda ubitegereze, kuko kuza ko bizaza ntibizahera. (Habakuki2:3)
Mu gihe mwiyemeje gutera intambwe ngo mugere ku nzozi Imana Yashize mu mitima yanyu, bishobora na none gufata igihe. Imana ntabwo Izasohoza izo nzozi ako kanya, kubera ko igihe cyo kuzitegereza ari intambuko ituma ukwizera kwanyu gukomera. Muri Habakuki 2 Imana Iravuga ngo: Igihe ntabwo kiragera kugira ngo ibyerekanwe bisohore, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ujye wiringira Imana kuko ibyo yasezeranye izabisohoza.
8 February 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Nasengaga Mariya n’abatagatifu, ariko Yesu wemyine ni We wabashije kunkiza!
5 April 2013, by Simeon NgezahayoNari umunyagatulika w’umunyedini, kandi nabatijwe nkuze muw’2006. Numvaga ibyaha byanjye narabibabariwe ubwo bibizaga umutwe wanjye mu mazi. Mu by’ukuri, hashize umwaka umwe n’igice nitegura kubatizwa nta wigeze kumbwira ibyo kwihana. Ku bwanjye, icyo gihe numvaga ko Imana ari urukundo, ku bw’ibyo nkumva izambabarira kuko nakundaga inzoga n’itabi bidasubirwaho. Nari nizeye ntashidikanya ko ndi mu nzira y’ukuri, rimwe nkasenga Mariya ubundi nkasenga abatagatifu. Ariko bigeze mu kwezi kwa cumi 2011, (...)
-
Umuntu wese anezeze mugenzi we amubere inyunganizi Pastor Desire Habyarimana
19 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO: Umuntu wese anezeze mugenzi we amubere inyunganizi.
Abaroma 15:2. Umuntu wese muri twe anezeze mugenzi we kugira ngo amubere inyunganizi amukomeze.
Usomye aya magambo wakumva yoroshye ariko siko bimeze. Ubundi iyo umuntu akijijwe ijambo ry’Imana rimuha inshingano ndetse n’amategeko. Amwe muri abiri akomeye ni ugukunda Imana n’umutima wawe wose no gukunda mugenzi wawe nkuko wikunda. Niba ijambo rivuga yuko ugomba kumukunda nkuko wikunda, ibyiza wifuza ko bikugeraho nawe bikwiriye (...) -
Kurambagizanya kw’abakijijwe (igice cya 1)
23 May 2016, by Pastor Rukundo Octave1. Kumara igihe abitegura kurushinga bakundana cyangwa se ‘’fiançailles’’, n’iki ?
Urebye mu nkoranyamagambo, fiancaille ni igihe kiba hagati yo kwemeranwa kuzashakana no gushakana nyirizina. Fiancé : Bivugwa kumuntu wemeye kuzubakana urugo n’undi, bombi bakabyemeranwaho.
Ubwo busobanuro bubiri burumvikana neza, ni nabwo bwemewe muri Bibiriya(Mariya Yosefu bari abafiance mbere yuko Mariya atwita Yesu kubwo imbaraga z’umwuka Wera. Luka 2:5)
2. Ni kuki hagomba kubaho igihe hagati yo guhana (...) -
Hejuru y’imbaraga z’ikigeragezo hari imbaraga z’Imana
5 August 2015, by Ubwanditsi‘’Uwiteka abaza satani ati ‘’Aho witegereje umugaragu wanjye Yobu, yuko ari ntawuhwanye na we mu isi, ari umukiranutsi utunganye, wubaha Imana kandi akirinda ibibi? Yakomeje gukiranuka kwe n’ubu, nubwo wanteye kumugirira nabi nkamuhora agatsi.’’ Yobu 2:3
Satani ajya adusaba akatugerageza ariko rero ikigeragezo si impamvu yo kureka gukiranuka, tujye twihangana tuyigumeho.
Yobu tumaze gusoma yari umuntu w’Imana urangwa n’ibi bikurikira: Gukiranuka Kubaha Imana Kwirinda ibibi
Nubwo ibi byose yari (...) -
Igipimo cyo gukiranuka kwawe! Dr. Fidèle Masengo
22 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIGIPIMO CYO GUKIRANUKA KWAWE
Nk’umuntu ukora umwuga w’ubwalimu nasanze impamvu abantu benshi basindwa mu bizamini n’uko umunyeshuri atari we utegura ikizamini ahubwo gitegurwa na Mwalimu akaba ari nawe ushyiraho igipimo cy’ubumenyi gisabwa umuntu kugirango atsinde. Iyaba abakora ibizimani aribo babiteguraga, bakagena amanota baha buri kibazo, bakanikosora...Nta muntu wari gusubira mu ishuri. Ariko nk’uko mubizi Mwalimu ubaza akanakosora si we munyeshuri.
Mu gihe cya Yesu, abafarisayo (...) -
Ibitangaza bikomeje gukoreka i Musanze
4 July 2013, by UbwanditsiKuva kuri uyu wa gatatu I Musanze hatangiye ibiterane byo kubohoka mu byaha ndetse no mu ndwara kuri uyu wa 4 kuva ku isaha ya saa cyenda nibwo igiterane cyari gitangiye nyuma y’ijambo ry’Imana ryigishijwe na Ev.dana Morey rivuga ku ukubohoka by’ukuri hakurikiyeho umwanya w’amasengesho mu bitabiye ibi biterane benshi baje bafite ibibazo bitandukanye muribo harimo abafite ubumuga butandukanye kandi bose bifuza gukira!
Dana Morey yatangiye avuga ko gukira biterwa n’ukwizera k’umuntu aho (...) -
Ngufitiye inkuru nziza/ Past Desire
28 August 2015, by UbwanditsiUwiteka aravuze ngo ejo nk’ iki gihe, ku irembo ry’i Samalia indengo y’ifu y’ ingezi izagurwa shekeli imwe…2 Abami 7:1-2
Muzi ko Isirayeri ari ubwoko bw’ Imana ariko igihe kimwe bumviraga amategeko y’ Imana ikindi gihe ntibumvire. Kenshi iyo babaga batumviye yabahanishaga ishyanga ritubaha Imana nk’ Abamidiani, Abafirisitiya, n’abandi bakabatera bakabatsinda kugeza igihe bazamenya ko bagoye Imana bakayigarukira.
Kuva Umwami Ahabu agiye ku ngoma yazaniye kuvangirwa gukomeye Isirayeri kuko abatambyi (...) -
Icy’ingenzi cyari gikomeye Yesu yaragikoze.
21 December 2013, by UbwanditsiNshuti yanjye, mwene Data, Imana yacu irahambaye, mu buzima itunyuzamo hari ibyo ducamo tukibaza impamvu yabyo ntidupfe kuyisobanukirwa, rimwe na rimwe byadukomerana tukabona ari nk’igihano twahawe, nyamara twareba abandi tukabona baguwe neza baranezerewe, kuri bo wanareba ugasanga batakurusha no gusenga ngo ahari tubyite ibisubizo by’ayo basenze, wenda ahubwo ugasanga ntibajya banigora basenga ,ariko ndagirango nkubwire ngo impamvu nta yindi n’ukugirango Imirimo y’Imana igaragarizwe muri twe. (...)
-
Ubuhamya: Natawe mu musarane Imana irandokora
30 July 2012, by UbwanditsiNitwa Karemera Viateur navutse 1984 mvukira ku Mugina. Ubwo jenoside yakorewe abatutsi muri 1994 yatangiraga nabaga kwa Sogokuru hanyuma turahunga nyuma twaje kugaruka iwacu ariko tuhamaze amasaha make kuko Sogokuru yari akuze cyane atakinabona na Nyogokuru nawe yari umukecuru ukuze twumva igitero kiraje tujya kwihisha mu masaka, bahise baza basohora mukecuru na Sogokuru barabica, kuva ubwo duhita duhungira kwa Padiri.
Interahamwe n’abasirikare baje kuhadukura batujyana bagenda badukubita (...)
0 | ... | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | ... | 1230