UKWIYE GUSHIMA NI UFITE IGIKOMBE CY’AGAKIZA
Zab.116:12-14, Ibyiza Uwiteka yangiriye byose, Ndabimwitura iki ? Nzakira igikombe cy’agakiza, Nambaze izina ry’Uwiteka. Nzahigura Uwiteka umuhigo wanjye, Ni koko nzawumuhigurira mu maso y’ubwoko bwe bwose.
Utarakiriye igikombe cy’agakiza nawe yahiga ariko ikibazo cyaba uguhigura. Twese dukunda guhiga iyo turi mu ntambara bishyushye, ariko igihe cyo guhigura kenshi kiragorana kuko kiba ari igihe cy’amahoro. Dawidi yibaza icyo yakwitura Imana (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ukwiye gushima ni ufite igikombe cy’ Agakiza. Mwalimu Edissa
8 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Kwinegura kuzana impinduka (n’izindi ngeso nziza) - Rick Warren
17 July 2013, by Simeon NgezahayoImyaka 10 ishize yampinduye bingana iki? Ntekereza ko ngenda ndushaho kwisunga Yesu. Ikinejeje mu buzima bwa Gikristo ni uko nisunze Yesu. Nawe atura uwo wisunga.
Ubu sinshyigenga cyane nk’uko nari mbere mu buzima bwanjye. Iyo ukiri umusore, uba uri icyigenge. Wishyira hejuru, ugatekereza ko uzi byose. Nta muntu wishyira hejuru kurusha umunyeshuri wiga mu mwaka wa 3 wa tewolojiya, utekereza ko agiyte gushing itorero nyamara nta kintu na kimwe aba yakagira.
Gusenya imyumvire wubatse muri (...) -
Ubuzima buramya Imana/ Dr Fidèle Masengo
30 October 2015, by Innocent KubwimanaLuka 7:37- 38- "Umugore wo muri uwo mudugudu wari umunyabyaha, amenya yuko arira mu nzu y’uwo mufarisayo, azana umukondo w’amavuta meza ameze nk’amadahano, ahagarara inyuma ye hafi y’ibirenge bye arira, atangira kumutonyangiriza amarira ku birenge abihanaguza umusatsi we, asoma ibirenge bye, abisiga ayo mavuta".
Maze iminsi nkurikiranira hafi amarushanwa y’abaririmbyi ba "Gospel" hari n’ubwo nigeze mba President w’akanama kagombaga gutanga igikombe cyiswe ’Umucyo Gospel Awards 2012’ cyari (...) -
Ibihugu 10 Abakristo bakwiye kubamo bigengesereye
16 October 2012, by UbwanditsiUru rutonde rwakozwe mu mwaka wa 2011 mu kwa cumi nakumwe rukorwa nuwitwa Jay Karlson wandikira urubuga www.listeverse.com yashingiye cyane kuri zaraporo zitangwa buri mwaka zuburyo abakristo bicwa bazira imyizerere yabo: 10.Laos umubare wabanyagihugu:millioni 6.4 ; abakristo bagituye ni:200,000 Idini ryiganje: Buddhism Goverinoma:iyobowe naba Communiste
Ubutegetsi bwa Laos ndetse na societe ya laos ifata abakristo nkabaretwa babanyamerika ibyo bigatuma abakristo bahohoterwa birenze (...) -
Dukundane Ev Kiyange Adda
22 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana1Yohana 3: 11. Ubwo nibwo butumwa mwumvise uhereye mbere na mbere, ngo dukundane. Urukundo ni ijambo rikubiyemo ibintu byose bivugwa muri Bibiriya. Mose yazamutse umusozi Sinayi, azana amategeko 10, ariko Yesu aje akora resume yayo, 5 abanza yose ayashyira mw’itegeko 1. Ati ukundishe Uwiteka umutima wawe wose, n’ubugingo bwawe bwose, n’ubwenge bwawe bwose.
Andi 5 asoza ayakubira muri 1 ati ukunde mugenzi wawe nkuko wikunda. Aba ararangije.
Ayo mategeko ni aya: 5 abanza:
1.Ntukagire izindi (...) -
Murinde imitima yanyu!
9 September 2015, by Isabelle Gahongayire"Dukubita hasi impaka n’ikintu cyose kishyiriye hejuru kurwanya kumenya Imana, dufata mpiri ibitekerezwa mu mitima byose ngo tubigomorere Kristo’’. (2 ABAKORINTO 10:5 )\
Ubwonko bwanyu ni impano y’umwihariko ituruka ku Mana. Ibasha kuba yabika miliyali ibihumbi ijana by’ibitekerezo! Ni igikoresho Imana iba ishaka gukoresha mu murimo yabahamagariye kugira ngo isohoze imigambi yayo.
Akenshi tunaniza imitima yacu dutekereza ibintu byinshi. Niyo mpamvu mugomba kubera maso cyane ibyo mwinjiza mu (...) -
Dawidi yagiraga umutima umukubita! Alice Rugerindinda
24 August 2015, by Alice Rugerindinda“ Dawidi amaze kubara abantu, umutima we uramukubita. Abwira Uwiteka ati: “ Ndacumuye cyane kubyo nkoze ibyo, ariko none Uwiteka ndakwingize, kuraho gukiranirwa k’umugaragu wawe kuko nkoze iby’ubupfu bwinshi” 2 samuel 24:10
Mu yindi Bibiliya haravugango Dawidi amaze kubara abantu yumvise umutima we udiha.
“ Dawidi arahaguruka agesa ku kinyita cy’umwambaro wa Sawuli bucece. Hanyuma Dawidi agira umutima umuhana, kuko yageshe ku mwambaro wa Sawuli. Abwira abantu ati : “ Uwiteka andinde kugenza (...) -
Impamvu 7 zatumye Elisa asaba Eliya imigabane 2 y’Umwuka we. Pasteur Desire Habyarimana
7 December 2013, by Pastor Desire Habyarimana2 Abami 2:9b
Dukwiriye imbaraga zikubye kabiri kuko ibidutegereje birakomeye. Yesu yarabirebye areba umurimo asize, abwira abigishwa ati «Mujye mucumba cyo hejuru i Yerusalemu, kandi ntimuzahave mutarahabwa imbaraga. Icyakora muzahabwa imbaraga Umwuka Wera nabamanukira » Ibyak. 1:8.
Ibyari bibategereje kwari ugucibwa ibihanga, kujugunyigwa intare, gutwikwa, kwambara ubusa n’akarengane k’uburyo bwinshi. Wabwira ko mu gihe cyacu ibyo bidahari ? None se ibyaha bihari n’intege nke zihari uzapfa (...) -
Ukwiye kwiga gutsinda ibitekerezo bibi.
14 April 2016, by Pastor Desire Habyarimana‘’Erega nzi ibyo nibwira nzabagirira! Ni amahoro si bibi, kugira ngo mbareme umutima w’ibyo muzabona hanyuma. Niko Uwiteka avuga.’’ Yeremiya 29 :11
Nakuriye ahantu hari icyuka kibi, harangwamo abasinzi, induru, ubwoba, akarengane, hagati y’abantu bihebye. Nari narafashe umuco wo kutagira icyiza ntega ku buzima, uretse gutenguhwa. Nahoraga nibaza nti : Ni ikihe cyago kindi kigiye kungwira ?’’
Igihe Imana yampamagariraga kuyikorera, ntabwo nahise nkira ako kanya. Nyuma yo gukura nibwo naje (...) -
Nowa kuki wubaka iyo nkunge?
19 April 2013, by Alice RugerindindaIki kibazo cyabajijwe Nowa ,mu gihe Imana yari imutegetse kubaka inkuge y’ubuhungiro ku bantu bazemera kuyinjiramo.
Bibiliya itubwirako cyari igihe ibyaha byari bigwiriye cyane mu isi, kugeza aho Imana itagishoboye kubyihanganira, ngo igeza aho yicuza impamvu yaremye umwana w’umuntu.
“ Kandi Uwiteka abona ko ingeso z’abantu zari mbi cyane mu isi, kandi ko kwibwira kose imitima yabo itekereza ari kubi gusa iteka ryose. Uwiteka yicuza yuko yaremye abantu mu isi, bimutera agahinda mu mutima” (...)
0 | ... | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | 420 | 430 | 440 | ... | 1230