« Mbese si wowe wizaniye ibyo, kuko wimuye Uwiteka imana yawe, ubwo yakuyoboraga inzira ? None se mu nzira ijya muri Egiputa urayikoramo iki ? Urashaka se kunywa amazi ya Nili ? Cyangwa se mu nzira ijya muri Ashuri yo urayikoramo iki ? Urashaka se kujya kunywa amazi ya rwa ruzi ? » Yeremiya 2 :17-18
Hari indi bibiliya byanditse muri aya magambo « Ibyo nimwe mwabyikururiye , mwarabyikururiye mwimura Uhoraho Imana yanyu, mwaramwimuye kandi ariwe wabayoboraga. Mbese kuki mujya mu misiri (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
None se mu nzira ijya muri Egiputa urayikoramo iki?
4 November 2012, by Alice Rugerindinda -
Nigeria: Umusenateri w’ Umukristo yarishwe ubwo yari gushyingura abakristo 100
7 March 2013, by UbwanditsiTariki 8 z’ukwezi kwa karindwi umwaka ushize, umugabo wa Hannatu yarishwe ubwo yari mu muhango wo gushingura abakristu basaga 100 bari baraye bishwe muri Leta ya Plateau, mu majyaruguru ya Nigeria.
Hashize amezi ako kaga kabaye, ariko Hanatu Dantong aracyafite umubabaro mwinshi. Bamwe bo mu muryango wa “Portes ouvertes” ufasha abakristu batotezwa wamugezeho bimutera intege. « Ijambo riri kumfasha muri ibi bihe ni zaburi ya 23. Nzi ko Umwami Yesu ari kumwe nanjye, no muri ibi bihe bitoroshye. (...) -
Ubuhamya: Gukizwa kwanjye byasaga nko kuzuka mu bapfuye. Yannis Gautier
7 October 2015, by Kiyange Adda-DarleneMama amaze kunta mfite imyaka 3, nahise njya kuba mu kigo cy’imfubyi cya DDASS. Nyuma y’igihe kitari gito, Data, niba umutima warakomeje kumucira urubanza, yaraje aramfata anjyana kwa Mireille wari indaya ye bari bafitanye abana babiri.
Data, yari umuntu wakundaga gusohoka, akajya kwinezeza mu masaha y’ijoro kandi akaba n’umuriganya. Yari afite iduka ry’imyenda (prêt- à -porter), ubucuruzi bwari buteye imbere cyane, ariko ntiyabashaga gutandukanya igishoro n’inyungu.
Muri ayo majoro yararaga (...) -
Umushumba adahari intama ntizagira icyerekezo. ( Igice cya 2) Ev THEOGENE TITO HAGUMA
3 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNINDE UGOMBA KUYOBORA? NI UMUHANUZI CYANGWA UMUPASITORO?
Nuzagera murusengero ruyobowe n umuntu ufite umuhamagaro w ubuhanuzi cyangwa ubuvugabutumwa,akaba ari we pasitoro hari byinshi bizagutangaza: uzahasanga motivations nyinshi ( ibyokere byinshi cyane) arizo ayo matorero yubakiyeho.
Intumwa (Apostles) ;Abahanuzi (Prophets); n Abavugabutumwa ( Evangelists); barangwa na inspirations na motivations ( Ubukangurambaga,n ubushyushyarugamba ) byinshi cyane. Baba bafite ubutyoza mu (...) -
Sobanukirwa ibyumweru 70 byahanuwe na Daniyeli
17 December 2013, by Simeon NgezahayoIgitabo cy’Umuhanuzi Daniyeli ni amagambo atangaje. Ibice 6 bibanza bivuga amateka ya Daniyeli kandi bikavuga ibyo ku ngoma z’i Babuloni n’Ubuperesi. Kuva ku gice cya 7 kugeza ku cya 12, tuhasanga amateka y’ibyabayeho, airi byo twakwita ubuhanuzi. Ahangaha turibanda ku buhanuzi bufite ibimenyetso bifatika ku bijyanye n’imperuka y’ibihe. Mbere ya byose, reka twishyire mu mwanya wa Daniyeli uyunguyu uvugwa mu Isezerano rya Kera. Muri iki gihe cya none, ubwoko bw’Imana ni Isirayeli, umurwa wera (...)
-
Irinde gukora ibyaha wabigambiriye!
22 December 2015, by Alice Rugerindinda“Ninde ubasha kwitegereza kujijwa kwe? Ntumbareho ibyaha byanyihishe. Kandi ujye urinda umugaragu wawe gukora ibyaha by’ibyitumano. Bye kuntwara, uko niko nzatungana rwose, urubanza rw’igicumuro gikomeye ntiruzansinda” Zaburi 19: 13-14 Amen
Mu yandi magambo “ Erega nta muntu ushobora kumenya amafuti ye. Ujye umbabarira ibyaha nkora ntabizi. Umugaragu wawe ujye undinda gukora ibyaha nkana, ubindinde bye kunyigarurira….” Amen
Iyi zaburi ni ya Dawidi, ariko harimo isengesho rikomeye nanjye numva (...) -
Ibidashobokera abana b’abantu ku Mana birashoboka
21 July 2015, by Innocent Kubwimana‘’Abantu bategereza Zakariya, batangazwa n’uko atinze mu rusengero. Maze asohotse ntiyabasha kuvugana na bo, bamenya yuko hari icyo yerekewe mu rusengero, akajya abacira amarenga akomeza kuba ikiragi. Iminsi y’imirimo ye ishize asubira iwe. Bukeye umugore we Elizabeti asama inda, abihisha amezi atanu’’ Luka 1:21-24.
Zakariya ubwo igihe cyari kigeze nk’uko umuhango w’abatambyi wari uri, ubufindo bwamwerekanye ko ari we ujya kosereza imibavu.
Ngo n’ubwo yari umusaza, umugore we Elizabeti akaba (...) -
Umunsi mukuru wo gusengera aba Pasitori mw’ itorero rya ADEPR Nyarugenge
11 March 2012, by UbwanditsiKuri iyi taliki ya 10/03/2012 mu itorero ryaADEPR Nyarugenge habereye umunsi mukuru wo gusengera umushumba w’ iryo torero Pastor Joseph hamwe n’abandi ba Pastor bane, uyu muhango ukaba witabiriwe n’ abantu benshi ku buryo stade ya camp Kigali yari yuzuye aho uyu muhango wabereye.
Nk’uko byagaragaraga uyu muhango wari witabiriwe n’abashumba bavuye mu ndembo z’u Rwanda zigize iri torero rya ADEPR hamwe n’ ubuyobozi bwite bwa Leta bwari buhagarariwe n’ umuyobozi w’akarere ka NYARUGENGE wungirije (...) -
Adamu, umurinzi wa mbere , umukurambere w’ indangare.
21 February 2012, by Ubwanditsi“Ndaza vuba, komeza ibyo ufite hatagira ugutwara ikamba ryawe” (Ibyahishuwe 3:11)
Ubwo Imana yaremaga isi, yamaze kurema umuntu imuha isi ngo “ayirinde”. Bibliya ibivuga neza ngo “Uwiteka Imana ijyana wa muntu imushyira muri iyo ngobyi yo muri Edeni, ngo ahingire ibirimo ayirinde” (Itangiriro 2:15). Hano biragaragara neza ko umwe mu mirimo ya mbere Imana yahaye umuntu harimo no kurinda isi. Iyo Imana iba izi ko nta kibazo kandi ko izayirindira, ntabwo iba yarahaye Adamu uwo murimo. Biragaragara (...) -
Icy’ingenzi cyari gikomeye Yesu yaragikoze.
21 December 2013, by UbwanditsiNshuti yanjye, mwene Data, Imana yacu irahambaye, mu buzima itunyuzamo hari ibyo ducamo tukibaza impamvu yabyo ntidupfe kuyisobanukirwa, rimwe na rimwe byadukomerana tukabona ari nk’igihano twahawe, nyamara twareba abandi tukabona baguwe neza baranezerewe, kuri bo wanareba ugasanga batakurusha no gusenga ngo ahari tubyite ibisubizo by’ayo basenze, wenda ahubwo ugasanga ntibajya banigora basenga ,ariko ndagirango nkubwire ngo impamvu nta yindi n’ukugirango Imirimo y’Imana igaragarizwe muri twe. (...)
0 | ... | 480 | 490 | 500 | 510 | 520 | 530 | 540 | 550 | 560 | ... | 1230