Aba Taribe ukuri guteye agahinda muri Senegali
Ntushobora kuba muri Senegali ugenda n’amaguru mu mujyi, aho abantu bateranira, hafi ya za station za essence, hafi y’amaduka, za hoteri, aho bategera imodoka, ngo ubure guhura n’umutalibe.
Nimvuga aba Taribe ntihagire uwumva abataribani kuko biratandukanye cyane.
Abataribe ni abana bafite hagati y’imyaka 5 kugeza kuri 15, basabiriza ku mihanda, mu ntoki bafite ibikombe by’ibyuma bikuweho imifuniko; ibya plastique cyangwa utudobo duto.
Abo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Ubucakara mw’izina ry’imyizerere (TARIBE)
12 December 2012, by Pastor Kazura Jules -
Uwita ku bakene Uwiteka azamukiza ku munsi w’ibyago.
15 April 2014, by Alice Rugerindinda“ Hahirwa uwita ku bakene, Uwiteka azamukiza ku munsi w’ibyago. Uwiteka azamurinda amukize, kandi azahirwa ari mu isi kandi ntazamuha abanzi be kumugirira uko bashaka. Uwiteka azamwiyegamiza ahondobereye ku buriri ” Zaburi 41: 1-4
Imana ishimwe. Gufasha abakene nabyo biri mu nshingano z’umukristo, umuntu wamenye Imana, kandi bifite ingororano zikomeye.
“ Ariko se ufite ibintu byo mu isi , akareba ko mwene se akennye , ntamugirire impuwe, urukundo rw’Imana rwaguma muri we gute? 1 Yohana 3:16 “If (...) -
Ukwiriye kwitondera ibintu ubiba mu mwana wawe!
11 July 2013, by Alice Rugerindinda“Dore abana ni umwandu uturuka ku Uwiteka, imbuto z’inda nizo ngororano atanga” Zaburi 127 :3 “Behold, children are a heritage from the Lord. The Fruit of the womb is a reward” Psalm 127:3
Imana ni nziza yatekereje ko umwana w’umuntu akeneye kugira abana. Nkuko Bibiliya ibivuze, abana ni impano ikomeye y’Imana. Imana ishimwe cyane.
Igihe kimwe nagize amahirwe yo kuba mu mahugurwa ajyanye no “ Gukira ibikomere byo ku mutima” ariko nahigiye ibintu byinshi cyane. Twarize, turangije umwigisha adusaba (...) -
Ibikomeza umubano mwiza w’ abashakanye (igice cya mbere).
6 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana1.Kuganira no gusabana.
Kuganira kw’ abashakanye ni ikintu cy’ ingenzi.Bigomba kuranga ubuzima bwabo bw’ igihe cyose. Kuganira kw’abashakanye gushingiye ku mucyo wo kubwizanya ukuri, bituma bamenyana kurushaho, bakuzuzanya mu miterere yabo itanndukanye.
Kuganira bibashisha abashakanye kubona ahabasha guturuka inzitizi mu mumibanire yabo bakazikumira kandi hanavutse ikibazo bagafatanyiriza hamwe kugishakira igisubizo.
Ingingo zifasha abashakanye kuganira gusabana:
Kwitoza kuganira kuri (...) -
IBINTU 4 UMUKRISTO AKWIYE KUBAKA MU MIBEREHO YE. (Igice cya mbere). Rev. Mugiraneza.
10 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari impamvu zatumye abakristo bo mu Itorero rya mbere bari bashikamye mu byo kwizera, byatumaga bemera no gutotezwa bazira Yesu Kristo. Mu gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa 2:42 herekana aho bakuraga ubushobozi bwo gutsinda ibihe bibi barimo:"Bahoraga bashishikariye ibyo intumwa zigishaga, bagasangira ibyabo, no kumanyagura umutsima no gusenga." Izi zikaba ari inkingi 4 bari bubakiye ho imibereho yabo ya gikristo. Buri inkingi muri izi uko ari enye yari ifite icyo ivuze:
1. Gukunda inyigisho (...) -
Meny’ibintu 5 bikwiye kuranga abashakanye bakijijwe.
8 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUbuzima bw’abashakanye bakijijwe bombi bukwiye gutandukana cyane n’ubwabandi badakijijwe, iyo urugo rumaze kubakwa,haba hakiriho byinshi byo gukorwa kugirango n’abana bazabakomokaho bazavukire mu buzima bwubah’Imana. Mu bushakashatsi Isange yabakoreye,twababoneye ibintu bitanu musabwa gukora igihe cyose mubana nk’abashakanye kandi mukijijwe.
1. Mujye mufata umwanya mwihitiyemo mwembi n’uko musengere hamwe, kandi byaba byiza mubikoze buri munsi. Mushobora guhitamo kujya musenga wenda (...) -
Kumenya kamere yawe byagufasha kwisuzuma no kwirinda
8 May 2016, by Isabelle GahongayireAbahanga mu bya psychologie bashyize ahagaragara amoko 4 ya kamere ziba mu bantu. Buri wese agira kamere ashobora kuba adahuriyeho na mugenzi we. Ni cyo gituma bamwe baba bitonda, abandi bagira amahane; bamwe bacecetse, abandi bakunda kuvugavuga,…
No mu nzu y’Imana rero haracyarangwa abafite kamere mbi, kandi ijambo ry’Imana ritubwira ko abakora imirimo ya kamere batazaragwa ubwami bw’Imana (Abagalatiya 5:19-21), ariko twakwisuzuma ntitwagibwaho n’urubanza (1 Abakorinto 11:31).
Muri izo nzego (...) -
Rubyiruko mumenye ibi bizabarinda
2 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaHari ubwo umukobwa cyangwa umuhungu b’abakrisito bakiri urubyiruko, bagwa mu byaha by’uburyo butari bumwe kandi bikomeye bajyaga bibwira ko bitababaho, maze buri wese mu mutima we akibaza ati” ibi byambayeho gute?” amarira akaba menshi, agahinda kakaba kenshi, inshuro nyinshi hakaba ubwo biterwa n’ubutamenya.
Umuntu ukiri muto yibereye mu rusengero hari ubwo areba abakuze bakora ibintu bigayitse, maze akavuga ati “ariko se buriya bagira ubwenge njye biriya ntibizambaho”, imyaka igashira indi (...) -
Iyo tuvuze Imbaraga z’ Umwuka Wera tuba dushatse kuvuga iki?
12 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIyo tuvuze Imbaraga z’ Umwuka Wera tuba dushatse kuvuga iki?
Iyo tuvuze “imbaraga”mu rurimi rw’abagiriki hakoreshwa amagambo abiri “dunamis na exousia”.
1. Exousia bivuga guhabwa ubutware cyangwa uburenganzira bwo gukora ikintu runaka. Yohani. 1:12” abamwemeye bakizera izina rye yabahaye ubushobozibwo kuba abana b’Imana
2. Dunamis bivuga ubushobozi cyangwa imbaraga cyangwa uburyo bwo gukora igikorwa kigaragaza bwa bushobozi na za mbaraga. Dutange urugero: burya umupolisi mu muhanda aba afite (...) -
Guterimbere... Ese biri muri Bibiliya?
25 September 2015, by Pastor Desire Habyarimana"Inyigisho zo guterimbere" cyangwa "Ubutumwa bwo guterimbere" ni bintu abantu badasobanukirwa ndetse , bakanabikoresha nabi mu mvugo y’iki gihe. Ndizera ko ubutunzi cyangwa guterimbere kwa Bibiliya gushingiye mu byanditswe, kandi byigishwa binyuze muri bibiliya. Gutanga uha Imana ni iby’ingenzi kuko Imana yasezeranyije ko abatanga ku bw’umurimo w’ubutumwa bwiza bazahabwa umugisha bakanarindwa.
Ndifuza ko twigira hamwe kucyo ibyanditswe muri bibiliya bivuga ku guterimbere.Mfite ibyiringiro (...)
0 | ... | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | ... | 1230