Umwuka Wera amaze kumbatirisha umuriro, gusenga no kujya mu biterane byampindukiye ubuzima. Nari mfite imbaraga, nkagira n’umuhamagaro wo kubwiriza ubutumwa bwiza mu muhanda, nkasengera abarwayi n’abakene, kandi ku ngengabihe yanjye ntibyashoboraga kuburaho.
Buri gihe nabaga ndi mu biterane binini mvuga ubutumwa, nkoresha amanama, nigisha ijambo ry’Imana, nsengera abantu, nsengera n’abantu. Ibi byazanye ububyutse mu muryango wanjye, bituma bakunda gusenga.
Mwami Yesu, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Imbaraga z’Umwuka Wera zamfashije kuzana ububyutse mu itorero - Avinash Diaram
10 June 2013, by Simeon Ngezahayo -
Ubutumwa bw’akababaro bwa Perezida Jakaya M. Kikwete ku rupfu rwa Bishop Moses Kolola
7 October 2013, by Simeon NgezahayoAmakuru atangazwa n’urubuga Gospel Kitaa aravuga ko Umushumba Mukuru w’Ihuriro ry’amatorero Evangelistic Assemblies God Tanzania (EAGT), Moses Kulola yitabye Imana ku wa kane taliki 29 Kanama 2013, aguye mu bitaro bya AMI biri mu mujyi wa Dar Es Salaam.
Bishop Moses Kolola
Perezida wa Repubulika Zunze Ubumwe za Tanzania Nyakubahwa Dkt. Jakaya Mrisho Kikwete yababajwe cyane n’iyo nkuru y’urupfu rw’umushumba mukuru w’itorero Evangelistic Assemblies of God Tanzania (EAGT). Mu butumwa yoherereje (...) -
Impamvu 4 zituma utagomba guhangayika – Pastor Rick Warren
7 July 2016, by Simeon NgezahayoGuhangayika biterwa ahanini no kutimenya. Biterwa no kugerageza kugenzura ibyo udashoboye. Nta bwo twashobora kugenzura ubukungu, ni cyo gituma duhangayikishwa n’ubukungu. Ntitwashobora kugenzura abana bacu, ni cyo gituma duhangayikishwa n’abana bacu. Ntitwashobora kugenzura iby’ejo, ni cyo gituma biduhangayikisha. Ariko gutinya nta na rimwe bikemura ikibazo! Ni uguhangayikishwa n’ikintu nta cyo uri bugikoreho.
Yesu yigisha ku musozi yatweretse impamvu 4 zituma tutagomba guhangayika:
Nta (...) -
Inzira ya bugufi yo gusohoza amategeko y’Imana
27 July 2015, by Innocent KubwimanaUsanga abantu benshi barwana no kubahiriza amategeko y’Imana kandi ni byiza kuko Imana idusaba kuyibwira ku manywa na n’ijoro. Muri iyi nyigisho turareba ukuntu umuntu yaca iya bugufi akabasha kuyubahiriza. Iyo nzira nta yindi ari nayo amategeko yose asohoreramo ni ugukunda Imana ugakunda na mugenzi wawe, muri make ni Urukundo.
Urukundo ni ikintu gikomeye mu buzima kiboneka ibintu byose bikaba amahoro cyabura bikaba amahane. Bibiliya ivuga ko mu minsi ya nyuma urukundo rwa benshi ruzakonja. (...) -
Ibyiringiro biri mu Mana honyine - Ben Edgington (igice cya 2)
30 April 2013, by Simeon NgezahayoIsi idatanga ibyiringiro twayihungira he?
Unyihanganire ko iyi nyigisho ishobora kuba itakuryoheye, ariko ndashaka ko dusobanukirwa akababaro isi ifite. Ndashaka ko twishyiraho aka kababaro. Ndashaka gufata iminota mike nkakubwira uburyo twakwitwara kuri iyi si idatanga ibyiringiro.
Tugomba kuganira ijambo ry’ibyiringiro! Niba turi Abakristo, ni ukuvuga ko dufite ijambo ry’ibyiringiro muri iyi si idatanga ibyiringiro. Mu by’ukuri, nit we dufite ibyiringiro muri iyi si idatanga (...) -
Burya hari ibyo tutaramenya kuri Yesu
5 October 2015, by Innocent Kubwimana‘’.....ubuntu n’amahoro bigwire muri mwe, mubiheshwa no kumenya Imana na Yesu Umwami wacu....’’ 2 Petero 1 : 1-5
‘’.....ahubwo mu mahanga yose uyubaha agakora ibyo gukiranuka iramwemera.’’ Ibyakozwe n’Intumwa 10 : 32-35
Ubwo Yesu yageraga ku nyanja yahamagaye Petero n’izindi ntumwa abakura mu burobyi. Petero yabanye na Yesu, akajya anamubaza ibibazo byinshi bitandukanye kurusha n’izindi ntumwa.
Mose yagendanye n’Imana mu butayu ariko kuko igihe aterekanye kwera kw’Imana ubwo yakubitaga ku rutare (...) -
Ubucakara mw’izina ry’imyizerere (TARIBE)
12 December 2012, by Pastor Kazura JulesAba Taribe ukuri guteye agahinda muri Senegali
Ntushobora kuba muri Senegali ugenda n’amaguru mu mujyi, aho abantu bateranira, hafi ya za station za essence, hafi y’amaduka, za hoteri, aho bategera imodoka, ngo ubure guhura n’umutalibe.
Nimvuga aba Taribe ntihagire uwumva abataribani kuko biratandukanye cyane.
Abataribe ni abana bafite hagati y’imyaka 5 kugeza kuri 15, basabiriza ku mihanda, mu ntoki bafite ibikombe by’ibyuma bikuweho imifuniko; ibya plastique cyangwa utudobo duto.
Abo (...) -
Uwita ku bakene Uwiteka azamukiza ku munsi w’ibyago.
15 April 2014, by Alice Rugerindinda“ Hahirwa uwita ku bakene, Uwiteka azamukiza ku munsi w’ibyago. Uwiteka azamurinda amukize, kandi azahirwa ari mu isi kandi ntazamuha abanzi be kumugirira uko bashaka. Uwiteka azamwiyegamiza ahondobereye ku buriri ” Zaburi 41: 1-4
Imana ishimwe. Gufasha abakene nabyo biri mu nshingano z’umukristo, umuntu wamenye Imana, kandi bifite ingororano zikomeye.
“ Ariko se ufite ibintu byo mu isi , akareba ko mwene se akennye , ntamugirire impuwe, urukundo rw’Imana rwaguma muri we gute? 1 Yohana 3:16 “If (...) -
Ukwiriye kwitondera ibintu ubiba mu mwana wawe!
11 July 2013, by Alice Rugerindinda“Dore abana ni umwandu uturuka ku Uwiteka, imbuto z’inda nizo ngororano atanga” Zaburi 127 :3 “Behold, children are a heritage from the Lord. The Fruit of the womb is a reward” Psalm 127:3
Imana ni nziza yatekereje ko umwana w’umuntu akeneye kugira abana. Nkuko Bibiliya ibivuze, abana ni impano ikomeye y’Imana. Imana ishimwe cyane.
Igihe kimwe nagize amahirwe yo kuba mu mahugurwa ajyanye no “ Gukira ibikomere byo ku mutima” ariko nahigiye ibintu byinshi cyane. Twarize, turangije umwigisha adusaba (...) -
Ibikomeza umubano mwiza w’ abashakanye (igice cya mbere).
6 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana1.Kuganira no gusabana.
Kuganira kw’ abashakanye ni ikintu cy’ ingenzi.Bigomba kuranga ubuzima bwabo bw’ igihe cyose. Kuganira kw’abashakanye gushingiye ku mucyo wo kubwizanya ukuri, bituma bamenyana kurushaho, bakuzuzanya mu miterere yabo itanndukanye.
Kuganira bibashisha abashakanye kubona ahabasha guturuka inzitizi mu mumibanire yabo bakazikumira kandi hanavutse ikibazo bagafatanyiriza hamwe kugishakira igisubizo.
Ingingo zifasha abashakanye kuganira gusabana:
Kwitoza kuganira kuri (...)
0 | ... | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | 360 | ... | 1230