Ibyakozwe 1 : 8 Icyakora muzahabwa imbaraga umwuka wera nabamanukira kandi muzaba abagabo bo kumpamya i Yerusalemu n’ i Yudaya yose n’ i Samariya no kugeza ku mpera y’isi.
Gusoma ijambo ry’Imana ni kimwe no kubishyira mu mutima nabyo ni ikindi ariko nicyo cy’ingenzi. Dukwiye gusaba Imana kubibasha kubishyira mu bikorwa.
Kuvuga kw’Imana ntabwo byoroshye guhita umuntu abyumva. Aha Yesu avuga ngo icyakora muzahabwa imbaeaga birashoboka ko bumvaga bafite imbaraga ntibahita babyumva ariko Yesu yari (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
Icyakora muzahabwa imbaraga umwuka wera nabamanukira Pastor Desire
12 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Muri UOB hatangiye inyigisho z’ ijambo ry’ Imana
15 February 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa kabili taliki ya 14/02/2012 muri Bank yitwa Urwego oportunity (UOB) hatangiye amahugurwa mw’ ijambo ry’ Imana azamara icyumweru. Ayo mahugurwa afite intego ivuga iti : “ Gutera intambwe wegera Imana bihindura imibereho yawe yose”.
Muri aya mahugurwa amara isaha imwe, Pastor Desire Habyarimana , yatangiriye kw’ijambo riri mu itangiriro 1:1-2 hagira hati: “Mbere na mbere Imana yaremye ijuru n’ isi isi yari itagira ishusho, yariho ubusa busa, umwijima wari hejuru y’ imuhengeri, maze (...) -
Yesu afite urufunguzo rwa buri rugi ruri imbere yawe
28 September 2015, by Innocent KubwimanaNyina wa Yesu na nyina wabo, na Mariya muka Kilopa na Mariya Magadalena, bari bahagaze ku musaraba wa Yesu. Nuko Yesu abonye nyina n’umwigishwa yakundaga ahagaze bugufi, abwira nyina ati “Mubyeyi, nguyu umwana wawe.” Maze abwira uwo mwigishwa ati “Nguyu nyoko.” Uhereye uwo mwanya uwo mwigishwa amujyana iwe. Matayo 19:25-27
Uko bisa kose umuntu wese afite igihe yaba yararebye iburyo n’ibumose, imbere n’inyuma ukabona ufungiranye ahantu hagati y’inzugi nyinshi bigoye kubonera urufunguzo. Bene iki (...) -
Ba Marabu ni bantu ki?
16 December 2012, by Pastor Kazura JulesMu buryo bwo kudufasha gusenga ndetse no gusengera abaturage ba Senegali muri rusange tugenda tubagezaho ubuzima babayeho kugirango tumenye n’uburyo bwo kubasenger
Iyi foto iyo utembeye muri Senegal urayibon, ari ku modoka ari ku mazu ari mu mazu y’ubucuruzi, ari mu mazu atuwemo, ikaba ari iyumwe mu ba Marabu bubahwa cyane muri Senegal tuzabagezaho amakuru ye.
Abarenga 90% muri Senegal babarwa nk’abayisiramu, nubwo uwo ari umubare uvugwa abenshi mu baturage ba Senegal bavanga ibya islamu (...) -
Ijuru ni ukuri ririho si ukubeshya... (Ubuhamya bwa Choo Thomas)
8 September 2013, by UbwanditsiMu mwaka wa 1992 CHOO THOMAS, umunyamerika ukomoka muri KOREA yabaye umukristo avuka ubwa kabiri. Igitera ubuhamya bwe kuba igitangaza ni uko nyuma y’imyaka ibiri yakurikiye kwihana kwe, Choo yaje gusurwa n’Umwami YESU w’ i NAZARETI. Yaje gukurwa mu isi ajyanwa mu ijuru inshuro nyinshi ubundi asura umuriro utazima inshuro ebyiri.
Choo Thomas avuyeyo, yanditse igitabo kivuga kuri izo ngendo ze , icyo gitabo acyita :" Heaven is so Real ", icyo gitabo cyagiye ahagaragara mu mwaka wa 2003. Iki (...) -
Iki nicyo gihe cyawe cyo gukiranuka Pastor Desire
8 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKu munsi w’ amahirwe wishime, ku munsi w’ amakuba utekereze kuko Imana yabibangikanije byombi, ikabibangikanya kugirango utazamenya ibizaba nyuma.
Ikintu cyose gifite igihe cyaco. Umubwiriza 3:1
Itegereze umurimo w’ Imana ninde Wabasha kugorora icyo yagoretse? Umubwiriza 7:13-14
Abantu benshi babona ibihe bibasimburanaho ariko ntibazi kureba igihe ngo bakimenye. Yesu yaravuze ngo: “Iyo mubonye umutini utoshye mumenya ko imvura iri hafi ariko ntimuzi kumenya igihe cy’ umwana w’ umuntu”. (...) -
Ibimenyetso biranga umukristo usinziriye cyangwa wasubiye inyuma. Ev. Osee
10 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaGUKANGUKA MU BURYO BW’UMWUKA (LE REVEIL SPIRITUEL) (Igice cya mbere)
Bavandimwe, nshuti z’Imana, mu rwego rwo kuganira ijambo ry’Imana no guhugurana kuri uru rubuga ; Imana yashyize ku mutima wanjye ijambo ryayo rijyanye no « Gukanguka mu buryo bw’Umwuka ari byo bita mu Gifaransa « Réveil spirituel » mu Cyongereza ho bakavuga ngo ni « Spiritual revival ». Ariko rero kugira ngo tubashe kumva neza icyo « Gukanguka mu buryo bw’Umwuka » ari cyo ; turi buze kwifashisha igitabo cya Nehemiya igice cya (...) -
Mwirinde uburiganya bwa Satani!
21 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Mwambare intwaro zose z’ Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’ uburiganya bwa Satani” (Abefeso 6:11)
Ubwo Abisirayeli bari bageze I Kanani, bari bafite itegeko ntakuka ko nta bwoko na bumwe bwo muri icyo gihugu bagombaga kugirana isezerano. Inshuro nyinshi Mose yari yaragiye abihanangiriza ko bagomba kwirinda gusezerana n’amahanga bazasanga muri icyo gihugu: “Wirinde ntuzasezerane isezerano na bene igihugu ujyamo, rye kuba nk’ umutego hagati muri mwe…Wirinde gusezerana isezerano na (...) -
Imana ntidusaba gukora ibirenze ibyo twashobora!
3 September 2012, by Alice RugerindindaKuko ayo mategeko ngutegetse uyu munsi atari ayo kukunanira, kandi Atari aya kure ngo utayageraho. Ntari mu ijuru ngo ubaze uti “ ninde uributuzamukire mu ijuru ngo ayatuzanire ayatwumvishe tuyumvire? Kandi ntari hakurya y’inyanja ngo ubaze uti ninde uri butwambukire inyanja ngo ayatuzanire, ayatwumvishe tuyumvire? Ahubwo iryo jambo rikuri bugufi cyane, riri mu kanwa kawe no mu mutima wawe ngo uryumvire” Gutegekakwakabiri 30:11-14
“This command I am giving you today is not too difficult for (...) -
Ntabwo ndi mu muryango wa Illuminati- Pastor Rick Warren
26 March 2012, by UbwanditsiPastor Rick Warren ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru, bamubajije ibibazo bitandukanye harimo icy’uko abantu bavuga ko yaba ari mu bagize Illuminati yasubije umunyamakuru icyo kibazo n’akababaro kenshi azunguza umutwe ati :"No, no, I’ m not a member of Illuminati. Ntabwo ndi mu bagize Illuminati".
Pastor Rick Warren yavuze ko usibye kuba ataba muri uwo muryango nk’uko bamwe babivuga bashaka kumusebya, yavuze ko adashyigikiye n’abaryamana bahuje ibitsina, kuko Imana yaremye umugabo (...)
0 | ... | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | ... | 1230