Itorero ADEPR ryagejeje mu Rwanda igihembo ryahawe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe guteza imbere uburezi n’umuco (UNESCO) ryaherewe i Paris mu Bufaransa kubera uruhare rwayo mu kwigisha abakuze n’urubyiruko gusoma, kwandika no kubara.
Baririmba bati : “Amasezerano y’Imana iyo wamaze kuyahabwa ujye usenga ugire kwizera ntazahera azaza”, Abapasiteri, Abaririmbyi, abayoboke b’iri torero n’abandi baturutse hirya no hino, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 8 Nzeri, ni bwo bari baje (...)
Home > Keywords > MainKeywords > topNews
topNews
Articles
-
ADEPR yagejeje mu Rwanda igihembo yahawe na UNESCO
10 September 2012, by Ubwanditsi -
Addis abeba : Umuvugabutumwa Reinhard Bonnke yatangije igiterane yise “Gospel Festival”
9 November 2012, by UbwanditsiMugihugu cya Ethiopia mumurwa mukuru wa Addis Abeba ,umuvagabutumwa ufite ubwenegihugu cy’ubudage uzwi hano muri Afrika kuva mumwaka w’1967 Reinhard Bonnke yatangije igiterane kinini kizwi kw’izina rya (Crusade)kikaba cyaratangijwe kuri uno wagatatu taliki ya7/11/2012 kikazasozwa taliki ya 11/11/2012 mwitangizwa ryicyo giterane hakaba hari abantu basaga 75.000 uwo mugabo wamenyekanye cyane mubijyanye n’ivugabutumwa hirya nohino kw’Isi, hari hashize imyaka 20 adaheruka muri icyo gihugu, (...)
-
Ukuhaba kw’ Imana (presence) gukora ibitangaza
17 September 2012, by Pastor Desire Habyarimana«N’icyo uvuze ndagikora, kuko wangiriyeho umugisha nkakumenya izina» - Kuva 33:17
Igikomeye mu buzima bw’ ubukristo ni ukwinjira mu kubaho kw’ Imana iyo winjiye muri ubwo bwiza imirimo itangira gukoreka, imisozi y’ ibigeragezo igasenyuka, abadaimoni barahunga, ibyo twabonaga bidashoboka bigashoboka. Iyo hatariho kubaho kw’ Imana haba hari kubaho kw’ ibibazo ukumva uraremerewe kandi ntacyo wakwerekana, amaganya akaza, ibyishimo bikabura, ukumva ikirere gifunze, wasenga ukumva ntibigenda. Ibi rero (...) -
Menya neza Ibice by’ingenzi birindwi bigize umuryango. Pasteur Antoine RUTAYISIRE
3 October 2013, by UbwanditsiIyi ni inyigisho yatanzwe na Pasteur Antoine RUTAYISIRE kuri Phases zirindwi zigize Umuryango.
Pasteur atangira avuga ko mu mibereho y’umuryango habamo ibihe birindwi bitandukanye, bikaba bikomerera umuryango kuko urukundo rwa buri kiciro ruba rutandukanye n’urwo mu kindi:
PHASE YA MBERE : MBERE YO GUSHAKANA
Iki ni igihe abantu baba bakiri FIANCES. Umwe aba ari CHERIE -CHOU-CHOU. Iki gihe biba bishyushye, Umwe asaba ikintu undi akakimuha nubwo yaba atagifite akagishakisha kugera akibonye. (...) -
Ubuntu bw’Imana butangaje!
26 June 2013, by Simeon NgezahayoNiga mu mashuli makuru, nahaye icyaha urwaho kintandukanya n’Imana. Nasambanye n’umuhungu wari incuti yanjye, hashize imyaka 2 gusa ntangira kunywa ibiyobyabwenge. Nari umwana wa kabiri mu muryango wacu. Natangiye kujya mu rusengero, ariko nkomeza kuba “umupfapfa” cyane.
Ariko iyo navaga mu rusengero nahinduraga imyitwarire. Ubwo amashuli nari nyageze hagati. Natangiye gutekereza ejo hazaza, ntangira kwibaza uwo ndi we, n’ubuzima nifuza kuzabamo ubwo nzaba maze gukura. Ku bw’ubuntu bw’Imana, (...) -
Igihe kirageze ngo najye nkore cyane- Cubaka
7 September 2011, by UbwanditsiMu bihe bishize twaganiriye n’Umuhanzi Cubaka, atubwira byinshi bihereranye n’ubuzima bwe:
Nitwa Justin CUBAKA Irenge. Natangiye gucuranga mfite imyaka 12 mba aho bita Bagira ni i Bukavu mu gihugu cya Congo. Naje mu Rwanda mu mwaka wa 2005 Imana inkoresha mu kwagura muzika mu nsengero zitandukanye.
Natangiriye muri Victory Church, njya muri Goshen Church ubu ndi muri Restauration Church ndirimba muri Rehoboth Ministry nkacuranga muri Sheikinah Worship Team
Ndi umucuranzi wa guitar Acoustic (...) -
Ese waba uzi bimwe mu bituma kwifata binanirana n’uko byacika ?
26 October 2015, by Ernest RutagungiraUbusambanyi ni ikibazo cyugarije isi yose, ari urubyiruko, abubatse ingo ndetse n’abapfakazi, kubw’ibi byatumye za leta z’isi yose harimo n’u Rwanda zihaguruka zitanga umutungo mwinshi kugirango barebe ko abantu babureka cyangwa se byibura ngo bakumire ingaruka ziterwa nabwo, ariko ikigaragara ni uko abantu bamaze kubona ko kwifata ari inzozi.
Bimwe mu bibazo bijya bigora abantu ni ukuvura indwara nabi, akaba ari nayo mpamvu ikibazo cyo kwifata cyangwa icyo ababishobora bakora, kitari (...) -
Ibanga ryo kwibuka ibyo Imana yakoze
24 July 2015, by Innocent KubwimanaKandi uwo munsi uzababere urwibutso, muzawuziririze ube umunsi mukuru w’Uwiteka. Mu bihe byanyu byose muzajye muwuziririza, ribe itegeko ry’iteka ryose. Kuva 12:14
Imana ikura ubwoko bwayo bw’Abisirayeli mu buretwa bwa Egiputa, iki cyari igihe gikomeye kidashobora kwibagirana. Uyu munsi wabaye mu bihe by’amateka akomeye y’Abisirayeli, ari ko n’Imana yabasabaga kutabyibagirwa. Umunsi baboneyemo gukomera kw’Imana.
Imana yerekanye imbaraga zayo kuri Egiputa hamwe n’ibyago icumi kubera kwinangira (...) -
Ese ujya wibaza impamvu ituma abapasiteri bata insengero zabo?
12 July 2012, by UbwanditsiDore icy’ubushakashatsi bwerekanye ku bapasiteri muri iyi minsi Ni byiza ko ibi nabyo mubimenya,mugasobanukirwa impamvu nyamukuru itera abakozi bImana cyane cyane abashumba b’amatorero kureka inshingano bahamagariwe.Ubushakashatsi bwakozwe muri iyi minsi bwerekana ibintu birimo gutuma insengero zimwe zibura abashumba bazo,izindi zigakingwa, birashoboka ko iwanyu bitarahagera ariko dusenge cyane kuko har’aho birimo kuba.
Amakuru dukesha Life line for pastors avuga ko abapasiteri benshi muri (...) -
Icya bigusaba ngo witwe intwari mu bwami bw’Imana
12 October 2015, by Innocent KubwimanaMuri rusange abantu bakunda kuba intwari, gushimwa no kugira ishema muri rusange, cyane ko muri kamere muntu habamo kuba hejuru y’abandi no kuvugwa neza. Mu isi hari ibyo usabwa ngo witwe intwari, ariko akenshi ntabwo aba ibigufitiye inyungu ku giti cyawe, ahanini bigusaba guharanira inyungu z’abandi, rimwe na rimwe bikagusaba kumena amaraso yawe ku nyungu rusange z’abandi bantu.
Mu bwami bw’Imana bijya gusa, kuko umuntu udashobora kwihanganira ibyo acamo, ngo abashe kwitanga ubwe ku nyungu (...)
0 | ... | 1060 | 1070 | 1080 | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | ... | 1230