Mu mpera z’iki cyumweru tariki ya 9 Werurwe, umuyobozi wa GBU_RTUC Madame KAYITESI Clothilde yakoze ubukwe na NYIRINKWAYA David Christian.
KAYITESI Clothilde ni umuyobozi wa GBU ( Groupe Biblique Universitaire) ikorera muri Kaminuza yigisha iby’amahoteri n’ubukerarugendo RTUC, akaba ari naho yiga mu mwaka wa Gatatu mu ishami ry’iby’amahoteli na za Resitora (Hotel and Restaurant Management), akaba amaze imyaka ibiri kuri ubu buyobozi, ababa kandi yaranabaye umuyobozi w’abanyeshuri bakijijwe, mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umuyobozi wa GBU RTUC KAYITESI Clothilde yakoze ubukwe.
14 March 2013, by Ernest Rutagungira -
Yesu azaza bitunguranye!
2 May 2016, by Kiyange Adda-DarleneLuka 21 : 34-35 Ariko mwirinde, imitima yanyu ye kuremerwa n’ivutu no gusinda n’amaganya y’iyi si, uwo munsi ukazabatungura. Kuko uzatungura abantu bose bari mw’isi yose, umeze nk’umutego.
Aya ni amagambo yavuzwe n’Umwami Yesu Kristo ari kuvuga ibijyanye no kugaruka kwe. Yashatse kuvuga ku byasigaza abantu mw’isi, bigatuma batagera mu gihugu cyo mw’ijuru.
Ni byinshi bizasigaza abantu, bagasigara babazwa n’umwanzi antikristo. Muri ibyo harimo amaganya y’iyi si. Ubundi gusinda ni ijambo rivugwa (...) -
CEP ULK Evening mu gikorwa cyo gushimira no gusezeraho kubaharangije bo muri promotion ya 2012 kuwa 29/09/2012.
5 October 2012, by VitalNi kuri uyu wa gatandatu tariki 29/09/2012 ubwo muri Kaminuza Yigenga ya Kigali,Campus ya Gisozi, umuryango w’abanyeshuli b’Abapentecote b’itorero rya ADEPR ariwo CEP-ULK Evening (Communautés des Etudiants Pentecotistes de l’ULK) biga muriyi Kaminuza igice cy’abiga ni mugoroba, wahakoreye igitaramo cyo gusezerera ndetse no gushimira abo banyeshuli uburyo bitanze mu gihe cyose bahamaze biga kandi banakora umurimo w’Imana. Muri iki gitaramo kandi cyari cyitabiriwe n’abanyamuryango batandukanye (...)
-
“Icyo nabonye nk’umuyobozi ufite inararibonye” - Ron Edmondson
9 May 2013, by Simeon NgezahayoRon Edmondson ni pasiteri akaba n’umuyobozi w’itorero ufite inyota yo gushing amatorero, gufasha amatorero gukura, no gufasha abari mu murimo w’Imana gutekereza ku buyobozi, ku buryo bayobora ndetse no ku buzima. Ron amaze imyaka isaga 20 akora ubucuruzi, cyane cyane yikorera, kandi amaze imyaka isaga afasha amatorero gukura mu by’impano.
Mu minsi ishize naganiriye n’umupasiteri wagombaga gufata ibyemezo bikomeye mu itorero rye. Yarasengaga, akagisha inama abandi bapasiteri cyangwa abayobozi, (...) -
Umuhanzi Rugema Emmanuel agiye gushyira hanze Album ya mbere y’amashusho”UZAHORA URI IMANA”
12 February 2014, by UbwanditsiUmuhanzi Rugema Emmanuel ubarizwa mu itorero rya ADEPR Muhima mu rugendo rw’ubuhanzi yatangiye kuva cyera dore ko amaze kugeza imizingo ibiri y’indirimbo ze z’amajwi,ubu noneho agiye gushyira hanze indirimbo ze z’amashusho mu gitaramo yateguye kur’iki cyumweru taliki ya 16 Gashtantare 2014 kuva isaa munani z’umugoroba kuri ADEPR Muhima.
Nk’uko Rugema Emmanuel yabidutangarije iki gitaramo cye ubwo azaba amurika Album ya mbere y’amashusho yitwa UZAHORA URI IMANA avuga ko azataramana na (...) -
Imana ni Yo mugenga w’ibihe - Jacques Vernaud
18 August 2015, by Isabelle GahongayireMu byo Imana yaremye byose, hari urutonde n’umurongo ngenderwaho. Tugomba gukomeza kuwugenderaho, tukawuzirikana kugira ngo tubeho neza dufite amagara mazima.
Mu byo Imana yateguye, harimo umwanya wihariye w’akaruhuko. Gukora utaruhuka si byo Imana ishima, ahubwo ishaka ko buri cyose dukora kiba mu mwanya wa cyo, tukagira n’umwanya w’akaruhuko. Akaruhuko ko ku isabato kari mu byo Imana yagenye. Abantu si ibikoresho by’akazi cyangwa se amamashini, kandi akazi si cyo kintu cy’ibanze mu buzima. (...) -
Bwa mbere mu mateka yayo hagaragaye Korale mu gice cya Gospel mu bazahatanira ibihembo bya Salax Awards 2012
21 February 2013, by UbwanditsiBwa mbere mu mateka yayo hagaragaye Korale mu gice cya Gospel mu bazahatanira ibihembo bya Salax Awards 2012
Kuri uyu wa 18 Mutarama 2013 guhera saa yine za mu gitondo muri Hill Top Hotel nibwo Ikirezi Group itsinda ritegura itangwa ry’ibihembo ku bahanzi bitwaye neza buri mwaka hamwe n’abanyamakuru bakora muri showbiz nyarwanda bose bahuriye mu gikorwa cyo kuganira kuri Salax awards hamwe no gushyira ku mugaragaro abahanzi bazatanira ibihembo bya Salax awards 2012, ubu urutonde rukaba (...) -
Cameron : Perezida Paul Biya yategetse amwe mu matorero y’Abapentekote gufunga imiryango
16 August 2013, by UbwanditsiPerezida wa Cameroun Paul Biya yategetse amwe mu amatorero y’abapantekote gufunga imiryango muri iki gihugu nyuma y’amakuru avuga ko bamwe mu bayobozi ba yo baba bihishe inyuma ya bimwe mu bikorwa biteza umutekano muke mu gihugu ndetse no mu gace ka Afurika y’uburengerazuba.
Ku itegeko rya perezida, igisirikare cya Cameroun cyatangiye gufunga insengero kuva mu murwa mukuru Yaounde n’amajyaruguru y’uburengerazuba mu gace gatuwe cyane n’abakirisitu.
Nyamara abayobozi b’amatorero ya pantekote (...) -
Ibintu 10 biranga umuyobozi mwiza
23 January 2013, by Pastor Desire HabyarimanaUko wamenya Umuyobozi :
1. Ahindura abandi :
Iki ni ikintu cy’ingenzi ku bayobozi. Itegereze abo bahindura, umubare w’ abo bahindura, n’igihe bahindurira abandi.
2. Bahindura imigendekere y’ibintu :
Baba bafite inzara yo guhindura ibintu byiza kandi biteguye guhinduka. Bakunda gutera imbere kandi ntibaruhuke iyo ibintu bidahinduka na gato.
3. Baba bafite iyerekwa :
Bashobora gutuma abantu bashimishwa n’inzozi zabo. Umuntu ufite iyerekwa avuga bike agakora byinshi. Baba buzuye umuriro muri (...) -
Memphis: umwana w’imyaka 10 yabujijwe kwandika ku Mana nk’insanganyamatsiko y’umukoro we - Katherine Weber
20 September 2013, by Simeon NgezahayoUmugore utuye mu mujyi wa Memphis yafashe ubushungu kubera umwana we w’umukobwa w’imyaka 10 wabujijwe uburenganzira bwo gukora umukoro we ku Mana nk’insanganyamatsiko yihitiyemo.
Uyu mukobwa muto w’imyaka 10 witwa Erin Shead wo mu mujyi wa Memphis, Tennessee yabwiwe na mwalimu we ko atagomba guhitamo Imana ngo abe ari yo nsanganyamatsiko yandikaho mu mukoro we. Erin Shead wiga ku kigo Lucy Elementary kiri mu mujyi wa Millington, Tenn. yabwiwe na mwalimu we guhitamo ikintu akunda ngo abe ari (...)
0 | ... | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | ... | 1850