Inama y’Abepisikopi bo mu gihugu cy’u Bufaransa, batangaje ko isengesho rya “Dawe uri mu ijuru” rizahindukaho gato, nk’uko byemejwe n’inama nkuru ya Vatikani ya kabiri.
Iki cyemezo ariko Abafaransa batinze kugishyira mu bikorwa, kuko inama nkuru ya vatikani ya kabiri yari yarabyemeje. “Dawe uri mu ijuru” mu Kinyarwanda yo ntizahinduka.
“Dawe uri mu Ijuru” ni isengesho Yezu/Yesu yigishije abigishwa be ubwo bamusabaga ko yabigisha gusenga (Matayo 6, 9-13). Muri iri sengesho, aho bavugaga ngo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Isengesho rya “Dawe uri mu Ijuru” mu gifaransa ryahindutseho gato
17 October 2013, by Ubwanditsi -
“Icyo nabonye nk’umuyobozi ufite inararibonye” - Ron Edmondson
9 May 2013, by Simeon NgezahayoRon Edmondson ni pasiteri akaba n’umuyobozi w’itorero ufite inyota yo gushing amatorero, gufasha amatorero gukura, no gufasha abari mu murimo w’Imana gutekereza ku buyobozi, ku buryo bayobora ndetse no ku buzima. Ron amaze imyaka isaga 20 akora ubucuruzi, cyane cyane yikorera, kandi amaze imyaka isaga afasha amatorero gukura mu by’impano.
Mu minsi ishize naganiriye n’umupasiteri wagombaga gufata ibyemezo bikomeye mu itorero rye. Yarasengaga, akagisha inama abandi bapasiteri cyangwa abayobozi, (...) -
Imana ni Yo mugenga w’ibihe - Jacques Vernaud
18 August 2015, by Isabelle GahongayireMu byo Imana yaremye byose, hari urutonde n’umurongo ngenderwaho. Tugomba gukomeza kuwugenderaho, tukawuzirikana kugira ngo tubeho neza dufite amagara mazima.
Mu byo Imana yateguye, harimo umwanya wihariye w’akaruhuko. Gukora utaruhuka si byo Imana ishima, ahubwo ishaka ko buri cyose dukora kiba mu mwanya wa cyo, tukagira n’umwanya w’akaruhuko. Akaruhuko ko ku isabato kari mu byo Imana yagenye. Abantu si ibikoresho by’akazi cyangwa se amamashini, kandi akazi si cyo kintu cy’ibanze mu buzima. (...) -
Kuri iki cyumweru Umuryango AGLOW Rwanda wabateguriye igiterane cy’abari n’abategarugori
5 June 2013, by UbwanditsiUmuryango wa gikiristo utegamiye kw’idini iryariryo ryose wita ku mibanire myiza y’abashakanye n’iy’ingo muri rusange, AGLOW RWANDA, ubinyujije mu guhugura umugore kugira ngo abe ashyitse mu buryo bwose mu mwuka, mu bugingo no mu mubiri, wateguye igiterane cy’abari n’abategarugori, hagamijwe gusobanukirwa agakiza no gutegura mu nzu.
Nk’uko uhagarariye AGLOW Rwanda, Nasta Munara, yabidutangarije ngo agakiza kagomba kugira aho gatura kandi heza. Yagize ati: Umuntu ashobora kuba afite agakiza, (...) -
Disi Yesu agira impuhwe ! Alice Rugerindinda
18 September 2013, by Alice Rugerindinda“Ahamagara abigishwa be arababwira ati” Aba bantu banteye impuhwe kuko uyu munsi ari uwa gatatu turi kumwe none bakaba badafite ibyo kurya. Nimbasezerera ngo basubire iwabo biriwe ubusa, baragwira isari mu nzira kuko bamwe ari aba kure” Mariko 8:1-3
Ubusanzwe abantu bakomeye ntibakunze kwita kuri details , utuntu duto duto.
Byarashobokaga ko Yesu amara kubabwiriza ubutumwa bwiza akabareka bagataha cyane ko babaga barizanye baje kumva ijambo….. Ariko Yesu Umwami w’abami ngo abitegereje , (...) -
Cameron : Perezida Paul Biya yategetse amwe mu matorero y’Abapentekote gufunga imiryango
16 August 2013, by UbwanditsiPerezida wa Cameroun Paul Biya yategetse amwe mu amatorero y’abapantekote gufunga imiryango muri iki gihugu nyuma y’amakuru avuga ko bamwe mu bayobozi ba yo baba bihishe inyuma ya bimwe mu bikorwa biteza umutekano muke mu gihugu ndetse no mu gace ka Afurika y’uburengerazuba.
Ku itegeko rya perezida, igisirikare cya Cameroun cyatangiye gufunga insengero kuva mu murwa mukuru Yaounde n’amajyaruguru y’uburengerazuba mu gace gatuwe cyane n’abakirisitu.
Nyamara abayobozi b’amatorero ya pantekote (...) -
Ibintu 10 biranga umuyobozi mwiza
23 January 2013, by Pastor Desire HabyarimanaUko wamenya Umuyobozi :
1. Ahindura abandi :
Iki ni ikintu cy’ingenzi ku bayobozi. Itegereze abo bahindura, umubare w’ abo bahindura, n’igihe bahindurira abandi.
2. Bahindura imigendekere y’ibintu :
Baba bafite inzara yo guhindura ibintu byiza kandi biteguye guhinduka. Bakunda gutera imbere kandi ntibaruhuke iyo ibintu bidahinduka na gato.
3. Baba bafite iyerekwa :
Bashobora gutuma abantu bashimishwa n’inzozi zabo. Umuntu ufite iyerekwa avuga bike agakora byinshi. Baba buzuye umuriro muri (...) -
Memphis: umwana w’imyaka 10 yabujijwe kwandika ku Mana nk’insanganyamatsiko y’umukoro we - Katherine Weber
20 September 2013, by Simeon NgezahayoUmugore utuye mu mujyi wa Memphis yafashe ubushungu kubera umwana we w’umukobwa w’imyaka 10 wabujijwe uburenganzira bwo gukora umukoro we ku Mana nk’insanganyamatsiko yihitiyemo.
Uyu mukobwa muto w’imyaka 10 witwa Erin Shead wo mu mujyi wa Memphis, Tennessee yabwiwe na mwalimu we ko atagomba guhitamo Imana ngo abe ari yo nsanganyamatsiko yandikaho mu mukoro we. Erin Shead wiga ku kigo Lucy Elementary kiri mu mujyi wa Millington, Tenn. yabwiwe na mwalimu we guhitamo ikintu akunda ngo abe ari (...) -
Korali Iriba yasohoye alubumu ya kabiri y’amajwi
14 January 2013, by Patrick KanyamibwaKuri icyi cyumweru tariki ya 13/01/2013 iyi Korali ubusanzwe ibarizwa Butare nibwo yamurikiye abanyamakuru n’abakunzi bayo mu mugi wa Kigali alubumu yayo ya kabiri yasohoye, iyi alubumu y’indirimbo z’amajwi ikaba iriho indirimbo icumi zakorewe mu ma Studio atandukanye.
Bwana Juvénal Nsengiyumva, umwe mu bayobozi wiyi Korali yatangaje ko iyi alubumu iriho indirimbo z’amajwi zikoze neza harimo « Halellua », « Ntakibasha », « Mfite impamvu », « Naritegereje » na « Yesu ni Iriba » akaba ari nayo (...) -
KUKI IMANA YEMERA KUDUTANGA Pastor Michel Zigirinshuti
19 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUwiteka asubiza Satani ati"Dore ibyo atunze byose biri mu maboko yawe, keretse we ubwe we kumuramburaho ukuboko kwawe." Nuko Satani aherako ava imbere y’Uwiteka. (Yobu 1:12)
Uwiteka abwira Satani ati"Dore ari mu maboko yawe, keretse ubugingo bwe gusa ube ari bwo wirinda." (Yobu 2:6)
Kandi ntimuzatinye abica umubiri badashobora kwica ubugingo, ahubwo mutinye ushobora kurimburira ubugingo n’umubiri muri Gehinomu.(Matayo 10:28)
Umuntu yakwibaza impamvu Imana yemera kudutanga ikaduha Satani (...)
0 | ... | 950 | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | ... | 1850