Kuri iki cyumweru tariki ya 16 Werurwe 2014 itorero rya ADEPER Remera ryatangije amasengesho y’iminsi 21,agamije gusengera ibyifuzo bitandukanye aho intego nyamukuru y’ayo masengesho iboneka muri Daniyeli 9:3 havuga ku Gushaka mu maso h’Imana.
Nk’uko Pasiteri NIHABA Jean Paul Umuyobozi w’umudugudu wa Remera yabitangarije itangazamakuru yadutangarije ko amasengesho yatangiye tariki ya16 Werurwe akazasozwa tariki ya 5/04 uyu mwaka turimo wa 2014.
Muri ayo masengesho abakristo b’Itorero rya (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Itorero ADEPR Remera mu bubyutse bw’ amasengesho y’iminsi 21
26 March 2014, by Niyonzima Moses -
Sobanukirwa n’intambara ya Harumagedoni (Armageddon)!
4 December 2013, by Simeon NgezahayoHarumagedoni ni ijambo rikunze gukoreshwa havugwa ibikomeye, ndetse iri zina ryahawe film yamenyekanye cyane. Gusa hari abajya barikoresha mu buryo butari bwo. Harumagedoni rero ni hantu ki? Mbese koko ni ahantu hazabera intambara irangiza isi? Bibiliya itubwira iki?
Megiddo ni ikibaya kiri ku bilometero 90 uvuye mu mujyi wa Yerusalemu, no ku bilometero 31 uvuye mu mujyi wa Haïfa y’ubu. Megiddo ifite amateka akomeye y’imibereho y’Abisirayeli, ikiharira igice kinini cy’ikibaya cya Yezereli mu (...) -
Gicumbi: Hatashywe amashuri y’imyuga yubatswe na AEE ku bufatanye na EAR Diyoseze ya Byumba
21 December 2013, by Kanyamibwa PatrickKuri uyu wa gatanu tariki ya 20/12/2013 nibwo umuryango nyafurika w’ivugabutumwa AEE hamwe nabafatanyabikorwa babo barimo EAR Diyoseze ya Byumba, batashye ku mugaragaro amashuri y’incuke yubatse mu murenge wa Byumba a kagari ka Ngondore ho mu Karere ka Gicumbi ariko kandi n’urubyiruko 55 bahabwa impamyabumenyi kubwo kurangiza kwiga imyuga itandukanye ku nkunga ya AEE by’umwihariko. Uyu muhango wari witabiriwe na bamwe mubayobozi b’itorero Angilikani mu Rwanda, Diyoseze ya Byumba, abayobozi (...)
-
“Twiteguye gukora ubuvugizi ku banyeshuri bafite imbogamizi y’ivugabutumwa mu bigo bigamo” Rev. Sibomana Jean
18 March 2014, by Simeon NgezahayoKuri iki cyumweru taliki 16/03/2014, mu gikorwa cyo gushyira ahagaragara album DVD 1 ya Chorale Horeh ikorera umurimo w’Imana mu kigo cyahoze cyitwa SFB/ Mburabutro, ubu cyitwa C.B.E (College of Business and Economics), Umuvugizi w’Itorero rya Pantekote ry’u Rwanda (ADEPR) yatangaje ko biteguye gukora ubuvugizi kugira ngo abanyeshuri bemererwe gukora ivugabutumwa aho biga.
Horeb Choir Ibi yabitangaje nyuma y’aho iki gikorwa kigendeye neza, avuga ko nk’itorero ayoboye biteguye gukora ubuvugizi (...) -
Ca: Selena Gomez akomeje kugaragaza imyitwarire y’Abakristo nyuma yo gutandukana n’incuti ye!
25 February 2014, by Simeon NgezahayoNyuma y’ibihuha bimaze iminsi abantu bibaza icyatumye umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa film Selena Gomez ajya mu kigo ngororamuco, ku wa Gatatu ushize yashyize ifoto y’ijambo ry’Imana kuri page ye ya Instagram.
Uyu muhanzikazi/umukinnyi wa film yavuze ku magambo aboneka mu Itangiriro 12:2, agira ati “Nzakugira ishyanga rikomeye; nzaguha umugisha; uzabe umugisha!” Amaze kwandika aya magambo, Gomez yakomeje avuga ati “Azampa umugisha w’impano zikomeye,” ariko anyuza umwambi hagati muri ayo magambo (...) -
Ibikwiye kwitabwaho mbere yo gufata icyemezo cyo kurongora cyangwa kurongorwa
24 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNufata icyemezo cyo kurongora cyangwa kurongorwa, menya ko ubukwe bwawe bukwinjije mu wundi muryango kandi bukakunga nawo.
Nzi abantu benshi cyane barongora cyangwa barongorwa batekereza ko isano izaguma hagati yabo gusa, ariko ibi biba ari akaga gakomeye. Iyo rero urongoye cyangwa urongowe, uba winjiye mu buzima bwa kivandimwe n’umuryango w’uwo mushakanye, ntabwo mukomeza kwibanira muri babiri basa. Muba mubaye ipfundo ryunga iyo miryango ibiri, kuko iyo mumaze gushyingiranwa iyo miryango (...) -
Burundi: Seraphim’s Songs iya mbere mu matsinda ya Gospel y’Afurika muri Kora Music Awards 2012
10 January 2013, by Patrick KanyamibwaInkuta, intebe, ameza tapi….umuriri w’ibi byose ntiwari woroshye mu ngoro ya hotel ya cote d’Ivoire ahaberaga festival. Abamambre batatu ba Seraphim’s Songs bakoze urugendo rwerekeza muri Côte d’Ivoire , Seraphim’s Songs yaje kuba iya mbere ku izina ry’impundu (Louange). Mu yandi matsinda atanu yari mu byiciro bya gospel ni Joyous Choir, Soweto Gospel (Afrique du Sud), DMK (Zambie), Gael (DRC), Infinity (Nigeria).
Ibi byabaye mu mpera z’umwaka dusoje ku itari ya 30 Ukuboza, aho imihango (...) -
Umuhanzi Alexis Dusabe arahakana ko atazimye
8 December 2012, by UbwanditsiNyuma y’igihe kitari gito umuhanzi w’indirimbo zirimbirwa Imana, Alexis Dusabe, nta ndirimbo nshya asohora, aratangaza ko atazimye ko ari mu myiteguro yo kurangiza album ye ya kabiri yise “Njyana i Gologota”.
Alexis Dusabe yasohoye album ya mbere yise ”Byiringiro” mu mwaka wa 2010, album yariho indirimbo nyinshi zakunzwe cyane nk’Umuyoboro n’izindi.
Ariko kuva icyo gihe benshi mu banyarwanda batabasha guhurira nawe mu bitaramo akorera mu nsengero zitandukanye by’umwihariko izo muri ADEPR, (...) -
U Budage: Abakristo 3,000 bateranijwe no gusengera umwaka wa 2014!
2 January 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa kabiri taliki 31/12/2013, Abakristo bagera kuri 3,000 bakomoka mu bihugu 50 bateraniye hamwe mu masengesho ryo gushyira umwaka wa 2014 mu biganza by’Imana! Aya masengesho amaze iminsi 5 (28/12-2/01) yabaye mu rwego rw’amasengesho ngarukamwaka (aba kabiri mu mwaka), ateguirwa n’ihuriro Mission-Net Congress. Nk’uko bitangazwa na Jason Mandryk uyoboye aya masengesho, iyi concert y’amasengesho yiswe “The countdown to New Year” iba ifite intego yo gusengera ibihugu, byaba ibyo ku (...)
-
Wari uzi ko Telephone zigendanwa ku ngimbi n’abangavu zikora ku buzima bwabo bwo mu mutwe?
24 October 2012, by UbwanditsiGukoresha Telephone ubu byinjiye mu buzima bwa buri munsi haba mu ngo, mu mashuri, ku kazi, mu bucuruzi ndetse n’ahandi hose hakaneye itumanaho. Ibi byatumye hakorwa ubushakashatsi ku ngimbi ndetse n’abangavu bakunda kuvugira kuri Telefoni mu gihe kinini cy’ijoro.
Bumwe mu bushakashatsi bwakorewe mu Buyapani bukaba bwaranasohotse muri Magazine izwi ku izina rya Journal of Pediatric Psychology", bwashyize ahagaragara zimwe mu mpungenge ziboneka, ku ngimbi n’abangavu cyane cyane, biturutse ku (...)
0 | ... | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | ... | 1850